Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yifurije Perezida wa Gabon kurwara ubukira anihanganisha Malawi na Tanzania.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kagame yifurije Bongo kurwara ubukira afata mu mugongo Tanzania na Malawi
17 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ange Kagame yasangije ababyeyi uburyo bwo gukuza ubwonko bw’abana babo binyuze mu gukina
21 June 2021, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Ange Kagame, yinjiye muri gahunda y’ubukangurambaga muri uku kwezi kwahariwe uburere bw’umwana, asangiza ababyeyi uburyo bwo gukuza ubwonko bw’abana babo binyuze mu gukina.
Mu mashusho yashyizwe hanze n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana, Unicef, ishami ry’u Rwanda; uyu mubyeyi yasangije bagenzi be amasomo y’ingenzi bakwiriye kwitaho, yafasha mu mikurire y’ubwonko bw’umwana.
Ange Kagame yavuze ko imyaka ya mbere y’ubuzima bw’umwana (…) -
Nyamasheke:Afungiwe gukubita Gitifu ashinja kumwimisha imfashanyo y’abibasiwe n’amapfa
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuKuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwa Shangi mu Karere ka Nyamasheke,hafungiye Ndagijimana Félix w’imyaka 44 y’amavuko,ukurikiranyweho gukubita no gukomeretsa, Ngabonziza Principe,uyobora Akagari ka Mariba, Umurenge wa Nyabitekeri,amushinja kumukura ku rutonde rw’abahabwa imfashanyo y’ibigori,bibasiwe n’amapfa.
-
Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma
27 November 2024, by Joseph IradukundaPapa Francis yatanze uruhushya ko Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo agirwa umuhire, intambwe ya mbere muri Kiliziya Gatolika yerekeza ku kugirwa umutagatifu, nkuko bitangazwa n’urubuga rw’amakuru rwa Vatikani.
-
Guverinoma yahishuye ibintu bihambaye byagezweho mu myaka irindwi ishize
5 June 2024, by Dusingizimana RemyMuri gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere NST1 ingengo y’imari y’Igihugu yikubye inshuro eshatu, aho yavuye kuri miliyari 1,900 ubu ikaba igeze kuri miliyari zisaga ibihumbi bitanu by’amadorali ya Amerika.
-
Kigali: Abandi babiri bagaragaye bakomeretsa umukobwa bafashwe
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abasore babiri biyongera ku wundi umwe bagaragaye mu mashusho batema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
-
Isesengura: Habuze iki ngo nawe ube utarabona Pasiporo Nyafurika? Byinshi ni muri aya makuru y’Umuryango TV
14 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEMuri iki gihe umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhangayikishijwe no gukora impinduramatwara ku mugabane wa Afurika mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwa muntu zirimo ubukungu, imibereho by’abatuye uyu mugabane muri gahunda y’imyaka 50 (Agenda 2063)nk’uko byemejwe n’abakuru b’ibihugu mu mwaka wa 2015.
Kunga ubumwe kw’ibihugu bigize umugabane wa Afurika ni intambwe y’ibanze ishyizwe imbere n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kandi abakuru b’ibihugu byo kuri uyu mugabane bagaragaje ko ibi (…) -
Police FC yatsinze APR FC bishyira Kiyovu Sports ku isonga
22 April 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Police FC yaherukaga gutsinda APR FC muri 2012,yongeye kuyitsinda muri 2023 ibitego 2-1 ituma Kiyovu Sports ifata umwanya wa mbere wa Shampiyona by’agateganyo.
Muri uyu mukino w’Umunsi wa 24 wa Shampiyona,Police FC yaruhije APR FC ndetse iranayitsinda nubwo yangiwe igitego cyateje impaka cyane.
Amakipe yombi yatangiye umukino ari hejuru, buri imwe igerageza gusatira cyane byatumye APR FC ihita ihusha uburyo bubiri bwa Ruboneka na Mugisha.
Ku munota wa 8 w’umukino,Police FC (…) -
Rubavu: Abaturage mu byishimo nyuma y’iraswa ry’uwari ukuriye abuzukuru ba shitani
21 December 2021, by Dusingizimana RemyAbantu 3 bari bafite ibikoresho birimo TV bikekwa ko bari bavuye kwiba,bahagaritswe n’Abapolisi barinangira ahubwo bashaka kubarwanya,barabarasa hapfamo umwe wiyitaga DPC w’itsinda Abuzukuru ba shitani ryayogoje akarere ka Rubavu mu bujura.
Ibi byabereye mu Murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu,ahagana saa munani z’ijoro ubwo abapolisi babonaga aba bantu3 bivukwa ko ari abagize itsinda rya ba ruharwa mu bujura ryiyise "Abuzukuru ba shitani" bafite ibikoresho byo mu rugo bitandukanye. (…) -
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
Umuryango.rw
Ange Kagame yasangije ababyeyi uburyo bwo gukuza ubwonko bw’abana babo binyuze mu gukina
Nyamasheke:Afungiwe gukubita Gitifu ashinja kumwimisha imfashanyo y’abibasiwe n’amapfa
Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma
Guverinoma yahishuye ibintu bihambaye byagezweho mu myaka irindwi ishize
Kigali: Abandi babiri bagaragaye bakomeretsa umukobwa bafashwe
Police FC yatsinze APR FC bishyira Kiyovu Sports ku isonga
Rubavu: Abaturage mu byishimo nyuma y’iraswa ry’uwari ukuriye abuzukuru ba shitani