Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran zasoje ibiganiro byamaze amasaha 21 byazihurije muri Pakistan, zinaniwe kumvikana ku bijyanye no guhagarika intambara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyuma y’amasaja 21 yose Intumwa za USA na Iran zatandukanye zinaniwe kumvikana
12 April, by Emmy -
Rubavu: Abayobozi 7 bo muri Busasamana bahagaritswe by’agateganyo kubera umupira wahuruje imbaga
7 August 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi 7 bo mu Murenge wa Busasamana wo mu karere ka Rubavu bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo kubera uburangare baherutse kugira bigatuma hari urubyiruko rutegura rukanakina umukino w’umupira w’amaguru wahuruje abantu benshi, muri ibi bihe u Rwanda ruhangayikishijwe na COVID -19.
-
Perezida Kagame yagaragaje ikibazo gikomeye Afurika ifite kiyidindiza
1 April 2023, by Dusingizimana RemyUmukuru w’Igihugu akaba na Chairman w’Umuryango wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yavuze ko ikibazo gikomeye Afurika ifite, ari ukudahindura imikorere ngo ishyire mu bikorwa ibyo izi uko bigomba gukorwa, ahubwo igakora ubusa cyangwa ibitari byo.
Ibi yabitangangije mu Nama Mpuzamahanga ya FPR Inkotanyi yahuriranye n’isabukuru yayo y’imyaka 35,kuri uyu wa 01 Mata 2023.
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo gikomeye cya Afurika kiri mu ishyirwa mu bikorwa,abantu bakwiriye kwibagirwa ibyo kwibaza (…) -
U Rwanda rwungutse abapolisi barenga 200 bafite ubuhanga budasanzwe [AMAFOTO]
26 April 2024, by Dusingizimana RemyAbapolisi b’u Rwanda n’aba Centrafrique, basoje amasomo y’icyiciro cya 12 cy’amasomo y’ibanze y’umutwe wihariye wa Polisi (Basic Special Forces course), berekanye ibyo bamaze amezi atandatu bigishwa.
-
Kamonyi: Batanu bakurikiranyweho ubujura burimo gutobora inzu
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu batanu bo mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Rugalika batawe muri yombi, bakekwaho ubujura no gutega abantu bagamije kubambura utwabo.
-
Depite Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel ituranye n’ abanzi ariko ikaba ikomeye
5 February 2018, by Nsanzimana ErnestVisi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel avuga ko ibi bihugu byombi bituye hagati y’ abanzi babyo asaba Abanyarwanda gukora cyane u Rwanda rugatera imbere kuko ngo kuba Israel ituye hagati y’ abanzi bayo ntabwo byayibujije gukomera.
Hon. Mukama yabivugiye mu nama yamuhuje n’abaturage bo mu Kagarika Kabeza, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018.
Gusura abaturage mu tugari dutandukanye mu (…) -
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
18 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye kubungabungwa.
Inama ya EU na AU yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuri uyu wa Gatanu kuko yari iy’iminsi ibiri aho yavuze mu biganiro ku mahoro, umutekano n’imiyoborere.
Perezida Kagame watanze ikiganiro ku munsi wa mbere nk’uko byatangajwe na Perezidansi (…) -
Byinshi kuri ACP Lynder Nkuranga wabaye umugore wa mbere uyoboye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka
7 September 2021, by Dusingizimana RemyLynder Nkuranga, umwe mu bagore bacye bari mu rwego rwo hejuru mu mapeti ya polisi y’u Rwanda yagizwe umukuru w’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka.
Itangazo rya Minisitiri w’intebe w’u Rwanda ryo kuwa mbere nijoro, rivuze ko aje gusimbura Lt Col François Regis Gatarayiha wari ukuriye urwo rwego kuva mu 2018.
Ni ibisanzwe ko abategetsi mu myanya yo hejuru bakurwaho ntihavugwe impamvu, rimwe na rimwe Perezida Paul Kagame ubwe akaba ari we uyivugaho.
Mu gihe ntakiratangazwa (…) -
Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12 December 2025, by Brenda MIZEROIshyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa baburanishwa, CPCR, ryatanze ikirego kireba Banki Nkuru y’u Bufaransa, iyishinja ko itafatiriye konti za Banki Nkuru y’u Rwanda mu gihe yari yarashyiriweho ibihano na Loni byo kutemererwa kugura intwaro.
-
Perezida Ndayishimiye yashimangiye ko nawe ashaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
21 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Ndayishimiye yumvikanye abwira uru rubyiruko ko abaturage bo mu Karere babanye neza, ko ikibazo ari abo yise abayobozi babi ndetse yemeza ko urugamba barimo bazarukomeza kugeza abaturage b’u Rwanda bagaragaje igitutu.
Umuryango.rw
Nyuma y’amasaja 21 yose Intumwa za USA na Iran zatandukanye zinaniwe kumvikana
Rubavu: Abayobozi 7 bo muri Busasamana bahagaritswe by’agateganyo kubera umupira wahuruje imbaga
Perezida Kagame yagaragaje ikibazo gikomeye Afurika ifite kiyidindiza
U Rwanda rwungutse abapolisi barenga 200 bafite ubuhanga budasanzwe [AMAFOTO]
Kamonyi: Batanu bakurikiranyweho ubujura burimo gutobora inzu
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
Byinshi kuri ACP Lynder Nkuranga wabaye umugore wa mbere uyoboye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka
Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Ndayishimiye yashimangiye ko nawe ashaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda