Ahagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko byaturutse muri Rutshuru muri RDC.
Mu gihe imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje,ibisasu byongeye kugwa mu Rwanda nyuma y’ibindi byaherukaga guterwa i Musanze kuwa 23 Gicurasi 2022 biturutse muri RDC bikangiza inzu z’abaturage ndetse bikanabakomeretsa.
Nkuko abahaye amakuru Bwiza.com dukesha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
10 June 2022, by Dusingizimana Remy -
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Brenda MIZEROAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Mertin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
-
Perezida Kagame yanenze abahunze igihugu batunzwe no gutukana no kubeshya
12 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye n’abavuga rikumvikana barenga 300 baturutse mu turere twa Musanze na Rubavu, abayobozi b’uturere baturutse mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, n’abikorera bakomoka mu turere twa Musanze na Rubavu bakorera i Kigali no mu tundi turere tw’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda rwageze mu ndiba y’umwobo ariko imbaraga zabo ari zo zatumye u Rwanda rwongera guhagarara rwemye nyuma ya Jenoside yakorewe (…) -
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin MunezeroSenateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
-
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo rye, yavuze ko izo ngabo zirimo n’Abacancuro iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira.
-
Perezida Kagame yaraye agiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano
19 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKu mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 18 Gicurasi 2023, nibwo Perezida Kagame yagiranye inama n’ubuyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu ndetse n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano n’Iperereza (NISS).
Ni ibiganiro byitabiriwe n’abayobozi bakuru mu nzego zitandukanye z’umutekano zirimo Ingabo z’Igihugu (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS), nk’uko ubutumwa bwashyize kuri konti ya Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (…) -
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
26 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yakozwe ku mutima n’igitaramo “Icyambu 4” cya Israel Mbonyi cyabereye muri BK Arena mu ijoro rya Noheli, kuri uyu wa Kane tariki 25 Ukuboza 2025.
-
Uko ibisasu bya Iran byahinduye Israel umuyonga (Amafoto)
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ntambara imaze iminsi ishyamiranyije Israel na Iran, iki gihugu muri Kamena cyateye missile zikabakaba 400 muri Israel ndetse cyoherezayo drone nyinshi ku buryo nibura missile zigera kuri 35 zabashije guhamya igipimo zishwanyaguza ibikorwaremezo zinatwara ubuzima bw’abantu nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bwa Israel.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
Umuryango.rw
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
Perezida Kagame yaraye agiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
Uko ibisasu bya Iran byahinduye Israel umuyonga (Amafoto)