Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye Misa ya mbere Arikiyepisikopi wa Kigali,Kardinali Antoine Kambanda yasomeye muri Kigali Arena,nyuma yo kwimikwa na Papa Francis mu kwezi gushize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye Misa ya Kardinali Kambanda yasomewe muri Kigali Arena [AMAFOTO]
6 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Umunyamakuru Bob Rugurika yashyize hanze imigambi mibisha ya Leta y’u Burundi ku Rwanda
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru w’Umurundi Bob Rugurika yahishuye ko icyemezo cy’igihugu cye cyo gufunga imipaka igihuza n’u Rwanda cyaturutse ku migambi mibisha ubutegetsi bw’igihugu cye bufitiye u Rwanda irimo no gushaka gukuraho ubutegetsi bwarwo.
-
P.Kagame na Madamu bakiriye itsinda rigari ry’abakora muri Village urugwiro
5 December 2017, by Iyamuremye JanvierKu mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abakozi bakora mu biro by’Umukuru w’Igihugu ‘Village Urugwiro’.
Amafoto ari ku rukuta rwa Twitter, Village Urugwiro agaragaza Paul Kagame ari kumwe na Madamu bafashe ifoto y’urubwitso n’abakora muri Presidanse.
Ni nyuma y’iminsi ibiri Perezida wa Repubulika na Madamu we Jeannette Kagame bakiriye muri Village Urugwiro abana bahagarariye abandi bagera kuri 200 mu rwego (…) -
Col. Ruhunga Jeannot na Kalihangabo bagizwe abayobozi ba Rwanda Investigation Bureau
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestIbiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Mata 2018, byagaragaje ko Umukuru w’Igihugu yagize Col. Ruhunga Jeannot Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB) naho Kalihangabo Isabelle agirwa Umunyamabanga .
Kalihangabo yari asanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera uru rwego rushya ruzaba rubarizwamo.
Itegeko rishyiraho uru rwego risobanura ko rufite inshingano zo gukumira no (…) -
FPR INKOTANYI yahishuye impamvu itareka andi mashyaka ngo ayobore u Rwanda
23 February 2024, by Dusingizimana RemyIshyaka rya FPR Inkotanyi riratangaza ko u Rwanda rutaragera aho rishaka bityo ritatanga igihugu nk’impano ngo abandi bayobore ndetse ryongeraho ko igihe abanyarwanda bazaba bakirishaka nta kabuza rizakomeza kugendana nabo.
-
RDF yahakanye ibivugwa ko abarwanyi ba M23 bateye Rutshuru baturutse mu Rwanda
9 November 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko ntaho buhuriye n’inyeshyamba za M23 bivugwa ko zubuye imirwano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ziturutse mu Rwanda ndetse yemeza ko zaturutse Uganda.
Hari bamwe mu bayobozi bo muri Congo bagiye mu binyamakuru bavuga ko abarwanyi ba M23 bateye baturutse mu Rwanda gusa RDF yabihakanye yemeza ko Ibyo atari ukuri.
Itangazo RDF yashyize hanze rigira riti “Byatangajwe mu binyamakuru ko umutwe witwaje intwaro bikekwa ko ari abahoze mu (…) -
Perezida Kagame yatangaje uko yiyumva nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda anakomoza kubyo kongera kwiyamamaza
16 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Paul Kagame,yavuze ko ameze neza nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda ndetse agifite imbaraga nyinshi zo gufasha abanyarwanda kugera ku iterambere rirambye.
-
Abantu benshi barimo Clarisse Karasira banenze bikomeye igikorwa Polisi y’u Rwanda yakoreye abageni
6 April 2021, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere abantu 57 barimo n’abageni bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID-19, aho bakoreye ubukwe mu rugo rwa nyiri hotel Rainbow isanzwe ifunze kubera kutubahiriza amabwiriza maze bajyanwa muri Sitade,igikorwa cyanenzwe n’abanyarwanda batari bake barimo n’umuhanzikazi Clarisse Karasira.
-
Hatangajwe ingengabihe y’uburyo Abanyeshuri bazajya mu biruhuko
22 March 2022, by Dusingizimana RemyItangazo ryatanzwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo bazatangira kujya mu biruhuko bisoza igihembwe cya kabiri guhera ku wa 28 Werurwe 2022 kugeza ku wa 31Werurwe 2022.
Ku wa Mbere, tariki ya 28 Werurwe 2022, hazataha abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri biri mu turere twa Nyarugenge, Gasabo, Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, utwa Huye, Nyaruguru, mu Ntara y’Amajyepfo, aka Ngororero mu Ntara (…) -
Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKu munsi nk’uyu w’italiki ya 12 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi taliki mu 1994.
Umuryango.rw
Umunyamakuru Bob Rugurika yashyize hanze imigambi mibisha ya Leta y’u Burundi ku Rwanda
FPR INKOTANYI yahishuye impamvu itareka andi mashyaka ngo ayobore u Rwanda
RDF yahakanye ibivugwa ko abarwanyi ba M23 bateye Rutshuru baturutse mu Rwanda
Hatangajwe ingengabihe y’uburyo Abanyeshuri bazajya mu biruhuko
Ibyaranze tariki ya 12 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe abatutsi umunsi Karamira Froduald avuga ko kwica abatutsi bireba buri wese