Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica impunzi y’umukongomani, Patrick Lyoya amurasiye mu mujyi wa Grand Rapids ubwo yari ahagaritswe na polisi ku itariki ya 4 Mata 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
USA: Impunzi y’Umukongomani yishwe irashwe
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yerekeje muri Mozambike mu muhango w’Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta y’iki gihugu n’abatavuga rumwe nayo
6 August 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari umutwe w’inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
UNHCR yashimiye u Rwanda rwakiriye impunzi zo muri Libya neza
27 September 2019, by Dusingizimana RemyIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR,ryashimiye u Rwanda kubera umutima mwiza rwagize wo kwakira impunzi zari mu kaga muri Libya aho abagera kuri 66 baraye bageze amahoro mu nkambi y’impunzi ya Gashora mu Bugesera.
-
“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestMiisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu ihuriro ngaruka mwaka ry’urubyiruko rwo muri Kiriziya Gaturika, ababwira ko u Rwanda nta wundi mu mutungo rufite uretse urubyiruko n’abaturage barwo muri rusange.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko rwaturutse muri Diyoseze icyenda, yagarutse ku ruhare rw’urubyiruko mu mateka y’u Rwanda, by’umwihariko uruhare rw’urubyiruko mu gusenya igihugu mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Nubwo kandi ku (…) -
Perezida Kagame n’umufasha we ’Jeanette Kagame’ bambitswe imidali y’ikirenga[AMAFOTO]
20 December 2018, by Martin MunezeroKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, i Abidjan muri Côte d’Ivoire, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambitswe imidali y’ikirenga na Perezida Alassane Ouattara.
-
FARDC yagaragaye mu mujyi wa Goma iri kumwe n’abo bivugwa ko ari abacancuro ba Wagner
6 January 2023, by Dusingizimana RemyAbacancuro b’Abarusiya bazwi ku izina rya Wagner bagaragaye batembera mu mujyi wa Goma bari kumwe n’ingabo za FARDC mu modoka.
Aba bacancuro bivugwa ko baje gufatanya n’igisirikare cya Congo, FARDC mu ntambara ihanganyemo n’umutwe wa M23 wayorotse.
Mu ifoto yacaracaye ku mbuga zitandukanye,indwanyi bivugwa ko ari izo mu itsinda rya Wagner zari mu modoka ifite ibirango bya DRC aho bivugwa ko zatemberezwaga umujyi wa Goma.
Mu butumwa buherutse gutangazwa na M23 ku wa Mbere tariki 02 (…) -
Ku ikubitiro 20% by’abanyarwanda nibo bazabanza gukingirwa Coronavirus
5 October 2020, by Martin MunezeroMinisitiri Ngamije avuga ko abo bantu bose iyo ubabaze usanga mu gihugu hose bajya kugera kuri 20% y’abaturarwanda igihugu kizaba gikeneye gukingira.
-
Minisitiri Sezibera yavuze uburyo abarwanyi b’umutwe wa FDLR bivugwa ko aribo barinzi ba Perezida Nkurunziza badashobora kuzana amahoro mu Burundi
2 May 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Richard Sezibera yavuze ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR badashobora kuzana amahoro mu Burundi kuko ngo icyo bashoboye ari ukwica gusa.
-
Rayon Sports yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023 kubera FERWAFA
8 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye mu gikombe cy’amahoro nyuma yo kubwirwa ko umukino wayo na Intare FC wari uyu munsi wimuriwe kuwa Gatanu.
Rayon Sports ntiyishimiye uburyo FERWAFA yabandikiye saa tatu n’igice ibamenyesha ko yasubitse uyu mukino kandi bari bamaze gufata urugendo rwerekeza kuri stade.
Perezida w’iyi kipe ya Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle,yabwiye abanyamakuru ko Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwanzuye ko busezeye mu mikino y’irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro cya (…) -
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Umuryango.rw
USA: Impunzi y’Umukongomani yishwe irashwe
FARDC yagaragaye mu mujyi wa Goma iri kumwe n’abo bivugwa ko ari abacancuro ba Wagner
Ku ikubitiro 20% by’abanyarwanda nibo bazabanza gukingirwa Coronavirus
Rayon Sports yikuye mu gikombe cy’Amahoro 2023 kubera FERWAFA