Ikigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 ni ukuvuga hagati y’itariki ya 1 n’iya 10, henshi mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi kurusha uko byari bimeze mu gihe nk’iki mu mwaka ushize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
1 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
26 November 2024, by Joseph IradukundaKugeza ubu amakuru ava mu Karere ka Nyamasheke ni uko Abakozi bagera kuri 11 basezeye akazi batakiri Abakozi b’Akarere!
-
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
29 September 2025Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, ni umwe mu bishimiye inkuru Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers ikina ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), ndetse na Los Angeles Rams ikina muri National Football League (NFL).
-
Abanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye bikomeye Twagiramungu Faustin nyuma yo kwita Perezida Kagame umunyabyaha
14 September 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye Faustin Twagiramungu wabaye Minisitiri w’intebe wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’ubutumwa yanditse kuri Twitter ye yita perezida wa Repubulika Paul Kagame “Umunyabyaha”
-
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
-
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ivangura ryaranze u Rwanda mu myaka yashize, kimubwira ko atazongera guhabwa Visa n’ibindi byinshi.
-
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg
27 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, tariki 26 Ukwakira 2024 habonetse undi muntu mushya wanduye icyorezo cya Marburg.
-
Minisitiri Gatabazi JMV yavuze ibizagenderwaho kugira ngo utubari twemererwe gufungura
22 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri Gatabazi yatangaje ko hizwe uburyo bwinshi buzatuma abagiye mu tubari birinda,mu kiganirano yagiranye na RBA, kuri uyu mugoroba taliki ya 22 Nzeri 2021 .
Minisitiri Gatabazi yavuze ko kugira ngo utubari dufungurwe, byatewe n’intambwe imaze guterwa mu kwirinda ndetse no kuzirikana ba nyiratwo ndetse n’ubuzima bw’abo twahaga akazi.
Ati: “Mu byo twasuzumye mu nama y’Abaminisitiri byagaragaraga ko hari intambwe imaze guterwa mu bwirinzi ndetse no mu kubona inkingo ku banyarwanda (…) -
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire
13 October 2025, by Brenda MIZEROUwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda ubukire ariko bazabugeraho baciye mu nzira nziza zitari izirimo ubujura n’ibisa na bwo.
-
Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu
6 January 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) gitangaza ko kigeze ku musozo w’imyiteguro y’Ibarura rusange rya Gatanu ry’abaturage n’imiturire, rizakorwa tariki 16 Kanama muri uyu mwaka wa 2022, hakazifashishwa abarimu barenga 28,000 bo mu mashuri abanza, kandi bazakoresha ikoranabuhanga.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amabarura mu Kigo cy’Ibarurishamibare NISR, Habarugira Venant yatangaje ko mu barimu bigisha mu mashuri abanza bangana n’ibihumbi 62 basabye kuzifashishwa mu ibarura rusange (…)
Umuryango.rw
Meteo Rwanda yateguje Imvura Nyinshi nyuma y’uruzuba rumaze iminsi
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze
Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg
Minisitiri Gatabazi JMV yavuze ibizagenderwaho kugira ngo utubari twemererwe gufungura
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire
Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu