Ubuyobozi bwa Pan African Movement(PAM) bwatangije ibikorwa byabwo muri kaminuza yigisha ibijyanye n’ imiyoborere ‘African Leadership University’ ibarizwamo umuryango ‘kupambana’ wiyemeje gushishikariza Abanyafurika gukunda umugabane wabo.
Ibi bibaye mu gihe isi ihangayikishijwe n’ ikibazo cy’ abimukira bava muri Afurika bajya mu Burayi n’ Amerika bibwira ko ariho hari imibereho myiza binatuma abenshi bapfira mu nyanja. PAM na Kupambana bahuriza kukuba Afurika ntacyo ibuze ahubwo ko kuba (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abarimo kuvuguta umuti uzatuma Abanyafurika batongera gupfira mu nyanja bajya I Burayi bahuje amaboko
15 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida w’ Ubufaransa
11 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje Perezida Kagame na Emmanuel Macron uyobora u Bufaransa baganiriye gusa ntiyantaje ibyo baganiriye.
Perezida Kagame yaherukaga guhurira na Macron muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nama y’Umuryango w’Abibumbye. Icyo gihe hari muri Nzeri 2017.
Perezida Kagame yatanze ikiganiro muri iyi nama y’ umunsi (...) -
M23 ’yinjiye’ mu mujyi w’amateka wa Kamanyola
19 February, by Joseph IradukundaAbarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n’u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk’uko abahatuye babivuga.
-
Amateka y’Umutoza Robetihno OLIVEIRA wagarutse muri Rayon Sport
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRoberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho, watoje ikipe ya Rayon sports akayifasha kwandika amateka nubu bacyi genderaho , yongeye ku yigarukamo nyuma yimyaka 4.
Robertinho yavutse Tariki 22 zukwa 01,1960 ,avukira mu mugi wa Rio de janeiro.Yakiniye ikipe y’igihugu ya Brazil, anayifasha kwegukana igikombe cyisi batsinze Paraguey mu 1980. Ubu akaba ari umutoza wabigize umwuga, akazi yatangiriye muri stade de Tunisien yo muri Tunisia.
Robertinho Yakiniye amakipe atandukanye (...) -
Kamonyi: Abana 7 basanzwe mu rugo rw’ umuturage birakekwa ko bari bagiye gucuruzwa
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’ abantu.
-
Amerika yagarutse kandi yiteguye kuyobora isi-Joe Biden
25 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden watorewe kuba Perezida w’Amerika yatangaje abategetsi batandatu bazakorana bya hafi, mu gihe arimo kwitegura kurahizwa.
-
Perezida Biden yemeje ko misile Koreya ya ruguru yagerageje ’atari ubushotoranyi’
24 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko adafata nk’ubushotoranyi igerageza ryakozwe na Koreya ruguru ry’ibisasu bya misile biterwa mu ntera ngufi.
-
Ibivugwa ko bigenza Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi mu karere
28 April, by Joseph IradukundaAri i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura yahise yerekeza i Kinshasa.
-
RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO
20 August 2024, by EmmyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi bakwirakwiza ubutumwa bugamije kwiba abakoresha serivisi za Mobile Money mu izina ryarwo kugira ngo bahanwe.
-
Ange Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa rya Miss Rwanda bahatirwa kubazwa ibibazo mu Cyongereza nacyo ngo gikocamye
27 January 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa ryo gutora Nyampinga w’u Rwanda bahabwa ibibazo biri mu ndimi z’amahanga batabasha kwisanzuramo kandi bagakoresheje Ikinyarwanda cyangwa abasemuzi bikagenda neza.
0 | ... | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | ... | 3430