Tariki ya 22 Nyakanga ubwo ubuyobozi bwa Rayon sports bwatangazaga kumugaragaro gahunda y’icyumweru cyiswe Rayon week ,banatangaje umutoza Robertinho ko ariwe uzafasha iyi kipe mu mwaka w’imikino 2024-2025. Uyu mutoza w’imyaka 64, yageze i Kigali mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nyakanga, yakirwa n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Robben ndetse na Muhawenimana Claude uyobora abafana. Hari kandi bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports baribaje kwakira uyu mutoza uheruka kubaha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umutoza mushya wa RAYON SPORTS Robertinho ,yamaze kugera mu Rwanda, bamwe mubafana bamwakirana ibyishimo (Amafoto)
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yatanze imbunda, yica Abatutsi, yitabira inama zayobowe na Habyarimana na Kabuga: Nyirimanzi wicuza ibyo yakoze muri Jenoside
13 April, by ISIMBI Estella“Iyicwa rya Pasiteri Amoni Iyamuremye ku Kabusunzu aho bamutwikiye mu nzu kandi ari njye wari uyoboye icyo gitero, biri mu byanshenguye. Iyo sura ntabwo ijya imva mu mutwe nubwo nabashije kubonana n’umuhungu we nkamusaba imbabazi kandi na we yarazimpaye.”
-
Umusaruro w’ubuyobozi bwegerejwe abaturage mu myaka 25
19 December 2025, by ISIMBI EstellaImyaka 25 irashize u Rwanda rugendera kuri politiki yo kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage. Iyi Politiki yatangiye kumvikana mu mwaka wa 2000 aho bwa mbere abaturage bagize uruhare mu gutora abayobozi batandukanye mu nzego nshya zari zimaze gushyirwaho.
-
BNR yarangije igerageza rya mbere ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga
27 February, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yarangije igerageza rito ryitwa “Proof of Concept” ryakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’Ifaranga-Koranabuhanga rya Banki Nkuru (Central Bank Digital Currency - CBDC), ryiswe e-Franc Rwandais (e-FRW).
-
Amb Maj. Gen. Nzabamwita yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Serbia
17 April, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Serbia, Aleksandar Vučić, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame na Madamu bitabiriye Car Free Day mu byishimo
22 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bayobozi mu nzego nkuru z’igihugu bifatanyije n’abatuye Umjyi wa Kigali muri siporo ngaruka kwezi, izwi nka ’Car Free Day’.
Mu bandi bayobozi bagaragaye muri iyi siporo yabaye kuri iki Cyumweru tariki 22 Mutarama mu 2023, harimo Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzima, Umunyabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, Dr Yvan Butera, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, uwa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju n’Umuyobozi (…) -
Minisitiri Mutimura yatahuye abarimu badashoboye basaba bagenzi babo kubigishiriza
25 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr. Mutimura Eugene yasuye Akarere ka Nyamasheke azenguruka muri bimwe mu bigo by’amashuri avuga ko yahasanze ibibazo byinshi kandi birimo iby’ingutu harimo kuba muri aka karere abana baho bakunze gukererwa ishuri ndetse abandi bakarivamo agakomeza, n’ ikibazo cy’abarimu badashoboye aho usanga umwarimu wigisha isomo ariko yagera hagati agasanga hari bimwe mu bice bigize iryo somo (Chapitre) atumva neza akajya gushaka undi mwarimu uyimwigishiriza.
-
Munyaneza Didier yakurikiye Areruya Joseph yikura muri Tour du Rwanda 2021
4 May 2021, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wa Benediction Ignite, Munyaneza Didier ‘Mbappe’ yavuye mu irushanwa rya Tour du Rwanda akurikiye mugenzi we bakinana Areruya Joseph wavuyemo ku munsi w’ejo.Ntabwo hatangajwe impamvu uyu mugabo avuyemo.
-
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
2 January, by Brenda MIZEROUmwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, bikajyana no kuvura indwara zikomeye cyane ko inyinshi bitagisaba kujya kuzivuriza mu mahanga.
-
Amasasu ku rugo rwa Joseph kabila
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAmasasu yumvikanye ku rugo rwa Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye mu karere ka Gombe mu murwa mukuru, Kinshasa.
Umuryango.rw
Umutoza mushya wa RAYON SPORTS Robertinho ,yamaze kugera mu Rwanda, bamwe mubafana bamwakirana ibyishimo (Amafoto)
Yatanze imbunda, yica Abatutsi, yitabira inama zayobowe na Habyarimana na Kabuga: Nyirimanzi wicuza ibyo yakoze muri Jenoside
Umusaruro w’ubuyobozi bwegerejwe abaturage mu myaka 25
BNR yarangije igerageza rya mbere ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga
Amb Maj. Gen. Nzabamwita yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Serbia
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame na Madamu bitabiriye Car Free Day mu byishimo
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
Amasasu ku rugo rwa Joseph kabila