Bamwe mu bakoze ibizamini byo kwigisha mu mashuri abanza mu karere ka Nyamagabe,baravuga ko barenganyijwe nyuma yo gutsinda ibizamini ariko bajya gutangira akazi bakabwirwa ko impamyabumenyi zabo zitabemerera kwigisha mu mashuri abanza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyamagabe: Batsinze ikizamini kibinjiza mu bakozi ba Leta barahamagarwa ariko ntibinjizwa mu kazi
22 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ignace Murwanashyaka wayoboraga FDLR yaguye mu Budage
17 April 2019, by UbwanditsiInkuru dukesha ikinyamakuru Umuseke yasohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa kabili aravuga ko Umunyarwanda, Ignace Murwanashyaka w’imyaka 56 wayoboraga umutwe wa FDLR utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yaguye muri gereza yo mu Budage azize uburwayi.
-
Rwanda: Abari mu bakuru ba FDLR basabye urukiko ko basubizwa mu buzima busanzwe
10 December 2020, by Dusingizimana RemyBabiri bahoze mu buyobozi bw’umutwe wa FDLR bemereye urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza ko binjiye mu mutwe wa gisirikare utemewe n’amategeko.
-
Isesengura: Habuze iki ngo nawe ube utarabona Pasiporo Nyafurika? Byinshi ni muri aya makuru y’Umuryango TV
14 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEMuri iki gihe umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhangayikishijwe no gukora impinduramatwara ku mugabane wa Afurika mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwa muntu zirimo ubukungu, imibereho by’abatuye uyu mugabane muri gahunda y’imyaka 50 (Agenda 2063)nk’uko byemejwe n’abakuru b’ibihugu mu mwaka wa 2015.
Kunga ubumwe kw’ibihugu bigize umugabane wa Afurika ni intambwe y’ibanze ishyizwe imbere n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kandi abakuru b’ibihugu byo kuri uyu mugabane bagaragaje ko ibi bitagerwaho (...) -
Namibia yanze kongera Visa y’Umwami wo muri Uganda
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Namibia, tariki ya 17 Nyakanga 2024 yanze ubusabe bwo kongeresha visa y’Umwami wa Buganda muri Uganda, Kabaka Mutebi II, uharwariye kuva muri Mata 2024 kugeza magingo aya.
-
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abari abakomiseri ba polisi
27 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi batandatu barimo ba Komiseri bakomeye.
-
Senegal: Perezida Kagame yitabiriye inama ku mahoro n’ umutekano [AMAFOTO]
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari mu gihugu cya Senegal yakiriwe na Perezida wa Macky Sally w’ iki gihugu ku mugorobo wo kuwa 12 Ugushyingo 2017.
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ya kane y’ihuriro mpuzamahanga rya Dakar ryiga ku bibazo by’amahoro n’umutekano.
Ibiro bya Perezida Kagame (Village Urugwiro) bibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, byatangaje ko yakiriwe na mugenzi we wa Senegal Macky (...) -
Perezida Kagame yibukije ibihugu bikize gutanga inkunga yihariye byemereye ibikennye
31 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame,yibukije ibihugu bikize kurekura inkunga byemereye ibikennye mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe,kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Ukwakira 2021, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi, G20 iri kubera mu Butaliyani.
-
Ibitazibagirana kuri Nyirandama Chantal waguye mu mpanuka ya Coaster yavaga Igicumbi
25 November 2024, by Joseph IradukundaUrupfu rwa Nyirandama Chantal, rwiyemezamirimo w’umugore waherukaga kuzuza Hoteli mu Karere ka Gicumbi, rwashenguye benshi mu bari bamuziho kuba umwe mu bagore batinyutse umurimo bakagera ku rwego rwo gukabya inzozi zabo.
-
Urukingo rwa Marburg rugiye kugeragezwa bwambere mu Rwanda- Minisante
3 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukwakira 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gutangira kugerageza urukingo n’ubuvuzi bwo kuvura icyorezo cya Marburg.
0 | ... | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | ... | 3430