Perezida Paul Kagame yagarutse ku buryo Isi yose yateye umugongo u Rwanda mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, agaragaza ko byasigiye u Rwanda amasomo akomeye yo kwishakamo ibisubizo, ak’imuhana kakaza imvura ihise.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje isomo u Rwanda rwakuye mu gutereranwa n’amahanga
29 May, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023
9 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2023 abayobozi bakwiriye guhindura imikorere ndetse avuga ko uyu mwaka ugomba gusiga hari ibikemutse nk’ikibazo cy’ibirarane by’imishinga y’abaturage,ikibazo cyo gutwara abantu n’ibindi,icy’ubwiyongere bw’imisoro,imitangire ya serivisi no kujya mu mahanga gukabije ku Banyarwanda.
Ibi Perezida Paul Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 09 Mutarama 2023,ubwo yayoboraga umuhango wo kurahira kwa Dr Kalinda François Xavier uherutse kugirwa Umusenateri, ngo asimbure Dr (...) -
Yifashishije Umwuzukuru we, Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaje amarangamutima ye Kumunsi w’amavuko we
24 October 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTPresident Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias.
-
Uwagurije wa munyamakuru Tuyishimire wa TV1 wahungiye muri Uganda yavuze byose uko byagenze//Video
24 July 2019, by UbwanditsiIshimwe Honore, umunyamakuru wa Radio Ishingiro ivugira I Gicumbi, akaba umwe mubo bivugwa ko Tuyishimire Constantin, umunyamakuru wa TV1 yari arimo umwenda ndetse iyi myenda ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye yarahunze igihugu yadutangarije byinshi kuri uyu mwenda bivugwa ko watumye mugenzi we ahungira Uganda.
-
Tshisekedi yashinje Kabila gufasha inyeshyamba za AFC – M23
7 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23 rirwanya ubutegetsi bwe mu burasirazuba bw’igihugu.
Mu kiganiro cyihariye yahaye abanyamakuru babiri b’Abanye-Congo, uw’urubuga rw’amakuru Congo Indépendant n’uw’igitangazamakuru Top Congo, Tshisekedi yashinje Kabila kuba ari we uri inyuma ya AFC.
Yavuze ko Kabila yanze kwitabira amatora yo mu mwaka ushize (...) -
Perezida Kagame agiye gusoza itorero rya 11 ry’ abiga mu mahanga
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame ubwo yasozaga itorero ry’Indangamirwa ry’umwaka ushize
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 5 Kanama 2018 aritabira umuhango wo gusoza icyiciro cya 11 cy’itorero ry’urubyiruko kizwi nk’Indangamirwa, cyatorezwaga mu kigo cya Gabiro. Ab’ umwaka ushize Perezida Kagame yabasabye kugira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda,
-
Kabuga Felicien wari umaze imyaka irenga 20 atagera mu ruhame yabwiye urukiko ikintu kimwe yifuza
20 May 2020, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’urukiko rw’umuryango w’abibumbye bukurikirana ibyaha uyu munsi bwasabye urukiko ko Kabuga Felisiyani ava mu Bufaransa akoherezwa muri gereza y’uru rukiko rwa ONU.
-
Abanyacyubahiro benshi bamaze kugera mu Rwanda baje mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo #kwibuka25 [AMAFOTO]
6 April 2019, by Dusingizimana RemyU Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
-
Covid-19 Habonetse abandi barwayi 10 mu Rwanda hakira abantu 2
5 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 05 Kamena 2020,mu bipimo 1558 byafashwe mu Rwanda, habonetse abanduye Coronavirus bashya 10 bose baturutse mu karere ka Rusizi na Rusumo i kirehe. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bose babaye 420.
-
Tanzania: Perezida Suluhu yakuye January Makamba ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTINk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo ushinzwe itumanaho muri perezidansi, Sharifa Nyanga, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yakuyeho abaminisitiri babiri bakomeye ku Cyumweru mu mavugurura yakoze muri guverinoma.
0 | ... | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | ... | 3430