Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko mu 2023/2024 ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro mu buryo budasanzwe ugereranyije n’Idorali rya Amerika, bigera kuri 16,3% ugereranyije na 5% byahozeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe muri 2023/24-Gov. Rwangombwa
19 November 2024, by Joseph Iradukunda -
#VAR: TWAGIRAYEZU Thadee ahanganye n’Ikigo cy’Amakoperative(RCA) ku kibazo cyo kwihesha Manda atemerewe muri Koperative ADARWA
27 December 2024, by UbwanditsiAmakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU Thadee, uyu akaba ari na Perezida w’ikipe ya Rayon Sport, ahanganye bikomeye n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative (RCA), amakimbirane akaba aturuka ku kuba RCA yaramwangiye kuyobora indi manda bavuga ko yaba ari iya gatatu muri Koperative ADARWA!
-
Perezida Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, acana urumuri rw’icyizere
7 April, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka Walk to remember rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2025.
-
M23 yashinje ingabo za SADC kugaba ibitero i Goma, izisaba guhita zitaha
13 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wasabye ingabo za SADC ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuhava by’ako kanya, nyuma yo guzishinja kugira uruhare mu bitero biri kugabwa ku mujyi wa Goma.
-
Ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro AI muri Afurika mu mboni za Perezida Kagame
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yavuze ko hari ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro ubwenge bw’ubukorano (AI) ku Mugabane wa Afurika, birimo kubaka ibikorwaremezo birimo nka internet yihuta.
-
Habaye impinduka mu bahuza bashya mu bibazo by’akarere
25 March, by Joseph IradukundaAbakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bakoze impinduka mu bahuza bashya mu makimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’akarere muri rusange.
-
Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda
13 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko Ndagijimana Jean Marie Vianney wiyita umunyapolitiki uharanira uburenganzira bwa muntu, yibye amafaranga ya Leta anambura umukozi we wo mu rugo, none akaba yirirwa abeshya, apfobya anahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ngoma: Imibiri 14 y’abazize Jenoside i Rukumberi yashyinguwe mu cyubahiro
28 April, by ISHIMWE Jean de DieuImibiri 14 y’Abatutsi bazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Rukumberi ruherereye mu Karere ka Ngoma, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, asaba abakiri bato kwitoza gukurana indangagaciro nziza.
-
RDC: Urubanza rw’umusirikare wa FARDC uregwa kwicira abantu mu rusengero rwasubitswe
15 May, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare witwa Médard Katonzi, uherutse kurasira abantu mu rusengero rwitwa ‘Bethsaïda Ministry church’ rwaburanishijwe kuri uyu wa Kabiri taliki 13 Gicurasi 2025, ariko ntihatangwa umwanzuro bituma rwiburirwa undi munsi.
-
Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles
13 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
0 | ... | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | ... | 3420