Umubiligi Remco Evenepoel wabaye umukinnyi wa gatatu mu mateka wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare mu gusiganwa n’ibihe inshuro eshatu yikurikiranya, ni umwe mu bakinnyi banyuze mu yindi mikino irimo n’umupira w’amaguru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Yakinnye umupira w’amaguru: Remco Evenepoel wandikiye amateka i Kigali ni muntu ki?
22 September 2025, by ISIMBI Estella -
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
16 May 2025, by Joseph IradukundaAmahanga akomeje gushakira umutekano uburasirazuba bwa RDC binyuze mu gushaka ibiganiro by’ubwumvikane n’ibihugu bituranyi cyane u Rwanda iki gihugu kigaragaza nk’ikibangamiwe narwo.
-
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
23 January, by Brenda MIZEROIbihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri Board of Peace, urwego rushya rwashyizweho na Perezida Donald Trump aho nibura 20 muri byo byamaze kubwemera.
-
Abaholandi babiri ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi
23 September 2025, by ISIMBI EstellaAbaholandi babiri Arens Megan mu bagore na Michiel Mouris mu bagabo, ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 mu cyiciro cy’ingimbi n’abangavu basiganwa n’ibihe.
-
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
-
Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu muri ITT y’abangavu batarengeje imyaka 19
23 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuholandikazi Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu mu marushanwa yo gusiganwa n’ibihe (ITT) ya Shampiyona y’Isi y’Amagare mu bangavu batarengeje imyaka 19, nyuma yo gukoresha iminota 25 n’amasegonda 47 ku ntera y’ibilometero 18,3.
-
Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza
18 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Niyo Bosco uherutse kugaragaza umukunzi we, yamwambitse impeta amusaba ko bazarushingana bakazibanira nk’umugore n’umugabo, na we arabimwemerera, mu birori byitabiriwe n’ibyamamare nk’umuhanzi Chris Eazy na Bwiza.
-
Mu itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatatu,harimo kwirukana abayobozi benshi mu by’uburezi
12 April 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yahaye ikaze Dr. Uwera Claudine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi winjiye muri Guverinoma, hamwe n’Abari basanzwe muri Guverinoma ariko bahinduriwe inshingano ari bo Dr. Ndagijimana Uzziel, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi na Amb. Gatete Claver, Minisitiri (…) -
Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana bari mu bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu
19 October 2024, by Joseph IradukundaBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko na CG (Rtd) Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, bahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame.
-
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
6 November 2025, by Brenda MIZEROLeta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye bamaraga mu rugo.
Umuryango.rw
Yakinnye umupira w’amaguru: Remco Evenepoel wandikiye amateka i Kigali ni muntu ki?
Abajenerali b’u Rwanda bafatiwe ibihano na Amerika bigeze he?
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
Abaholandi babiri ni bo begukanye imidali ya Zahabu ya Shampiyona y’Isi
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Megan Arens yegukanye Umudali wa Zahabu muri ITT y’abangavu batarengeje imyaka 19
Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza
Bamporiki na CG (Rtd) Emmanuel Gasana bari mu bahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza