Minisitiri w’Ubuzima Dr.Daniel Ngamije yatangaje ko ubwandu bwiyongereye cyane mu minsi 2 ishize bwagaragaye mu isoko rikuru rya nyarugenge,kwa mutangana no mu bigo birimo za Minisiteri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye ahabonetse abarwayi 152 mu minsi 2 ishize harimo no muri Minisiteri
16 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Abakekwaho kwiba BK ya Buhanda bakanica umukozi wayo barafashwe
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba amafaranga ataramenyekana umubare.
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’amagepfo ACP Gilbert Rwampungu Gumira yatangarije UMURYANGO ko polisi yataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwiba iyi banki no kwica umukozi wayo.
ACP Gumira yavuze ko muri barindwi bafashwe umwe ariwe utarashyikirizwa (…) -
Prince Kid yongeye gukatirwa gufungwa imyaka 5 anacibwa n’ihazabu ya Miliyoni 2 FRW
13 October 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko Rukuru rutegetse ko Ishimwe Dieudonne [Prince Kid] afungwa imyaka 5 ndetse akishyura ihazabu ingana na miliyoni 2frw nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo Gusaba cyangwa Gukoresha undi Ishimishamubiri rishingiye ku gitsina.
-
Habumugisha, Umuyobozi wa Green Party mu burengerazuba wari watawe muri yombi yarekuwe
28 October 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ikinyamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ ivuga ko Umuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu ntara y’ Iburengerazuba yatawe muri yombi.
-
Perezida Kagame yashimiye umuherwe Jack Ma wahaye u Rwanda ibikoresho birufasha guhangana na Coronavirus
21 March 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashimiye umuherwe w’Umushinwa, Jack Ma kubera ubufasha bw’ibikoresho bifasha guhangana na Coronavirus yahaye u Rwanda n’ibindi bihugu bitandukanye.
-
Ibimenyetso by’ihuzagurika rya Leta y’u Burundi mu makimbirane ifitanye n’u Rwanda
7 January, by Brenda MIZEROLeta y’u Burundi imaze igihe igaragaza uguhuzagurika kudasanzwe mu gihe ivuga ko igerageza gukemura amakimbirane ari hagati yayo n’u Rwanda. Iyo iteye intambwe nziza uyu munsi, ejo isubira inyuma, yavuga amagambo y’icyizere, ejo ikereka Abarundi ko kuzahura umubano bikiri kure nk’Ukwezi.
-
Lt Col Désiré Migambi yavuze ko umunsi Gen Maj Fred Gisa Rwigema wari uyoboye urugamba araswa ingabo zose zacitse umugongo
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 09 Mata 2025 ubwo urubyiruko rwibumbiye mu Muryango wa Our Past Initiative rwibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994,Lt Col Désiré Migambi wari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda yagaragaje ko umunsi Gen Maj Fred Gisa Rwigema wari uyoboye urugamba araswa ingabo zose zacitse umugongo, icyakora Maj Paul Kagame wari uri kwiga muri Amerika arahagoboka.
-
Kamonyi: Abahinzi bishimiye ko batazongera kweza ibigori bakabigurisha bahomba
28 November 2023Abanyamuryango ba Koperative COAMALEKA yo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama bishimiye ko umufatanyabikorwa wabo SAEMAUL wo muri Koreya y’Epfo yabubakiye ubuhunikiro bunini ubu bakaba batazongera kugurisha bahomba umusaruro wabo w’ibigori ahubwo bazajya bawubika bagategereza igihe isoko rimeze neza.
-
U Rwanda Rwashinje DRC Kuzana Abandi Bacanshuro Bo Kuruhungabanya
9 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko hari amakuru yizewe y’uko hari abacanshuro Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakuye muri Colombia ngo baze bayifashe mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa DRC, agace gaturanye n’u Rwanda.
-
Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa 4 kamena 2025 yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri Algeria, ahasinyiwe amasezerano 11 y’ubufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye ahabonetse abarwayi 152 mu minsi 2 ishize harimo no muri Minisiteri
Prince Kid yongeye gukatirwa gufungwa imyaka 5 anacibwa n’ihazabu ya Miliyoni 2 FRW
Perezida Kagame yashimiye umuherwe Jack Ma wahaye u Rwanda ibikoresho birufasha guhangana na Coronavirus
Ibimenyetso by’ihuzagurika rya Leta y’u Burundi mu makimbirane ifitanye n’u Rwanda
Lt Col Désiré Migambi yavuze ko umunsi Gen Maj Fred Gisa Rwigema wari uyoboye urugamba araswa ingabo zose zacitse umugongo
Kamonyi: Abahinzi bishimiye ko batazongera kweza ibigori bakabigurisha bahomba
U Rwanda Rwashinje DRC Kuzana Abandi Bacanshuro Bo Kuruhungabanya
Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika