Hirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
14 May, by Joseph Iradukunda -
Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba
29 May, by ISHIMWE Jean de DieuMu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe uko wamufasha akavuga neza amagambo amwe n’amwe. Niba uri umubyeyi cyangwa ukaba uzi umuntu ufite umwana iyi nkuru uyimusangize.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzaniya zaganiriye ku kwimakaza umutekano ku mipaka
30 May, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzaniya (TPDF) zahuriye mu nama ya 12 yitwa Proximity Commanders, igamije gushakira hamwe ibisubizo ku bibazo by’umutekano, ndetse no gushimangira ubufatanye mu kubungabunga umutekano ku mipaka ihuza ibihugu byombi.
-
Yolande Makolo yasubije perezida Tshisekedi washinjije u Rwanda impfu z’abanye-kongo barenga miliyoni
1 April, by Angeline MUKANGENZIkuwa 31 werurwe 2025 Perezida Félix Tshisekedi wa RDC washinjije “ibihugu by’abaturanyi birimo u Rwanda” n’imitwe yitwaje intwaro uruhare mu mpfu z’Abanye-Kongo “barenga miliyoni” kandi ngo ubu bwicanyi bwari bugambiriye ubwoko runaka.
-
Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwanzuye ko afungurwa
9 May, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, wari ukurikiranweho icyaha cy’ubushoreke no guta urugo afungurwa.
-
Sosiyete GLC y’Abashinwa irashinja FARDC guhohotera abakozi bayo muri Kalemie
31 March, by ISHIMWE Jean de DieuIsosiyete y’Abashinwa GLC yamaganye igitero cyagabwe ku bakozi bayo n’abasirikare bamwe bo mu ngabo za DRC (FARDC), i Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika.
-
Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana
19 April, by ISIMBI EstellaKilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
-
U Bufaransa bwemeye gusubukura iperereza kuri Mbarushimana Callixte ukekwaho uruhare muri Jenoside
22 May, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwategetse ko hasubukurwa iperereza kuri Callixte Mbarushimana ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hashingiwe ku kirego cyatanzwe n’ihuriro ry’imiryango ikurikirana abagize uruhare muri Jenoside bihishe ubutabera, CPCR (Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda).
-
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
19 May, by Angeline MUKANGENZIAbashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko, ryatanze icyizere.
-
Perezida Kagame yageze muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum
12 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Abidjan muri Côte d’Ivoire aho yitabiriye Inama Nyafurika y’Abayobozi b’Ibigo (Africa CEO Forum).
0 | ... | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | ... | 3420