Mu gicuku ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza ahagana saa saba n’igice, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’irondo ry’umwuga rikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Matimba, Akagari ka Rwentanga, bafashe abantu 46 basengera mu nzu y’umuturage witwa Musilikali Jean Pierre w’imyaka 36, na Kansiime Julienne w’imyaka 31. Aba bantu bari barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyagatare: Polisi yafashe abantu 46 bifungiranye mu cyumba mu masengesho bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19
8 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Hatangajwe ingengabihe y’uburyo Abanyeshuri bazajya mu biruhuko
22 March 2022, by Dusingizimana RemyItangazo ryatanzwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo bazatangira kujya mu biruhuko bisoza igihembwe cya kabiri guhera ku wa 28 Werurwe 2022 kugeza ku wa 31Werurwe 2022.
Ku wa Mbere, tariki ya 28 Werurwe 2022, hazataha abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri biri mu turere twa Nyarugenge, Gasabo, Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, utwa Huye, Nyaruguru, mu Ntara y’Amajyepfo, aka Ngororero mu Ntara (…) -
“Abanyarwanda bihangane ibyari ubukwe bitaza guhinduka ikiriyo”- Minisitiri Prof.Shyaka
2 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase yasabye abanyarwanda kwitwararika amabwiriza ajyanye no kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus muri iki gihe bakomorewe kuva mu rugo kuko ngo barebye nabi ibyari ubukwe bishobora guhinduka ikiriyo.
-
Umutwe wa M23 wongeye guhezwa mu biganiro byo muri Kenya
27 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wavuze ko utatumiwe muri Kenya ahagiye kubera ibindi biganiro byiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere, Tariki ya 28 Ugushyingo 2022, nibwo I Nairobi muri Kenya hazabera ibindi biganiro bizahuza leta ya RDC n’imitwe yitwaje intwaro iri mu burasirazuba bw’iki gihugu ariko M23 ntiyatumiwe.
Umuvugizi wa Gisirikare wa M23, Major Willy Ngoma yabwiye BBC ko batazitabira ibi biganiro kuko batabitumiwemo.
Yagize (…) -
Musanze: Umuganga ukekwaho gusambanya no kwica umukobwa yatawe muri yombi
11 November 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umugabo w’imyaka 30 y’amavuko usanzwe ari umuganga mu Ivuriro ryigenga rya Mpore Clinic muri Musanze, akekwaho gusambanya no kwica Iradukunda Emerance amunigishije imigozi akamuta mu murima w’ibishyimbo.
-
APR FC yahagamye Rayon Sports iyibuza kuyitsinda Kane kikurikiranya
29 October 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yanganyije 0-0 na Rayon Sports mu mukino w’Umunsi wa Cyenda wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame n’umuryango we bifurije Abanyarwanda umwaka mwiza
1 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yifashishije ifoto ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame ndetse n’abana bose n’umwuzukuru, yatangaje ko umuryango we bifurije indi miryango y’Abanyarwanda kuzagira umwaka mwiza w’imigisha wa 2022.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame ndetse n’abana bose n’umwuzukuru bifurije Abanyarwanda kuzagira umwaka mwiza wa 2022.
Ubu butumwa bwatambutse kuri uyu wa Gatandatu tariki 01 Mutarama 2022 ubwo Abaturarwanda bose bari (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana
2 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ikiganiro giherutse kujya hanze cy’umugore wa Juvénal Habyarimana, Agathe Kanziga, cyuzuyemo ibinyoma no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
7 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.
-
Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi
11 February, by Brenda MIZEROUmunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ashobora guca agahigo k’Umunya-Sénégal Abdou Diouf ko kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) manda eshatu, nyuma y’aho muri Mutarama 2026 Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko izongera gutanga kandidatire ye.
Umuryango.rw
Hatangajwe ingengabihe y’uburyo Abanyeshuri bazajya mu biruhuko
“Abanyarwanda bihangane ibyari ubukwe bitaza guhinduka ikiriyo”- Minisitiri Prof.Shyaka
Umutwe wa M23 wongeye guhezwa mu biganiro byo muri Kenya
APR FC yahagamye Rayon Sports iyibuza kuyitsinda Kane kikurikiranya
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame n’umuryango we bifurije Abanyarwanda umwaka mwiza
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana
Perezida Kagame na Tshisekedi bitabiriye irahira rya John Dramani Mahama muri Ghana
Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi