Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byatangaje ko ‘operations’ zo kubaga uburwayi bw’igicuri zari zikorewe bwa mbere mu Rwanda zasize abarwayi barindwi babazwe kandi bigenda neza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bwa mbere abarwayi b’igicuri barindwi babagiwe mu Rwanda bigenda neza
14 February, by Brenda MIZERO -
Minisitiri Dr. Nsanzimana yasabye ababyeyi kutohereza ku ishuri abana barwaye ibicurane
17 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasabye ababyeyi ko mu gihe abana baba barwaye ibicurane, bajya bareka kubohereza ku mashuri kugira ngo badakomeza kwanduzanya.
-
BNR yazamuye urwunguko rwayo irugeza kuri 7,25%
19 February, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 6,75% rwari rwashyizweho mu mezi atatu ashize, rushyirwa kuri 7,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko kugira ngo bigume mu mbago za BNR ziri hagati ya 2% na 8%.
-
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi wungirije w’ihuriro rya AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, Bertrand Bisimwa, yasubije Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko Perezida Paul Kagame ntaho ahuriye n’iri huriro ku buryo yaritegeka icyo rigomba gukora.
-
Umuramyi Meddy yatangaje ko umuhungu we yujuje umwaka
29 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye mu muziki w’u Rwanda nka Meddy yongeye kugaragaza ko yagiriwe neza n’Imana ikamuha umuryango mwiza aho umwana we wa kabiri yujuje umwaka w’amavuko.
-
Ikoreshwa ry’inoti zishaje mu Rwanda rigiye gushyirwaho iherezo
6 March, by Brenda MIZEROU Rwanda rwatangaje ko inoti za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw n’iza 5000 Frw zashyizweho hagati ya 2004 na 2015 zitagifite agaciro mu Rwanda, ariko bikazatangira kubahirizwa nyuma y’amezi 12 iteka rya Perezida rizikuraho ritangajwe mu Igazeti ya Repubulika y’u Rwanda.
-
U Rwanda rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yubahirije ibyo isabwa-Paul Kagame
7 March, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro arambye kandi rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yakubahiriza inshingano zayo nk’uko ziteganyijwe mu masezerano ya Washington ibihugu byombi byashyizeho umukono mu mpera z’umwaka ushize.
-
Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumufasha guhagarika intambara muri DRC
9 October 2025, by Brenda MIZEROMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Gateway Forum 2025 iri kubera mu Bubiligi, Perezida Antoine Felix Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumuramburira ukuboko bagafatanya kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC ndetse avuga ko ahagaritse gusabira ibihano u Rwanda n’ubwo akirubeshyera.
-
Ibikorwaremezo by’ingenzi bizatwara miliyari 500 Frw mu 2025/26
20 February, by Brenda MIZERORaporo y’imihigo ya Minisiteri y’Ibikorwaremezo, igaragaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2025/2026 hazakoreshwa arenga miliyari 513 Frw mu kubaka no gusana ibikorwaremezo bitandukanye.
-
Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi banyuranye, barimo CP Theos Bagede wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, wagizwe Komiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS).
Umuryango.rw
Bwa mbere abarwayi b’igicuri barindwi babagiwe mu Rwanda bigenda neza
Minisitiri Dr. Nsanzimana yasabye ababyeyi kutohereza ku ishuri abana barwaye ibicurane
BNR yazamuye urwunguko rwayo irugeza kuri 7,25%
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
Umuramyi Meddy yatangaje ko umuhungu we yujuje umwaka
Ikoreshwa ry’inoti zishaje mu Rwanda rigiye gushyirwaho iherezo
U Rwanda rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yubahirije ibyo isabwa-Paul Kagame
Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumufasha guhagarika intambara muri DRC
Ibikorwaremezo by’ingenzi bizatwara miliyari 500 Frw mu 2025/26
Menya Abayobozi bashyizwe mu myanya barimo CP Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda