Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye abayobozi b’ibihugu bamushimiye intsinzi yabonye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, abizeza gukomeza ubufatanye bufitiye inyungu abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yashimiye abayobozi b’ibihugu bishimiye intsinzi ye, abizeza gukomeza ubufatanye
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Wa mwarimu yabuze ibyangombwa bike ubwo yashyikirizaga NEC kandidatire ye ku mwanya wa Perezida
28 May 2024, by Dusingizimana RemyHakizimana Innocent ushaka kuzahatana mu matora ya Perezida wa Repubulika nk’umukandida wigenga, yashyikirije komisiyo y’igihugu y’amatora kandidatire ye.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Museveni yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi
30 December 2019, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo kuri iki Cyumweru,taliki ya 29 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Amb. Adonia Ayebare,intumwa idasanzwe ya Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi.
-
Uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryagenze muri rusange ku mugabane w’I Burayi
6 October 2020, by Dusingizimana RemyAmakipe ya Premier League mu Bwongereza muri iyi mpeshyi yashoye imari iri munsi gato y’iyo yashoraga mu myaka ishize mu kugura abakinnyi, ariko aracyaruta cyane ay’izindi shampiyona zikomeye i Burayi.
-
Ubutumwa bw’Abamotari Perezida yahaye Umukuru wa Polisi bugeze he?
30 May, by Joseph IradukundaTariki ya 30 z’ukwezi gushize kwa 4 mu mwaka wa 2025, nibwo inzego bireba zahuriye n’Abamotari b’umugi wa Kigali i Nyamirambo muri Stade maze baganira ku bibazo byugarije umwuga w’ikimotari.
-
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Ghana
3 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi.
-
Imodoka zitwara abagenzi bajya n’abava mu ntara zizajya zitwara abikingije Covid-19 gusa,imihango yo kwiyakira yasubitswe i Kigali
20 December 2021, by Dusingizimana RemyItangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko imodoka zitwara abagenzi mu ntara zizajya zitwara abikingije Covid-19 gusa ndetse muri Kigali imihango y’ubukwe yo kwiyakira bibujijwe.Mu ntara iyo mihango ntigomba kurenza abantu 75.
Itangazo ryasohotse kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021 rivuga kandi ko ishyingirwa rikorewe imbere y’ubuyobozi, mu nsengero no gusaba ritagomba kurenza abantu 40.
Mu gihe kandi dusatira iminsi mikuru isoza umwaka, “ibirori no kwiyakira” (...) -
Wa munyarwanda umwe waguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we muri Ethiopia[AMAFOTO]
20 March 2019, by Martin MunezeroNyakwigendera Musoni Jackson yakoreraga ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi UNHCR muri Sudani y’Epfo, ndetse yakoreye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda. Musoni Jackson yitabye Imana asize umugore n’abana babiri; umuhungu n’umukobwa.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Kagame na Madamu bitabiriye Car Free Day mu byishimo
22 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bayobozi mu nzego nkuru z’igihugu bifatanyije n’abatuye Umjyi wa Kigali muri siporo ngaruka kwezi, izwi nka ’Car Free Day’.
Mu bandi bayobozi bagaragaye muri iyi siporo yabaye kuri iki Cyumweru tariki 22 Mutarama mu 2023, harimo Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzima, Umunyabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, Dr Yvan Butera, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, uwa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju n’Umuyobozi w’Umujyi (...) -
Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi
11 April 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 n’iya 20 Mata 2024, hateganyijwe ingano y’imvura iri hejuru gato y’ikigero cy’isanzwe igwa mu Burengerazuba bw’Igihugu mu gihe mu bice bisigaye hazagwa imvura isanzwe.
0 | ... | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | ... | 3420