Polisi y’u Rwanda yaramukiye mu gikorwa cyo kwerekana abantu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bangana na 2,046 mu gihugu hose barimo na 925 bo mu mujyi wa Kigali.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu ibihumbi 2,046 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu gihugu hose
1 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza urugomo Uganda yakoreye u Rwanda
25 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarutse ku rugomo Uganda yakoreye u Rwanda mu minsi ishize,ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO Forum),kuri uyu wa Mbere Taliki ya 25 Werurwe 2019.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu bihugu bigendera ku mategeko
12 March 2020, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni cyo kiyoboye ibindi ku rwego rw’Isi.
-
Lina Higiro yagizwe Umuyobozi Mukuru muri NCBA Group ushizwe ibikorwa by’ubucuruzi
29 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTILina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo cy’ishoramari cya NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki.
-
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
Abakiristu batari abagatolika bagiye kugaba ibitero ku bacuruzi b’ ibiyobyabwenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango w’ ihuriro rw’ abaporotestani mu Rwanda C.P.R watangaje ko ugiye gutegura ibikorwa by’ amasengesho bigamije kurandura icuruzwa ry’ ibiyobyabwenge mu Rwanda ku buryo wizeye ko ibiyobyabwenge bizacika burundu mu Rwanda
Umuyobozi wa C.P.R yavuze ko nibamara guhashya ibiyobyabwenge burundu bazatumira Perezida Kagame bakamumurikira igikorwa cy’ indashyikirwa bazaba baragezeho.
Musenyeri Alexis Birindabagabo, Umuyobozi w’Itorero ry’Abangirikani Diyosezi ya Gahini akaba na Perezida wa CPR (...) -
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (...) -
RIB yatangaje ibyo Mujawamariya akurikiranweho
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelRIB yatangaje ko MUJAWAMARIYA Jeanne d’Arc akurikiraho ibyaha yakoze akiri Minisitiri w’Ibidukikije. Ni nyuma y’uko Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Nyakanga 2024.
-
Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu
7 December 2023Uturere 11 muri 30 tw’igihugu, twaramukiye mu matora yo kuzuza imyanya y’ubuyobozi bwatwo. Muri two, Burera, Gakenke, Musanze, Nyamasheke, Karongi na Rutsiro turi butore ba Meya.
-
METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize
23 August 2024, by EmmyImvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere Meteo Rwanda bibigaragaza.
0 | ... | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | ... | 3430