Madamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko muri iyi minsi imbuga nkoranyambaga zabaye ikibuga cy’intambara aho ukuri kugorekwa nkana, asaba urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda bima amayira abarwigiraho impuguke bagamije kurusenya
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
MINAROC na MINAGRI zahawe Abaminisitiri bashya
19 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Ukwakira, yavanye mu mirimo Musabyimana Jean Claude wari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Dr Musafiri Ildephonse wari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi.
-
NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko
18 March 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko, hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo ya Minisiteri y’Uburezi y’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2023/24.
-
Umuherwe Kabuga Felicien ushinjwa kuba umuterankunga mukuru wa Jenoside yakorewe Abatutsi yafashwe
16 May 2020, by Dusingizimana RemyUmuherwe Kabuga Félicien wari umaze imyaka myinshi ashakishwa n’ubutabera kubera ibyaha ashinjwa byo kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yafatiwe mu Bufaransa.
-
Perezida Kagame mu batangije umushinga munini w’ubucukuzi bw’amabuye ya Fer muri Guinea
12 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Guinea- Conakry, ahatangijwe umushinga ukomeye w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Fer, ufite agaciro ka miliyari 20 z’amadolari ya Amerika.
-
AFC/M23 na RDC barahurira mu biganiro byimuriwe mu Busuwisi
13 April, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2026, igihugu cy’Ubusuwisi kirakira icyiciro gishya cy’ibiganiro bikomeye hagati ya Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa AFC/M23, mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Kaboneka yabajijwe niba uwayoboye ikigo cy’ ishuri kikanengwa azashobora Nyabihu
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
-
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma mu biganiro na M23/AFC
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’Umuryango w’abibumbye ziri muri Congo Kinshasa mu butumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo gihugu, MONUSCO zavuze ko Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga wa UN muri Congo, Bintou Keita azasura Goma.
-
Jamaica: Ingabo z’u Rwanda zimaze kubaka inzu 62 n’ibyumba by’ishuri
13 March, by ISIMBI EstellaMu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo guhangana n’ingaruka z’ibiza byatewe n’inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura idasanzwe yiswe Hurricane Melissa, hamaze kongera kubakwa inzu 62 mu zari zarasenywe n’ibiza.
-
Umunyarwanda Lt. Nkubito Kevin wari mu Gisirikare cya Canada yitabye Imana azize impanuka
18 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIImpanuka ikomeye yahitanye abantu batatu barimo umunyarwanda Sous Lieutenant Nkubito Kevin wabarizwaga mu Gisirikare cya Canada, ishengura imitima ya benshi yaba imiryango yabo, igihugu bakoreraga n’inshuti zabo hirya no hino ku Isi.
Sous-Lieutenant Nkubito Kevin wari ufite imyaka 29 y’amavuko yapfanye n’abantu babiri bari kumwe nawe mu modoka ndetse amakuru avuga ko bose bari abasirikare.
Ni impanuka yabaye mu Ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024, ibera (…)
Umuryango.rw
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
MINAROC na MINAGRI zahawe Abaminisitiri bashya
NESA yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko
Perezida Kagame mu batangije umushinga munini w’ubucukuzi bw’amabuye ya Fer muri Guinea
AFC/M23 na RDC barahurira mu biganiro byimuriwe mu Busuwisi
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma mu biganiro na M23/AFC
Jamaica: Ingabo z’u Rwanda zimaze kubaka inzu 62 n’ibyumba by’ishuri
Umunyarwanda Lt. Nkubito Kevin wari mu Gisirikare cya Canada yitabye Imana azize impanuka