Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2024, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagize Mukantaganzwa Domitilla Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, asimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo, mu gihe Hitiyaremye Alphonse yagizwe Visi Perezida w’urwo rukiko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagize Mukantaganzwa Domitilla Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
3 December 2024, by Joseph Iradukunda -
"Ntituzemera ko hari uduhitiramo uko tubaho"-Perezida Kagame
7 April 2023, by Dusingizimana RemyMu butumwa yatanze atangiza Icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi,Perezida Kagame yavuze ko abanyarwanda bize byinshi ku mateka mabi yaranze u Rwanda ku buryo ntawe ukwiye kubigisha uko babaho ubuzima bwabo muri iki gihe.
Perezida Kagame yatangiye avuga ko uyu munsi u Rwanda rwibuka ibitambo bigikomeza by’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse n’abahitanwe nayo
Yakomeje avuga ko akaga u Rwanda rwaciyemo karwigishije byinshi ku buryo ntawe ukwiye kugena (…) -
Perezida Kagame na mugenzi we wa Qatar baganiriye banakurikirana isinywa amasezerano atatu
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije inyungu z’ ibihugu byombi.
-
Uwishe uwarokotse Jenoside yavuze icyatumye anamuca umutwe
20 November 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuye ko aho iperereza rigeze ryerekanye ko Nziza wiyemerera ko yishe Nduwamungu Pauline, wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amuciye umutwe yabikoze kugira ngo atazamenyakana.
-
Intambara ku musi wa 18: ‘Uturere hafi ya twose twa Ukraine’ twumvikanyemo amabombe
13 March 2022, by Dusingizimana RemyAmabombe yatewe n’Uburusiya mu mijyi ya Severodonetsk na Rubizhne mu ntara ya Luhansk yasenye inyubako zitari nke anatuma haduka umuriro, nk’uko bivugwa n’ikigo cy’ubutabazi cya Ukraine, State Emergency Service (SES).
Inzu zigera kuri 60, harimo n’iz’abigenga, zatewe amabombe mu ijoro ryakeye, ariko ibyangijwe byose bikaba bitaramenyekana nk’uko bivugwa na leta.
SES yanditse ku rubuga rwa Instagram iti: "Umwanzi ntazasenya intara ya Luhansk.Dukomeze urugamba! byose bizaba ibya Ukraine". (…) -
Uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryagenze muri rusange ku mugabane w’I Burayi
6 October 2020, by Dusingizimana RemyAmakipe ya Premier League mu Bwongereza muri iyi mpeshyi yashoye imari iri munsi gato y’iyo yashoraga mu myaka ishize mu kugura abakinnyi, ariko aracyaruta cyane ay’izindi shampiyona zikomeye i Burayi.
-
Emir wa Qatar ategerejwe mu Rwanda
20 November 2025, by ISIMBI EstellaEmir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi.
-
Ideni rya Afurika ryageze kuri tiriyoni $1.8 – AU isaba ivugururwa ry’ubukungu ku rwego rw’Isi
12 November 2025, by Brenda MIZEROUmugabane wa Afurika uri mu bibazo bikomeye by’imyenda, aho raporo nshya yagaragaje ko ubwiyongere bw’amadeni bwageze kuri tiriyoni 1.8 z’amadolari ya Amerika, bingana hafi na bibiri bya gatatu (2/3) by’umusaruro mbumbe wose w’uyu mugabane (GDP).
-
M23 yashinje ingabo za SADC kugaba ibitero i Goma, izisaba guhita zitaha
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wasabye ingabo za SADC ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuhava by’ako kanya, nyuma yo guzishinja kugira uruhare mu bitero biri kugabwa ku mujyi wa Goma.
-
Rusizi: Inama njyanama yasabye ibisobanuro Meya ku ibaruwa ishinyagurira abarokotse Jenoside ashinjwa
11 March 2024, by Dusingizimana RemyInama njyanama y’akarere ka Rusizi yandikiye Meya, Dr.Kibiriga Anicet,imusaba ubusobanuro ku butumwa bushinyagurira abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi ivuga ko bukunze kumuranga.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagize Mukantaganzwa Domitilla Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
"Ntituzemera ko hari uduhitiramo uko tubaho"-Perezida Kagame
Uwishe uwarokotse Jenoside yavuze icyatumye anamuca umutwe
Intambara ku musi wa 18: ‘Uturere hafi ya twose twa Ukraine’ twumvikanyemo amabombe
Uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryagenze muri rusange ku mugabane w’I Burayi
Emir wa Qatar ategerejwe mu Rwanda
Ideni rya Afurika ryageze kuri tiriyoni $1.8 – AU isaba ivugururwa ry’ubukungu ku rwego rw’Isi
M23 yashinje ingabo za SADC kugaba ibitero i Goma, izisaba guhita zitaha
Rusizi: Inama njyanama yasabye ibisobanuro Meya ku ibaruwa ishinyagurira abarokotse Jenoside ashinjwa