Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi modoka yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse ubwiza bwayo butuma benshi bemeza ko ikwiriye Perezida Kagame nubwo hatabuze abavuga ko ihenze cyane biyibagije ko nyirayo ari Perezida,umuntu ukomeye kurusha abandi bose mu gihugu.
Iyo modoka ya Perezida Kagame yagaragaye bwa mbere ubwo yasuraga (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Menya byinshi ku modoka IDASANZWE ya Perezida Kagame [AMAFOTO]
30 August 2022, by Dusingizimana Remy -
RDF yakozanyijeho n’ingabo z’u Burundi zayishotoye ku kiyaga cya Rweru
10 May 2020, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda [RDF] cyemeza ko cyarasanye n’igisirikare cy’u Burundi mu kiyaga cya Rweru mu karere ka Bugesera ku ruhande rw’u Rwanda no mu ntara ya Kirundo ku ruhande rw’u Burundi.
-
M23 yafashe Bukavu
16 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yaciye amarenga y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
AFC/M23 yatangaje impamvu itarakura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale
24 March, by Angeline MUKANGENZIumuvugizi w’ihuriro AFC/M23 Lawrence kANYUKA yatangaje ko igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo [FARDC] n’indi mitwe ifatanya nacyo batigeze bakura indenge z’intambara zikoreshwa mu bitero bya Walikale.
-
Perezida Kagame yongeye kwihanangiriza u Bubiligi
17 March, by Joseph IradukundaPerezida Kagame kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe 2025 yongeye kwihanangiriza igihugu cy’u Bubiligi cyahoze gikolonije u Rwanda, agaragaza ko ari cyo nyirabayazana y’ibibazo byose biri mu karere harimo n’ikiri mu Burasirazuba bwa Congo kugeza ubu.
-
RDC: Abanyamerika bagerageje guhirika Tshisekedi bohererejwe Amerika
9 April, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki ya 8 Mata 2025, muri gereza ya gisirikare ya N’dolo, imfungwa eshatu z’abanyamerika zashyikirijwe abategetsi ba Amerika, imbere y’abayobozi ba gisivili n’abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
10 April, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 10 mata 2025,nibwo umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma mu karere ka Rulindo.
-
MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda
27 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
-
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda gakabije ku muryango we n’abo bakoranye mu bihe bitandukanye bahamya ko yababereye umujyanama ukomeye kandi bazigiraho byinshi.
0 | ... | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | ... | 3420