Perezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Uwamariya Valentine na Gasana Alfred.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
21 October 2025, by Brenda MIZERO -
Abashinwa bahaye u Rwanda ibikoresho byitezweho gukemura ibibazo by’ ubutaka n’ amazi
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cya siyansi cyo mu gihugu cy’ Ubushinwa cyahaye ikigo gikora ubushakashatsi mu karere u Rwanda ruherereyemo ibikoresho by’ ubushakashatsi byitezweho gukemura ibibazo by’ amazi n’ ibibazo bijyanye n’ ubutaka.
Ibi bikoresho bifite agaciro ka miliyoni 300 z’ amafaranga y’ u Rwanda byashyikirijwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya UNILAK, Dr Ngamije Jean kuri uyu wa Kabili tariki 24 Ukwakira 2017.
Kaminuza ya UNILAK isanzwe ifitanye umubano n’ Ikigo cyo mu Bushinwa kitwa Xinjing institute (…) -
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo
3 April 2023Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke ,baravuga ko aka Gakiriro gafite ibibazo birimo kuba nta muhamda muzima uhagera bigatuma ibihakorerwa bitabona uko bigera ku baguzi,ibintu bavuga ko ari imbogamizi kuri bo.
Sicyo kibazo cyonyine cyugarije abakorera muri aka gakiriro kuko gafite n’ikibazo cy’imireko yatobaguritse ,bigatuma iyo imvura iguye kava,ibikorwa byabo bikangirika.
Ntakirutimana Theogene aganira na Umuryango.rw yavuze ko ari ikibazo gikomeye kuri bo
Ati:"Aha kugira ngo imodoka (…) -
U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda
22 March 2024, by Dusingizimana RemyKu wa Kane,tariki 21 Werurwe 2024,abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola nk’umuhuza, aho baganiriye ku bibazo by’umutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006
12 May 2022, by Dusingizimana RemyProtais Mpiranya washakishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) byemejwe ko yapfuye tariki 5 Ukwakira 2006 i Harare muri Zimbabwe.
Mpiranya yari uwa nyuma ku isonga ry’abashakishwaga bari barakorewe impapuro z’ibirego n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR).
Umushinjacyaha mukuru wa IRMCT Serge Brammertz yagize ati "Kumenya amakuru nyakuri y’uwashakishwaga wa nyuma ukomeye -Protais Mpiranya- ni intambwe ikomeye mu bikorwa byacu byo (…) -
Rashid yahakanye ibyaha byose arengwa anavuga ko yakorewe iyicarubozo ryo mu mutwe
17 November 2021, by Dusingizimana RemyUmugabo uzwi uzwi kuri channel zinyuranye za YouTube no ku ye bwite Rashid TV aho yatangaga ibitekerezo bitavugwaho rumwe, yahakanye ibyaha bine aregwa birimo gutangaza ibihuha.
-
"Kuba umukinnyi mwiza nta kinyabupfura ni ibintu bitandukanye"-Lomami avuga kuri Youssef wirukanwe
16 January 2022, by Dusingizimana RemyUmutoza w’Agateganyo wa Rayon Sports, Lomami Marcel, yavuze ko icyuho cya Youssef Rharb cyagaragaye mu mukino banganyijemo na Musanze FC ubusa ku busa ku wa Gatandatu, ariko yongeraho ko kuba umukinnyi mwiza ariko ukagira ikinyabupfura gike ari ibintu bitandukanye.
Rayon Sports yakinnye uyu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiyona idafite Abanya-Maroc Youssef Rharb na Ayoub Ait Lahssaine bagomba gusubira muri Raja Casablanca yari yabatije.
Nyuma y’uyu mukino wabereye i Nyamirambo, Umutoza (…) -
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni
17 January 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Mutarama 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Ambasaderi wa Uganda mu Muryango w’Abibumbye Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni.
Muri iki gihe hakomeje kunugwanugwa ko mu bihe bya vuba hagiye gusubukurwa ibuganiro byo kuzahura umubano hagati y’u Rwanda na (…) -
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
-
Abacanshuro ba Blackwater bazarusyaho imbere ya M23?
22 October 2025, by ISIMBI EstellaByari bimeze nka filime mu mpera za Mutarama 2025 ubwo Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Lt Col Willy Ngoma, yatonganyaga abacanshuro b’Abanyaburayi biganjemo abaturutse muri Romanie, abagaragariza ko bakoze ikosa rikomeye ryo kwemera gukoreshwa na Perezida Félix Tshisekedi mu bikorwa byo kwica Abanye-Congo baharanira uburenganzira bwabo.
Umuryango.rw
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo
U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006
Rashid yahakanye ibyaha byose arengwa anavuga ko yakorewe iyicarubozo ryo mu mutwe
"Kuba umukinnyi mwiza nta kinyabupfura ni ibintu bitandukanye"-Lomami avuga kuri Youssef wirukanwe
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni
Abacanshuro ba Blackwater bazarusyaho imbere ya M23?