Nyakubahwa perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’Umunyamakuru wa CNN,John King,bahuriye mu nama yari yahuje abayobozi batandukanye bayobora amakipe akina shampiyona ikomeye kurusha izindi ku isi muri Basketball,NBA.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze uko u Rwanda rwasenywe na Jenoside rwiyubatse cyane mu nama y’abayobozi b’amakipe akina NBA yitabiriye [AMAFOTO]
12 April 2019, by Dusingizimana Remy -
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi byagiranye, agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Amerika: Kamala ntakozwa ibyo kuganira na Donald Trump
4 August 2024, by EmmyNyuma yaho Donald Trump yanze kubahiriza gahunda y’ikiganiro mpaka yari yagiranye na Kamala Harris, ubu nawe yamaze gutangaza ko atazitabira icyo yamutumiyemo kuri Fox News.
-
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
1 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo gishinzwe ubuzima,RBC,cyatangaje ko guhera ejo tariki ya 02 Nyakanga kizatangiza gahunda nshya yo gusuzuma COVID-19 ku bagenda mu mihanda imwe n’imwe yatoranyijwe mu Mujyi wa Kigali.
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bakoze isengesho ryo gusoza igisibo bubahirije amabwiriza yo kwirinda Covid-19 [AMAFOTO]
13 May 2021, by Dusingizimana RemyHirya no hino mu Gihugu, Abayislamu baramukiye mu isengesho ryo kwizihiza Umunsi mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan. Ni isengesho ryabaye hubahirizwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Nubwo umwaka ushize batabashije gukora iri sengesho bari kumwe kubera ko icyorezo cya Covid-19 cyari kimeze nabi mu Rwanda,kuri uyu wa Kane babashije guhurira kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo n’ahandi hose mu gihugu bakora iri sengesho ryo gusoza igisibo.
Mufti (…) -
Conakry yatangije ikoranabunga ryakorewe mu Rwanda mu gutanga amasoko ya Leta
15 November 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Guinée Conakry yamuritse Telemo, sisitemu nshya yo gutanga amasoko ya Leta hifashishijwe ikoranabuhanga (e-procurement) yakorewe mu Rwanda.
Umuryango.rw
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
Amerika: Kamala ntakozwa ibyo kuganira na Donald Trump
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
Conakry yatangije ikoranabunga ryakorewe mu Rwanda mu gutanga amasoko ya Leta