Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Dr. Doris Uwicyeza Picard, yasabye Imitwe ya Politiki kongera imikoranire n’abanyamuryango bayo, ikabegera ikabagezaho gahunda za Leta kuko igira uruhare rukomeye mu miyoborere y’Igihugu no mu bumwe bw’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo
30 September 2025, by Brenda MIZERO -
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
21 September 2025, by ISIMBI EstellaHashize iminsi ibiri bimwe mu binyamakuru by’i Burayi ndetse no ku mbuga nkoranyambaga, havugwa inkuru y’umunyamakuru w’Umubiligi, Stijn Vercruysse, ukorera televiziyo y’Ababiligi bavuga Igifurama (VRT) wangiwe kuza mu Rwanda gukurikirana shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda
24 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, baganira ku bufatanye busanzweho hagati y’ibihugu byombi, ndetse n’uburyo bwo kurushaho kwagura imikoranire mu nzego zitandukanye.
-
Impuguke za IAEA ziri gusuzuma uko u Rwanda rwiteguye gukoresha ingufu za Nikeleyeri
2 March, by Angeline MUKANGENZIImage
Impuguke zo mu Kigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu za Nikereyeli (International Atomic Energy Agency-IAEA) ziri mu Rwanda mu cyiciro cya mbere cy’ubutumwa bwo gusuzuma ibikorwa remezo byahubatswe bya nikleyeri, buzwi nka Integrated Nuclear Infrastructure Review Mission, hagamijwe kureba uko rwiteguye gukoresha izo ingufu mu buryo butekanye, burinzwe kandi burambye. -
Inyeshyamba bivugwa ko ari iza Gen Kayumba Nyamwasa na FDRL zarasiwe muri Kongo, uziyoboye afatwa mpiri [AMAFOTO]
27 June 2019, by Dusingizimana Remy, Joseph HakuzwumuremyiInyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza RNC ya Kayumba Nyamwasa zarashwe izindi zifatirwa mpiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC.Inyeshyamba zacitse ku icumu zahungiye ahitwa Minembwe.
-
AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma
23 July 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 ryahagaritse igitero imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagabye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma.
-
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Apotre Paul Gitwaza yegujwe n’abo bashinganye Zion Temple,RGB ibitera utwatsi
19 February 2022, by Dusingizimana RemyAbavugabutumwa batandatu bafatanyije na Apôtre Gitwaza Paul gushinga itorero rya Zion Temple, basabye ko akurwa ku buyobozi bwaryo bamushinja imiyoborere mibi.
Aba bagize inama y’abashinze Umuryango Authentic Word Ministries/ Zion Temple Celebration Center, banditse ibaruwa yo kweguza Apotre Dr Gitwaza, bamushinja ibirimo kunyereza umutungo, mu gihe Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatesheje agaciro iki cyemezo kuko cyafashwe n’abatabifitiye ububasha.
Ibaruwa y’aba- Bishop (…) -
Ntabwo nigeze nsaba akazi ko kuba Perezida-Perezida Kagame
10 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atigeze na rimwe yandika asaba kuba perezida ahubwo yakoze ibyo asabwa mu kubohora u Rwanda bikamuhesha uwo mwanya.
-
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
24 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yashyikirije Perezida Karin Keller-Sutter impapuro zo guhararira u Rwanda muri iki gihugu cyo mu Burayi bwo hagati.
Umuryango.rw
RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo
U Rwanda rwasobanuye iby’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe gukurikirana Shampiyona y’Isi y’umukino w’amagar
Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda
Impuguke za IAEA ziri gusuzuma uko u Rwanda rwiteguye gukoresha ingufu za Nikeleyeri
AFC/M23 yahagaritse igitero cya Wazalendo i Goma
Apotre Paul Gitwaza yegujwe n’abo bashinganye Zion Temple,RGB ibitera utwatsi
Ntabwo nigeze nsaba akazi ko kuba Perezida-Perezida Kagame
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi