Amb. Fatuma Ndangiza uri mu badepite bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Iburasirazuba, EALA, yavuze ko gahunda yo gushyiraho ifaranga rimwe muri ibyo bihugu yagiye idindizwa n’ubushake n’ubwumvikane buke ku bihugu binyamuryango.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amb Fatuma Ndangiza yashyize umucyo ku cyadindije ishyirwaho ry’ifaranga rimwe muri EAC
18 October 2025, by Brenda MIZERO -
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
31 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu Rwanda hatangiye guhunda yo kuvugurura uburyo bwo kwigisha ihame ry’uburinganire bw’abagabo n’abagore kuko byagaragaye ko iyo gahunda yumviswe nabi hamwe na hamwe bikaba byaba intandaro y’amakimbirane hagati y’abashakanye.
-
Abadepite b’Abafaransa bateguye imyigaragambyo yo kwamagana Visit Rwanda
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKu Cyumweru tariki ya 6 Mata, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yiswe iyo kwamagana imikoranire ikipe ya Paris Saint-Germain yo muri kiriya gihugu ifitanye n’u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda
-
Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ikaze y’ingabo yambaye gisirikare [AMAFOTO
17 August 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama 2023 Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yakurikiranye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda.
-
Ibanga ry’intsinzi, ingamba nshya n’ahazaza h’ishyaka: Mukabalisa wa PL twaganiriye
18 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu ijoro ryo ku wa 17 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu ibarura ry’amajwi y’Abadepite 53 batorwa mu buryo butaziguye. Mu batoye bagera kuri 96.7%, byagaragaje ko Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki itanu bafatanyije ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR, batowe ku majwi 62.67%.
Umutwe wa politiki waje ku mwanya wa kabiri ni Ishyaka Riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu [PL], ryagize 10.97% bingana n’abarishyigigikiye bagera (…) -
Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gufatanya vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari.
Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kwagurirwa ibi bitaro.
Kagame avuga ko ashima igikorwa cyo kwagura biriya bitaro kubera akamaro bizagirira igihugu n’Akarere giherereyemo.
Avuga ko yaje mu gikorwa cya gushyira ibuye aho ibitaro bya Faysal bizagurirwa kuko yizeye ko nibyuza mu gihe cyagenwe bizaba ingenzi ku (…) -
Uko Perezida Kagame n’umuryango we bavuye mu Rwanda bahunze abajenosideri
27 August 2021, by Dusingizimana RemyImyaka 60 irashize, Paul Kagame wari umwana w’imyaka ine, we n’umuryango we bahunze igihugu bakajya kuba muri Uganda kuko iwabo batotezwaga cyane mu mugambi mugari wo gutegura Jenoside.
-
Abakozi ba BK bashinjwa kuyihombya n’abo bahaye inguzanyo baburanye ubujurire bwari bumaze inshuro 8 busubikwa
5 February 2022, by Dusingizimana RemyAbakozi ba BK batatu’’ muri batandatu bakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo batangiye kuburana ubujurire bwabo mu rukiko rukuru nyuma y’umwaka bakatiwe.Bose basabye urukiko kubarekura.
Aba bakozi ba BK harimo uwahoze akuriye ishami rya BK Kimironko n’uwari ukuriye inguzanyo muri iryo shami,n’umuyobozi wari ukuriye umushinga wiswe ZAMUKA-MUGORE mu gihugu hose.
Bafunzwe muri Nzeri 2019 bafatanwa n’abandi bantu 12 bari mu bahawe inguzanyo y’umushinga wa Banki ya Kigali wiswe (…) -
"Tuzasindagizwa kugeza ryari?"-Perezida Kagame abaza abayobozi
27 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabajije abayobozi mu nzego zitandukanye impamvu badakora inshingano zabo uko bikwiriye bigatuma abaturage bahazaharira.
Ibi yabigarutseho ubwo yatangizaga Inama y’Umushyikirano 2023 iri kuba ku nshuro ya 18,muri Kigali Convention Centre.
Perezida Kagame yavuze ko ibyiza u Rwanda rugeraho yaba mu kuzamuka mu bukungu,kwihaza mu biribwa,umutekano,ubucuruzi,ubuhahirane n’ibihugu bituranyi bikorwa mu "bufatanye bwacu".
Ati "Twafatanya dute kugira ngo twihutishe ibyiza (…) -
Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo
29 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko nubwo icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda, nta kintu na kimwe gihagaritswe.
Umuryango.rw
Amb Fatuma Ndangiza yashyize umucyo ku cyadindije ishyirwaho ry’ifaranga rimwe muri EAC
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
Abadepite b’Abafaransa bateguye imyigaragambyo yo kwamagana Visit Rwanda
Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ikaze y’ingabo yambaye gisirikare [AMAFOTO
Ibanga ry’intsinzi, ingamba nshya n’ahazaza h’ishyaka: Mukabalisa wa PL twaganiriye
Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal
Uko Perezida Kagame n’umuryango we bavuye mu Rwanda bahunze abajenosideri
Abakozi ba BK bashinjwa kuyihombya n’abo bahaye inguzanyo baburanye ubujurire bwari bumaze inshuro 8 busubikwa
"Tuzasindagizwa kugeza ryari?"-Perezida Kagame abaza abayobozi
Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo