Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko Guverinoma yashyize imbaraga mu gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwimakaza umuco w’isuku n’isukura ahantu hose, ariko by’umwihariko imbaraga zikongerwa mu kuyimakaza ku mashuri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
12 January, by ISIMBI Estella -
Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025
26 December 2025, by Brenda MIZEROMuri Nyakanga 2025, nyuma y’ibirori byo Kwibohora31, inkuru ikomeye yabaye Guverinoma nshya ya Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda asimbuye Dr. Edouard Ngirente.
-
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
31 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yavuze ko umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruteye intambwe igaragara nubwo rwanyuze mu bibazo bitoroshye. Yashimiye Abanyarwanda ku bw’icyizere n’ubufatanye bagaragaje muri uyu mwaka.
-
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
13 July 2025, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya iyi ndwara iri mu zihitana benshi muri Afurika.
-
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
10 October 2024, by Joseph IradukundaKubera imikino y’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu bya bo, CHAN 2024, imikino y’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona yose, yagizwe ibirarane.
-
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mirenge ya Kinoni na Gahunga y’Akarere ka Burera, hafashwe abantu 12 bakekwaho kuzengereza abaturage babiba amatungo by’umwihariko mu bihe by’Iminsi Mikuru ya Noheli n’Ubunani.
-
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
9 December 2025, by ISIMBI EstellaKomiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) CG Murenzi Evariste, yatangaje ko ubu mu mugarorero yose y’u Rwanda hafungiwe abasaga ibihumbi 70, barimo abasaga ibihumbi 23 bafunzwe mu mwaka wa 2025 gusa.
-
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe.
Umuryango.rw
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi