Ishyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa baburanishwa, CPCR, ryatanze ikirego kireba Banki Nkuru y’u Bufaransa, iyishinja ko itafatiriye konti za Banki Nkuru y’u Rwanda mu gihe yari yarashyiriweho ibihano na Loni byo kutemererwa kugura intwaro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12 December 2025, by Brenda MIZERO -
Mu Rwanda hatangijwe ikigo kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga
2 October 2025, by Brenda MIZEROMu Rwanda hatangijwe Ikigo cyitwa Cyberhub kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga mu Gihugu ndetse no mu Karere ruherereyemo.
-
Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?
12 December 2025, by Brenda MIZEROKu ruhando Mpuzamahanga u Rwanda ruri ku mwanya wa 43 mu bihugu birangwamo ruswa nkeya n’amanota 57%. Ni mu gihe Denmark ari iya mbere n’amanota 90%, Finland na 88%, Singapore na 84%.
-
Perezida Kagame yavuye imuzi intandaro y’ibibazo abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda
9 March 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda, yerekana ko bituruka ahanini ku mikoranire hagati y’umutwe ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda RNC na Uganda.
-
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange kuri iki Cyumweru [AMAFOTO]
5 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yifatanyije n’abatuye umujyi wa Kigali muri siporo rusange kuri iki cyumweru taliki ya 05 Gicurasi 2019.
-
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
7 November 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni,yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye by’itumanaho.
-
Perezida Kagame yahuriye bwa Mbere mu nama na Ndayishimiye w’u Burundi [Ibyaganiriweho]
20 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi habaye inama ya munani yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibiyaga bigari, CIRGL, yabaye hakoreshejewe ikoranabuhanga . Mu bakuru b’ibihugu bayitabiriye harimo Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye, uw’ u Rwanda Paul Kagame, uwa Republika ya demokarasi ya Kongo na Sudani y’Epfo.
-
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
14 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
-
Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi
2 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari Minisitiri w’ uburezi wumvise ubusabe bwa Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi akemera kugabanya ingengo y’ imari ya UR.
Ubwo kuri uyu wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, Kaminuza y’ u Rwanda yitabaga Komisiyo y’ abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshezere y’ imari ya Leta PAC, UR yabajijwe impamvu hari (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye RDC yabeshye ku mpamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha
22 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yagiye mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar gushyigikira Ihuriro AFC/M23.
Umuryango.rw
Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu Rwanda hatangijwe ikigo kizajya gitorezwamo abahanga mu by’umutekano w’ikoranabuhanga
Guhashya ruswa burundu mu Rwanda birashoboka?
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye RDC yabeshye ku mpamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha