Intumwa za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zageze i Doha muri Qatar, nyuma y’iminsi zitegerejwe ngo zifatanye n’iz’ihuriro AFC/M23 gutera indi ntambwe iziganisha ku masezerano y’amahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Intumwa za RDC zageze i Doha nyuma y’iminsi zitegerejwe
14 November 2025, by ISIMBI Estella -
“Rayon Sport Week”: Umutoza Robertinyo yagarutse! Umukino na Azam n’ibindi
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyuwa wa mbere tariki 22 Nyakanga 2024 ku ruganda rwa Skol mu Nzove mu habareye ikiganiro n’Abanyamakuru ku bikorwa ikipe ya Rayon Sport iterwa inking n’uru ruganda iteganya birimo cyane cyane Rayon Sport Week izaganisha kuri Rayon Sport Day ndetse no kwishimira imyanya 10 y’Ubufatanye hagati ya Rayon Sport na Skol!
Ni ikiganiro cyari cyiyobowe na Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele wari kumwe n’Umuyobozi wa Skol IVAN Wulffaert.
Muri iki cyumweru cyiswe Rayon Sport Day, (…) -
MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda
27 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
-
Urukiko rw’Ikirenga rwanenze Abavoka bigize ibiraro bya ruswa
21 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domotille, yanenze bamwe mu Bavoka bigize ibiraro bya ruswa, aho bayimitse ndetse bakayitagatifuza nkaho ari ikintu cyiza.
-
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
24 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba yitabiriwe n’ abantu benshi mu Rwanda.
Iyi nama yatangiye kuba mu 1990. Mu buryo busimburana ibera mu bihugu bikoresha Icyongereza no mu bikoresha Igifaransa. Iyi nama ibanzirizwa n’ inama yo gutoranya ikirango kizakoreshwa (Logo), uyu mwaka uzatsinda azahabwa 1000$.
Abategura iyi nama bavuga ko iyo (…) -
Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cyose cyagize agahinda gakomeye ubwo cyakiraga inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Rubio wa Amerika ku bibazo bya Congo
29 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ku bibazo by’umutekano mucye muri Congo, bemeranya ko impande zihanganye zahagarika imirwano.
-
Uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo 2016/17
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%.
Akarere ka Gasabo kari kabaye aka mbere umwaka ushize kaje ku mwanya wa 9 n’ amanota 79.19 % mu gihe ubushize kari kagize 81,6
Urutonde rw’uko uturere twesheje imihigo
1. Rwamagana 82.2%
2. Musanze, 81.28 %
3. Huye 80.55 %
4. Gakenke 80.12 %
5. Nyarugenge 79.71 %
6. Gatsibo 79.55% (…) -
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
12 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko Guverinoma yashyize imbaraga mu gukangurira Abanyarwanda kurushaho kwimakaza umuco w’isuku n’isukura ahantu hose, ariko by’umwihariko imbaraga zikongerwa mu kuyimakaza ku mashuri.
-
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington
7 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, yatangaje ko hari icyizere ko amasezerano u Rwanda na DRC byashyiriyeho umukono i Washington muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ashobora gutanga umusaruro.
Umuryango.rw
Intumwa za RDC zageze i Doha nyuma y’iminsi zitegerejwe
“Rayon Sport Week”: Umutoza Robertinyo yagarutse! Umukino na Azam n’ibindi
MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda
Urukiko rw’Ikirenga rwanenze Abavoka bigize ibiraro bya ruswa
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira
Perezida Kagame yaganiriye na Rubio wa Amerika ku bibazo bya Congo
Isuku igomba gukwira mu Rwanda ihereye mu mashuri- MINEDUC
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington