Minisitiri w’Intebe,Dr. Édouard Ngirente,yavuze ko umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda icyo yaba yiga cyose azajya yiga n’indimi kugira ngo azabashe gusobanura ibyo yize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
“Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere wa kaminuza bazajya biga indimi"-Minisitiri Ngirente
18 April 2024, by Dusingizimana Remy -
Dr.Frank Habineza yahishuye igisubizo gitangaje yahawe n’abadepite bagenzi be ubwo yasabaga ko umusoro w’ubutaka ugabanywa
23 December 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda akaba n’umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda Dr, Frank Habineza yavuze ko yasabye ko umusoro ku mutungo utimukanwa by’umwihariko ubutaka bagenzi be bakorana bamutegeka gushaka ahandi iyo misoro izaturuka niramuka igabanyijwe.
-
Perezida Kagame yavuze ku gufasha Ethiopia no ku rugomo abanya Uganda bakomeje gukorera Abanyarwanda
5 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko igihugu cya Ethiopia kizahora ari inshuti y’u Rwanda ariko rutazivanga mu bibazo byayo by’intambara ihanganye n’abo mu ntara yayo ya Tigray.
-
Perezida Kagame yafunguye ikibuga cya Cricket cyubatswe i Gahanga-AMAFOTO
28 October 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda.
Umukuru w’Igihugu yifatanyije n’abaturage ba Kicukiro mu murenge wa Gahanga mu muganda usoza Ukwezi.Yabwiye abaturage ko bakwiye kwigira kuburyo azajya abasura azajya asanga hari aho bigejeje batera imbere.
Yagize ati ”Mubyo twubaka byose, tugomba gushyiraho akacu, abashaka ko dufatanya bagasanga hari (...) -
Perezida Kagame yashimye uruhare rw’ abapadiri mu guteza imbere Ikinyarwanda
7 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye uruhare abapadiri bagiye mu guteza imbere ururimi rw’ Ikinyarwanda anabizeza ko Leta y’ u Rwanda izakomeza gufatanya nabo mu guteza imbere Abanyarwanda
Hari mu muhango wo kwizihiza yubile y’ imyaka 100 ishize ubusasaridoti bugeze mu Rwanda . Uyu muhango wabereye I Kabgayi kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Ukwakira 2017, ukaba witabiriye n’ abashyitsi batandukanye barimo na Perezida Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame.
Perezida Kagame yavuze ko iyi (...) -
U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h’intambara ya Isiraheli na Gaza
28 October 2023, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye, Umuryango w’abibumbye,ONU,waraye utoye ingingo (résolution) isaba ko habaho guhagarika intambara mu karere ka Gaza ( Trêve humanitaire).
-
Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko birimo n’impamvu nyamukuru ituma akunda kwitwara mu modoka[AMAFOTO]
15 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko rukomoka muri Afurika, asobanura impamvu nyamukuru ituma akunda kugaragara yitwaye mu modoka mu gihe yagiriye uruzinduko mu bice runaka by’igihugu.
-
Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo
15 January 2023, by Dusingizimana RemyIndege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 40 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga.
Indege ya Yeti Airlines yari ivuye ku murwa mukuru Kathmandu yerekeza mu mujyi w’ubukerarugendo wa Pokhara yaguye irimo kururuka, ihita ifatwa n’umuriro.
Amashusho yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana indege igurukira hasi cyane hejuru y’ahantu hatuwe mbere yo kwiyesura hasi.
Yari irimo abagenzi 68, barimo abanyamahanga 15, (...) -
Ngororero: RIB yataye muri yombi abayobozi 3 kubera ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta
19 November 2020, by Dusingizimana RemyRIB itangaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020, yafunze abanyamabanga nshingwabikorwa 2 bo mu mirenge ya Sovu na Kavumu mu karere ka Ngororero, ndetse n’umucungamari w’Umurenge wa Sovu.
-
Uganda yarekuye Abanyarwanda 13 yari ifunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko
18 February 2020, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Uganda cyatangiye kugaragaza ubushake bwo kurekura abanyarwanda cyari gifunze mu buryo bunyuranyije n’Amategeko cyane ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri yamaze kurekura Abanyarwanda 13.
0 | ... | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | ... | 3420