Umudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026
1 March, by Brenda MIZERO -
Minubumwe yashyize hanze Ingengabihe yo #Kwibuka30
29 March 2024, by Dusingizimana RemyU Rwanda n’isi yose muri rusange,bagiye kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mwaka, insanganyamatsiko igira iti: “Kwibuka twiyubaka”.
-
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
20 October 2023, by UbwanditsiByatangiye RIB itangaza kuri X ko yafatiye mu cyuho umunyamakuru Manirakiza Théogène yakira ruswa y’ibihumbi 500 afungiye Kimihurura! Byarangiye Umushinjacyaha aregeye urukiko ifunga ry’agateganyo muri dosiye iki cyaha nta kirimo.
-
Minisitiri w’Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw’abana
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yasabye ababyeyi kudaterera iyo ngo bumve ko imyigire y’umwana ireba umwarimu gusa ahubwo ko na bo bakwiye gukurikirana uko umwana yiga bakamenya uko bamufasha ageze mu rugo.
-
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
10 October 2024, by Joseph IradukundaKubera imikino y’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu bya bo, CHAN 2024, imikino y’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona yose, yagizwe ibirarane.
-
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
27 December 2024, by UbwanditsiAmakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU Thadee, uyu akaba ari na Perezida w’ikipe ya Rayon Sport, ahanganye bikomeye n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), amakimbirane akaba aturuka ku kuba RCA yaramwangiye kuyobora indi manda bavuga ko yaba ari iya gatatu muri Koperative ADARWA!
-
Papa Leo XIV yoherereje ubutumwa Abasenyeri bo muri Afurika bateraniye i Kigali
4 August 2025, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV yabwiye Abasenyeri bari mu Nama y’Ihuriro ry’Abepiskopi Gatolika muri Afurika na Madagascar (SECAM) i Kigali, ko abitezeho guharanira ubumwe, by’umwihariko aho sosiyete yasenywe n’amacakubiri.
-
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo rye, yavuze ko izo ngabo zirimo n’Abacancuro iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira.
-
Umukunzi wa golf, ikawa n’umuziki: Ubuzima bwihariye bwa Visi Guverineri wa BNR, Nick Barigye
18 December 2025, by Brenda MIZEROIminsi itandatu ni yo ibura ngo amezi atanu yuzure Nick Nick Barigye ari Guverineri Wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR). Ni inshingano yagiyeho asimbuye Dr. Nsengiyumva Justin wagizwe Minisitiri w’Intebe.
-
Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo [AMAFOTO]
13 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yageze muri Guinée Conakry, aho yakiriwe na mugenzi we, Mamadi Doumbouya bagirana ibiganiro byihariye bigamije gushimangira umubano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi ndetse n’inzego zo gufatanyamo zirimo ikoranabuhanga, ubucuruzi n’ishoramari.
Umuryango.rw
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026
Minubumwe yashyize hanze Ingengabihe yo #Kwibuka30
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
Minisitiri w’Uburezi yasabye ababyeyi kunganira abarimu mu burezi bw’abana
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
Papa Leo XIV yoherereje ubutumwa Abasenyeri bo muri Afurika bateraniye i Kigali
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
Umukunzi wa golf, ikawa n’umuziki: Ubuzima bwihariye bwa Visi Guverineri wa BNR, Nick Barigye
Reba ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo [AMAFOTO]