Umuyobozi Mukuru w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye mu Rwanda, Tito Rutaremara, yatangaje ko mu mahame y’umuryango wa FPR Inkotanyi hatabamo kwirukana umunyamuryango kuko usabye imbabazi yongera ikwamwakira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
FPR ntabwo yirukana abantu- Tito Rutaremara ku mbabazi Bamporiki yahawe
23 December 2025, by Brenda MIZERO -
Inzu zirenga 6.900 z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi zikenewe kubakwa bushya
11 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko inzu 6.973 z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye zikeneye kubakwa bushya, mu gihe izirenga 29.732 zikenewe gusanwa.
-
Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse
6 June 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’inama nkuru Gatolika mu Rwanda Arikiyepisikopi Antoine Karidinari Kambanda yasabye abaturarwanda n’abarezi muri rusange guhuza imbaraga hagamijwe kurera umwana ushoboye kandi ushobotse.
-
RDB yahawe umuyobozi Mukuru Wungirije wasimbuye Nelly Mukazayire wahawe Minispoc
12 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yagize Juliana Kangeli Muganza Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB).
-
Perezida Kagame yagaragaje icyatuma umutekano wa Afurika ugerwaho utavangiwe n’amahanga
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ikwiye kwita ku nkingi yo kwishakamo ibisubizo biyifasha kwirindira umutekano, yirinda ko ukomeza kujya mu maboko y’amahanga kuko mu myaka myinshi yashize bikorwa n’abandi, nta musaruro byatanze ku mugabane no ku Isi muri rusange.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare
17 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare mu ngabo z’u Rwanda, Col François Regis Gatarayiha agirwa umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ubutasi mu gisirikare n’Umuyobozi w’ishami ry’Ikoranabuhanga.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakoze impinduka mu gisirikare ku buryo bukurikira:
Col François Regis Gatarayiha yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ubutasi mu gisirikare n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe (…) -
Perezida Kagame yashimiye Mahama watorewe kuyobora Ghana amwizeza ubufatanye
10 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimiye John Dramani Mahama watorewe kuyobora Ghana, amwizeza ubufatanye mu kongerera imbaraga umubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda no kugeza Umugabane wa Afurika ku cyerekezo cy’iterambere rirambye.
-
Gatsibo:Barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bakora ubukwe
28 February 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umurenge wa Murambi uherereye mu Karere ka Gatsibo bufatanyije n’inzego z’umutekano bataye muri yombi abaturage 60 bitabiriye imihango yo gusaba no gukwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
-
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Perezida Kagame yibukije abatanga ubutabera kwirinda icyenewabo n’ikimenyane
14 November 2023Perezida Kagame yabwiye abakora mu butabera no mu bucamanza ko nta muntu n’umwe uri hejuru y’itegeko,yaba abo bafitanye isano inshuti zabo n’abandi.
Umuryango.rw
FPR ntabwo yirukana abantu- Tito Rutaremara ku mbabazi Bamporiki yahawe
Inzu zirenga 6.900 z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi zikenewe kubakwa bushya
Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse
RDB yahawe umuyobozi Mukuru Wungirije wasimbuye Nelly Mukazayire wahawe Minispoc
Perezida Kagame yagaragaje icyatuma umutekano wa Afurika ugerwaho utavangiwe n’amahanga
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare
Perezida Kagame yashimiye Mahama watorewe kuyobora Ghana amwizeza ubufatanye
Perezida Kagame yibukije abatanga ubutabera kwirinda icyenewabo n’ikimenyane