Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe. Yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida wa Repubulika ashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva
23 July 2025, by ISIMBI Estella -
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kandi byari korohera igabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri Jenoside,ariko zahisemo inzira y’ubumwe n’ubwiyunge aho kubikora.
-
Mwiseneza Josiane yasubije abavuze ko musaza we yamwambuye inkunga yahawe ayishyurira umwana we ishuli rikomeye
28 February 2019, by Dusingizimana RemyMwiseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko amakuru yavuzwe ko musaza we yamuriganyije amafaranga yahawe nk’inkunga akayarihiramo umwana we muri Ecole Francaise ari ibinyoma byambaye ubusa.
-
Umuryango wa Perezida Kagame wungutse undi musirikare ukomeye
14 December 2024, by Joseph IradukundaBrian Kagame, umwana muto wa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu yarangije amasomo ya gisirikare yo ku rwego rwa Officer Cadet ku ishuri rikuru rya gisirikare rikomeye ryo mu Bwongereza rya Royal Military Academy Sandhurst.
-
Perezida Kagame n’umufasha we ’Jeanette Kagame’ bambitswe imidali y’ikirenga[AMAFOTO]
20 December 2018, by Martin MunezeroKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, i Abidjan muri Côte d’Ivoire, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambitswe imidali y’ikirenga na Perezida Alassane Ouattara.
-
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye
24 February, by Angeline MUKANGENZIIteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu.
-
Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cyose cyagize agahinda gakomeye ubwo cyakiraga inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda.
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
-
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
4 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index 2025) bwagaragaje ko Abanyarwanda 9,5% gusa mu basabwe ruswa cyangwa abayitanze ari bo batanze amakuru ku nzego zishinzwe kuyirwanya, mu gihe 90,5% baruciye bakarumira.
-
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha
16 November 2025, by Brenda MIZEROIngingo y’abasaba akazi ari benshi kakabona mbarwa mu Rwanda, ni imwe mu zikomeje kuvugwaho cyane. Byasembuwe na Raporo ya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta y’ibikorwa bya 2024/25, yagaragaje ko mu Rwanda abantu 1.111.040 basabye akazi, kabonwa n’abantu 3.134.
Umuryango.rw
Perezida wa Repubulika ashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
Umuryango wa Perezida Kagame wungutse undi musirikare ukomeye
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye
Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha