Nyakubahwa Perezida Kagame yashimiye umukobwa we, Ange Kagame n’umugabo we, Bertrand Ndengeyingoma, bibarutse ubuheta.
Ange Kagame umukobwa rukumbi wa Perezida Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma bibarutse umwana wabo wa kabiri [ubuheta].
Abinyujije kuri Twitter Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Nyakanga 2022,Perezida Paul Kagame wungutse umwuzukuru wa kabiri yabifurije kwishyuka ndetse asangiza abamukurikira kuri uru rubuga ifoto y’uyu mwuzukuru.
Perezida Kagame yagize ati (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye undi mwuzukuru mu muryango we
20 July 2022, by Dusingizimana Remy -
Haratahwa imihanda y’ibilometero 151 mu mihora 3 yo mu Rwanda
9 October 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kane, Guverinoma y’u Rwanda irataha ku mugaragaro imihanda itatu ya kilometero 151, yubatswe mu mishinga igamije kongera imigenderanire, kwimakaza ubucuruzi n’iterambere rihangana n’imihindagurikire y’ibihe.
-
Umunyamakuru Bob Rugurika yashyize hanze imigambi mibisha ya Leta y’u Burundi ku Rwanda
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru w’Umurundi Bob Rugurika yahishuye ko icyemezo cy’igihugu cye cyo gufunga imipaka igihuza n’u Rwanda cyaturutse ku migambi mibisha ubutegetsi bw’igihugu cye bufitiye u Rwanda irimo no gushaka gukuraho ubutegetsi bwarwo.
-
Nyamwasa yagambaniye igihugu kubera umururumba - Gen. Kabarebe
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Jenerali James Kabarebe yagaye imyifatire ya Kayumba Nyamwasa, avuga ko nta mutima wo gukunda igihugu afite, ahubwo ashyize imbere umururumba.
-
Afurika ni intare igisinziriye - Cardinal Kambanda
30 October 2025, by Brenda MIZEROAntoine Cardinal Kambanda yagaragaje ko Afurika ari umugabane wifitemo ubushobozi kuko ufite umutungo kamere n’abaturage bafite imbaraga zo gukora, ariko ugifite ibibazo bitandukanye bituma udatera imbere, ibyo yagereranyije n’intare igisinziriye.
-
Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu byongeye kuzamuka
10 February 2025, by Joseph IradukundaItangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.
-
Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi
2 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari Minisitiri w’ uburezi wumvise ubusabe bwa Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi akemera kugabanya ingengo y’ imari ya UR.
Ubwo kuri uyu wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, Kaminuza y’ u Rwanda yitabaga Komisiyo y’ abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshezere y’ imari ya Leta PAC, UR yabajijwe impamvu hari (…) -
Abanyarwanda barabikoreye- Yolande Makolo ku kwakira Shampiyona y’Isi y’amagare
21 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko kuba u Rwanda rugiye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare ari ibintu Abanyarwanda bakoreye, yizeza ko kandi bari gukora ibishoboka byose ngo igende neza.
-
Ingabo za RDC zanenze igikorwa cya M23 cyo kurekura Kibumba
25 December 2022, by Dusingizimana RemyIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,FARDC,zatangaje ko kuba umutwe wa M23 waravuye muri Kibumba ari "umutego" ugamije kuyobya abantu kuko ngo wagiye gukomeza ibirindiro byawo ahandi.
FARDC yasohoye iri tangazo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Ukuboza 2022 ivuga ko kuva i Kibumba kwa M23 ari umutego ugamije kuyobya Abakongomani n’isi muri rusange.
Yagize iti "Ibirori byo kugenda [Kibumba] by’umutwe wa M23 ufashwa n’Ingabo z’u Rwanda n’umutego no kwigaragaza neza biciriritse (…) -
Amafoto y’umunsi: Perezida Kagame yakiriye mu buryo budasanzwe umuyobozi ukomeye wo muri Qatar amutwara mu modoka ye
22 April 2019, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo taliki ya 21 Mata 2019 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika yakiriye umushyitsi ukomeye nyakubahwa Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye undi mwuzukuru mu muryango we
Haratahwa imihanda y’ibilometero 151 mu mihora 3 yo mu Rwanda
Umunyamakuru Bob Rugurika yashyize hanze imigambi mibisha ya Leta y’u Burundi ku Rwanda
Nyamwasa yagambaniye igihugu kubera umururumba - Gen. Kabarebe
Afurika ni intare igisinziriye - Cardinal Kambanda
Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu byongeye kuzamuka
Abanyarwanda barabikoreye- Yolande Makolo ku kwakira Shampiyona y’Isi y’amagare
Ingabo za RDC zanenze igikorwa cya M23 cyo kurekura Kibumba