Perezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye kubungabungwa.
Inama ya EU na AU yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuri uyu wa Gatanu kuko yari iy’iminsi ibiri aho yavuze mu biganiro ku mahoro, umutekano n’imiyoborere.
Perezida Kagame watanze ikiganiro ku munsi wa mbere nk’uko byatangajwe na Perezidansi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
18 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Volcano Express igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali
7 August 2022, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange muri Kigali, ikigo cya Volcano Express cyongerewe mu byari bisanzwe bifite inshingano zo gutwara abagenzi muri uyu mujyi.
Ni icyemezo gikubiye mu itangazo RURA yashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 7 Kanama 2022, mu rwego rwo kunganira imodoka nke zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri Kigali.
Ubusanzwe mu Mujyi wa Kigali hakoraga ibigo bitatu byahawe isoko muri 2013, birimo icya KBS, RFTC (…) -
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
-
Abasirikare ba RDC bakomeje guhanganira na Wazalendo muri Uvira
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo bakomeje guhanganira muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
6 November 2025, by Brenda MIZEROLeta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye bamaraga mu rugo.
-
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
12 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko Guverinoma yashyize imbaraga mu gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwimakaza umuco w’isuku n’isukura ahantu hose, ariko by’umwihariko imbaraga zikongerwa mu kuyimakaza ku mashuri.
-
Ishimwe Dieudonne utegura Miss Rwanda yahaye ubutumwa bukomeye abafana ba Mwiseneza Josiane
24 January 2019, by Dusingizimana RemyIshimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe n’abafana be.
-
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
2 March 2025, by ISIMBI EstellaMuri iki cyumweru turimo gusoza nibwo mubaturage aho Cornoeille Nangaa yari yaje i Bukavu Agiye kugirana ikiganiro n’abaturage haturikiye ibisasu byinshi ndetse byari byateguwe mu rwego rwo kwivugana Uyu mugabo hamwe n’abandi bayobozi muri M23 gusa birangira barokotse, gusa ibisasu byahitanye abaturage benshi. Ariko se Corneille Nangaa washyizeho Perezida Félix Tshisekedi k’umwanya wa Perezida wa RDC ni muntu ki ? uyu mugabo ubutegetsi bwa Tshisekedi bushaka kwivugana ni muntu ki? (…)
-
Ihuriro rishya rya Kabila rigiye gutangira ’igikorwa gikomeye cya dipolomasi’ kuri leta ya Kinshasa
16 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro rishya "Mouvement Sauvons la RDC" ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa ryavukiye i Nairobi muri Kenya ryatangaje ko rigiye gukora "igikorwa gikomeye cya dipolomasi" muri Afurika no ku isi kugira ngo risobanure kandi rikemure ibibazo by’urusobe rivuga ko RD Congo irimo kandi rikureho "ubutegetsi bw’igitugu" buriho.
-
Sebutege wakoraga muri IMMIGARATION atorewe kuyobora akarere ka Huye
29 June 2018, by Nsanzimana ErnestSebutege Ange wari umukozi w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe abinjira n’ abasohoka atorewe kuyobora Akarere ka Huye asimbura Muzuka Eugene weguye na Komite bakoranaga ku wa 31 Gicurasi 2018.
Umuryango.rw
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
Volcano Express igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali
Abasirikare ba RDC bakomeje guhanganira na Wazalendo muri Uvira
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
Amateka ya Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23 .
Ihuriro rishya rya Kabila rigiye gutangira ’igikorwa gikomeye cya dipolomasi’ kuri leta ya Kinshasa