Ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode Uwizeyimana umusenateri, ni nyuma y’amezi umunani yeguye ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutabera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uwizeyimana Evode waherukaga kwegura ku bunyamabanga bwa Leta yagizwe umusenateri
16 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yizihirije isabukuru y’amavuko muri Samoa
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame uri i Apia ho mu gihugu cya Samoa, yizihirije isabukuru y’amavuko y’imyaka 67 yizihije kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Ukwakira.
-
Hamenyekanye amakuru y’abanyarwanda bari muri Maroc yashegeshwe n’umutingito
9 September 2023, by Dusingizimana RemyAbahitanwe n’umutingito waraye ubaye muri Maroc bakomeje kwiyongera aho kugeza ubu abantu 1,037 aribo bamaze kumenyakana ko bapfuye mu gihe abarenga 1,204 bakomeretse.
-
Major Mudathiru yanze kuripfana ashima Leta y’ u Rwanda uko ibafashe muri gereza
28 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rwa Urukiko rwa Gisirikare,rwategetse ko Rtd Major Habib Mudathiru na bagenzi be 24 bari mu mutwe wa P5 uyoborwa na Kayumba Nyamwasa bafungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bikomeye bashinjwa ariko uyu Mudathiru yashimiye Leta y’u Rwanda uko ibafashe kandi bari bashaka kuyigirira nabi.
-
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
-
Rwandair yahagaritse ingendo zerekeza Guangzhou kubera icyorezo cya Coronavirus
31 January 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rwandair bumaze gutangaza ko bwahagaritse by’agateganyo ingendo z’indege ziva cyangwa zerekeza mu mujyi wa Guangzhou mu Bushinwa kubera impungenge zagaragajwe n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima [WHO] ku cyorezo cya Novel Coronavirus.
-
Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
8 June 2018Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 kaminuza yo muri Canada, Concordia University, yageneye impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (PHD).
-
Perezida Kagame arifuza ko u Rwanda ruba urwa mbere ku isi mu korohereza ishoramari
11 November 2019, by Dusingizimana RemyMu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifuza kuza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu koroshya ubushabitsi (business).
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
SKOL yakeje u Rwanda mu korohereza abashoramari mu myaka 15 ihamaze
25 February, by Pacifique NKURUNZIZAMu gihe Uruganda rwa SKOL rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwizihiza imyaka 15 rumaze rukorera mu Rwanda. Ubuyobozi bwarwo barishimira imikorere n’imikoranire myiza bafitanye na Reta y’u Rwanda.
0 | ... | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | ... | 3430