Areruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri Gabon. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya i Kanombe hari huzuye imbaga y’Abanyarwanda biganjemo abo mu miryango y’abakinnyi bakina mu ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare, abayobozi ba FERWACY ndetse n’abakunzi b’uwo mukino muri rusange bari bafite ibyishimo byinshi byo kwakira aba basore besheje (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
ARERUYA na bagenzi be batambutse bakomerwa amashyi na rubanda-AMAFOTO
23 January 2018, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange mu gufana, gucunga umutekano no gushyigikira imigendekere myiza ya Shampiyona y’Isi y’Amagare imaze iminsi 8 ibera i Kigali.
-
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa
27 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abaturage ba Nyamasheke kudatinya abayobozi babaka ruswa ahubwo ko bakwiriye kubaregera inzego zo hejuru zikabakurikirana.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Kanama 2022 nibwo Perezida Kagame yasuye akarere ka Nyamasheke aho yasabye abaturage gutinyaka bakabaregera abayobozi babaka ruswa.
Yagize ati "Igihe ubushobozi buhari abayobozi inshingano yabo n’ukuvuga ngo "ibi bikwiriye gukorwa vuba na bwangu.Bikaramira nabo bikwiriye kuramira kuko abantu bategereza (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ethan Vernon yongeye kwigaragaza atwara n’agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2023
20 February 2023, by Dusingizimana RemyUmwongereza Ethan Vernon wa Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 21 n’amasegonda 30 ku ntera y’ibilometero 132,9 kuva kuri Kigali Car Free Zone kugera i Gisagara.
Uyu mwongereza w’imyaka 22 ni we wegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2023 nkuko yabikoze kuri iki cyumweru yegukana agace ka mbere.
Arakomeza kwambara umwenda w’umuhondo kuko ni we umaze gukoresha ibihe bito kurusha abandi bose bahanganye.
Ikipe ya (…) -
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
14 June 2020, by Dusingizimana RemyAmakuru aturuka mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka Musanze.
Ngo bahanyuze (…) -
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
18 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye kubungabungwa.
Inama ya EU na AU yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuri uyu wa Gatanu kuko yari iy’iminsi ibiri aho yavuze mu biganiro ku mahoro, umutekano n’imiyoborere.
Perezida Kagame watanze ikiganiro ku munsi wa mbere nk’uko byatangajwe na Perezidansi (…) -
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
21 January 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Perezida Paul Kagame na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Congo bashobora guhurira i Doha muri Qatar mu muhuro wo kuganira ku bibazo biri hagati y’ibihugu byabo no kubikemura.
Biravugwa ko aba bakuru b’ibihugu bagiye kuganira ku kibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo,cyateje umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo.
Ikinyamkuru Africa intelligency cyatangaje ko uku guhura guteganyijwe ku wa Mbere tariki 23 Mutarama, 2023.
Africa Intelligence kivuga ko (…) -
Abanyarwanda 2 bafungiwe muri Uganda bakekwaho gutunga imbunda binyuranyije n’ amategeko
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cya Uganda gifitanye umubano utifashe neza n’ u Rwanda hafungiwe Abanyarwanda abiri 2 bakekwaho icyaha cyo gutunga imbunda binyuranyije n’ amategeko mushikiwe w’ umwe muribo yatangaje ko musazawe abeshyerwa.
-
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bagaragaje ubwitange muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
Nyamasheke: Perezida Kagame yasabye abaturage kurega abayobozi babaka ruswa
Ethan Vernon yongeye kwigaragaza atwara n’agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2023
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar