Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko nubwo ubutegetsi bw’u Burundi budahwema kuvuga ko igisirikare cyabwo gikomeye ku buryo cyahangana n’Ingabo z’u Rwanda, bubizi neza ko urwo rugamba kitarwisukira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Senateri Evode yagereranyije ubushotoranyi bwa Perezida Ndayishimiye kuri RDF n’imbeba itera ‘pompage’ kuri rwagakoco
15 December 2025, by Brenda MIZERO -
Mu mafoto atandukanye reba ubwiza bwa Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane
25 February 2018, by Muhire JasonMu ijoro ryacyeye nibwo Iradukunda Liliane yambitswe ikamba rya Nyaminga w’ u Rwanda 2018 umuhango watumiwemo Nyaminga w’ Ubufaransa (Miss France 2000), Sonia Rowland unafite inkomoko mu Rwanda ndetse akaba yari umwe mubagize akanama nkemurampaka.
Nyampinga Iradukunda Liliane aje asimbuye Iradukunda Elsa wari usanzwe yambaye iri kamba mu igihe kingana n’ umwaka wose uyu munsi akaba aribwo yarihaye mugenzi we Iradukunda ugiye kuryambara mu igihe kingana n’ umwaka wose .
Uyu munsi tugiye (…) -
Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
25 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, byasobanuye ko kuzamura imisanzu ya Mituweli byaturutse kuri serivisi nyinshi z’ubuvuzi zongerewe kuri ubu bwisungane ndetse no kuba imiti yatangwaga igiye kwikuba hafi kabiri.
-
Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyitwarire mibi
14 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo k’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyatangaje ko uwari Umuyobozi wa televiziyo Rwanda, Munyangeyo Kennedy Dieudonné, yeguye ku mirimo ye, nyuma yo kugaragarwaho n’imyitwarire idakwiye mu gihe yari kuri uyu mwanya.
-
Impamvu yatumye gitifu w’ umugi wa Kigali Eng Sagashya yirukanwa ku kazi burundu
15 November 2017, by Nsanzimana ErnestEng. Didier Sagashya wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umugi wa Kigali wirukanywe kuri aka kazi burundu kubera imyitwarire idahwitse.
Inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranywe kuri uyu wa Kabili tariki 14 Ugushyingo 2017 niyo yafashe umwanzuro wo kwirukana burundu mu kazi Eng. Didier Sagashya kuri uyu mwanya yari agiye kumaraho amezi 9.
Eng. Didier Sagashya yahoze ari Umuyobozi mukuru w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe imyubakire RHA, akora ikizami cyo kuba umunyamabanga (…) -
U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu
13 October 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ubucuruzi n’inganda, MINICOM, iratangaza ko mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hagiye kubakwa icyanya cy’inganda cy’ahazajya hatunganyirizwa ibikomoka ku mpu z’amatungo.
-
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima
22 August 2022, by ISHIMWE JANEMu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muko imodoka yakoze impanuka ubwo yatobokaga ipine igata umuhanda igonga abantu barimo umugore wari ufite abana babiri b’impanga umwe ahasiga ubuzima.
-
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
Rubavu: Hitezwe umuhuro wa Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi ku mupaka
25 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, barahurira i Rubavu aho baza gusura ibice byangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ku mpande z’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Senateri Evode yagereranyije ubushotoranyi bwa Perezida Ndayishimiye kuri RDF n’imbeba itera ‘pompage’ kuri rwagakoco
Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyitwarire mibi
U Rwanda rugiye kubaka icyanya cy’inganda cyahariwe ibikomoka ku mpu
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima
Rubavu: Hitezwe umuhuro wa Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi ku mupaka