Uwanzwenuwe Theonetse wari umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu na Mukansanga Clarisse wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage beguye kuri iyi myanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyabihu: Meya na Visi meya wavuzweho kwanga kwakira urumuri rw’ ikizere beguye
11 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
Kandidatire ya Mushikiwabo ku mwanya w’umunyamabanga mukuru wa OIF yakiranywe urugwiro I Antananarivo
11 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Louise Mushikiwabo, yatanze kandidatire ye ku Bunyamabanga bw’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF).
-
Polisi y’u Rwanda yashyize hanze amabwiriza agenga abakora ingendo z’indege nyuma ya saa tatu z’ijoro
2 August 2020, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Polisi y’Igihugu,CP John Bosco Kabera Yavuze ko ku bagenzi bagera mu Rwanda nyuma ya saa tatu z’ijoro,yatangaje ko abantu bafite ingendo z’indege za nyuma ya saa tatu z’ijoro, kugira ngo babashe kujya ku kibuga cy’indege, hashyizweho urubuga (mc.gov.rw) bazajya banyuraho bamenyekanisha aho bajya ndetse yemeza ko biratangira gukorwa guhera kuri uyu wa Mbere.
-
U Rwanda rushobora gutanga ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri OECD
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development (OECD).
-
Kamonyi: Bishimiye amahugurwa agiye kubafasha gukuba kabiri umusaruro w’ibigori byabo
27 November 2023Abaturage bo mu murenge wa Runda na Rugarika,mu karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa Ubumwe bugamije iterambere [KOUBITE] ikorera mu gishanga cya Bishenyi, basoje amahugurwa yari amaze amezi agiye kubafasha kongera umusaruro aho bagiye kujya beza toni zrenga zirindwi bavuye kuri 4.5 bezaga mbere y’uko bayabona.
-
Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda
30 April, by ISIMBI EstellaAtlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda, isanga andi arimo Arsenal, Bayern Munich na PSG.
-
Ubucucike bw’Abagenzi bwari muri Gare ya Nyabugogo bwatumye na Stade ya Kigali ihindurwa Gare y’abagenzi [AMAFOTO]
24 December 2020, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kwirinda ubucucike bwari buri muri Gare ya Nyabugogo bwashoboraga guteza ikwirirakwira rya #COVID19, Umujyi wa Kigali n’izindi nzego bafashe icyemezo cyo kwimurira aho abantu bajya mu ntara bategera imodoka. Ubu bamwe bari gutegera kuri stade i Nyamirambo.
Aberekeza mu magepfo bose n’abarekeza mu gice cy’Uburengerazuba mu Turere twa Rusizi, Karongi, Nyamasheke na Ngororero ni bo barimo kujya gufatira imodoka i Nyamirambo kuri stade, abasigaye bose barakomeza gutegera i Nyabugogo. (...) -
Umusore ukekwaho ubujura yarasiwe I Shyorongi amaze gutema umuryango wa shoferi
28 March 2019, by Dusingizimana RemyUmusore utaramenyekana umwirondoro yaraye arasiwe i Shyorongi ubwo yuriraga imodoka ipakiye ibirayi yamanuka igana i Kigali afite umupanga,yarangiza agatema ku idirisha rya shoferi.
-
Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye n’ ubukungu kuba kuba Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali asimbura Pascal Nyamulinda weguye mu kwezi gushize.
0 | ... | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | ... | 3430