Abagizi ba nabi batanu bavuga ko baturutse mu mutwe wa FDLR beretswe itangazamakuru mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 06 Ukwakira 2019,bavuga ko boherejwe n’uwitwa Governor ngo baze gufata u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ba bagizi ba nabi bishe abantu I Musanze batangaje aho baturutse,uwabohereje n’icyari kibazanye
7 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Shyaka yavuze impamvu Leta yafunguye gahunda yo gusezeranya ku murenge ikanga korohereza insengero
25 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka Anastase yatangaje ko impamvu yatumye Leta y’u Rwanda yemerera abantu gusezerana mu murenge baherekejwe n’abantu 15 ariko ntiyemerere insengero gusezeranya ari uko bidashoboka ko hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Coronavirus.
-
Uruhare rukomeye amadini yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11 April 2023, by Dusingizimana RemyU Rwanda ruribuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi yagizwemo uruhare rukomeye n’abapasiteri,abapadiri,ababikira ndetse n’abayoboke b’amadini hafi ya yose mu Rwanda.
Mu gihe cya Jenoside yakowe Abatutsi mu 1994, bivugwa ko Abanyarwanda barenga 90% bari abakirisitu.
Kiliziya Gatolika n’Itorero ry’Abaprotesitanti, n’amwe mu madini amaze imyaka isaga 120 ageze mu Rwanda ndetse yari afite abayoboke benshi cyane mu gihe cya Jenoside.
Birumvikana ko bake basigaye atari bo bonyine (…) -
Ignace Murwanashyaka wayoboraga FDLR yaguye mu Budage
17 April 2019, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke yasohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa kabili aravuga ko Umunyarwanda, Ignace Murwanashyaka w’imyaka 56 wayoboraga umutwe wa FDLR utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yaguye muri gereza yo mu Budage azize uburwayi.
-
Yafunzwe imyaka 8, yiyamamariza kuyobora Kenya ntibyamuhira! Ibyaranze ubuzima bwa Raila Odinga watabarutse
15 October 2025, by Brenda MIZEROUmwe mu banyapolitiki bakomeye kandi bubashywe muri Kenya, Raila Amolo Odinga, yitabye Imana afite imyaka 80 y’amavuko. Yaguye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Ukwakira 2025, azize guhagarara k’umutima ubwo yari arimo kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Ayurvedic biherereye mu mujyi wa Kochi, mu Karere ka Kerala mu Buhinde, aho yari yagiye kwivuriza.
-
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.
-
Lt Col Ronald Rwivanga niwe muvugizi mushya w’Ingabo z’u Rwanda
28 December 2020, by Dusingizimana RemyLt Col Ronald Rwivanga yagizwe Umuvugizi mushya w’Ingabo z’u Rwanda asimbuye Lt Col Innocent Munyengango wari uri kuri uwo mwanya.
Lt Col Rwivanga yari asanzwe ari Umuhuzabikorwa w’Amasomo mu Ishuri rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College).
The New Times dukesha iyi nkuru yatangaje ko Lt Col Rwivanga yakoze indi mirimo itandukanye mu ngabo z’u Rwanda harimo no kuba umwe mu bagize ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (Republican Guard) ashinzwe imyitozo n’ibikorwa. (…) -
Turi igisirikare kigendera ku myitwarire myiza n’indangagaciro z’ubunyangamugayo – Gen Muganga avuga kuri RDF
23 December 2025, by Brenda MIZEROUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasabye abasirikare gukoresha ubumenyi bafite mu kurinda ubusugire bw’igihugu no guhangana n’ibibazo by’umutekano byabaho, ariko ko inkingi y’ingenzi Ingabo z’u Rwanda zubakiyeho ari ikinyabupfura.
-
Byinshi ku bakomando ba RCS barwanya imyigaragambyo mu magororero
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuKimwe nk’izindi nzego z’umutekano, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) na rwo rwashyizeho umutwe wihariye uzwi nk’Abakomando cyangwa ‘Special Force’ mu ndimi z’amahanga, ushinzwe kuburizamo ibikorwa byo gutoroka kw’abagororwa ndetse no guhosha imyigaragambyo mu gihe yaba ibayeho mu igororero.
-
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mirenge ya Kinoni na Gahunga y’Akarere ka Burera, hafashwe abantu 12 bakekwaho kuzengereza abaturage babiba amatungo by’umwihariko mu bihe by’Iminsi Mikuru ya Noheli n’Ubunani.
Umuryango.rw
Minisitiri Shyaka yavuze impamvu Leta yafunguye gahunda yo gusezeranya ku murenge ikanga korohereza insengero
Uruhare rukomeye amadini yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Yafunzwe imyaka 8, yiyamamariza kuyobora Kenya ntibyamuhira! Ibyaranze ubuzima bwa Raila Odinga watabarutse
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
Turi igisirikare kigendera ku myitwarire myiza n’indangagaciro z’ubunyangamugayo – Gen Muganga avuga kuri RDF
Byinshi ku bakomando ba RCS barwanya imyigaragambyo mu magororero
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage