Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
25 February, by Brenda MIZERO -
M23 iravugwaho gushinga ubutegetsi bwigenga – Raporo nshya ya Loni
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuInzobere z’Umuryango w’Abibumbye, ONU, zasohoye raporo y’ibanze ivuga ko Umutwe wa M23 urimo gushinga ubutegetsi bwigenga mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo mu gihe hari ibiganiro by’amahoro ya Doha na Washington.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen. Muhoozi
3 March 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, ku Cyumweru yari i Kigali aho yari yitabiriye inama yo mu rwego rwo hejuru yagombaga kumuhuza na Perezida Paul Kagame.
-
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
13 July 2025, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya iyi ndwara iri mu zihitana benshi muri Afurika.
-
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa Remezo ((MININFRA) yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku miyoboro u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu, gusa yizeza gukemura icyo kibazo.
-
Perezida Kagame mu bayobozi 100 bateje imbere ubuvuzi bwa kanseri
24 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyizwe ku rutonde rw’umwaka wa 2025 rw’abayobozi 100 bagize uruhare rukomeye mu gukumira, kuvura no kurwanya kanseri binyuze mu gutanga ubumenyi bwabo, gukoresha ijwi n’ububasha bafite mu guhindura icyerekezo cy’urwego rw’ubuzima.
-
Tariki 27 Mata 1994: Intumwa za Leta yakoraga Jenoside zakiriwe i Paris
27 April, by ISIMBI EstellaTariki ya 27 Mata mu 1994, ni umunsi wa 21 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba uwa 116 mu minsi igize umwaka. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
-
Perezida Tshisekedi yakoze ikinamico rya politiki rigayitse - Minisitiri Nduhungirehe ku myitwarire y’ubuyobozi bwa RDC
11 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, aheruka kuvuga ari ikinamico rya politiki rigayitse.
-
U Rwanda rwateguje ingamba z’ubukungu intambara ya Iran na Amerika nirenza ukwezi
3 March, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Imari n’igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko Leta y’u Rwanda ikurikiranira hafi ingaruka z’ubukungu zishobora guterwa n’intambara yaturutse ku bitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Iran, ndetse yizeza ko hari ingamba zatangiye gufatwa.
-
Rwanda rwakiriye abaturage 205 babaga muri RDC
13 March, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwakiriye abanyarwanda 205 bari bamaze igihe baba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
M23 iravugwaho gushinga ubutegetsi bwigenga – Raporo nshya ya Loni
Perezida Kagame yakiriye Gen. Muhoozi
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
Perezida Kagame mu bayobozi 100 bateje imbere ubuvuzi bwa kanseri
Tariki 27 Mata 1994: Intumwa za Leta yakoraga Jenoside zakiriwe i Paris
Perezida Tshisekedi yakoze ikinamico rya politiki rigayitse - Minisitiri Nduhungirehe ku myitwarire y’ubuyobozi bwa RDC
U Rwanda rwateguje ingamba z’ubukungu intambara ya Iran na Amerika nirenza ukwezi
Rwanda rwakiriye abaturage 205 babaga muri RDC