Inzego z’umutekano za Sudani y’Epfo zaraye zitaye muri yombi Visi-Perezida wa mbere w’iki gihugu, Riek Machar.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Riek Machar yatawe muri yombi
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bo mu karere icyabafasha guhangana n’ingaruka za Covid-19
7 October 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yitabiriye inama yamuhuje na bagenzi be bo muri aka karere yatumijwe na Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi mu kwezi gushize ariko ikabanza gukomwa mu nkokora na Covid-19.
-
Corneille Nangaa yahinduye Abanye-Congo bose abanyamuryango ba AFC/M23
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko Abanye-Congo bose ari abanyamuryango baryo.
-
Gen. Makenga yasuye ku ikosi abasirikare ba FARDC bishyikirije M23
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yasuye abasirikare bo mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu kwezi gushize bishyikirije uriya mutwe.
-
Ba rwiyemezamirimo bacunga za Postes de sante barataka igihombo
20 June 2024, by UbwanditsiImicungire itanoze y’amavuliro y’ibanze yegerejwe abaturage (Postes de Santé), kwishyurwa nabi, ibiciro bavuririraho bitajyanye n’igihe,ubuke n’ubushobozi buke bw’abakozi, ibyo ni bimwe mu bitungwa agatoki ku bidindiza imitangire myiza ya serivisi muri ariya mavuliro. Ni mu gihe abantu barenga miliyoni eshanu aribo biyambaza serivisi z’ubuvuzi zitangwa na za Postes de Santé hirya no hino mu gihugu.
-
Inama y’Abaminisitiri yongereye umushahara wa mwalimu na manda ya Guverineri Rwangombwa irongerwa
29 January 2019, by UbwanditsiInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo byayifatiwemo
-
Covid-19: Umuntu wa 12 yahitanwe na Covid-19 mu Rwanda handura abandi 200
23 August 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 23 Kanama 2020, mu Rwanda hapfuye umuntu wa 12 wahitanywe na Covid-19.Uyu akaba ari umubyeyi w’imyaka 71 y’amavuko.
-
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
14 July 2024, by EmmyNyuma y’imyaka 19, kuri uyu wa 13 Nyakanaga 2024 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hongeye kumvikana inkuru ishitura umutima y’igitero ku munyapolitiki wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu
-
Mu Rwanda hagiye gutangira gupimwa DNA z’umwana ukiri mu nda
26 January, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera, Lt Col (Rtd) Dr. Charles Karangwa, yavuze ko iki kigo kiri mu nyigo yo gutangira gupima uturemangingo ndangasano (DNA test) ku mwana utaravuka (ukiri mu nda ya nyina) hifashishijwe ikoranabuhanga rizwi nka NGS (Next Generation Sequencing).
-
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yageze mu Rwanda
22 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ingabo z’iki gihugu zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’umunsi umwe.
Yazanye ubutumwa bwa papa we, perezida Museveni. Arabonana na perezida Kagame nyuma ya saa sita zo kuri uyu wa Gatandatu.
Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba,aheruka kunyuza kuri Twitter ubutumwa yihaniza abari muri Uganda bose barwanya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Muri ubwo butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter (…)
Umuryango.rw
Riek Machar yatawe muri yombi
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bo mu karere icyabafasha guhangana n’ingaruka za Covid-19
Corneille Nangaa yahinduye Abanye-Congo bose abanyamuryango ba AFC/M23
Gen. Makenga yasuye ku ikosi abasirikare ba FARDC bishyikirije M23
Ba rwiyemezamirimo bacunga za Postes de sante barataka igihombo
Covid-19: Umuntu wa 12 yahitanwe na Covid-19 mu Rwanda handura abandi 200
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
Mu Rwanda hagiye gutangira gupimwa DNA z’umwana ukiri mu nda
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Museveni yageze mu Rwanda