Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI Estella -
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana
15 October 2025, by Brenda MIZERORaila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye afite imyaka 80 y’amavuko, akaba yaguye mu Karere ka Kerala azize guhagarara k’umutima mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tatiki ya 15 Ukwakira 2025.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
9 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.
-
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
29 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,Col.Jeannot Ruhunga yabwiye abanyamakuru ko uru rwego rudakoresha iyicarubozo mu kubona amakuru cyangwa gukurikirana umuntu ku cyaha.
-
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
28 May 2024, by Dusingizimana RemyHakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu,ushaka kwiyamamariza kuba Perezida, avuga ko natsinda umukandida wa FPR INKOTANYI bahanganye, hari umwanya yamuteganyirije.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda
22 October 2025, by Brenda MIZEROIbiro bya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva byatangaje ko kuri uyu wa 22 Ukwakira 2025, yakiriye Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda.
-
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda,Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, inzego z’ubutegetsi bw’ibanze, hamwe n’Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) nizo nzego za Leta za leta zirangwamo ruswa cyane, nk’uko bigaragara mu cyegeranyo cy’uko ruswa ihagaze mu Rwanda cyo mu 2022 (RBI) cyashyizwe ahagaragara na Transparency International (T.I Rwanda), ku wa gatatu, Ukuboza 7.
RBI ni raporo isohorwa buri mwaka n’Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane mu Rwanda [T.I Rwanda] igamije kumenya uko ruswa (…) -
Idamange yanze kwitaba urukiko i Nyanza
15 June 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Yvonne Idamange rwasubitswe kuko igihe cyo gutangira yari ari mu cyumba afungiwemo i Kigali kuko yanze kuburanira ku cyicaro cy’urukiko i Nyanza mu majypefo y’u Rwanda.
-
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo
4 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bwongereza ruherutse kwanzura ko icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira babwinjiyemo binyuranye n’amategeko kuko ari ahantu hadatekanye ndetse ngo bashobora kuzasubizwa mu bihugu baturutsemo bakagirirwa nabi.
Mu masezerano yashyizweho umukono mu 2022 hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza, rwemeye kwakira abimukira binjira muri iki gihugu cy’i Burayi binyuranye n’amategeko, bagahabwa amahirwe yo kuhatangirira ubuzima bushya.
Ni amasezerano ataravuzweho rumwe (…) -
Munyaneza Didier yakurikiye Areruya Joseph yikura muri Tour du Rwanda 2021
4 May 2021, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wa Benediction Ignite, Munyaneza Didier ‘Mbappe’ yavuye mu irushanwa rya Tour du Rwanda akurikiye mugenzi we bakinana Areruya Joseph wavuyemo ku munsi w’ejo.Ntabwo hatangajwe impamvu uyu mugabo avuyemo.
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yitabye Imana
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo