Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko Félicien Kabuga umaze igihe afungiye mu Buholandi agiye kongera kugaragara mu rukiko, mu rubanza aburanamo n’umushinjacyaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kabuga agiye kongera kugaragara mu rukiko
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Ibikorwa byabo ntibizibagirana!!! Abihaye Imana banze gutererana intama baragijwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
13 April 2023, by Dusingizimana RemyMu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora kwinjira ahera. Muri make batekerezaga ko nta bwicanyi bwahahinguka.
Ubuhamya n’ibimenyetso bifatika bishimangira ko icyizere Abatutsi bari bafitiye insengero cyaraje amasinde kuko harokokeye mbarwa, Kiliziya zuzura imirambo n’imivu y’amaraso.
Bamwe mu banyamadini n’amatorero nk’abapadiri, (…) -
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
12 January, by Brenda MIZEROUmujyi wa Kigali wagaragaje ko hamaze gukorwa inyigo y’ahazubakwa gare ya Nyabugogo, ariko usaba Komisiyo Ishinzwe Ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, kuwukorera ubuvugizi ku bijyanye n’uwo mushinga ukihutishwa kuko hari amasezerano agomba gushyirwaho umukono hagati ya Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi na Banki y’Isi.
-
Perezida Kagame yitabiriye umukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC
12 March, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yitabiriye umukino wa UEFA Champions League, Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatsinzemo Chelsea FC ibitego 5-2.
-
"Mubihindure cyangwa namwe muhindurwe"-Perezida Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
29 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano iremereye yo guhagararira abandi, bityo ko bagomba kwibuka ko ibyo bakora byose byitirirwa bo ubwabo n’abo bahagarariye babatoye.
Ibi Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabitangarije I Gishari,mu Karere ka Rwamagana,ubwo yasozaga amahugurwa y’abayobozi mu nzego z’ibanze.
Perezida yibukije abayobozi bashya n’abasanzwe mu nzego z’ibanze bitabiriye aya mahugurwa ko bagomba kugaragaza impinduka mu (…) -
Indege y’intambara ya RDC yavogereye ikirere cy’ u Rwanda
7 November 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda, ndetse igwa umwanya muto ku kibuga cy’indege cya Rubavu, mu Ntara y’Iburengerazuba.
Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko iyi ndege yaguye ku kibuga cya Rubavu saa tanu na makumyabiri za mu gitondo ihita ihaguruka isubira aho yaturutse.
Rivuga ko nta gikorwa cya Gisirikare ingabo z’u Rwanda zakoze mu gusubiza kuko iyi ndege (…) -
Imodoka zikoresha gaz Methane zishobora kwinjira mu Rwanda mu minsi iri imbere
5 November 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ruri kuganira na Kampani yo mu Burusiya ikora ikanacuruza bisi zikoresha Gaz Methane ngo bumvikane uko iyi kampani yakwagurira ibikorwa byayo mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’intumwa ya Zambia ku byavuzwe na Sankara
18 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Zambia, Joe Malanji,Kuwa Kane tariki 16 Nyakanga 2020, waje nk’intumwa ya perezida Edgar Lungu.
-
Davido yageze i Kigali [Amafoto]
5 December 2025, by Brenda MIZEROMu ijoro ryo ku wa 4-5 Ukuboza 2025 Davido yageze i Kigali, aho yitabiriye igitaramo cyo kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, kibera muri BK Arena kuri uyu wa 5 Ukuboza 2025.
-
Hari ibimenyetso bigaragaza uruhare rwa Kanziga muri Jenoside: Duclert yatengushywe n’ubutabera bw’u Bufaransa
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanga mu mateka Prof Vincent Duclert yagaragaje ko hari ibimenyetso bari gukusanya bigaragaza uruhare rwuzuye Agathe Kanziga Habyarimana yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umuryango.rw
Kabuga agiye kongera kugaragara mu rukiko
Ibikorwa byabo ntibizibagirana!!! Abihaye Imana banze gutererana intama baragijwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Bite by’umushinga wo kubaka gare ya Nyabugogo?
Perezida Kagame yitabiriye umukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC
"Mubihindure cyangwa namwe muhindurwe"-Perezida Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
Indege y’intambara ya RDC yavogereye ikirere cy’ u Rwanda
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’intumwa ya Zambia ku byavuzwe na Sankara
Davido yageze i Kigali [Amafoto]
Hari ibimenyetso bigaragaza uruhare rwa Kanziga muri Jenoside: Duclert yatengushywe n’ubutabera bw’u Bufaransa