Umunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye Janvier -
Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe n’abanye-Congo, bitandukanye n’ibivugwa na leta ya RDC yakunze kuwuhuza n’u Rwanda.
-
Pastor Kabanda Julienne yahaye gasopo abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga
13 May, by Gladiator OGUmukozi w’Imana Pastor Kabanda Julienne wari umuyobozi wa Grace Room iheruka kwamburwa ubuzimagatozi, kuri ubu yamaganye abantu batandukanye bakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga bandika ibintu mu izina rye .
-
RURA yatangaje impamvu internet yo muri bisi yahagaritswe
13 March, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwahagaritse by’agateganyo gahunda yo gukwirakwiza internet mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange kuko hari gukorwa inyigo igamije kunoza uburyo bwiza byakorwamo.
-
Gen Mubarakh Muganga na bagenzi be bo muri Afurika bahuriye muri Kenya
29 May, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’ingabo bo muri Afurika iri kubera muri Kenya kuva ku wa 29 Gicurasi 2025.
-
Nyamasheke: Umukecuru warokotse Jenoside yishwe atemwe ijosi
18 May, by ISHIMWE Jean de DieuNyirangirinshuti Thérèsie w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yishwe n’utaramenyekana amutemaguje umupanga ku ijosi n’umusaya w’ibumoso.
-
Uwahoze ari rutahizamu wa AS Kigali yaguye mu mpanuka
24 February, by Joseph IradukundaRutahizamu Abubakar Lawal wahoze akinira ikipe ya AS Kigali, yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare azize impanuka.
-
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Bassirou Diomaye Faye
15 April, by Angeline MUKANGENZIKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye ubutumwa yohererejwe na Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, bamaze ibyumweru bike baganiriye kuri telefoni.
-
Icyiciro cya kabiri cy’ingabo za SAMIDRC cyatashye kinyuze mu Rwanda
4 May, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari zimaze igihe kirenga umwaka mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatashye zinyuze mu Rwanda, zikabanza kwikusanyiriza muri Tanzania aho zizava zijya mu bihugu zaturutsemo.
-
Nyamasheke: Umukobwa yiyahuye kubera nyina wamwitaga ’mukeba we’
25 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
0 | ... | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | ... | 3420