Mu gihe NESA ivuga ko abifuza guhindurirwa, bakajya biga bataha mu mashuri ya Leta cyangwa afashwa na Leta abegereye, bajya begera abakozi bayo baba bari kuri buri karere nyuma y’umunsi umwe amanota y’ibizamini atangajwe bagafashwa, ku rundi ruhande yemeza ko nta myanya iboneka mu mashuri y’abiga bacumbikirwa kuko yuzura ku ikubitiro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igisubizo cya NESA ku bibazo by’abanyeshuri badahabwa imyanya mu mashuri basabye
29 August 2024, by Joseph Iradukunda -
RDC: MONUSCO yashoboraga guhambirizwa yongejwe undi mwaka
21 December 2024, by Joseph IradukundaAkanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kuri uyu wa 20 Ukuboza 2024 kongereye ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) igihe cy’umwaka.
-
Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
17 July 2025, by ISIMBI EstellaInama yateranye kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C ku wa 27 Kamena 2025, bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’umuhuza.
-
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
3 November 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko nta basirikare barwo bari mu Murwa Mukuru wa Mozambique, Maputo, ko ahubwo bari mu Ntara ya Cabo Delgado aho bari mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba.
-
AMAFOTO Y’UMUNSI : Perezida Kagame yatemberejwe mu cyanya kibamo inyamaswa z’inkazi muri Zambia
5 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Zambia, yasuye icyanya gikomye cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe.
-
#TdRwanda:Restrepo yegukanye agace ka 3 kanyuze muri Nyungwe,Biniam ahita afata umwambaro w’umuhondo
25 February 2020, by Dusingizimana RemyUmunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan ukinira ikipe ya Androni Giocattoli – Sidermec yo mu Butaliyani ni we wegukanye Agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2020 kavaga Huye kerekeza I Rusizi ku ntera y’ibirometero 142.
-
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Ghana
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude, yakiriye mugenzi we wa Ghana Alban Sumana Kingsford Bagbin, uri mu Rwanda ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi.
-
Inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo muri Angola iraba uyu munsi
13 December 2019, by Dusingizimana RemyInama ya kabiri yo gushyira mu bikorwa amasezerano ya Luanda hagati y’abayobozi b’u Rwanda na Uganda iraba kuri uyu wa gatanu i Kampala nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa leta ya Uganda.
-
Ahavurirwa Covid-19 mu Rwanda huzuye kubera ubwiyongere bukabije bw’abandura
7 July 2021, by Dusingizimana RemyAbarwayi ba Covid-19 babaye benshi bituma ahantu havurirwaga abayirwaye hari harafunzwe hongera gufungurwa, ushinzwe ubuvuzi mu Rwanda avuga ko hose huzuye.
-
Polisi yaburiye abakoresha impushya bahawe ibitemewe n’abakomeje kwiyita abarwayi
25 July 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga ku kicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera Polisi yeretse itangazamakuru uwakoreshaga uruhushya yahawe na Polisi avana abantu mu Mujyi wa Kigali akabajyana mu Karere ka Bugesera.
Umuryango.rw
Igisubizo cya NESA ku bibazo by’abanyeshuri badahabwa imyanya mu mashuri basabye
RDC: MONUSCO yashoboraga guhambirizwa yongejwe undi mwaka
Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba abasirikare barwo bageze i Maputo
AMAFOTO Y’UMUNSI : Perezida Kagame yatemberejwe mu cyanya kibamo inyamaswa z’inkazi muri Zambia
Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Ghana
Ahavurirwa Covid-19 mu Rwanda huzuye kubera ubwiyongere bukabije bw’abandura
Polisi yaburiye abakoresha impushya bahawe ibitemewe n’abakomeje kwiyita abarwayi