Umuryango wo muri Diyosezi ya Nyundo wakoze amateka yo kwibaruka abapadiri 3 bavuka mu rugo rumwe.
Inkuru dukesha Kinyamateka ivuga ko abo ari Padiri Gilbert, Padiri Leandre na Padiri Revocat wabuhawe kuri uyu wa Gatandatu tariki 21/8 i Byumba.
Ifoto y’aba bapadiribagaragiye nyina ubabyara yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kuri iki Cyumweru.
Abantu benshi bakomeje gutanga ibitkerezo bonyuranye kuri iyo foto aho bamwe bavuze ko uyu muryango umuryango urangiye,abandi bati iki (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abasore batatu bavukana babaye abapadiri bituma benshi bacika ururondogoro
22 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Umujyi wa Kigali wahishuye igihe inzira zihariye ku ma Bisi atwara abagenzi zizatangirira gukora
16 October 2023, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko mu ntangiriro z’umwaka utaha wa 2024 ari bwo hazaba hatangiye gushyirwaho inzira zihariye (Dedicated Bus Lanes/DBL) zikoreshwa n’imodoka zitwara abagenzi mu rwego rwo kugabanya gutinda ku byapa bazitegereje.
-
U Rwanda rwavuze ku ngaruka intambara ya Amerika na Iran ishobora kugira ku bukungu bwarwo
3 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi kuko ibikomoka kuri peteroli byinshi Isi ikoresha bica mu muhora wa Hormuz ubu wamaze gufungwa, ariko ahamya ko u Rwanda rwafashe ingamba zizatuma ingaruka zidahita zigera ku muturage.
-
Ndikumana Hamad Katauti yitabye Imana
14 November 2017• Katauti wari umutoza wungirije muri Rayon Sports yitabye Imana
• Katauti yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri
• Katauti biravugwa ko yazize uburwayi butazwi -
Munyengango na Gatarayiha bagizwe ba ‘Général de Brigade’: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare
12 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho.
-
Dr Habineza asanga nta mpamvu yo kwirukana shishi itabona Human Rights Watch
26 October 2017, by Iyamuremye JanvierDr Frank Habineza wari umukandida mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza gutsindwa, asanga nta mpamvu y’uko u Rwanda na Human Rights Watch (HRW) baca umubano ahubwo ko bombi bagakwiye kuganira bakanoza ibyo batuvugaho rumwe.
Ibi yabigarutseho mu kiganiro imitwe ya Politiki yo mu Rwanda yagiranye n’itangazamakuru kuwa 24 Ukwakira 2017.Abahagarariye imitwe ya Politiki mu Rwanda batanze ikiganiro cyari kigamije kugaragaza ibyo ’aya mashyaka ateganya gufasha ishyaka riri ku butegetsi ari naryo (…) -
Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe
12 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nta bihano bishobora kubuza u Rwanda kurinda imipaka yarwo mu gihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite umugambi wo kuruhunganya.
-
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
7 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka igisirikare.
Ni isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 6 Mutarama 2023, mu cyumba cy’inama cy’akagari ka Gaseke, Umurenge Mutete mu Karere ka Gicumbi.
Cpl Turikumwe yaregwaga ibyaha bibiri harimo gutoroka igisirikare no kwica umugore witwa Uwiragiye Clementine ku (…) -
Abanya Politiki bavugwaho ko baba abasimbura beza ba Perezida Kagame [URUTONDE]
4 April 2023, by Dusingizimana RemyMu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku buyobozi bw’iri shyaka no ku Buperezida.
Perezida Kagame watangiye kuyobora u Rwanda muri 2003,yakoze ku mitima y’abanyarwanda benshi bituma banasaba ko itegeko rikumira manda ze rivugururwa akongera kwiyamamaza muri 2017.
Iri tegeko ryatowe ku bwinshi,maze 2017 barongera bamuhundagazaho amajwi (…) -
Kigali: Abasore n’inkumi 19 bafashwe bari kwizihiza isabukuru y’amavuko
5 July 2021, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wa tariki ya 04 Nyakanga Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yafashe urubyiruko rw’abasore n’inkumi 19 bari bateguye ibirori by’isabukuru y’amavuko (anniversaire) ya mugenzi wabo baturutse mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.
Umuryango.rw
Abasore batatu bavukana babaye abapadiri bituma benshi bacika ururondogoro
Umujyi wa Kigali wahishuye igihe inzira zihariye ku ma Bisi atwara abagenzi zizatangirira gukora
U Rwanda rwavuze ku ngaruka intambara ya Amerika na Iran ishobora kugira ku bukungu bwarwo
Munyengango na Gatarayiha bagizwe ba ‘Général de Brigade’: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare
Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
Abanya Politiki bavugwaho ko baba abasimbura beza ba Perezida Kagame [URUTONDE]
Kigali: Abasore n’inkumi 19 bafashwe bari kwizihiza isabukuru y’amavuko