Kuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu munsi wo kuwa mbere igipolisi cyongereye ingufu bigaragara cyateye ibirindiro mu marembo yombi yinjira mu rukiko umuntu wese winjira kikamusaka cyarangiza kikamwaka ibyangombwa bye bakandika imyirondoro.
Saa mbili n’igice bari bagejejwe mu cyumba cy’iburanisha. Kuri iyi nshuro (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kwa Rwigara banditse bavuga ko ise yishwe na Leta, ngo hari Jenoside imbere aha, Adeline ngo ni ikihebe
16 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
30 May 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwahakanye ko rutiteguye guhangana mu ntambara na RDC nkuko hari ibihuha byabivugaga nyuma y’aho RDF isabye iki gihugu kurekura ingabo zacyo bivugwa ko zashimuswe na FARDC ndetse n’umutwe wa FDLR bakorana.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu ko nta mwuka w’intambara uri hagati ya RDC n’u Rwanda ndetse ngo ari ibyagombaga kuba baba barirwanyeho ubwo ingabo z’iki gihugu zateraga amabombe ku butaka bw’u Rwanda. (…) -
Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli
15 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, RMB, cyatangaje ko ubushakashatsi bwakozwe mu Kiyaga cya Kivu, bwagaragaje ko hari amariba 13 ya peteroli, hasigaye kumenya neza ingano ya peteroli irimo n’ikiguzi byasaba ngo icukurwe.
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
-
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke ariko nta bantu bafite inshingano n’umutwaro wo kuyicungira umutekano uretse yo ubwayo.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli
15 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 15 Ukuboza 2025, yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli.
-
Gasabo: Ibyobo byajugunywemo abantu muri Jenoside bimaze kuba 6, hagiye kwifashishwa imashini ihinga
3 May 2018, by Nsanzimana ErnestKabuga muri Gasabo mu gihe igikorwa cyo gukura imibiri y’ inzirakane mu cyobo kinini bajugunywemo muri Jenoside yakorewe abatutsi gikomeje haracyaboneka ibindi byobo. Abayobozi bavuga ko ibyo byobo byose hamwe bishobora kuba byarajugunywemo abantu ibihumbi 5, bityo ngo hagiye kwifashishwa imashini mu kunganira abaturage bari gukoresha ibikoresho gakondo mu gushaka iyo mibiri.
-
Uwagurije wa munyamakuru Tuyishimire wa TV1 wahungiye muri Uganda yavuze byose uko byagenze//Video
24 July 2019, by UbwanditsiIshimwe Honore, umunyamakuru wa Radio Ishingiro ivugira I Gicumbi, akaba umwe mubo bivugwa ko Tuyishimire Constantin, umunyamakuru wa TV1 yari arimo umwenda ndetse iyi myenda ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye yarahunze igihugu yadutangarije byinshi kuri uyu mwenda bivugwa ko watumye mugenzi we ahungira Uganda.
-
Abaturage barasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro bihanitse ku masoko
20 September 2022, by Joseph IradukundaAbaturage mu Rwanda bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda. Bamwe bemeza ko hatagizwe igikorwa bashobora kwisanga batakibona n’ifunguro rimwe ku munsi. Barasaba Leta kugira icyo ikora kuri iki kibazo kibahangayikishije.
-
Goverinoma y’U Rwanda yakuyeho urujijo ku bizatunga abimukira bazava mu Bwongereza
21 March 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yatanze ubusobanuro ku mafaranga azifashishwa muri gahunda yo kwakira abimukira bagiye kuza mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Bwongereza , asobanura ko aya mafaranga atazaturuka mu isaduku ya Leta y’U Rwanda nk’uko benshi bakomeje ku byibaza.
Umuryango.rw
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
Perezida Kagame yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli
Abaturage barasaba Leta kugira icyo ikora ku biciro bihanitse ku masoko
Goverinoma y’U Rwanda yakuyeho urujijo ku bizatunga abimukira bazava mu Bwongereza