Komiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) CG Murenzi Evariste, yatangaje ko ubu mu mugarorero yose y’u Rwanda hafungiwe abasaga ibihumbi 70, barimo abasaga ibihumbi 23 bafunzwe mu mwaka wa 2025 gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
9 December 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame mu bayobozi 100 bateje imbere ubuvuzi bwa kanseri
24 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyizwe ku rutonde rw’umwaka wa 2025 rw’abayobozi 100 bagize uruhare rukomeye mu gukumira, kuvura no kurwanya kanseri binyuze mu gutanga ubumenyi bwabo, gukoresha ijwi n’ububasha bafite mu guhindura icyerekezo cy’urwego rw’ubuzima.
-
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe.
-
Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda
25 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru.
-
Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%
5 January, by Brenda MIZEROImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, igaragaza ko Urwego rw’Inganda mu gihugu rwazamutseho 10,3% mu Ugushyingo 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka wari wabanje mu gihe igipimo rusange cy’uburyo rwagiye ruzamuka cyari kuri 6,3% ku mwaka.
-
Abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku buyobozi
29 December 2025, by ISIMBI EstellaIgenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% kuzamura bahagarikwa mu kazi ko kuyobora ibigo, harimo 349 bo mu mashuri abanza na 541 bo mu mashuri yisumbuye, bazaba abarimu.
-
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi wungirije w’ihuriro rya AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, Bertrand Bisimwa, yasubije Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko Perezida Paul Kagame ntaho ahuriye n’iri huriro ku buryo yaritegeka icyo rigomba gukora.
-
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
13 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori byo kurangiza amasomo k’umuhungu wabo Ian Kagame, mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy.
Uyu muhungu wabo yahawe ipeti rya Sous Lieutenenant we n’abandi Banyarwanda babiri Park Udahemuka na David Nsengiyumva.
Umuhango wo guha aba basirikare amapeti wabereye i Sandhurst mu Bwongereza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kanama 2022.
Perezida Kagame yakiriwe mu cyubahiro (…) -
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026
1 March, by Brenda MIZEROUmudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
25 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
Umuryango.rw
Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500
Perezida Kagame mu bayobozi 100 bateje imbere ubuvuzi bwa kanseri
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda
Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%
Abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku buyobozi
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda