Minisitiri w’Ubutegetsi wa UK,James Cleverly, yavuze ko Ubwongereza bugomba noneho "kugira vuba"bugatangira kohereza abimukira mu Rwanda nyuma y’amasezerano mashya yasinywe hagati y’izi mpande zombi uyu munsi,tariki ya 05 Ukuboza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda
5 December 2023 -
Madamu Jeanette Kagame yitabiriye marathon mpuzamahanga ya Kigali yitabiriwe n’ingeri zose z’abantu baturutse mu bihugu 55 byo hirya no hino ku isi[AMAFOTO]
16 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeanette Kagame, yifatanyije n’abagera ku bihumbi bine muri marathon mpuzamahanga ya Kigali igamije kwimakaza amahoro.
-
BADEA yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$
8 October 2025, by Brenda MIZEROBanki y’Abarabu y’Iterambere ry’Ubukungu muri Afurika (BADEA) yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$.
-
Musanze: Yasanzwe yapfuye munsi y’ikiraro gikunze guteza impanuka
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNgendahimana John w’imyaka 65 yasanzwe yapfiriye munsi y’ikiraro cyo mu Mudugudu wa Mukinga, Akagari ka Kamisave, Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, bikekwa ko yagize impanuka akagwa mu ijoro rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025.
-
Joseph Kabila yakatiwe urwo gupfa
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa 30 Nzeri 2025, rwakatiye Joseph Kabila Kabange igihano cy’urupfu.
-
Ibihembo cyitiriwe Nobel 2024 Cyahawe babiri bakora mu buvuzi
7 October 2024, by Joseph IradukundaIgihembwe cy’ibihembo Nobel 20024 cyatangiye kuri uyu wa mbere gihereye ku gihembo cy’ubuvuzi. Cyahawe Abanyamerika babiri Victor Ambros na Gary Ruvkun.
-
Ingengo y’Imari y’u Rwanda ya 2025/2026 iziyongeraho asaga miliyari 1200 Frw
8 May 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’Imari ya 2025/26 ari miliyari 7.032,5 Frw, aziyongeraho miliyari 1.216,1Frw ugereranyije na miliyari 5.816,4 Frw yo mu ngengo y’imari ivuguruye ya 2024/25.
-
RDC: Abanyarwandakazi mu bafashwe nyuma y’urupfu rw’umusirikare wa SANDF
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIIgisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyemeje urupfu rw’umusirikare wacyo warashwe akicirwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu cyumweru gishize, bigatuma umubare w’abasirikare bamaze gupfira muri iki gihugu ugera ku icumi muri uyu mwaka. Biravugwa ko hari abakekwa barimo Abanyarwandakazi batatu bamaze gufatwa.
-
Mugisha Moïse yasezeye muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
26 September 2025, by ISIMBI EstellaMugisha Moïse wari mu bakinnyi b’u Rwanda bazakina isiganwa ryo mu muhanda [Road Race] muri Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro cy’abagabo, yavuyemo kuko agiye kuvurwa "infection" mu menyo zatumye adashobora no kwitoza.
-
BDF yanenzwe kwemeza ingwate ku bahinzi igihembwe cy’ihinga cyarangiye
15 July 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) banenze Ikigega giteza imbere Imishinga mito n’Iciriritse (BDF) ko gitinda kwemeza inkunga y’ingwate by’umwihariko ku bakora ubuhinzi, bakazibona igihembwe cy’ihinga cyarangiye.
Umuryango.rw
Ubwongereza bwiyemeje kwihutisha cyane gahunda yo kuzana abimukira mu Rwanda
BADEA yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$
Musanze: Yasanzwe yapfuye munsi y’ikiraro gikunze guteza impanuka
Joseph Kabila yakatiwe urwo gupfa
Ibihembo cyitiriwe Nobel 2024 Cyahawe babiri bakora mu buvuzi
Ingengo y’Imari y’u Rwanda ya 2025/2026 iziyongeraho asaga miliyari 1200 Frw
RDC: Abanyarwandakazi mu bafashwe nyuma y’urupfu rw’umusirikare wa SANDF
Mugisha Moïse yasezeye muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
BDF yanenzwe kwemeza ingwate ku bahinzi igihembwe cy’ihinga cyarangiye