Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, Lusail Palace mu Murwa Mukuru wa Qatar Doha, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir w’icyo gihugu Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame na Emir wa Qatar baganiriye ku mahoro n’umubano w’ibihugu byombi
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
14 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 byakiriye abarwayi 119.859, biyongereyeho 17,7% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
-
VISIT RWANDA yasinye amasezerano yo gukorana n’ikipe ya Bayern Munich
27 August 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Iterambere rw’u Rwanda,RDB binyuze muri "VISIT RWANDA" rwamaze gusinyana amasezerano y’imikoranire na Bayern Munich kugira ngo imenyekanishe ubukerarugendo bw’u Rwanda mu gihe cy’imyaka itanu.
-
Imvura Irakomeza Kwiyongera Mu Rwanda
14 April 2025, by Joseph IradukundaIteganyagihe ry’iminsi irindwi riragaragaza ko hagati y’itariki 11 n’itariki 20, Mata, 2025 muri rusange mu Rwanda hose hazagwa imvura nyinshi izaba iri hagati ya milimetero 50 na milimetero 150.
-
RBC iteganya gukingira abahungu,bari mu batera kanseri y’inkondo y’umura abakobwa
4 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari gutekerezwa uko mu gihe kiri imbere n’abahungu bashobora kujya bakingirwa virusi ya HPV, itera kanseri y’inkondo y’umura ku bakobwa n’abagore, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’iyo virusi mu baturage.
-
SKOL yahaye abanyamahirwe babiri amatike yo kujya kureba Igikombe cya Afurika muri Maroc
4 January, by Brenda MIZEROShyaka Valentin na Peter Adams ni bo begukanye igihembo cya SKOL cyo kuzajya kureba umukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika cya 2025 muri Morocco.
-
Guverinoma yashimye umuhate n’ubwitange biri mu rwego rw’ubuzima
26 January, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye abarangije amasomo muri Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange ya UGHE [University of Global Health Equity] ko umuhate n’ubwitange bagize mu myaka bamaze biga, bitanga icyizere cy’impinduka bagiye kuzana mu rwego rw’ubuzima haba mu Rwanda, muri Afurika n’ahandi.
-
Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington
2 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J. Trump yandikiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, abatumira mu nama izabahuriza i Washington DC.
-
Abakristu gatorika bakoraniye i Kibeho kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya
15 August 2022, by Joseph IradukundaTariki ya 15 Kanama buri mwaka, hizihizwa umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Birira Mariya.
-
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatabarutse ku myaka 82
17 April 2024, by Dusingizimana RemyUmuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana. Nyakwigendera Rujugiro akomoka i Nyanza mu Rwanda yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi.
Umuryango.rw
Perezida Kagame na Emir wa Qatar baganiriye ku mahoro n’umubano w’ibihugu byombi
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
VISIT RWANDA yasinye amasezerano yo gukorana n’ikipe ya Bayern Munich
Imvura Irakomeza Kwiyongera Mu Rwanda
RBC iteganya gukingira abahungu,bari mu batera kanseri y’inkondo y’umura abakobwa
SKOL yahaye abanyamahirwe babiri amatike yo kujya kureba Igikombe cya Afurika muri Maroc
Guverinoma yashimye umuhate n’ubwitange biri mu rwego rw’ubuzima
Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington
Abakristu gatorika bakoraniye i Kibeho kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatabarutse ku myaka 82