Ku mupaka w’u Rwanda na Uganda wa Cyanika, abaturage bishimiye ifungurwa ryawo nyuma y’imyaka igera kuri ine ufunze, kuko bagiye kujya basurana n’abavandimwe babo batuye muri Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 7 Gashyantare, ab’inkwakuzi bageze ku mupaka kare cyane, bitegura kwambuka bajya muri Uganda.
Abaturage bo mu Karere ka Burera ndetse n’abandi baturutse mu tundi turere bageze ku Mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera bitegura kwambuka berekeza muri Uganda.
Ni nyuma (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gatuna: Ab’inkwakuzi babyukiye ku mupaka berekeza muri Uganda [AMAFOTO]
7 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa Gatanu
15 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo imyanzuro itandukanye irimo Politiki y’Igihugu y’Ikoranabuhanga n’amateka atandukanye nk’irigena uburyo bwo gufasha umwana wanduye cyangwa urwaye indwara zidakira.
Iyi nama yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu muri Village Urugwiro. Yagennye ko ingamba zari zisanzwe mu gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 zizakomeza gukurikizwa kandi ko zizongera kuvugururwa mu gihe cy’ukwezi kumwe hagendewe ku isesengura ry’inzego (…) -
Musanze: Polisi yaguye gitumo abari bagiye gusenya moto y’abandi bakagurisha ibyuma byayo
29 October 2021, by Dusingizimana RemyKu wa Kabiri taliki ya 26 Ukwakira, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe Habumuremyi Rukundo w’imyaka 21, Nizeyimana Noel w’imyaka 24 na Imanishimwe Clement w’imyaka 26 bagiye gukura ibyuma muri moto bikekwa ko bari bayibye.
-
MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo
7 April, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa biteganyijwe mu Cyumweru cy’icyunamo, ishimangira ko ibikorwa byose n’indi mirimo byemerewe gukomeza nyuma y’igikorwa cyo Kwibuka.
-
Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi
8 December 2025, by Brenda MIZEROLeta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho gahunda nshya y’uburyo igiye kujya ibana n’ibindi bihugu bitandukanye ku Isi aho nko muri Afurika itazongera gukora ibikorwa byo gutera inkunga ahubwo izajya igira imikoranire n’ibihugu bimwe na bimwe na byo bifite icyo biyungura.
-
Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo
15 January 2023, by Dusingizimana RemyIndege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 40 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga.
Indege ya Yeti Airlines yari ivuye ku murwa mukuru Kathmandu yerekeza mu mujyi w’ubukerarugendo wa Pokhara yaguye irimo kururuka, ihita ifatwa n’umuriro.
Amashusho yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana indege igurukira hasi cyane hejuru y’ahantu hatuwe mbere yo kwiyesura hasi.
Yari irimo abagenzi 68, barimo abanyamahanga (…) -
Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko ataburana “Gisivili” afunzwe akanabaho Gisilikali!
16 April 2021, by UbwanditsiMu rubanza rw’ubujujrire rwabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga Col Tom Byabagamba n’abamwunganira bibukije umucamanza w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge wamuburanishaga ko yatanze inzitizi ko adakwiriye kuburanishwa mu nkiko za gisivili kandi ari umusilikali bityo bakwiriye kubanza gufata icyemezo kuri iyo nzitizi.
Col Tom Byangamaba akurikiranweho icyaha cyo kwiba telephone n’indahuzamuriro yayo, icyaha urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwamuhamije rukamukatira igifungo cy’imyaka 3. Akaba (…) -
Twakwizihiza Noheli akarengane kaganje? -Minisitiri Bizimana ku mwanzuro wafatiwe Kabuga
25 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yagaragaje ko umwanzuro Inteko y’abacamanza b’Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) yafatiye Kabuga Félicien mu myaka ibiri ishize ubishya ibirori by’umunsi mukuru wa Noheli.
-
Anita Pendo yakoze urutonde rw’ibyamamare/kazi nyarwanda bibishya imyidagaduro byiganjemo abakinnyi b’umupira,abakinnyi ba Filime,abanyamakuru,abahanzi mu ndirimbo z’urukundo n’abahanzi muri Gospel[AMAFOTO]
27 February 2019, by Martin MunezeroUmunyamakuru,Umushyushyarugamba akaba n’UmuDj Anita Pendo utajya wiburira yakoze urutonde rw’ibyamama/kazi nyarwanda 13 bibishya imyidagaduro mu Rwanda.
-
Abagera ku 130 bamaze kubura ubuzima! Umuvugizi wa Leta avuga kubimaze kwangizwa n’ibiza
4 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangarije Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru(RBA) ko umubare w’abatakarije ubuzima mu biza umaze kugera ku 130.
Umuryango.rw
Gatuna: Ab’inkwakuzi babyukiye ku mupaka berekeza muri Uganda [AMAFOTO]
Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa Gatanu
Musanze: Polisi yaguye gitumo abari bagiye gusenya moto y’abandi bakagurisha ibyuma byayo
MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo
Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi
Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo
Twakwizihiza Noheli akarengane kaganje? -Minisitiri Bizimana ku mwanzuro wafatiwe Kabuga
Abagera ku 130 bamaze kubura ubuzima! Umuvugizi wa Leta avuga kubimaze kwangizwa n’ibiza