Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya,ubu akaba ari umuhuza mukuru mu biganiro byo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Kongo yakoranye inama n’uyoboye abarwanyi ba M23, hamwe n’uyoboye igisata cya politike n’igisirikare muri M23.
Itangazo umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC,wasohoye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, risobanura ko ibiganiro hagati y’abayobozi ba M23 na Kenyatta byari bigamije kurebera hamwe uko amahoro yaboneka muri Kongo, cyane cyane mu burasirazuba bw’icyo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
13 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Busingye yibukije Uganda ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda
30 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda nyuma y’aho ikinyamakuru New Vision kibogamiye kuri Leta ya Uganda cyatangaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yabonanye na Kizza Besigye nama i New York.
-
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
23 December 2022, by Dusingizimana RemyKu isaha ya saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu I Kibumba,muri RDC,Umutwe wa M23 urashyikiriza ibirindiro byayo biri muri ako gace ingabo z’umutwe wa EACRF,uhuriweho mu kubungabunga amahoro.
Uyu mutwe wa M23 ukomeje kugaragaza ko ufite ubushake bwo kugarura amahoro muri RD Congo nubwo uvuga ko ingabo za Leta FARDC zikomeje kuwugabaho ibitero.
Mu itangazo M23 ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa M23 kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukuboza 2022,bafashe icyemezo nyuma yo kugirana inama n’ingabo za (…) -
Perezida Kagame ari muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we Abdelmadjid Tebboune.
-
Cucuri niwe uzakiranura Rayon na Kiyovu bamaze gukomeza ubukeba
1 November 2024, by Joseph IradukundaUmusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Jean Claude uzwi ku izina rya “Cucuri”, yahawe kuzayobora umukino w’abakeba, uzahuza Rayon Sports na Kiyovu Sports.
-
Guverinoma yashyizeho amategeko mashya mu byerekeye gutwara abagenzi
1 December 2023Guverinoma yashoye miliyari 20 z’amafaranga y’u Rwanda mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange nk’imwe mu ngamba zigenewe gukemura ikibazo cy’ibura rya bisi n’imirongo miremire yagaragaraga muri za gare zo mu Mujyi wa Kigali.
-
Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo
15 January 2023, by Dusingizimana RemyIndege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 40 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga.
Indege ya Yeti Airlines yari ivuye ku murwa mukuru Kathmandu yerekeza mu mujyi w’ubukerarugendo wa Pokhara yaguye irimo kururuka, ihita ifatwa n’umuriro.
Amashusho yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana indege igurukira hasi cyane hejuru y’ahantu hatuwe mbere yo kwiyesura hasi.
Yari irimo abagenzi 68, barimo abanyamahanga (…) -
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama ya 31 isanzwe ya AU
30 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame, akaba n’Umukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yageze i Nouakchott ho muri Repubulika ya Kiyisilamu ya Mauritania aho azayobora Inama ya 31 Isanzwe y’Ihuriro ry’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
-
Perezida Museveni yahaye ubutumwa bukomeye intumwa za Tshisekedi zamusuye zije kumuregera u Rwanda
15 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Tshisekedi wa RDC yohereje intumwa kuri Perezida Museveni kumusaba ko yagira uruhare mu kumufasha gukemura ikibazo cya M23 yemeza ko iterwa inkunga n’u Rwanda.
Ubwo izi ntumwa zakirwaga na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Alexis Gisaro wari uzihagarariye, yamubwiye ku kibazo cy’umutekano muke cyugarije Igihugu cyabo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri guterwa n’umutwe wa M23.
Nkuko UBC ibitangaza, Alexis Gisaro yongeye gushimangira ko uyu mutwe wa M23 ufashwa (…) -
Abenshi mu bari kwandura Covid-19 mu Rwanda bari gusanganwa ubwoko bwa Omicron
31 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije yatangaje ko abari gusangwamo ubwandu bwa COVID-19 mu Rwanda, abenshi ari abafite ubwoko bwa Omicron buteye impungenge kubera uburyo bukwirakwira byihuse.
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Ngamije Daniel yabwiye Abanyamakuru ko icyorezo cya Covid-19, cyamaze gufata intera iri hejuru cyane ndetse mu gihe hatabaho ubwirinzi no gufata inkingo kw’Abaturarwanda bishobora kuba bibi kurushaho.
Dr Ngamije Daniel yagize ati “Dusesenguye turabona ko twageze mu (…)
Umuryango.rw
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
Perezida Kagame ari muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we
Cucuri niwe uzakiranura Rayon na Kiyovu bamaze gukomeza ubukeba
Guverinoma yashyizeho amategeko mashya mu byerekeye gutwara abagenzi
Nepal: Indege yari irimo abantu 72 yahanutse yica benshi muri bo
Perezida Museveni yahaye ubutumwa bukomeye intumwa za Tshisekedi zamusuye zije kumuregera u Rwanda
Abenshi mu bari kwandura Covid-19 mu Rwanda bari gusanganwa ubwoko bwa Omicron