Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
25 February, by Brenda MIZERO -
Amanota ya 2017: Abakobwa batsinze kurusha abahungu
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri 2017 mu mashuri abanza abanyeshuri batsinze ari 86% mu gihe abasoje ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ari 89%
Imibare iragaragaza ko abakobwa batsinze kurusha abahungu kuko mu byiciro byombi (amashuri abanza n’ikiciro rusange cy’ayisumbuye), abakobwa batsinze ku kigero cya 55,5% mu gihe abahungu ari 44,5%.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2018 nibwo Minisiteri y’ uburezi yatangaje umusaruro w’ abanyeshuri bakoze (…) -
Perezida Kagame yakiriye Gen. Muhoozi
3 March 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, ku Cyumweru yari i Kigali aho yari yitabiriye inama yo mu rwego rwo hejuru yagombaga kumuhuza na Perezida Paul Kagame.
-
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
23 January, by Brenda MIZEROIbihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri Board of Peace, urwego rushya rwashyizweho na Perezida Donald Trump aho nibura 20 muri byo byamaze kubwemera.
-
Bucyibaruta wari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside I Paris yakatiwe
12 July 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa rwakatiye Laurent Bucyibaruta imyaka 20 y’igifungo kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga.
Uyu mugabo w’imyaka 78 amaze igihe akurikiranywe n’ubutabera bw’u Bufaransa ku byaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu.
Guhera tariki 17Gicurasi 2022, uyu mugabo yakurikiranwagaho ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n’ubufatanyacyaha mu byaha byibasiye inyoko-muntu.
Ibyaha (…) -
Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri rizitsa kuri NST2 n’ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
14 November 2024, by Joseph IradukundaUmuryango Unity Club Intwararumuri ufatanyije na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) wateguye Ihuriro ryawo rya 17, rizibanda by’umwihariko ku ngamba zo kwihutisha gahunda y’iterambere y’imyaka itanu ya Guverinoma (NST2) no gucoca ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Joseph Kabila yakatiwe igihano cy’urupfu
30 September 2025, by Brenda MIZEROUrukiko Rukuru rw’igisirikare cya RDC rwakatiye Joseph Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo kumuhamya ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu.
-
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
24 January, by Brenda MIZEROVillage Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u Rwanda.
-
Umuyobozi Mukuru wa OMS yarokotse ibitero Israel yagabye muri Yemen
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko ibitero Israel yagabye ku Kibuga cy’Indege cya Sanaa cyo muri Yemen, byamusanze kuri icyo kibuga icyakora ntiyagira icyo aba.
-
Abanyarwanda bakunda imanza? Ubwiyongere bw’izaburanishijwe mu myaka 10
24 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko imanza za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zazamutse kuva mu myaka 10 ishize kuko zavuye ku zitageze kuri 40 mu 2016 zigera ku 1.344 mu 2025.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
Perezida Kagame yakiriye Gen. Muhoozi
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
Bucyibaruta wari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside I Paris yakatiwe
Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri rizitsa kuri NST2 n’ibikibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
Joseph Kabila yakatiwe igihano cy’urupfu
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
Umuyobozi Mukuru wa OMS yarokotse ibitero Israel yagabye muri Yemen
Abanyarwanda bakunda imanza? Ubwiyongere bw’izaburanishijwe mu myaka 10