Umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, bikajyana no kuvura indwara zikomeye cyane ko inyinshi bitagisaba kujya kuzivuriza mu mahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
2 January, by Brenda MIZERO -
Mu 2026 ifaranga koranabuhanga rizatangira kugeragezwa mu baturage
2 December 2025, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje ko umwaka utaha wa 2026, hatagize igihinduka ifaranga koranabuhanga (CBDC/Central Bank Digital Currency) rizatangira kugeragerezwa mu baturage no mu bacuruzi bake nyuma y’igeragezwa ry’icyiciro cya mbere ryakorewe ku bakozi bake ba BNR.
-
Nduhungirehe yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho igihe cyose FDLR ikiri muri RDC
6 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyize ku mupaka zizagumaho igihe cyose umutwe w’iterabwoba wa FDLR uzaba ukiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
12 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko Guverinoma yashyize imbaraga mu gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwimakaza umuco w’isuku n’isukura ahantu hose, ariko by’umwihariko imbaraga zikongerwa mu kuyimakaza ku mashuri.
-
Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025
26 December 2025, by Brenda MIZEROMuri Nyakanga 2025, nyuma y’ibirori byo Kwibohora31, inkuru ikomeye yabaye Guverinoma nshya ya Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda asimbuye Dr. Edouard Ngirente.
-
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
31 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yavuze ko umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruteye intambwe igaragara nubwo rwanyuze mu bibazo bitoroshye. Yashimiye Abanyarwanda ku bw’icyizere n’ubufatanye bagaragaje muri uyu mwaka.
-
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
13 July 2025, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya iyi ndwara iri mu zihitana benshi muri Afurika.
-
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
20 October 2023, by UbwanditsiByatangiye RIB itangaza kuri X ko yafatiye mu cyuho umunyamakuru Manirakiza Théogène yakira ruswa y’ibihumbi 500 afungiye Kimihurura! Byarangiye Umushinjacyaha aregeye urukiko ifunga ry’agateganyo muri dosiye iki cyaha nta kirimo.
-
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mirenge ya Kinoni na Gahunga y’Akarere ka Burera, hafashwe abantu 12 bakekwaho kuzengereza abaturage babiba amatungo by’umwihariko mu bihe by’Iminsi Mikuru ya Noheli n’Ubunani.
Umuryango.rw
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
Mu 2026 ifaranga koranabuhanga rizatangira kugeragezwa mu baturage
Nduhungirehe yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho igihe cyose FDLR ikiri muri RDC
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
Burera: Abantu 12 bakekwaho kwiba amatungo y’abaturage