Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yatangaje ko amashuri yose (harimo n’ay’i Kigali yari amaze umwaka wose afunzwe), azatangira amasomo ku wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, hakaba hari abazasibira n’abazimuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abanyeshuri bigaga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasibira bose, abiga ikiburamwaka (gardienne) nibo bazimurwa gusa
21 February 2021, by Martin Munezero -
Mu mafoto atandukanye reba ubwiza bwa Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane
25 February 2018, by Muhire JasonMu ijoro ryacyeye nibwo Iradukunda Liliane yambitswe ikamba rya Nyaminga w’ u Rwanda 2018 umuhango watumiwemo Nyaminga w’ Ubufaransa (Miss France 2000), Sonia Rowland unafite inkomoko mu Rwanda ndetse akaba yari umwe mubagize akanama nkemurampaka.
Nyampinga Iradukunda Liliane aje asimbuye Iradukunda Elsa wari usanzwe yambaye iri kamba mu igihe kingana n’ umwaka wose uyu munsi akaba aribwo yarihaye mugenzi we Iradukunda ugiye kuryambara mu igihe kingana n’ umwaka wose .
Uyu munsi tugiye (…) -
Amazuku y’ikirunga cya Nyiragongo yahitanye abarenga 15,amazu menshi cyane arashya
24 May 2021, by Dusingizimana RemyDR Congo - Abatuye mu bice by’amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga kirutse, benshi kandi bari gushakisha ababo babuze.
-
Biden Intsinzi ari kuyikozaho imitwe y’intoki
7 November 2020, by Martin MunezeroJoe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri.
-
Undi mugororwa yatorotse gereza akoresheje umugozi
9 April 2018, by Martin MunezeroUrwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 8 Mata 2018, umugororwa witwa Mwumvaneza Patrick yatorotse Gereza ya Huye iherereye ku Karubanda.
Umuvugizi wa RCS, SIP Sengabo Hillary, yabwiye itangazamakuru ko Mwumvaneza Patrick yatorotse yuriye uruzitiro akoresheje umugozi.
Yagize ati “Yego ni byo yatorotse mu ijoro ryacyeye. Yakoresheje imigozi ubu hari gukorwa iperereza kugira ngo tumenye aho aherereye.”
Mwumvaneza Patrick (…) -
Covid-19:Nyanza abarenze ku mabwiriza bamaze gucibwa akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda
25 March 2021, by Martin MunezeroFoto@IGIHE
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza bwatangaje ko bwakajije ingamba zo kurwanya no gukumira icyorezo cya Covid-19 kuko imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yerekanye ko abandura muri ako karere bakomeje kwiyongera, bituma gashyirwa muri ‘gahunda ya guma mu karere’.
-
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
10 October 2024, by Joseph IradukundaKubera imikino y’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu bya bo, CHAN 2024, imikino y’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona yose, yagizwe ibirarane.
-
Ingendo ziva n’izijya mu karere ka Rubavu zakomorewe nyuma y’igihe zitemewe
30 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Kamena 2020, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yemeje imyanzuroo y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 16/06/2020, inasuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, ndets inemeza ko izi ngamba zihita zikurikizwa.
Iyi nama yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru yasuzumiwemo iyubahirizwa ku ngamba zafashwe mu iheruka ku wa 16 Kamena 2020.
Umwe mu myanzuro wafatiwe muri iyi (…) -
Umujyi wa Kigali wahishuye aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Nyabugogo igeze n’umuti ku bibazo byo gutwara abagenzi
3 August 2022, by Dusingizimana RemyAbayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kubasangiza gahunda Umujyi wa Kigali ufite z’iterambere no kuzafatanya nabo mu kuzigeza ku baturage.
Muri iki kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa,yagaragaje ko hari ibigenda bigerwaho kandi ko iterambere ari urugendo rukomeza buri wese abigizemo uruhare ko n’abataragezwaho ibikorwaremezo bari hafi kugerwaho.
Avuga ku kibazo cyo (…) -
Dr. Sabin Nsanzimana yashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana ku Isi
13 October 2025, by Brenda MIZEROIkinyamakuru Time cyanditse ko Dr Sabin Nsanzimana usanzwe ari Minisitiri w’ubuzima ari umwe mu bantu 100 bavuga rikijyana kurusha abandi ku isi.
Umuryango.rw
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
Ingendo ziva n’izijya mu karere ka Rubavu zakomorewe nyuma y’igihe zitemewe
Umujyi wa Kigali wahishuye aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Nyabugogo igeze n’umuti ku bibazo byo gutwara abagenzi
Dr. Sabin Nsanzimana yashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana ku Isi