Eric Nkuba Shebandu alias Malembe wahoze ari umujyanama wihariye w’Umuyobozi w’ihuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka M23, Corneille Nangaa, yabwiye urukiko rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko atigeze abona Abanyarwanda mu mutwe wabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uwahoze ari umujyanama wa Nangaa yabwiye urukiko ko nta Munyarwanda yabonye muri AFC/M23
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Coronavirus: U Rwanda rwahagaritse kwitabira no kwakira amarushanwa mpuzamahanga mu mikino yose
14 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya siporo n’umuco yamaze gusubika amarushanwa yose amakipe y’u Rwanda yagombaga gukinira hanze kubera icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira ku isi yose.
-
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
Perezida Kagame yafunguye ikibuga cya Cricket cyubatswe i Gahanga-AMAFOTO
28 October 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda.
Umukuru w’Igihugu yifatanyije n’abaturage ba Kicukiro mu murenge wa Gahanga mu muganda usoza Ukwezi.Yabwiye abaturage ko bakwiye kwigira kuburyo azajya abasura azajya asanga hari aho bigejeje batera imbere.
Yagize ati ”Mubyo twubaka byose, tugomba gushyiraho akacu, abashaka ko dufatanya bagasanga (…) -
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
Gakenke: RIB yafunze Gitifu w’umurenge nabo bari kumwe bagaragaye bahondagura umumotari
6 July 2021, by Dusingizimana RemyRIB yafunze Hakuzimana Valens, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo mu Karere ka Gekenke n’abandi bari kumwe bagaragaye ku mashusho ku mbuga nkoranyambaga bakubita umumotari wari utwaye imizigo i Kigali binyuranyije n’amabwiriza ya guma mu Karere mu rwego rwo kwirinda COVID-19.
Mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje,uyu mumotari wari utwaye imizigo agera ahari uyu gitifu n’abakorerabushake bashinzwe kurinda ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza yo kwirinda (…) -
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia
18 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatambukije ubutumwa bufata mu mugongo Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Dr. Abiy Ahmed, nyuma y’urupfu rwa se umubyara rwabaye ejo ku wa mbere.
-
Perezida Kagame yashimye ibikorwa Ingabo z’Igihugu zakoze muri uyu mwaka
28 December 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye ibikorwa ingabo z’igihugu zakoze muri uyu mwaka wa 2019 turi gusoza, ku ruhare rukomeye zagize mukubungabunga amahoro haba mu gihugu nderse no mu mahanga.
-
Busingye yababajwe no gusezererwa kw’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi,Mushikiwabo we aramwenyura
12 December 2022, by Dusingizimana RemyAmbasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yagaragaje agahinda yatewe n’isezererwa ry’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi cya 2022 kiri kubera muri Qatar mu gihe Umunyamabanga mukuru wa OIF,Louise Mushikiwabo we yabyiniraga ku rukoma kubera Maroc n’Ubufaransa bageze 1/2.
Abinyujije kur Twitter,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yateye urwenya asaba akaruhuko, kuko ibihugu binyamuryango byari bimaze kugera (…) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yagaragaye ari kuganira na Visi perezida wa mbere w’Uburundi
3 February 2019, by Dusingizimana RemyIbitangazamakuru bitandukanye muri aka karere bikomeje kwibaza icyo perezida Paul Kagame w’ u Rwanda yarimo aganira na visi perezida w’u Burundi Gaston Sindimwo,kandi ibi bihugu byombi bitabanye neza muri iyi minsi.
Umuryango.rw
Uwahoze ari umujyanama wa Nangaa yabwiye urukiko ko nta Munyarwanda yabonye muri AFC/M23
Gakenke: RIB yafunze Gitifu w’umurenge nabo bari kumwe bagaragaye bahondagura umumotari
Busingye yababajwe no gusezererwa kw’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi,Mushikiwabo we aramwenyura