Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga cyakirwa kikazasuzumwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire
16 January, by Angeline MUKANGENZI -
Umunsi nk’uyu muri Jenoside Minisitiri Karemera yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo. Ishyirwa mu bikorwa ry’ubwo bwicanyi ryarihutishijwe ku buryo bwose bushoboka bikozwe na Guverinoma ya KAMBANDA n’abasilikare bayo.
-
Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%
23 September 2024, by Joseph IradukundaBanki y’Isi ishami ry’u Rwanda igaragaza ko hagati ya 2021 na 2023 mu Rwanda hahanzwe imirimo mishya 500,000 yatumye ubushomeri bugabanukaho 7% kuko bwageze munsi ya 15% mu ntangiro z’umwaka wa 2024.
-
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
1 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 ni ukuvuga hagati y’itariki ya 1 n’iya 10, henshi mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi kurusha uko byari bimeze mu gihe nk’iki mu mwaka ushize.
-
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
26 November 2024, by Joseph IradukundaKugeza ubu amakuru ava mu Karere ka Nyamasheke ni uko Abakozi bagera kuri 11 basezeye akazi batakiri Abakozi b’Akarere!
-
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
29 September 2025Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, ni umwe mu bishimiye inkuru Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers ikina ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), ndetse na Los Angeles Rams ikina muri National Football League (NFL).
-
Abanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye bikomeye Twagiramungu Faustin nyuma yo kwita Perezida Kagame umunyabyaha
14 September 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye Faustin Twagiramungu wabaye Minisitiri w’intebe wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’ubutumwa yanditse kuri Twitter ye yita perezida wa Repubulika Paul Kagame “Umunyabyaha”
-
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
-
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ivangura ryaranze u Rwanda mu myaka yashize, kimubwira ko atazongera guhabwa Visa n’ibindi byinshi.
-
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, tariki 26 Ukwakira 2024 habonetse undi muntu mushya wanduye icyorezo cya Marburg.
Umuryango.rw
Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire
Umunsi nk’uyu muri Jenoside Minisitiri Karemera yanditse asobanura uko kwica Abatutsi mu Bisesero bigomba gukorwa
Raporo ya Banki y’Isi ivuga ko mu Rwanda ubushomeri bwagabanutseho 7%
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg