Akarere ka Rutsiro kahagaritse by’agateganyo abakozi 16 barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 5 bose bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rutsiro: Abakozi 16 b’akarere barimo n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 5 bahagaritswe by’agateganyo
6 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame azajya gutaha umushinga ukomeye yafashije Zimbabwe kugeraho
10 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame azerekeza muri Zimbabwe mu mpera z’uku kwezi aho azaba agiye gutaha umushinga w’amashanyarazi yagizemo uruhare kuko yayishakiye abayishoyemo asaga miliyari 856 Frw.
Perezida Kagame ukomeje kugira uruhare mu iterambere rya Afurika,yashakiye Zimbabwe abashoramari bayishoyemo mililiyoni zisaga 800 z’amadolari y’Amerika mu mushinga wo kugeza amashanyarazi mu bice by’icaro.
Ibi byemejwe na Perezida wa Zimbabwe Emmerson Dambudzo Mnangagwa, mu ijambo yagejeje ku bihumbi byitabiriye (...) -
Abifuza kuba abarimu bamenyeshejwe igihe bazakorera ibizamini
10 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) gitangaza ko ku ya 14 Nyakanga 2020, abifuza kwinjira mu mwuga wo kwigisha babisabye bazakora ibizamini by’akazi.
-
Utubari twemerewe gufungura mu byiciro nyuma y’umwaka urenga dufunze
21 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru ifata ingamba nshya mu gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 ndetse ishyiraho imishinga y’amategeko mishya.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi, yoroheje zimwe mu ngamba zashyizweho mu guhangana na COVID-19 zirimo gukomorera utubari twafunzwe muri Werurwe 2020.
Ingendo zirabujijwe guhera saa tanu z’ijoro kugeza saa kumi za mugitondo (...) -
Perezida Kagame na mugenzi we wa Qatar baganiriye banakurikirana isinywa amasezerano atatu
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije inyungu z’ ibihugu byombi.
-
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
29 August 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo abakomeye.
-
Ethan Vernon yongeye kwigaragaza atwara n’agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2023
20 February 2023, by Dusingizimana RemyUmwongereza Ethan Vernon wa Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 21 n’amasegonda 30 ku ntera y’ibilometero 132,9 kuva kuri Kigali Car Free Zone kugera i Gisagara.
Uyu mwongereza w’imyaka 22 ni we wegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2023 nkuko yabikoze kuri iki cyumweru yegukana agace ka mbere.
Arakomeza kwambara umwenda w’umuhondo kuko ni we umaze gukoresha ibihe bito kurusha abandi bose bahanganye.
Ikipe ya (...) -
RBC yatangiye gupima Coronavirus buri wese ubyifuza ku bihumbi 47,200 FRW
28 July 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri,tariki ya 28 Nyakanga 2020,Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima,RBC,yatangiye gupima icyorezo cya COVID-19 abantu bose babyifuza barimo n’abagenzi bajya cyangwa abava mu mahanga. Umuntu wese azajya yishyura Frw 47,200 (50$).
-
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo
26 January 2023, by Dusingizimana RemyIbiro bya perezida wa Congo Brazzaville byatangaje ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso kuwa gatatu yakiriye minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta azanye ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Ibikubiye muri ubu butumwa ntibyatangajwe kugeza ubu.
Sassou-N’Guesso, umuturanyi wa hafi wa Tshisekedi, ni umwe mu bategetsi bo mu karere bagiye berekana ubushake mu gukemura amakimbirane mu karere.
Muri iyi minsi umwuka mubi hagati y’u Rwanda na DR Congo ugeze habi, cyane nyuma y’uko u (...) -
U Rwanda rufitiye RDC icyizere gike cyo kurandura FDLR
16 October 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yahishuye ko ikomeje kugaragarizwa ibimenyetso bishimangira ubushake buke bwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwo guhashya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, washinzwe n’abasize bahekuye u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 3430