Inyeshyamba zitaramenyekana umutwe zikomokamo, zari zifite imbunda, zivuga neza ururimi rw’Ikinyarwanda, zahungiye mu Burundi nyuma yo kuraswa n’abantu bataramenyekana bivugwa ko ari abasirikare b’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zagaragaye ku butaka bw’u Burundi zinaniwe
12 April 2019, by Dusingizimana Remy -
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke ariko nta bantu bafite inshingano n’umutwaro wo kuyicungira umutekano uretse yo ubwayo.
-
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
-
Malawi igiye gucyura impunzi z’Abanyarwanda 44
14 June 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Malawi ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, igiye gucyura mu Rwanda Abanyarwanda 44 babaga muri icyo gihugu nk’impunzi. Byatangajwe na Minisitiri ushinzwe Umutekano w’imbere mu gihugu, Ken Zikhale.
-
Nicolas Sarkozy wahoze ayobora u Bufaransa yongeye gusura Rwanda
15 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri kuri uyu wa Mbere yakiriye muri Village Urugwiro, Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa kuva ku wa 16 Gicurasi 2007 kugera ku wa 15 Gicurasi 2012 waherukaga mu Rwanda muri 2010.
Sarkozy yaherukaga mu Rwanda mu 2010 ubwo yari akiri Perezida w’u Bufaransa, akaba ari nawe muyobozi mukuru w’u Bufaransa wari uje mu Rwanda kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yarangira.
Sarkozy ni nawe muyobozi wa mbere w’u Bufaransa weruye akemeza ko u (…) -
Perezida Kagame yavuze ikizamushimisha nava ku butegetsi
16 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko azajya yishimira gusubiza amaso inyuma akibuka umusanzu yatanze mu guteza imbere u Rwanda igihe azaba atakiri Perezida warwo.
Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatatu, ubwo yitabiraga ikiganiro cyiswe “Semafor Africa Summit Excange” cyabereye i Washington DC ahabereye ibiganiro bitandukanye mu Nama ihuza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Afurika (USA-Africa Summit).
Perezida Kagame yagize ati: “Kuri njye si ikintu gikaze, ntekereza ko nakoze ibyo nagombaga (…) -
Gasabo: RDF yasezeranyije ubutabera bwihuse abaturage bavuga ko bahohotewe n’abasirikare
2 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kangondo ya kabiri mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, ahazwi nko muri Bannyahe, baravuga ko hashyize ibyumweru bibiri abasirikare babatera bakabahohotera.
-
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
20 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAAmbasade y’u Rwanda mu Bwongereza, yasubije iki gihugu cyashinje u Rwanda kugira uruhare mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, ibusaba kureka kwirengagiza nkana no gushyigikira RDC ishakira ibisubizo mu ntambara.
-
Tour du Rwanda ishobora gushyirwa ku rwego rw’Isi
13 November 2025, by Brenda MIZEROIsiganwa ngarukamwaka ry’Amagare rizenguruka mu bice bitandukanye by’igihugu rya Tour du Rwanda risanzwe riri ku rwego rwa 2,1 kuva muri 2019, rishobora kuzamurirwa urwego rikaba irushanwa ryo ku rwego rw’Isi “World Tour”.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa
31 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva i Kinshasa, aho yabonanye na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
Umuryango.rw
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
Malawi igiye gucyura impunzi z’Abanyarwanda 44
Perezida Kagame yavuze ikizamushimisha nava ku butegetsi
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
Tour du Rwanda ishobora gushyirwa ku rwego rw’Isi
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa