Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo Lt Col Patrick Nyirishema na Lt Col Regis Francis Gatarayiha, abaha ipeti rya Colonel.
Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Nzeri 2021, binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ingabo z’u Rwanda, RDF.
Iri tangazo rivuga ko abasirikare batanu bari bafite ipeti rya Lieutenant Colonel bahawe irya Colonel. Abo ni Lieutenant Colonel Regis Francis Gatarayiha, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahaye abasirikare 5 ipeti rya Colonel
10 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashimiye Arsenal yegukanye FA Cup ayisaba kwiha intego zisumbuyeho
1 August 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yishimiye ko ikipe afana ya Arsenal yegukanye igikombe cya FA Cup ku nshuro ya 14 itsinze Chelsea FC ibitego 2-1,ayisaba gushyiramo imbaraga ikegukana ibikombe bikomeye kurushaho.
-
UBUHAMYA: Bamporiki yanze gukina filime muri Hollywood kubera inzozi yabyirukanye
20 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ itorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki avuga ko yakuranye inzozi zo kuzasiga inkuru nziza nubwo yavutse mu muryango ufite amateka atari meza. Ibi ngo nibyo byatumye yanga gukina filime muri Amerika ubwo bari babimusabye anabona ko bizamwinjiriza amafaranga menshi.
Bamporiki avuga ko yageze I Kigali akabwira abantu ko azaba umuyobozi, abo bantu kuko bari bazi aho avuka bakabipinga. Gusa ngo kuba abo bantu baranze kwemera ibyo ababwiye ntabwo byamuciye intege kuko yari afite (…) -
“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi
2 December 2025, by Brenda MIZEROKuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange bigizwemo uruhare n’Ikigo cya Leta cya Ecofleet Solutions.
-
Perezida Kagame yagaragaje ikintu kimwe RDC yakora amahoro arambye akaboneka mu Burasirazuba bwa Congo
28 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko igihugu cya RDC kidasabwa byinshi ngo kigarure amahoro mu Burasirazuba bwacyo ko ahubwo abayobozi b’iki gihugu bashyize umuhate mu gukemura ibibazo aho kubigereka ku bandi byatanga umusaruro urambye
Ibi yabigarutseho mu kiganiro kirekire yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan,ku wa 17 Mutarama 2023, muri Village Urugwiro.
Yavuye imuzi ibibazo by’umutekano muke muri RDC ndetse n’icyakorwa ngo umutekano urambye ugaruke mu burasirazuba bwa (…) -
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
28 May 2024, by Dusingizimana RemyHakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu,ushaka kwiyamamariza kuba Perezida, avuga ko natsinda umukandida wa FPR INKOTANYI bahanganye, hari umwanya yamuteganyirije.
-
Umuhanda Kigali – Gatuna wongeye kwangirika
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko umuhanda Kigali- Gatuna wangijwe n’ inkangu mu karere ka Gicumbi u Rwanda rukawusana mu maguru mashya ukongera kuba nyabangenda uyu muhanda wongeye kwangirikira muri Uganda mu karere ka Kabale.
-
Abituje mu manegeka batekereza ko bazimurwa bahawe ingurane bahebe- MINEMA
8 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), Maj Gen(Rtd) Albert Murasira, asaba abatuye ahabashyira mu byago bose kwibwiriza bakahava badategereje ingurane, cyane ku bantu bituje mu manegeka cyangwa abafite ubushobozi barimo n’abafatiye ubwishingizi inzu zabo.
-
Perezida Kagame ni umwe bitabiriye irahira rya Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe
26 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) yitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa uherutse gutsinda amatora n’amajwi 50.8%.
-
‘Nyakubahwa twarayivuze, twarayirangije ...ntawe nzarenganya natanyita nyakubahwa’ Perezida Kagame
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe umwanya wo kugira icyo bavuga bakagabanya za nyakubahwa.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2017 ubwo yasozaga umushyikirano wa 15.
Muri rusange Perezida Kagame yashimye uburyo umushyikirano wagenze ashima abawitabiriye n’ abawutanzemo ibitekerezo gusa asaba ko umuco wo kuzarira mu magambo wahinduka umuntu akajya atanga igitekerezo arashe ku (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahaye abasirikare 5 ipeti rya Colonel
Perezida Kagame yashimiye Arsenal yegukanye FA Cup ayisaba kwiha intego zisumbuyeho
“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi
Perezida Kagame yagaragaje ikintu kimwe RDC yakora amahoro arambye akaboneka mu Burasirazuba bwa Congo
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
Abituje mu manegeka batekereza ko bazimurwa bahawe ingurane bahebe- MINEMA