Mu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
3 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye hagati y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024.
-
M23 yashinje uburyarya FARDC kubera ibyo iri kubashinja
11 February 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya DR Congo kirashinja inyeshyamba za M23 kutubahiriza amasezerano atandukanye y’abategetsi b’akarere yategetse impande zose guhagarika imirwano.
Imirwano y’urutavanaho imaze ibyumweru bibiri muri teritwari ya Masisi hafi ya centre ya Sake n’inkengero zayo, yatumye abantu babarirwa mu bihumbi bahunga berekeza mu mujyi wa Goma na Minova.
Colonel Ndjike Kaiko Guillaume umuvigizi w’ingabo mu ntara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko M23 -yita kandi RDF (ingabo z’u Rwanda) – kenshi (…) -
U Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639 mu myaka 30 gusa
11 February 2024, by Dusingizimana RemyUmuyobozi Mukuru wungirije w’Agateganyo wa RTDA, Mwiseneza Maxime Marius, yavuze ko mu myaka 30 ishize, u Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639.
-
Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025.
-
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
21 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida William Ruto wa Kenya yashimangiye ko u Rwanda nta hantu na hamwe ruhuriye n’umutwe wa M23,bijyanye no kuba RDC ubwayo yaremeye ko abagize uriya mutwe ari abaturage bayo.
-
Nyuma ya Karongi tour du Rwanda ikomereje i Rusizi aho Abarimo Mayor bakuyemo akabo karenge
23 November 2024, by Joseph IradukundaAmakuru ava i Rusizi aravuga ko Anicet Kibiriga, wari Meya w’Akarere, Anne Marie Dukuzumuremyi wari Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza ndetse na Marie Jeanne wari Umujyanama winjiye muri Njyanama ku itike ya CNF bamaze kwandika amabaruwa begura!
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Museveni yagarutse mu Rwanda mu dukoryo twinshi
23 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yakoze udushya tudasanzwe mu rugendo rwo kongera gusura u Rwanda yaherukagamo mu mwaka wa 2017.
Perezida Museveni witabiriye inama ya CHOGM iri kubera mu Rwanda,yabanje gutwika imbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kwinjira muri kajugujugu ya gisirikare yarangiza akavuga ko aje i Kigali muri iyi nama.
Benshi bahise bibaza ukuntu umukuru w’igihugu asura ikindi aziye mu ndege ya gisirikare ariko uyu muyobozi ukundwa na (…) -
U Rwanda rwongeye rutumirwa mu nama y’ibihugu 7 bikize kurusha ibindi ku isi
7 August 2019, by Martin MunezeroU Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika byatumiwe mu nama izahuza abakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi (G7) iteganyijwe kubera mu mujyi wa Biarritz mu Bufaransa mu mpera z’uku kwezi.
-
Mwiseneza Josiane yahimbiwe Igisigo kidasanzwe kimutakagiza kiri mu ndimi ebyiri[AMAFOTO]
10 January 2019, by Martin MunezeroKu mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa Igisigo gitakagiza Mwiseneza Josiane kiri mu ndimi ebyiri zitandukanye arizo IKINYARWANDA n’IGIFARANSA.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
M23 yashinje uburyarya FARDC kubera ibyo iri kubashinja
U Rwanda rwubatse imihanda ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu ireshya n’ibilometero 1639 mu myaka 30 gusa
Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
Nyuma ya Karongi tour du Rwanda ikomereje i Rusizi aho Abarimo Mayor bakuyemo akabo karenge
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Museveni yagarutse mu Rwanda mu dukoryo twinshi