Perezida Paul Kagame ari mu Bubiligi mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yiga uko Isi yarushaho kwegerana, no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu Bubiligi
9 October 2025, by Brenda MIZERO -
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
-
Urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda rwatangiye
3 May 2019, by Martin MunezeroUrugereko rwihariye ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwatangiye kuburanisha itsinda ry’abantu 25 barimo abagore batatu baregwa gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kongera imbaraga mu rwego rw’ubuzima
8 June 2021, by Dusingizimana RemyAbanyafurika miliyoni 50 bagiye gukingirwa icyorezo cya COVID19 binyuze mu bufatanye bw’imyaka itatu, hagati y’ikigo nyafurika gishinzwe kurwanya ibyorezo, Africa CDC, n’umuryango Mastercard Foundation.
Mu muhango wo gutangiza ubwo bufatanye bufite intego yo kurengera ubuzima n’imibereho, Perezida Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kubakira kuri ubwo bufatanye nabyo bigaharanira kwigira no kwihaza mu bikoresho byo kwa muganga birimo inkingo n’imiti.
Mu banyacyubahiro bitabiriye iyi (…) -
Impanuka 7 zishe abantu benshi kurusha izindi mu myaka 10 ishize mu Rwanda
12 February 2025, by Joseph IradukundaKu wa kabiri, mu Rwanda habaye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda ibirinduka ku musozi uhanamye ihitana hafi kimwe cya kabiri cy’abari bayirimo.
-
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bo mu karere icyabafasha guhangana n’ingaruka za Covid-19
7 October 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yitabiriye inama yamuhuje na bagenzi be bo muri aka karere yatumijwe na Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi mu kwezi gushize ariko ikabanza gukomwa mu nkokora na Covid-19.
-
Dr.Frank Habineza yahishuye igisubizo gitangaje yahawe n’abadepite bagenzi be ubwo yasabaga ko umusoro w’ubutaka ugabanywa
23 December 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda akaba n’umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda Dr, Frank Habineza yavuze ko yasabye ko umusoro ku mutungo utimukanwa by’umwihariko ubutaka bagenzi be bakorana bamutegeka gushaka ahandi iyo misoro izaturuka niramuka igabanyijwe.
-
Ruto yatangaje icyiciro cya 2 cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya ya Kenya
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIPerezida William Samoei Ruto wa Kenya kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga, yatangaje icyiciro cya kabiri cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya y’igihugu cye.
-
Kigali: Gukingira Covid-19 abacikanwe byakomereje muri Gare zitandukanye
16 November 2021, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa Kabiri, abantu bo mu Mujyi wa Kigali bafite imyaka 18 kuzamura bacikanwe na gahunda yo kwikingiza #COVID19 bashyiriweho uburyo bwo guhabwa urukingo.
Ni igikorwa kibera muri za gare zinyuranye: Nyabugogo, Nyarugenge (DownTown), Kimironko, Remera na Nyanza.
Harimo gutangwa doze ya mbere niya kabiri ku bantu bose bafite imyaka 18 kuzamura ndetse no gupima abantu bose babishaka.
Ku munsi w’ejo tariki ya 15 Ugushyingo,abanduye Covid-19 mu Rwanda babaye 12 mu gihe (…) -
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye ibihugu bya EAC
1 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yasabye abagize Inteko Ishingamategeko ya Afurika y’Iburasirazuba EALA kugira uruhare mu gushaka ishoramari rishyigikira imishinga ihuriweho yagiye idindira ndetse no kwishyira hamwe kw’ibihugu binyamuryango.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ugushyingo 2022,Perezida Kagame yagejeje ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), abagize guverinoma n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda.
Yavuze ko abanyamuryango ba EAC bakwiriye (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu Bubiligi
Perezida Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kongera imbaraga mu rwego rw’ubuzima
Impanuka 7 zishe abantu benshi kurusha izindi mu myaka 10 ishize mu Rwanda
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bo mu karere icyabafasha guhangana n’ingaruka za Covid-19
Ruto yatangaje icyiciro cya 2 cy’abaminisitiri bagize Guverinoma nshya ya Kenya
Kigali: Gukingira Covid-19 abacikanwe byakomereje muri Gare zitandukanye
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye ibihugu bya EAC