Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Nyakanga 2020, RDF,yakoze umuhango wo gusezera ku basirikare 1449, harimo abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, abafite amasezerano yarangiye ndetse n’abafite uburwayi. Muri abo basirikare harimo aba Ofisiye bakuru 41.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDF yasezereye abasirikare 1039 basoje amasezerano abandi 410 bajya mu kiruhuko cy’izabukuru
7 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
15 October 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru batandukira amahame agenga umwuga wabo bagaca imanza mu nkuru batara cyangwa bakora, by’umwihariko izirebana n’ubutabera.
-
Jean Lambert Gatare witabye Imana yari muntu ki .? Dore ibyingenzi wamenya ku buzima bwe
22 March 2025, by ISIMBI EstellaJean Lambert Gatare ni izina riremereye cyane mu itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, yabereye benshi urugero ndetse ubuhanga bwe muri uyu mwuga nta muntu numwe wabushidkanyaho. Niwe wise umukinnyi w’umunya Brezile Ronaldo Fenomeno igifaru kubera imbaraga n’umuvuduko yagiraga mu kibuga. Jean Lambert yari umuhanga mu kogeza umupira ndetse no gucukumbura no gutangaza amakuru byumwihariko arebana n’imikino arinabyo abantu benshi bamumenye akora. Muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bintu (…)
-
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya, basaba ubuhungiro.
-
Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’ubwicanyi buri gukorerwa Abanyamulenge n’ibyerekeye kwemerera abana b’imyaka 15 kuboneza urubyaro
8 November 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo 2019, Perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru bo mu Rwanda no hirya no hino ku isi,muri Village urugwiro aho yasubije ibibazo bitandukanye birimo ibyerekeye ubwicanyi buri gukorerwa Abanyamulenge, icy’umushinga wa gari yamoshi,kuboneza urubyaro ku bana bafite imyaka 15 n’ibindi.
-
Uganda yiyemeje kurekura Abanyarwanda 130 mu cyumweru gitaha mu rwego rwo kunoza umubano n’u Rwanda
4 June 2020, by Dusingizimana RemyIntumwa zihagarariye Leta y’u Rwanda n’iya Uganda n’abahuza babiri barimo DRC na Angola,zongeye gusubukura ibiganiro byerekeye kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze imyaka utameze neza aho Uganda yiyemeje kurekura Abanyarwanda 130 bari bafungiye muri Uganda mu buryo butemewe n’amategeko.
-
Perezida Kagame yabajije Abayobozi barya ruswa impamvu bigereranya n’ikibi
23 March, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yabajije Abayobozi mu nzego zitandukanye impamvu bakomeje kurya ruswa bitwaje ko u Rwanda ruri ku kigero cyo hasi ku rwego Mpuzamahanga mu mitangire ya ruswa, ugereranyije n’ibindi bihugu; ababaza impamvu bakomeza kwisanisha n’ikibi.
-
Perezida Kagame yahishuye uko yafungiwe mu Bufaransa
22 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame ari mu bakada ba FPR Inkotanyi bifashishijwe mu gukusanya amakuru yashyizwe muri raporo ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Meteo Rwanda yaburiye abahinzi n’aborozi kubera ubushyuhe buteganyijwe mu mpeshyi
10 June 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyateguje ko amezi ya Kamena, Nyakanga na Kanama 2024 hateganyijwe ubushyuhe buri hejuru gato y’ikigero gisanzwe mu mpeshyi, aho buzagera kuri dogere celcius ziri hagati ya 22 na 32.
-
M23 yavuze ko itazarebera RDC iyirasaho ikica n’Abanyamulenge
4 March 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmuyobozi w’Umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa,uwo mutwe ayoboye utazarebera ubwicanyi bukorwa na Leta ya Congo by’umwihariko bukibasira abo mu bwoko bw’Abanyamalenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango.rw
RDF yasezereye abasirikare 1039 basoje amasezerano abandi 410 bajya mu kiruhuko cy’izabukuru
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
Jean Lambert Gatare witabye Imana yari muntu ki .? Dore ibyingenzi wamenya ku buzima bwe
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya
Perezida Kagame yabajije Abayobozi barya ruswa impamvu bigereranya n’ikibi
Meteo Rwanda yaburiye abahinzi n’aborozi kubera ubushyuhe buteganyijwe mu mpeshyi
M23 yavuze ko itazarebera RDC iyirasaho ikica n’Abanyamulenge