Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Emmanuel Macron yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda. Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali yaherekejwe na Perezida Kagame, akaba akomereje uruzinduko muri Afurika y’Epfo.
Perezida Macron wasoje uruzinduko rwe rw’iminsi ibiri mu Rwanda,asize avuguruye mu buryo bwiza umubano n’u Rwanda wari umaze imyaka 27 utameze neza.
Mu gitondo cyo ku munsi w’ejo nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron,yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’amateka rusize umubano w’u (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yaherekeje mugenzi we Macron wasoje urugendo rw’amateka mu Rwanda
28 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kwishyura ibyangijwe n’ibisasu byaturutse muri Congo
6 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZALeta y’u Rwanda yatangaje ko izishyura ibyangijwe n’ibisasu byarashwe mu Rwanda bivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC).
-
Abanyeshuri ibihumbi 212 biga mu mashuri yisumbuye batangiye ibizamini bya leta
25 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa kabiri abanyeshuri basaga ibihumbi 212 biga mu mashuri yisumbuye icyiciro cya mbere, icya kabiri, amashuri nderabarezi, ay’imyuga n’ubumenyingiro batangiye ibizamini bya leta bisoza umwaka wa 2022-2023.
Muri aba banyeshuri abiga mu cyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye ni 131,535 barimo abahungu 58,005 naho abakobwa bakaba 73,530.
Mu cyiciro cya kabiri cy’ayisumbuye abiyandikishije gukora ibizamini ni 48,674 barimo abahungu 21,307 n’abakobwa 27,367.
Mu mashuri (…) -
Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba yashyikirije Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
Leta y’u Rwanda yagiriye inama Abanyarwanda yo guhagarika kujya muri Uganda
1 March 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Amb.Sezibera Richard yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda isaba abanyarwanda bose guhagarika kujya muri Uganda kubera impungenge z’umutekano wabo.
-
Abasaga ibihumbi 92 batangiye ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga mu gihugu hose
13 December 2022, by Dusingizimana RemyIbizamini byo gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo n’urwa burundu byatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ukuboza, mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zose, hasabwa abiyandikishije kwitegura neza kugira ngo umubare w’abatsindwa ibizamini ubashe kugabanuka.
Polisi y’u Rwanda yegereje abaturage serivisi z’ibizamini byo gutwara ibinyabiziga aho ibigo 16 byafunguwe hirya no hino mu gihugu kugira ngo byorohereze umubare munini w’abiyandikishije, nyuma y’uko no kwiyandikisha (…) -
Kwibuka32, Kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside, ubukungu, n’abayobozi bashya – Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
3 April, by ISIMBI EstellaInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 2 Mata 2026 yemeje ko mu guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside igaragara haba mu Karere u Rwanda ruherereyemo no hirya no hino ku Isi, Abanyarwanda basabwa gutahiriza umugozi umwe mu gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda, ubwiyunge, ndetse n’amahoro n’umudendezo by’Abanyarwanda. Yasabye Abaturarwanda kuzitabira ibikorwa byo kwibuka bizatangira ku wa 7 Mata.
-
Imyaka 125 ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda
7 December 2025, by Brenda MIZEROTariki ya 20 Mutarama 1900 ni bwo mu Rwanda haturiwe Igitambo cya mbere cya Misa, isomerwa i Shangi muri Nyamasheke muri Diyoseze ya Cyangugu.
-
Nyuma y’ imyaka 24, UN yemeye gukoresha inyito ‘Jenoside yakorewe Abatutsi’
27 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuryango w’Abibumbye (UN) yemeje ko tariki 7 Mata izajya izirikana Umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (International Day of Reflection of the 1994 Genocide Against the Tutsi in Rwanda), UN yavugaga Jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994 (‘International Day of Reflection on the 1994 Genocide in Rwanda’).
UN ibitangaje nyuma y’imyaka 15 Leta y’u Rwanda isaba UN guhindura iyo mvugo kuko yapfobyaga Abatutsi bishwe muri Jenoside.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 (…) -
Brig Gen (Rtd) Rusagara yapfuye
27 March 2025, by Joseph IradukundaBrig Gen (Rtd) Frank Rusagara kuri uyu Gatatu tariki 26 Werurwe 2025, yapfuye azize uburwayi amaranye iminsi nkuko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda.
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kwishyura ibyangijwe n’ibisasu byaturutse muri Congo
Abanyeshuri ibihumbi 212 biga mu mashuri yisumbuye batangiye ibizamini bya leta
Amb. Gen. Nyamvumba yatanze impampuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Seychelles
Abasaga ibihumbi 92 batangiye ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga mu gihugu hose
Kwibuka32, Kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside, ubukungu, n’abayobozi bashya – Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Imyaka 125 ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda
Brig Gen (Rtd) Rusagara yapfuye