Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imirongo y’abarwayi kwa muganga igiye kuba amateka, nyuma yo gutangiza ikoranabuhanga e-Buzima rizajya rifasha abawayi kwisuzumisha indwara zoroheje no kwaka gahunda yo kubonana na muganga, na e-Banguka rizajya ryifashishwa mu guhamagaza imbangukiragutabara no gusaba taransiferi (transfer).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gutonda umurongo kwa muganga bigiye kuba amateka mu Rwanda
14 October 2025, by ISIMBI Estella -
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
13 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari gukorana n’umuryango wa Juvénal Habyarimana utuye mu Bufaransa, ndetse na Faustin Kayumba Nyamwasa uba muri Afurika y’Epfo kugira ngo banoze ubufatanye mu bya gisirikare bugamije gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Olivier Nduhungirehe yasubije ibibazo by’ amatsiko kuri OIF na Kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Alphonse BikorimanaMu gihe habura amasaha make ngo habe amatora y’Umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi rya Amerika , abaturage bamubazaga ibibazo by’amatsiko bibaza ku kuri francophonie, kandidatire ya Mushikiwabo , imikoreshereze y’Igifaransa mu Rwanda n’ibindi. U
-
Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta
28 April 2025, by ISIMBI EstellaMeddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana w’umuhungu.
-
Uwagurije wa munyamakuru Tuyishimire wa TV1 wahungiye muri Uganda yavuze byose uko byagenze//Video
24 July 2019, by UbwanditsiIshimwe Honore, umunyamakuru wa Radio Ishingiro ivugira I Gicumbi, akaba umwe mubo bivugwa ko Tuyishimire Constantin, umunyamakuru wa TV1 yari arimo umwenda ndetse iyi myenda ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye yarahunze igihugu yadutangarije byinshi kuri uyu mwenda bivugwa ko watumye mugenzi we ahungira Uganda.
-
Perezida wa Guyana yishimiye ibiganiro yagiranye n’abarimo Perezida Kagame
30 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Guyana, Dr Irfaan Ali, yagaragaje ko yishimiye ibiganiro aherutse kugirana n’abarimo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, uwa Kosovo, Vjosa Osmani, Minisitiri w’Imari wa Qatar, Ali bin Ahmed Al Kuwari na Matteo Renzi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani.
-
Njya numva ikinyarwanda tuvuga nitutareba neza kizaba urundi rurimi-perezida Kagame
8 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane taliki ya 08 Kanama 2019, nibwo Nyakubahwa Perezida Kagame yasoje Itorero Ingangamirwa icyiciro cya 12 ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
-
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abari abakomiseri ba polisi
27 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi batandatu barimo ba Komiseri bakomeye.
-
Rwamucyo wari Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni agiye gusimburwa
6 March 2025, by Joseph IradukundaAmbasade Rwamucyo Ernest wari uhagarariye u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, muri uku kwezi azasoza inshingano ze.
-
Karongi:Inama njyanama yeguje Meya Mukarutesi
23 October 2023, by Dusingizimana RemyMukarutesi Vestine wari Umuyobozi w’Akarere ka Karongi mu myaka ine ishize yegujwe n’Inama Njyanama y’Akarere imushinja kutuzuza inshingano no kutumvira inama yagiriwe.
Umuryango.rw
Gutonda umurongo kwa muganga bigiye kuba amateka mu Rwanda
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta
Perezida wa Guyana yishimiye ibiganiro yagiranye n’abarimo Perezida Kagame
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abari abakomiseri ba polisi
Rwamucyo wari Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni agiye gusimburwa
Karongi:Inama njyanama yeguje Meya Mukarutesi