Bitwaje Sosiyete bari bise iy’Abakozi n’Abarimu ba Kaminuza y’ u Rwanda ariko imbere muri bo bafite Umugambi karundura wo kwiba Miliyari n’igice muri Mutuelle ya Kaminuza!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hari Abakozi ba UNR bashakaga kwiba Miliyari n’Igice muri Mutuelle!
15 May, by Joseph Iradukunda -
Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyitwarire mibi
14 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo k’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyatangaje ko uwari Umuyobozi wa televiziyo Rwanda, Munyangeyo Kennedy Dieudonné, yeguye ku mirimo ye, nyuma yo kugaragarwaho n’imyitwarire idakwiye mu gihe yari kuri uyu mwanya.
-
"Twese turi bato, igikwiriye kuba kibaho cyonyine ni magiririrane"-Perezida Kagame
15 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yifashishije urugero rw’umubumbe w’Isi mu isanzure umeze nk’ururo mu ntoki,asaba abantu kwiyoroshya.
Ibi Perezida Kagame yabigarutseho ubwo we n’abandi bayobozi mu nzego zinyuranye bitabiraga amasengesho yo gusengera Igihugu no gushima Imana arimo kubera muri Kigali Convention Centre.
Mu ijambo rye Umukuru w’Igihugu yavuze ko umuyobozi agomba guhora yiteguye kwikorera umutwaro w’inshingano afite ku baturage ndetse buri wese akwiriye kwiyoroshya.
Ati "Ukwiriye kumva uwo mutwaro (...) -
Hari icyizere ko ibintu bizasubira mu buryo-Perezida Kagame
12 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 12 Mata 2020,Perezida Kagame yaganiriye n’ abakozi 400 bitangiye guhashya Icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda aho yabashimiye ubwitange bwabo ndetse abasezeranya ko igihugu kizagaruka mu bihe byiza.
-
Gen.Patrick Nyamvumba uri gukorwaho iperereza ni muntu ki ?
28 April 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 27 Mata 2020,nibwo hasohotse itangazo rya minisitiri w’intebe w’u Rwanda rimenyesha ko Perezida Paul Kagame yavanye Jenerali Patrick Nyamvumba ku mwanya wa Minisitiri w’umutekano ku mpamvu z’uko ari gukorwaho iperereza.
-
Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye "ibiganiro byiza" na Donald Trump wa USA
25 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Mata 2020,Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyiza na perezida wa Amerika Donald Trump cyibanze ku mubano w’ibihugu byombi no ku nkunga iki gihugu gitera u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya #COVID19.
-
INAMA Y’UMUTEKANO: Dosiye yo Gufunga no Kweguza Meya Erasme NTAZINDA
16 April, by Joseph IradukundaMeya wa Nyanza yaraye yegujwe ndetse RIB yatangaje ko yamufunze! Andi makuru akavuga ko na mbere yo kweguzwa yari afunze! Kuki ibye byihuse? Iby’ingenzi wamenya kuri Dosiye zahuriranye!
Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO” -
Minisitiri Ngirente yafunguye ku mugaragaro uruganda ruzajya rutunganya toni 50 z’amata y’ifu
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatatu hafunguwe uruganda ruzajya rutunganya amata y’ifu aho ruzajya rukora nibura toni 50.Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente niwe wafunguye ku mugaragaro Uruganda rw’Amata rusanwe ari urwa Kompanyi ya Inyange Indutries.
-
"Twe tuzakomeza gukora ibikenewe kugira ngo abanyarwanda bahore batekanye"-Perezida Kagame
31 December 2023, by Dusingizimana RemyMu ijambo ritangiza Umwaka mushya wa 2024, Perezida Paul Kagame yashimiye abanyarwanda ku ruhare rwa buri umwe wese mu byo igihugu cyagezeho hanyuma abizeza ko muri 2024 bazakomeza kubarinda.
-
Israel Mbonyi yabaye Brand Ambassador w’ikinyobwa MALTON gikorwa na Skol. (AMAFOTO)
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIsrael Mbonyi umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya yatangajwe nka Brand Ambassador wa Mltona ikinyobwa gishya kidasembuye cyashyizwe hanze mu cyumweru cyashize. Ubu bufatanye buri mu rwego rwo kuzamura abantu batanywa ibisembuye.
Umuramyi Israel Mbonye abajijwe niba ntacyo bitwaye kwamamaza icyi cyinyobwa cya Malton gikorwa n’uruganda rwa Skol yavuzeko ntacyo bitwaye cyane ko Malton ari ikinyobwa kidasembuye . Ati “ntakibazo bizateza kuko ni ikinyobwa kidasembuye gikorwa na skol (...)
0 | ... | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | ... | 3420