Uwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare cy’ubutegetsi bwa Perezida Habyarimana ndetse akaba yaranagize uruhare mu mishyikirano y’amahoro ya Arusha.
Apfuye yari mu kiruhuko cy’izabukuru kuva mu mwaka wa 2013.
General Marcel Gatsinzi wari wujuje imyaka 75 y’amavuko yavukiye mu mujyi wa Kigali mu mwaka wa 1948.
Amashuri abanza yayize mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
8 March 2023, by Dusingizimana Remy -
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
15 October 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru batandukira amahame agenga umwuga wabo bagaca imanza mu nkuru batara cyangwa bakora, by’umwihariko izirebana n’ubutabera.
-
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
4 December 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo yahitanye abantu 48 hakomereka 149.
-
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
23 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhango wo guha icyubahiro no gusezera ku muhanzi Yvan Buravan witabiriwe n’imbaga aho uri kubera muri Camp Kigali.
Uyu mugoroba witabiriwe n’umuryango n’inshuti za Buravan, abakunzi b’umuziki ndetse n’abayobozi mu nzego zitandukanye cyane ko kwinjira byari ubuntu nubwo mbere hari habanje kuvugwa ibihuha ko bazishyura.
Inkuru y’urupfu rw’Umuhanzi Burabyo Yvan wari uzwi cyane nka Yvan Buravan w’imyaka 27, yamenyekanye mu rukerera rwo ku wa 17 Kanama 2022, aguye mu bitaro byo mu Buhinde (…) -
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
14 May 2025, by Joseph IradukundaHirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
-
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko, ryatanze icyizere.
-
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
-
BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw
10 November 2025, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’Igihugu yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw, zizagurishwa mu gihe cy’imyaka itanu.
-
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
7 October 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 6 Ukwakira 2025, Perezida Emmanuel Macron, abandi Bafaransa n’abanyamahanga bakurikiranira hafi politiki y’u Bufaransa batunguwe n’ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe mushya, Sébastien Lecornu wari umaze amasaha make atangaje abagize guverinoma ye.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
Umuryango.rw
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
Mu Rwanda: Abantu 48 bamaze guhitanwa n’ibiza mu mezi atatu ashize
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
BNR yashyize ku isoko impapuro mpeshwamwenda za miliyari 10 Frw
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC