Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier Jean Patrick, yavuze ko u Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu nyungu z’umutekano warwo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na DRC mu nyungu z’umutekano warwo
6 November 2024, by Joseph Iradukunda -
DR Congo yasabiwe gukurirwaho ikomanyirizwa ku isoko ry’intwaro
3 October 2022, by Joseph IradukundaUbushinwa burasaba ko DR Congo ikurirwaho gukomanyirizwa ku masoko y’intwaro ku isi bukanasaba ko imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa DR Congo izishyira hasi.
-
Umwana utawe n’umubyeyi atakaza isanomuzi
13 February 2018, by Jules NTAHOBATUYEByasa n’ibitungura nyirurugo kubyuka agasanga uruhinja imbere y’umuryango we atazi n’umwe mu babyeyi barwo ndetse biranagoye kwiyumvisha ko umubyeyi afata uruhinja yatwise amezi icyenda akarusiga mu rugo rw’umuntu bataziranye, ariko ingero nk’izi zikomeje kumvikana hamwe na hamwe mu gihugu.
Urugero ruheruka rwagaragaye mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2017 mu kagali ka Tetero umurenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali umugore utaramenyekanye yataye umwana w’amezi nk’abiri mu rugo rwa Mukanzigira (...) -
FDLR yashimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi inkunga akomeje kuyitera
7 December 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye gushimangira imikoranire na Leta ya Congo, ushimira Perezida Tshisekedi uburyo akomeje kuwushyigikira, umwizeza gufasha ingabo z’igihugu (FARDC) mu bikorwa byo kwibasira u Rwanda.
Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze,washimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi kubera ubufasha akomeje kuwuha,aho ndetse ngo yabigaragaje mu nama y’urubyiruko yatumije kuwa 04 Ukuboza.
Iri tangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wa FDLR, Cure Ngoma, rivuga ko banyuzwe n’ubufatanye (...) -
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye bwa mbere muri 2023
31 January 2023, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 30 Mutarama 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
Ni inama y’abaminisitiri ya mbere mu mwaka wa 2023, yafatiwemo ibyemezo bitandukanye birimo no gusubukura inama y’umushyikirano yari imaze imyaka itatu itaba kubera icyorezo cya Covid-19.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe kuva kuwa 27 kugeza kuwa 28 Gashyantare 2023.
Bamwe mu bayobozi bashyizweho harimo,Oda Gasinzigwa (...) -
Abagabo bakiyumvamo ububasha bwose ku mutungo w’ urugo ni kimwe mu biteza amakimbirane yo mu ngo
31 May 2018, by Nsanzimana ErnestItegeko ry’ umuryango ryo muri 2016 riha abashingiranywe ububasha bungana mu gucunga umutungo w’ urugo nyamara bamwe mu bagabo ntirabyumva baracyagendera ku muco wa kera aho umugabo ariwe wafatiraga urugo ibyemezo byose bikaba ari kimwe mu bitiza umurindi ihohoterwa rikorerwa mu ngo rihitana abarenga 40 buri mwaka
-
Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Umutwe wa Politiki utavugarumwe n’ ubutegetsi PS Imberakuri, Madamu Christine Mukabunani ntabwo ari ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida-depite bemerewe kwiyamamaza mu matora y’ amadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka ariko ngo agiye kwihutira gukemura akabazo katumye adashyirwa ku rutonde rw’ abakandida.
Ishyaka PS Imberakuri ryatanze urutonde ruriho abantu 65, muri bo abo komisiyo y’ amatora yemeje ko bujuje ibisabwa byose ni abantu 42.
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora NEC (...) -
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
Urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda rwatangiye
3 May 2019, by Martin MunezeroUrugereko rwihariye ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwatangiye kuburanisha itsinda ry’abantu 25 barimo abagore batatu baregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
3 November 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko nta basirikare barwo bari mu Murwa Mukuru wa Mozambique, Maputo, ko ahubwo bari mu Ntara ya Cabo Delgado aho bari mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba.
0 | ... | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | ... | 3420