Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere Meteo Rwanda bibigaragaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize
23 August 2024, by Emmy -
Meya Uwanzwenuwe na perezida wa Ibuka bateye utwatsi amakuru yacicikanye avuga ko Visi Meya yanze kwakira urumuri rw’ icyizere
14 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Nyabibu Uwanzwenuwe Theoneste n’Umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Karago bahakanye amakuru avuga ko umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukansanga Clarisse, yanze kwakira buji yo gucana urumuri rw’icyizere ndetse akongeraho ngo nibazihe abafite ababo bibuka.
-
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zafashe ibirindiro 3 by’inyeshyamba za 3R/R3 ziherutse kwica mugenzi wabo
22 July 2020, by Dusingizimana RemyBatayo y’Ingabo z’u Rwanda iri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yagabye ibitero simusiga ku nyeshyamba za 3R/R3 (Return, Reclamation and Rehabilitation/Retour, Réclamation et Réhabilitation), isenya ibirindiro bitatu byazo biherereye i Gedze muri Perefegitura ya Nana-Mambere iherereye mu Majyaruguru y’Iburasirazuba bwa Repubulika ya Centrafrique.
-
Perezida Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda
20 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Pau Kagame yakoze impinduka muri Polisi aho yagize DCG Felix Namuhoranye umuyobozi wa Polisi asimbura Dan Munyuza.
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko DCG Felix Namuhoranye yahawe kuyobora Polisi y’igihugu.
CP Vincent Sano we yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa.
Na ho Col Kanyamahanga Celestin aba Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo.
Dan Munyuza yari muri uyu mwanya guhera mu 2018. (…) -
Davido yashimiye Madamu Jeannette Kagame witabiriye igitaramo cye
6 December 2025, by Brenda MIZERODavido yashimiye Madamu Jeannette Kagame witabiriye igitaramo cyo kumenyekanisha album ye nshya yise ‘5Ive’ yakoreye muri BK Arena ku wa 5 Ukuboza 2025.
-
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
21 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida William Ruto wa Kenya yashimangiye ko u Rwanda nta hantu na hamwe ruhuriye n’umutwe wa M23,bijyanye no kuba RDC ubwayo yaremeye ko abagize uriya mutwe ari abaturage bayo.
-
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
14 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 byakiriye abarwayi 119.859, biyongereyeho 17,7% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
-
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa Remezo ((MININFRA) yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku miyoboro u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu, gusa yizeza gukemura icyo kibazo.
-
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
10 October 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles mu Bubiligi bihabanye n’ukuri n’imyitwarire yagiye agaragaza kuva mu 2019 abaye Perezida, ndetse n’abandi bategetsi b’icyi Gihugu.
-
U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg
19 December 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda igiye gutangaza irangira ry’icyorezo cyatewe na Virusi ya Marburg cyashegeshe urwego rw’ubuvuzi by’umwihariko kuko cyibasiye abaganga.
Umuryango.rw
METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zafashe ibirindiro 3 by’inyeshyamba za 3R/R3 ziherutse kwica mugenzi wabo
Perezida Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda
Davido yashimiye Madamu Jeannette Kagame witabiriye igitaramo cye
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
U Rwanda rugiye gutangaza ko rwatsinsuye bidasubirwaho icyorezo cya Marburg