Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, wifatanyije n’abayobozi bakuru barimo Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, n’abandi banyacyubahiro yerekanye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw’ibidukikije ari uguharanira kugera ku mahoro n’ubukire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
29 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
22 February 2022, by SHEMA EMMANUELPerezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Sénégal aho yagiye kwifatanya na mugenzi w’icyo gihugu, Macky Sall, mu muhango wo gufungura ku mugaragaro Stade y’i Dakar ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 50.
-
"Mubihindure cyangwa namwe muhindurwe"-Perezida Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
29 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano iremereye yo guhagararira abandi, bityo ko bagomba kwibuka ko ibyo bakora byose byitirirwa bo ubwabo n’abo bahagarariye babatoye.
Ibi Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabitangarije I Gishari,mu Karere ka Rwamagana,ubwo yasozaga amahugurwa y’abayobozi mu nzego z’ibanze.
Perezida yibukije abayobozi bashya n’abasanzwe mu nzego z’ibanze bitabiriye aya mahugurwa ko bagomba kugaragaza impinduka mu (…) -
Rayon Sports yegukanye Igikombe cy’Amahoro cya 2023 yaherukaga muri 2016
3 June 2023, by Joseph IradukundaIgitego cya Ngendahimana Eric gifashije Rayon Sports gutsinda APR FC igitego 1-0, yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2023.
-
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano
10 December 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Bwana Alfred Gasana.
Gasana wagizwe Minisitiri mushya w’Umutekano, yigeze kuba mu Nteko Ishinga Amategeko, umwanya yavuyeho ahabwa inshingano mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano n’Iperereza, NISS.
Muri NISS yari akuriye umutekano w’imbere mu gihugu. -
Dore uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar[URUTONDE]
2 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Perezida Kagame ababajwe no kubura ‘umuvandimwe n’inshuti ye’ Magufuli
18 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Perezida Dr John Pombe Magufuli n’abanya Tanzania bose nyuma y’uko atabarutse azize indwara y’umutima.
-
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
3 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye hagati y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024.
-
M23 yashinje uburyarya FARDC kubera ibyo iri kubashinja
11 February 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya DR Congo kirashinja inyeshyamba za M23 kutubahiriza amasezerano atandukanye y’abategetsi b’akarere yategetse impande zose guhagarika imirwano.
Imirwano y’urutavanaho imaze ibyumweru bibiri muri teritwari ya Masisi hafi ya centre ya Sake n’inkengero zayo, yatumye abantu babarirwa mu bihumbi bahunga berekeza mu mujyi wa Goma na Minova.
Colonel Ndjike Kaiko Guillaume umuvigizi w’ingabo mu ntara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko M23 -yita kandi RDF (ingabo z’u Rwanda) – kenshi (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yagaragaje ko u Rwanda rwubakiye ku kurengera ibidukikije
Perezida Kagame yakiriwe na Mugenzi we wa Sénégal Macky Sall
"Mubihindure cyangwa namwe muhindurwe"-Perezida Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
Rayon Sports yegukanye Igikombe cy’Amahoro cya 2023 yaherukaga muri 2016
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano
Dore uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar[URUTONDE]
Perezida Kagame ababajwe no kubura ‘umuvandimwe n’inshuti ye’ Magufuli
Perezida Kagame yitabiriye inama Ubushinwa buhuriramo n’Abategetsi b’Afurika (FOCAC)
M23 yashinje uburyarya FARDC kubera ibyo iri kubashinja