Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal, Luisa Maria Machado da Palma Fragoso, wasoje imirimo yo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal wasoje imirimo ye
7 February, by Angeline MUKANGENZI -
Loni yemeje ko M23 iri gusatira Bukavu
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru Ushinzwe ibikorwa byo Kubungabunga Amahoro mu Muryango w’Abibumbye, Jean Pierre Lacroix, yatangaje ko umutwe wa M23 wakomeje imirwano werekeza mu Mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
"Nta watubwiye ngo mukurikize ibi"-Perezida Kagame avuga ku rugendo rwo kongera kubaka u Rwanda
10 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yongeye kugaruka ku rugendo rwo kongera kubaka u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi,aho yavuze ko nta hantu bakopeye ibimaze gukorwa ndetse ko nta muntu wabagiriye inama y’icyo bakora.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko U Bubiligi bwasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Bubiligi bushobora kuba buri gutera intambwe isubira inyuma mu kuzirikana uburemere bwa Jenoside yakorewe Abatutsi biturutse ku kuba bwarasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri yo.
-
Ishyaka PDI ryishimiye ibyo rimaze kugeraho ku isabukuru y’imyaka 30 rimaze rishinzwe
1 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021,nibwo ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi ryizihije isabukuru y’imyaka 30 rishinzwe aho ryishimiye intambwe rimaze gutera kuva ryashingwa mu bihe byari bigoye.
-
Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi
30 January, by ISIMBI EstellaMu ijoro ryo ku wa 29 Mutarama 2026, Perezida w’Inama y’Igihugu ya Repubulika ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi.
-
Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye yashyinguwe mu Rwanda hamwe n’umugabo we [AMAFOTO]
9 December 2025, by Brenda MIZEROIgikomangoma Spéciose Bideri Mukabayojo, akaba umwana w’Umwami Yuhi Musinga wayoboye u Rwanda mu kuva mu 1896 kugeza mu 1931, yashyinguwe mu Irimbi rya Rusororo ku wa 8 Ukuboza 2025.
-
AFC/M23 yinjiye Umujyi wa Uvira, ukurikira uwa Bukavu
10 December 2025, by ISIMBI EstellaInyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi ishize hari imirwano ikomeye iwushyamiranyije n’uruhurirare rw’Ingabo za Leta (FARDC), umutwe wa FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi.
-
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
-
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo
4 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bwongereza ruherutse kwanzura ko icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira babwinjiyemo binyuranye n’amategeko kuko ari ahantu hadatekanye ndetse ngo bashobora kuzasubizwa mu bihugu baturutsemo bakagirirwa nabi.
Mu masezerano yashyizweho umukono mu 2022 hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza, rwemeye kwakira abimukira binjira muri iki gihugu cy’i Burayi binyuranye n’amategeko, bagahabwa amahirwe yo kuhatangirira ubuzima bushya.
Ni amasezerano ataravuzweho rumwe (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal wasoje imirimo ye
Loni yemeje ko M23 iri gusatira Bukavu
"Nta watubwiye ngo mukurikize ibi"-Perezida Kagame avuga ku rugendo rwo kongera kubaka u Rwanda
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko U Bubiligi bwasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ishyaka PDI ryishimiye ibyo rimaze kugeraho ku isabukuru y’imyaka 30 rimaze rishinzwe
Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi
Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye yashyinguwe mu Rwanda hamwe n’umugabo we [AMAFOTO]
AFC/M23 yinjiye Umujyi wa Uvira, ukurikira uwa Bukavu
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo