Kompanyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitwa Mississippi Records yatangaje ko igiye gusohora Album y’umuhanzi Bizimungu Dieudonné, umwe mu baririmbyi b’Abanyarwanda bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
8 October 2025, by Brenda MIZERO -
Rwanda:Bamwe mu baturage barasaba ko abayobozi bakuru bafata iya mbere bagatanga urugero mu gufata urukingo rwa Covid-19
16 February 2021, by Martin MunezeroBamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali bavugako bishimira ko igikorwa cyo gukingira abantu Covid19 cyatangiye, bakanifuza ko gukingirwa byakorerwa mu ruhame cyangwa ahantu hazwi, ndetse n’abayobozi bagatanga ingero bityo abantu bagatinyuka nabo bakikingiza bitewe n’amakuru atandukanye bafite ku nkingo.
-
Muhanga:Abakobwa 243 b’abanyeshuri batewe Inda nyuma yo kumara amezi 7 mu rugo kubera Covid-19
6 November 2020, by Martin MunezeroMu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri iwabo.
-
Ubushinjacyaha bwajuririye imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be 20
20 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwajuririye imikirize y’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 bahamijwe ibyaha by’iterabwoba, rwasomwe tariki 20 Nzeri 2021.
-
Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa 4 kamena 2025 yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri Algeria, ahasinyiwe amasezerano 11 y’ubufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
-
M23 yanyomoje FARDC nyuma yo kwerekana uwo yise umusirikare wa RDF
28 December 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wanyomoje Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyerekanye umurwanyi cyise umusirikare w’u Rwanda, ushimangira ko nta musirikare n’umwe w’u Rwanda uri kumwe na we.
-
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abari abakomiseri ba polisi
27 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi batandatu barimo ba Komiseri bakomeye.
-
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
10 October 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles mu Bubiligi bihabanye n’ukuri n’imyitwarire yagiye agaragaza kuva mu 2019 abaye Perezida, ndetse n’abandi bategetsi b’icyi Gihugu.
-
Karongi: Umukobwa ugiye kurongorwa asabwa ikimasa, matora, kositimu n’ ibindi
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu karere ka Karongi mu ntara y’ Iburengerazuba bw’ u Rwanda ngo basanga ari amananiza kuba kugira ngo umukobwa arongorwe agomba kuba afite ikimasa, matora, kositimu y’ umugabo n’ ibindi ngo binafite ingaruka mbi ku muryango.
-
Ibisobanuro bya RSSB ku kongera umusanzu w’ubwizigamire ntibiragera ku nyota y’Abagenerwabikorwa
3 December 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru, Umuyobozi Mukuru wa RSSB, Minister Minecofin ndetse na Minister Mifotra bakomeje gusobanura ibijyanye no kuzamura imisanzu y’Ubwiteganyirize ikatwa ku mishahara y’Abakozi aho biteganyijwe ko igiye kwikuba izikuba kabili ndetse ikazagenda izamuka nyuma!
Umuryango.rw
Hagiye gusohoka Album ya nyuma ya Bizimungu Dieudonné wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubushinjacyaha bwajuririye imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be 20
Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika
M23 yanyomoje FARDC nyuma yo kwerekana uwo yise umusirikare wa RDF
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abari abakomiseri ba polisi
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
Ibisobanuro bya RSSB ku kongera umusanzu w’ubwizigamire ntibiragera ku nyota y’Abagenerwabikorwa