Ikigo gishinzwe ubuzima,RBC,cyatangaje ko guhera ejo tariki ya 02 Nyakanga kizatangiza gahunda nshya yo gusuzuma COVID-19 ku bagenda mu mihanda imwe n’imwe yatoranyijwe mu Mujyi wa Kigali.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
1 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda bugeze hejuru ya 95%
9 November 2025, by Brenda MIZERORaporo nshya yatangajwe na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), yagaragaje ko igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda cyazamutse kikagera kuri 95,3% kivuye kuri 94,7% cyabarurwaga mu mwaka wa 2010.
-
PAC yasohoye umukozi wa RHA mu biganiro kubera igisubizo gitangaje yayihaye
6 September 2022, by Dusingizimana RemyUmujyanama mu by’amategeko w’Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, RHA yasohowe mu biganiro bigaruka kuri raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta.
Uyu mukozi yasohowe nyuma yo kubwira Komisiyo ya PAC ko atigeze asoma iyi raporo ngo amenye ikigo akoramo amakosa gishinjwa.
Nkuko amashusho dukesha IGIHE abigaragaza,uyu mukozi wa RHA yasohowe nyuma yo kugaragaza ko atigeze yitegura ibi biganiro biri gukorwa hagamije kureba uko umutungo wa Leta ukoreshwa.
Muri iyi (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Repubulika ya Czech
6 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Repubulika ya Czech, Jan Lipavský.
-
Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe
9 May 2025, by Angeline MUKANGENZITugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza kuri papa mushya watowe ndetse n’umwihariko wa buri wese.
-
U Burundi bwanze ko amakamyo atwara ibicuruzwa aturutse mu Rwanda yinjira ku butaka bwarwo
1 April 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamenyesheje ibihugu bya Uganda na Kenya ko u Burundi bwafashe umwanzuro wo kubuza amakamyo atwaye ibicuruzwa avuye mu Rwanda kwinjira muri icyo gihugu.
-
Visi Perezida wa APR FC Maj Gen Mubarakh Muganga yatangaje amasomo bakuye mu gusezererwa na Gor Mahia
7 December 2020, by Dusingizimana RemyKu Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza saa saba z’amanywa nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yageze mu mwiherero i Shyorongi ivuye mu gihugu cya Kenya isezerewe na Gor Mahia muri CAF Champions league ku giteranyo cy’ibitego 4-3 mu mikino yombi.
-
Isoko ryo mu Miduha ryahiye ibintu byinshi birakongoka
18 September 2023, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Nzeri 2023,isoko riherereye mu Mudugudu wa Rugarama mu Kagari ka Rugarama mu Murenge wa Nyamirambo,mu karere ka Nyarugenge ryafashwe n’inkongi, yangiza inzu zicururizwamo ibintu bitandukanye.
-
Ikoreshwa ry’inoti zishaje mu Rwanda rigiye gushyirwaho iherezo
6 March, by Brenda MIZEROU Rwanda rwatangaje ko inoti za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw n’iza 5000 Frw zashyizweho hagati ya 2004 na 2015 zitagifite agaciro mu Rwanda, ariko bikazatangira kubahirizwa nyuma y’amezi 12 iteka rya Perezida rizikuraho ritangajwe mu Igazeti ya Repubulika y’u Rwanda.
-
Igisubizo cya Minisitiri Nduhungirehe ku bibajije impamvu Perezida Kagame atitabiriye inama ya AU
17 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba Perezida Paul Kagame ataritabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) bidakwiye gufatwa nk’ibidasanzwe kuko yohereje umuhagararira.
Umuryango.rw
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
Ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda bugeze hejuru ya 95%
PAC yasohoye umukozi wa RHA mu biganiro kubera igisubizo gitangaje yayihaye
Minisitiri Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Repubulika ya Czech
Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe
Isoko ryo mu Miduha ryahiye ibintu byinshi birakongoka
Ikoreshwa ry’inoti zishaje mu Rwanda rigiye gushyirwaho iherezo
Igisubizo cya Minisitiri Nduhungirehe ku bibajije impamvu Perezida Kagame atitabiriye inama ya AU