Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi (EU).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU
21 May, by Angeline MUKANGENZI -
Menya Jenoside zabaye mu isi n’umwihariko wa Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2023, by Dusingizimana RemyIjambo Jenoside (Genocide)ryakoreshejwe bwa mbere n’umwanditsi Raphael Lemkin mu gitabo cye yise "Axis Rule in Occupied Europe".
Ijambo Genocide kandi riva ku magambo abiri y’Ikigiriki n’Ikilatini ariyo “Genos”bivuga Ubwoko cyangwa abantu n’iryikitatini “Cide” bivuga ubwicanyi.
Aya magambo uyahuje bitanga ijambo Jenoside(Genocide) aho bivugwa kwica abantu runaka ugamije kubasibanganya burundu ku isi.
Umuryango w’Abibumbye ( UN) usobanura ko Jenoside ari "Ubwicanyi bugamije gutsemba burundu igice (...) -
Senateri Mupenzi George yeguye muri Sena y’u Rwanda
7 June 2024, by Dusingizimana RemySenateri Mupenzi George yeguye ku mpamvu ze bwite. Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri.
-
Rubavu: Undi muturage yakomerekejwe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
1 November 2023, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Hagumimana Pierre wo mu Karere ka Rubavu yakomerekejwe n’igisasu cyaturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mirwano ishyamiranyije ingabo za Leta n’umutwe wa M23.
-
Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana
19 April, by ISIMBI EstellaKilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
-
Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda
30 April, by ISIMBI EstellaAtlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda, isanga andi arimo Arsenal, Bayern Munich na PSG.
-
Guverineri Christophe uvukana na Corneille Nangaa wa M23/AFC yahunze
18 March, by ISHIMWE Jean de DieuChristophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba.
-
Moses yabwiye urukiko impamvu anywa ibiyobyabwenge
6 May, by Angeline MUKANGENZITurahirwa Moses ubwo yagezwa imbere y’urukiko, yemeye icyaha ashijwa cyo kunywa urumogi ndetse avuga ko impamvu abinywa ari ukubera uburwayi ndetse no gushaka kwifasha gukira agahinda gakabije afite.
-
Gen (Rtd) Kabarebe ari i Kampala mu nama y’umutekano wa RDC n’akarere
28 May, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yahagarariye u Rwanda mu nama yiga ku mahoro, umutekano ndetse n’ubufatanye bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’akarere, iri kubera i Kampala muri Uganda.
-
Abepisikopi Gatolika basabye u Rwanda n’u Burundi gufungura imipika
2 April, by Angeline MUKANGENZIKuva kuwa 30 werurwe 2025 kugeza kuwa 01 mata 2025 muri Diyosezi gatolika ya Kibungo hateraniye inama y’abepisikopi b’u Rwanda nab’u Burundi bibumbiye mu ihuriro ACOREB,basaba u Rwanda n’u Burundi gukora ibishoboka bagafungura imipaka ihuza ibihugu byombi.
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 3420