Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene yagaragaje impamvu atemeranya n’abavuga ko amateka y’u Rwanda akwiriye kurekera aho kuvugwa, avuga ko udashobora kubasha kunga abantu utabasobanuriye impamvu yatumye bamwe bicwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Dr. Bizimana yasobanuye impamvu amateka y’u Rwanda azakomeza kwigishwa
16 March, by ISIMBI Estella -
Ku ikubitiro 20% by’abanyarwanda nibo bazabanza gukingirwa Coronavirus
5 October 2020, by Martin MunezeroMinisitiri Ngamije avuga ko abo bantu bose iyo ubabaze usanga mu gihugu hose bajya kugera kuri 20% y’abaturarwanda igihugu kizaba gikeneye gukingira.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Lourenço wanoherereje Tshisekedi ubutumwa bwanditse
20 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yaganiriye ku murongo wa telefone na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku biganiro bya Luanda bigamije kugarura umwuka mwiza hagati y’u Rwanda na RDC, wazambijwe n’umutekano muke burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Aya makuru yemejwe n’ibiro bya Perezida wa Angola, byagize biti “Perezida wa Repubulika ya Angola, João Lourenço, mu gitondo yavuganye ku murongo wa telefone na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku muhate wa (…) -
UNHCR yashimiye u Rwanda rwakiriye impunzi zo muri Libya neza
27 September 2019, by Dusingizimana RemyIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR,ryashimiye u Rwanda kubera umutima mwiza rwagize wo kwakira impunzi zari mu kaga muri Libya aho abagera kuri 66 baraye bageze amahoro mu nkambi y’impunzi ya Gashora mu Bugesera.
-
U Rwanda mu bihugu bitekanye ku Isi ku bagenda nijoro
26 October 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara, mu bihugu abantu bashobora kugenda nijoro ari bonyine ariko bakumva batekanye.
-
Kagame arantinya, ntashobora kundeba mu maso: Tshisekedi yishongoye ku Rwanda
27 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yikomanze ku gatuza avuga ko mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda amutinya.
-
Antonio Guterres ntiyemera ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa
18 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko ibyo Umuyobozi w’Ihuriro AFC, Corneille Nangaa, avuga by’uko bazakomeza urugamba kugeza bageze i Kinshasa bagakuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi, ari ugukina bitashoboka.
-
Busingye yasubije Musenyeri uheruka ku rwanya icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
29 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROAmbasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yanenze Musenyeri w’Itorero ry’Abangilikani mu Bwongereza, Justin Welby uherutse kuvuga ko gahunda igihugu cye kirimo zigamije kugabanya abimukira nta musaruro kandi ko azakora ibishoboka byose akazirwanya.
Muri izo gahunda Musenyeri Welby ashaka kurwanya harimo n’ubufatanye bw’u Rwanda n’u Bwongereza, aho icyo gihugu cy’i Burayi giteganya kujya cyohereza mu Rwanda abimukira binjiyeyo binyuranyije n’amategeko, bagafashwa kuhatangirira (…) -
Umwana w’imfura wa Munyaneza Didier yitabye Imana
5 March 2020, by Dusingizimana RemyUmukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare akaba n’umukinnyi wa Benediction yo mu karere ka Rubavu kuri Munyaneza Didier bakunda kwita Mbappe yagize ibyago mu muryango we aho kuri uyu wa gatatu yatakaje umwana we w’imfura utari umaze n’ukwezi ageze ku isi.
-
Perezida Tshisekedi yahaye isezerano rikomeye abanyekongo
25 December 2022, by Dusingizimana RemyMu butumwa bwo kwifuriza abanyecongo Noheli nziza Perezida Felix Tshisekedi wa DRC yavuze ko azarinda umutekano wabo n’ibyabo mu gihugu hose.
Mu butumwa bwateguwe kandi yasomaga yakuranwa n’umugore we Denise Nyakeru, bavuze ko mu 2022 igihugu cyabo cyaciye “mu byiza n’ibitari byiza”.
Uburasirazuba bwa DR Congo bukomeje kuba isibaniro ry’intambara z’imitwe yitwaje intwaro, ubuhunzi, ubusahuzi, n’ubwicanyi bukorerwa abasivile ahatandukanye.
Muri uyu mwaka, amakimbirane mashya n’imirwano (…)
Umuryango.rw
Minisitiri Dr. Bizimana yasobanuye impamvu amateka y’u Rwanda azakomeza kwigishwa
Ku ikubitiro 20% by’abanyarwanda nibo bazabanza gukingirwa Coronavirus
Perezida Kagame yaganiriye na Lourenço wanoherereje Tshisekedi ubutumwa bwanditse
U Rwanda mu bihugu bitekanye ku Isi ku bagenda nijoro
Kagame arantinya, ntashobora kundeba mu maso: Tshisekedi yishongoye ku Rwanda
Antonio Guterres ntiyemera ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa
Busingye yasubije Musenyeri uheruka ku rwanya icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
Perezida Tshisekedi yahaye isezerano rikomeye abanyekongo