Tugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza kuri papa mushya watowe ndetse n’umwihariko wa buri wese.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe
9 May, by Angeline MUKANGENZI -
Ubutumwa bw’Abamotari Perezida yahaye Umukuru wa Polisi bugeze he?
30 May, by Joseph IradukundaTariki ya 30 z’ukwezi gushize kwa 4 mu mwaka wa 2025, nibwo inzego bireba zahuriye n’Abamotari b’umugi wa Kigali i Nyamirambo muri Stade maze baganira ku bibazo byugarije umwuga w’ikimotari.
-
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Ghana
3 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi.
-
Hari Abakozi ba UNR bashakaga kwiba Miliyari n’Igice muri Mutuelle!
15 May, by Joseph IradukundaBitwaje Sosiyete bari bise iy’Abakozi n’Abarimu ba Kaminuza y’ u Rwanda ariko imbere muri bo bafite Umugambi karundura wo kwiba Miliyari n’igice muri Mutuelle ya Kaminuza!
-
M23 ’yinjiye’ mu mujyi w’amateka wa Kamanyola
19 February, by Joseph IradukundaAbarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n’u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk’uko abahatuye babivuga.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko U Bubiligi bwasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Bubiligi bushobora kuba buri gutera intambwe isubira inyuma mu kuzirikana uburemere bwa Jenoside yakorewe Abatutsi biturutse ku kuba bwarasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri yo.
-
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
2 May, by ISIMBI EstellaSkylar Diggins, umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Seattle Storm mu irushanwa rya WNBA, yamaze gusaba gatanya n’umugabo we Daniel Smith, bari bamaze imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore.
-
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
-
Turahirwa Moses yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
9 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Turahirwa Moses afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba
29 May, by ISHIMWE Jean de DieuMu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe uko wamufasha akavuga neza amagambo amwe n’amwe. Niba uri umubyeyi cyangwa ukaba uzi umuntu ufite umwana iyi nkuru uyimusangize.