Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri yatangaje ko abantu batandatu mu gihugu ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINISANTE yatangaje umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
28 September 2024, by Emmy -
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma
22 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Gaspard Twagirayezu yagizwe Minisitiri w’Uburezi mu gihe Dr. Valentine Uwamariya yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango.
-
Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHabiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga, aherutse kuburanishwa mu mizi ku byaha aregwa bishingiye ku ihohotera akekwaho gukorera umugore we Annette Murava. Mu byavugiwe muri uru rubanza, harimo kuba uregwa ashinjwa kuba yarashakaga gukoresha ku gahato umugore we imibonano mpuzabitsina.
-
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Nyusi i Kigali
10 February 2022, by SHEMA EMMANUELAmakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, aratangaza ko Perezida w’u Rwanda Paul kagame Yakiriye ndetse akanagirana ibiganiro na mugenzi wa Mozambique Perezida Nyusi.
-
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuMichel Kuka Mboladinga wamamaye mu gikombe cya Afurika nka Lumumba kubera kwigaragaza nk’uyu munyapolitiki, warebaga imikino y’Ikipe y’Igihugu ya DRC yose ahagaze atinyeganyeza kuva umukino utangiye kugeza urangiye, yagaragaje agahinda ubwo iyi kipe yasezererwaga, kwihangana bikamunanira, akarira.
-
Biden Intsinzi ari kuyikozaho imitwe y’intoki
7 November 2020, by Martin MunezeroJoe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri.
-
Yari yarabwiye Se ko azamwica: Ubuhamya bw’umuryango wa Axel Rudakubana wishe abana batatu mu Bwongereza
6 November 2025, by Brenda MIZERODion Rudakubana, umuvandimwe wa Axel Rudakubana ukurikiranywe n’ubutabera bw’u Bwongereza ku cyaha cyo kwica abana batatu, yavuze ko ashobora kuba yarabikoze kuko yashakaga kubabaza sosiyete.
-
U Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na DRC mu nyungu z’umutekano warwo
6 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier Jean Patrick, yavuze ko u Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu nyungu z’umutekano warwo.
-
Burundi: Imiryango itegamiye kuri leta 6 yareze u Rwanda isaba indishyi ya miliyari eshatu z’amadolari
29 April 2024, by Dusingizimana RemyImiryango 6 itegamiye kuri Leta yo mu Burundi yatanze ikirego kirega u Rwanda mu rukiko rwa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) isaba indishyi zingana na miliyari 3 z’amadolari yo guhabwa imiryango y’abahitanwe n’igitero cya RED-Tabara cyabaye umwaka ushize.
-
Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BRD
24 December 2025, by Brenda MIZEROStella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Banki y’Igihugu y’Amajyambere, BRD, asimbuye Kampeta Pitchette Sayinzoga wari umaze imyaka itandatu kuri uwo mwanya.
Umuryango.rw
MINISANTE yatangaje umubare w’abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma
Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Nyusi i Kigali
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
Yari yarabwiye Se ko azamwica: Ubuhamya bw’umuryango wa Axel Rudakubana wishe abana batatu mu Bwongereza
U Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na DRC mu nyungu z’umutekano warwo
Burundi: Imiryango itegamiye kuri leta 6 yareze u Rwanda isaba indishyi ya miliyari eshatu z’amadolari
Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa BRD