Hitwa kwa Makuza, hakaba Inyubako ndende ikagira n’imbuga iyiba imbere iburyo itanyuramo ibinyabiziga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imbuga yo kwa Makuza ikurura abiyahura kuki itafungwa hagakorerwa ibindi?
8 June 2025, by Joseph Iradukunda -
Karasira Aimable yabuze pasiporo yo kujya kureba umukobwa wamukunze urudasanzwe muri USA
21 November 2020, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Karasira Aimable wahoze ari n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda mbere y’uko yirukanwa mu mezi make ashize,yavuze ko Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda rwamwimye pasiporo kugira ngo ajye kureba Umurundikazi bari bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo.
-
U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza
14 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitagira uruhare mu buhuza.
-
M23 yijeje gutsinda FARDC n’Abacanshuro bayo ikayobora RDC
4 January 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko udutewe ubwoba n’Abacanshuro b’Abarusiya baje gufasha FARDC ndetse ko bazabahata umuriro bakumirwa mu ntambara bazahuriramo.
Canisius Munyarugero,Umuvugizi wungirije wa M23 mu bijyanye na Politiki,yabwiye UKWEZI TV ko bagize Imana FARDC yanahabwa intwaro nyinshi kuko ngo bazibambura bakazibarashisha.
Yavuze ko amatora ya Perezida ateganyijwe batayitayeho kuko ngo nabo igihe kizagera bagafata ubutegetsi bagaha amahoro abanyekongo.
Yagize ati "niko kuri (…) -
Bamwe mu baburana mu rubanza rumwe na Rusesabagina bemeye ibyaha babisabira imbabazi
7 May 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka n’iby’iterabwoba rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be bakurikiranyweho ibyaha birimo iterabwoba.
-
Amashyaka PSD na PL yemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora
24 March 2024, by Dusingizimana RemyKongere y’Igihugu Idasanzwe y’Ishyaka PSD yemeje ko mu matora rusange ateganyije muri Nyakanga 2024, bazashyigikira umukandida w’Ishyaka FPR Inkotanyi, Paul Kagame kuko basanze mu myaka amaze ayobora ari umuyobozi w’indashyikirwa, wagejeje byinshi ku gihugu, ukunda abanyarwanda kandi na bo bakamukunda, ndetse akubahwa n’amahanga.
-
Imbwirwaruhame n’amagambo yavuzwe na Bamporiki agatuma benshi bacika ururondogoro
3 October 2022, by Dusingizimana RemyBamporiki Edouard,wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco aheruka gukatirwa igifungo cy’imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW kubera icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha umwanya afite mu nyungu ze bwite.
Bamporiki azwi cyane mu biganiro ku burere mboneragihugu, n’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda.
Bamporiki n’umusizi, umwanditisi, n’umukinnyi wa filimi n’amakinamico, yamaze imyaka igera kuri ine(4) ari umudepite w’ishyaka rya (…) -
Burundi: Igisirikare cyahakanye ibyo kwicwamo n’inyeshyamba za RED-Tabara
26 November 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yavuze ko itangazo ryo kuri uyu wa kabiri ry’umutwe wa RED-Tabara wigamba kwica abasirikare b’u Burundi “rigizwe n’ibinyoma gusa” kandi ko uwo mutwe uvuga ibyo iyo “umaze gutakaza bikomeye” mu mirwano.
-
Narendra Modi, undi Minisitiri w’ Intebe uhoberanye na Perezida Kagame
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana ubwuzu.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa anamuha inshingano nshya
5 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa amugira Brig. General. Akaba yanamuhaye inshingano zo kuba umuyobozi ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga muri RDF.
Umuryango.rw
Imbuga yo kwa Makuza ikurura abiyahura kuki itafungwa hagakorerwa ibindi?
U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza
M23 yijeje gutsinda FARDC n’Abacanshuro bayo ikayobora RDC
Amashyaka PSD na PL yemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora
Imbwirwaruhame n’amagambo yavuzwe na Bamporiki agatuma benshi bacika ururondogoro
Burundi: Igisirikare cyahakanye ibyo kwicwamo n’inyeshyamba za RED-Tabara
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa anamuha inshingano nshya