Mu gitondo cy’umunsi nk’uyu tariki 1 Ukwakira 1990, isasu rya mbere ryavugiye i Kagitumba muri perefegitura y’Umutara (ubu ni muri Nyagatare), riba imbarutso y’inzira ndende yo gutaha ku bihumbi by’Abanyarwanda bari bamaze imyaka isaga 30 barameneshejwe iwabo.
Ni umunsi wahinduye amateka y’u Rwanda, biba ihurizo rikomeye kuri Leta ya Juvenal Habyarimana wari umaze igihe yarinangiye, avuga ko ‘igihugu cyuzuye’ ku buryo kitabona aho gutuza abacyo bari mu buhungiro.
Iyi tariki ya 1 Ukwakira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hamenyekanye impamvu Inkotanyi zahisemo gutangiza urugamba tariki ya 01 Ukwakira 1990
1 October 2022, by Dusingizimana Remy -
Urubanza rwa Joseph Kabila ruratangira i Kinshasa, araregwa ibyaha bihanishwa urwo gupfa
25 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rukuru rwa gisirikare i Kinshasa mu murwa mukuru wa DR Congo uyu munsi ruratangira kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu ibyaha bishamikiye ku kuregwa kuba muri AFC/M23.
-
’Hatagize igikorwa u Rwanda rushobora kuba ubutayu’-Minisitiri w’Ibidukikije
4 June 2024, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibidukikije, Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya avuga ko hatagize igikorwa mu guhagarika isuri, ubutayu bwaba burimo gusatira igihugu cyacu.
-
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
31 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yavuze ko umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruteye intambwe igaragara nubwo rwanyuze mu bibazo bitoroshye. Yashimiye Abanyarwanda ku bw’icyizere n’ubufatanye bagaragaje muri uyu mwaka.
-
Formula One yateye utwatsi icyifuzo cya RDC cyo guhagarika imikoranire n’u Rwanda
20 February 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Formula One (F1) bwateye utwatsi ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashakaga ko buhita bukura u Rwanda mu bihugu bya Afurika bifite amahirwe yo kwakira amasiganwa y’imodoka, buvuga ko buzasuzuma ubusabe bw’ababyifuje bose.
-
Minisante:Umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg
23 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg mu bipimo 81 byafashwe.
-
#Kwibuka32: Abayobozi n’abakozi ba FORTEBET Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
16 April, by Angeline MUKANGENZIUmuryango mugari w’abakozi n’abayobozi ba Kompanyi y’imikino y’amahirwe ikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga FORTEBET Rwanda, basuye u Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi 1994, bakaba biyemeje kuyirwanya bifashishije ibimenyetso Facts.
-
Iby’ ingenzi mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Macron w’ u Bufaransa
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we w’ u Bufaransa Emmanuel Macron bagirana ibiganiro aho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushimishijwe no kuba rwatanga abayobozi nka Louise Mushikiwabo bakayobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa.
-
U Rwanda rwavuze ku birego bya RDC byo koherezayo ingabo zidasanzwe 500
9 June 2022, by Dusingizimana RemyIngabo za Repuburika ya demokarasi ya Kongo, zirarega u Rwanda kwohereza abasilikare badasanzwe 500 biyoberanyije, ku butaka bwa Kongo.
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, yabwiye ibiro ntaramakuru byo mu Bwongereza, Reuters, ko ayo makuru ari amahimbano. Umuvugizi wa guverinema, yabwiye Reuters u Rwanda rutasubiza ku birego bidafite shingiro.
Mu itangazo, igisirikare cya Kongo cyavuze ko abasirikare 500 b’u Rwanda batojwe ku buryo budasanzwe, bambaye impuzankamo y’ibara riri hagati y’icyatsi (…) -
Inama ya EAC yagombaga guhuza abaperezida yimuwe ishyirwa mu mwaka utaha
19 November 2019, by Dusingizimana RemyInama ya 21 y’abakuru b’ibihugu 6 bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba [EAC],yari iteganyijwe kuwa 30 Ugushyingo 2019,yimuye ishyirwa ku italiki itazwi mu kwezi kwa Mbere 2020 n’ukwa Kabiri.
Umuryango.rw
Hamenyekanye impamvu Inkotanyi zahisemo gutangiza urugamba tariki ya 01 Ukwakira 1990
Urubanza rwa Joseph Kabila ruratangira i Kinshasa, araregwa ibyaha bihanishwa urwo gupfa
’Hatagize igikorwa u Rwanda rushobora kuba ubutayu’-Minisitiri w’Ibidukikije
Nta wundi tuzategerezaho iterambere ry’u Rwanda - Kagame mu ijambo risoza umwaka wa 2025
Formula One yateye utwatsi icyifuzo cya RDC cyo guhagarika imikoranire n’u Rwanda
Minisante:Umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg
#Kwibuka32: Abayobozi n’abakozi ba FORTEBET Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
U Rwanda rwavuze ku birego bya RDC byo koherezayo ingabo zidasanzwe 500