Urukiko rw’Ikirenga muri Kenya rutesheje agaciro ikirego cya Raila Odinga utaremeraga ibyavuye mu matora, rushimangira ko William Ruto yatsinze amatora kandi ngo yagenze neza cyane.
Martha Koome, perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya yemeje ko ibyavuye mu matora bifite ishingiro.
Uru rukiko rwavuze ko ingingo zishingirwaho z’ibirego by’impande icyenda - zirimo Raila Odinga - nta shingiro zifite.
Martha Karua, uwiyamamazaga kuba visi perezida wa Raila Odinga, yahise atangaza kuri Twitter (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kenya: William Ruto yemejwe bidasubirwaho ko yatsinze amatora
5 September 2022, by Dusingizimana Remy -
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze
11 June, by ISHIMWE Jean de DieuCSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda abayobozi bakuru, banakoze ibikorwa biteza imbere abaturage ba kiriya Gihugu.
CSP Ildephonse Rutagambwa yabitangaje ubwo iri tsinda ryageraga mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Kamena 2025, nyuma yo gusimburwa n’itsinda RWAPSU1-10 ryageze muri Centrafrique mu gitondo cyo kuri uyu (...) -
Inama y’Abaminisitiri yaganiriye ku cyemezo cy’u Rwanda cyo kuva muri ECCAS
9 June, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yaganiriye ku cyemezo cyo ku wa 07 Kamena 2025, cyo kuva k’u Rwanda mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (ECCAS), maze ishimangira ingingo zitandukanye.
-
Karidinari Kambanda yasabye ubufatanye mu kurera umwana ushoboye kandi ushobotse
6 June, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’inama nkuru Gatolika mu Rwanda Arikiyepisikopi Antoine Karidinari Kambanda yasabye abaturarwanda n’abarezi muri rusange guhuza imbaraga hagamijwe kurera umwana ushoboye kandi ushobotse.
-
RIB yataye murigombi Umugabo uherutse kwicisha umugore we icyuma bapfa 50.000 Frw yafatiwe ku mupaka
10 June, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yatangaje ko umugabo w’imyaka 28 uherutse kwica umugore we akoresheje icyuma, yafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda agerageze gutoroka.
-
Hamenyekanye icyifuzo RDC yifuza kuri AFC/M23 mu biganiro byo muri Qatar
11 April, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko bwifuza ko abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 bava mu bice byose bagenzura mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo mbere yo kumvikana.
-
Impanuro zahawe Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura abandi b’itsinda ririnda abayobozi bakuru muri Centrafrique
10 June, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP Vincent Sano, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique kuzarangwa n’ubunyamwuga, bakibuka ko bagiye bahagarariye Igihugu cyabo, bityo ko bakwiye kuzagihesha ishema.
-
Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza
6 June, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya drones Ukraine iherutse kugaba ku ndege z’intambara z’u Burusiya.