Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI Estella -
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
4 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index 2025) bwagaragaje ko Abanyarwanda 9,5% gusa mu basabwe ruswa cyangwa abayitanze ari bo batanze amakuru ku nzego zishinzwe kuyirwanya, mu gihe 90,5% baruciye bakarumira.
-
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha
16 November 2025, by Brenda MIZEROIngingo y’abasaba akazi ari benshi kakabona mbarwa mu Rwanda, ni imwe mu zikomeje kuvugwaho cyane. Byasembuwe na Raporo ya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta y’ibikorwa bya 2024/25, yagaragaje ko mu Rwanda abantu 1.111.040 basabye akazi, kabonwa n’abantu 3.134.
-
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
22 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhawe ikaze muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa kabiri. Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, abakinnyi mu cyiciro cy’abagore bari munsi y’imyaka 23 (Under 23 ITT) barakina basiganwa n’ibihe, ibizwi nka Women Elite Individual Time Trial-ITT).
-
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
29 August 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo abakomeye.
-
CG [Rtd] Gasana Emmanuel yahise afungwa nyuma yo guhagarikwa ku mirimo ye
26 October 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi CG (Rtd) Emmanuel Gasana, wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
-
U Rwanda rwagaruje miliyari 1,3 Frw yanyerejwe mu byaha bya Ruswa
21 October 2025, by Brenda MIZERORaporo y’Urwego rw’Umuvunyi y’ibikorwa bya 2024/25 igaragaza ko Minisiteri y’Ubutabera yagaruje arenga miliyari 1,3 Frw yari yanyerewe binyuze mu byaha bya ruswa n’ibindi byaha bimunga ubukungu bw’igihugu.
-
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we w’u Buyapani mu biro bye
19 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye mu biro bye Prak Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye Mpuzamahanga w’Ubwami bwa Kambodiya.
-
Iyi nyubako twayubakiye kugira ngo ibihangange by’u Rwanda bibashe kuhitoreza no kuhatsindira-Perezida Kagame afungura Kigali Arena
9 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Kanama 2019 nibwo Nyakubahwa perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Kigali Arena yubatswe mu mezi atandatu na Kompanyi y’ubwubatsi ya SUMMA y’Abanya Turkia ndetse ikaba iri mu ma stade mezi cyane muri Afurika.
-
Itamar Einhorn yegukanye agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2026
22 February, by Brenda MIZEROUmunya-Israel, Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN yo muri Espagne yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026.
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
CG [Rtd] Gasana Emmanuel yahise afungwa nyuma yo guhagarikwa ku mirimo ye
U Rwanda rwagaruje miliyari 1,3 Frw yanyerejwe mu byaha bya Ruswa
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we w’u Buyapani mu biro bye
Itamar Einhorn yegukanye agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2026