Umuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyunguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, zazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Rayon Sports yabanje gukora urugendo rwo kwibuka ku nshuro ya 29 inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,rwasojwe no gusura uru rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro.
Iki gikorwa cyabaye uyu munsi tariki ya 08 Mata 2023.
Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bakoze uru rugendo mu rwego rwo kwibuka no guha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rayon Sports yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro
8 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
-
Nishimwe Naomie niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 [AMAFOTO]
23 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Nishimwe Naomie wari wambaye nimero 31 niwe watowe nka Nyampinga w’u Rwanda 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be 19 bari bahanganye kuri final yabereye kuri Intare Arena.
-
Ingabire M. Immaculée yasabye Padiri Nahimana Thomas gutahuka
25 February 2021, by Martin MunezeroUmuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire M. Immaculée, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho.
-
Uzashaka gusenya Rayon Sports nzamumariraho imbaraga mfite zose- Perezida Sadate [Ijambo rirambuye]
23 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yatangarije abakunzi b’iyi kipe ko yiteguye guhangana n’umuntu wese ushaka gucamo ikipe ibice no gusenya iyi kipe aherutse gutorerwa kuyobora.
-
Habaye impinduka mu bahuza bashya mu bibazo by’akarere
25 March 2025, by Joseph IradukundaAbakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bakoze impinduka mu bahuza bashya mu makimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’akarere muri rusange.
-
Guinea yashyize iherezo ku nzozi z’u Rwanda zo kugera muri ½ cy’irangiza muri CHAN 2020
31 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN 2020 kuko yatsinzwe na Guinea igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irangiza wabereye ku kibuga cya Limbe.
-
Conakry yatangije ikoranabunga ryakorewe mu Rwanda mu gutanga amasoko ya Leta
15 November 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Guinée Conakry yamuritse Telemo, sisitemu nshya yo gutanga amasoko ya Leta hifashishijwe ikoranabuhanga (e-procurement) yakorewe mu Rwanda.
-
Amb Fatuma Ndangiza yashyize umucyo ku cyadindije ishyirwaho ry’ifaranga rimwe muri EAC
18 October 2025, by Brenda MIZEROAmb. Fatuma Ndangiza uri mu badepite bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Iburasirazuba, EALA, yavuze ko gahunda yo gushyiraho ifaranga rimwe muri ibyo bihugu yagiye idindizwa n’ubushake n’ubwumvikane buke ku bihugu binyamuryango.
-
SKOL yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bitwaye neza muri Nzeri 2025 [AMAFOTO]
16 October 2025, by Brenda MIZEROUruganda rwa SKOL Brewery Ltd rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwahembye abakinnyi bahize abandi muri Nzeri 2025 muri Rayon Sports y’Abagabo n’Abagore.
Umuryango.rw
Rayon Sports yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro
Habaye impinduka mu bahuza bashya mu bibazo by’akarere
Conakry yatangije ikoranabunga ryakorewe mu Rwanda mu gutanga amasoko ya Leta
Amb Fatuma Ndangiza yashyize umucyo ku cyadindije ishyirwaho ry’ifaranga rimwe muri EAC
SKOL yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bitwaye neza muri Nzeri 2025 [AMAFOTO]