Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’umuryango w’Afurika y’iburasirazuba aravuga ko u Rwanda rusoje umwaka ruhagaze neza mu rwego rw’ububanyi n’amahanga muri rusange, ibintu yemeza ko no mu mwaka utaha u Rwanda ruzakomeza gushimangira no guteza imbere umubano n’ibindi bihugu.
Minisitiri Louise Mushikiwabo avuga ko kuva uyu mwaka watangira, u Rwanda rwakoze ibikorwa binyuranye biruhuza n’ibindi bihugu, birimo no kwakira inama mpuzamahanga zinyuranye. Ku rundi ruhande ariko ibi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Min. Mushikiwabo asanga umubano w’u Rwanda n’amahanga waragenze neza muri 2017
24 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwanzuye ko afungurwa
9 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, wari ukurikiranweho icyaha cy’ubushoreke no guta urugo afungurwa.
-
RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
15 October 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 12 Ukwakira 2020, ikemerera imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange gutwara abantu buzuye ku buzuye igihe bose bicaye hanyuma mu bahagaze hakemererwa 50%,Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwamanuye ibiciro by’ingendo.
-
Gufata FDLR nk’itariho uba wirengagije amateka y’u Rwanda -Perezida Kagame
15 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko umuntu wirengagiza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR utariho, kandi uteje ikibazo aba yirengagije amateka y’u Rwanda.
-
Ibihumbi 700 - Dore ibihano bishya ku makosa yo mu muhanda
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmushinga w’itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda ukubiyemo ibihano ku bantu batazubahiriza iri tegeko, birimo amande kuva ku 300.000frw kugera kuri 700,000frw ndetse n’igifungo kigera ku mezi atandatu.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibiri kuba muri Congo ari intambara ishingiye ku moko
9 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubilika Paul Kagame yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ishingiye ku moko, kandi ko igira ingaruka zitaziguye ku Rwanda.
-
CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?
16 April 2021, by UbwanditsiRtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo habaga ihererekanyabubasha hagati ya Rtd Brig. Gen George Rwigamba na Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE, icyo gihe Rwarakabije yifurije akazi keza umusimbuye anamwizeza ubufatanye igihe buzaba bukenewe!
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa gatatu taliki 14/4/2021 nibwo byamenyekanye ko (…) -
Perezida Kagame yongeye kwihanangiriza u Bubiligi
17 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Kagame kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe 2025 yongeye kwihanangiriza igihugu cy’u Bubiligi cyahoze gikolonije u Rwanda, agaragaza ko ari cyo nyirabayazana y’ibibazo byose biri mu karere harimo n’ikiri mu Burasirazuba bwa Congo kugeza ubu.
-
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
19 July 2020, by Joseph HakuzwumuremyiUmwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka ukurikiyeho (2001) yatangiye inzira yo gushinga ishyaka yise PDR Ubuyanja bigaragara ko yari agambiriye kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2003, ari nayo yagombaga kurangiza inzibacyuho yari yaratangiye muri Nyakanga 1994 ubwo FPR Inkotanyi yageraga ku butegetsi. -
Gen. Mubarakh yashimangiye umuhate w’u Rwanda mu guteza imbere amashuri ya gisirikare
22 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga yemeje ko u Rwanda ruzakomeza kugira umuhate mu gukorana n’ibindi bihugu bya Afurika mu rwego rwo gushimangira ubufatanye, guhuza integanyanyigisho no guteza imbere ikoranabuhanga mu mashuri ya gisirikare.
Umuryango.rw
Ntazinda Erasme wari meya wa Nyanza urukiko rwanzuye ko afungurwa
Gufata FDLR nk’itariho uba wirengagije amateka y’u Rwanda -Perezida Kagame
Ibihumbi 700 - Dore ibihano bishya ku makosa yo mu muhanda
Perezida Kagame yavuze ko ibiri kuba muri Congo ari intambara ishingiye ku moko
Perezida Kagame yongeye kwihanangiriza u Bubiligi
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
Gen. Mubarakh yashimangiye umuhate w’u Rwanda mu guteza imbere amashuri ya gisirikare