Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri imbere iki kibazo kizakemuka burundu. Ngo hashobora no kuboneka connection (Wireless) yihuta cyane.
Hashize imyaka ibiri abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange binubira ko bacibwa amafaranga ya connection nyamara iyo connection ikaba idakora.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutwara abantu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RURA yatanze ikizere ko mu minsi iri imbere interineti yo mu modoka izakora neza
30 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Major General abasirikare 3 bakuru
11 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major General.
Abazamuwe ni Brig. Gen. Vincent Nyakarundi, Umuyobozi Mukuru ushizwe Ubutasi bwa Gisirikare, Brig. Gen. Willy Rwagasana ukuriye Ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu (Republican Guard), na Brig. Gen. Ruki Karusisi Uyobora Umutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Forces).
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, (…) -
Minisitiri Nduhungirehe ari muri Pakistan
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier, ari muri Pakistan mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, ruzasiga hatashywe Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu.
-
Nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa ku byapa biri munsi ya 60 KM ku isaha
3 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yavuze ko nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa mu byapa biri munsi ya kilometero 60 ku isaha mu Mujyi wa Kigali nkuko byakozwe mu minsi ishize benshi mu bashoferi bakarira ayo kwarika kubera amande.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera,yabitangaje kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kwereka itangazamakuru izindi Camera zigenzura umuvuduko zashyizwe mu masangano y’imihanda, ahasanzwe amatara agaragaza ibyerekezo ku muhanda wa Rwandex.
Yagize ati (…) -
Paul Muvunyi ushinjwa gukoresha impapuro mpimbano yitabye ubushinjacyaha
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUmunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports, ukurikiranyweho gukoresha impapuro mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri yombi.
-
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
10 June 2022, by Dusingizimana RemyAhagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko byaturutse muri Rutshuru muri RDC.
Mu gihe imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje,ibisasu byongeye kugwa mu Rwanda nyuma y’ibindi byaherukaga guterwa i Musanze kuwa 23 Gicurasi 2022 biturutse muri RDC bikangiza inzu z’abaturage ndetse bikanabakomeretsa.
Nkuko abahaye amakuru Bwiza.com dukesha (…) -
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Brenda MIZEROAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Mertin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
-
Perezida Kagame yanenze abahunze igihugu batunzwe no gutukana no kubeshya
12 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’abavuga rikumvikana barenga 300 baturutse mu turere twa Musanze na Rubavu, abayobozi b’uturere baturutse mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, n’abikorera bakomoka mu turere twa Musanze na Rubavu bakorera i Kigali no mu tundi turere tw’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda rwageze mu ndiba y’umwobo ariko imbaraga zabo ari zo zatumye u Rwanda rwongera guhagarara rwemye nyuma ya Jenoside yakorewe (…) -
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin MunezeroSenateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
-
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo rye, yavuze ko izo ngabo zirimo n’Abacancuro iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Major General abasirikare 3 bakuru
Minisitiri Nduhungirehe ari muri Pakistan
Nta Camera zigenzura umuvuduko, zizongera gushyirwa ku byapa biri munsi ya 60 KM ku isaha
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame