Mu biganiro n’abanyamakuru byo muri White House birebana n’umugabane wa Afurika ntihaburamo umugore uhorana inyota yo kubaza ibibazo. Kuri bamwe, Hariana Verás Victória agaragara nk’impirimbanyi ariko bakamunengera bikomeye ko yifashisha uyu muhate mu gukwirakwiza icengezamatwara ry’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hariana Verás, Umunyamakuru wiyambuye ubunyamwuga, agahinduka igikoresho cya Tshisekedi
7 February, by ISIMBI Estella -
Abanyarwanda 9 barimo n’abayobozi ba ADEPR bakiriwe ku mupaka wa Kagitumba baranegekaye
3 April 2021, by Dusingizimana RemyKu mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu hakiriwe abandi Banyarwanda 9 bari bamaze igihe bafungiye muri gereza zitandukanye z’igihugu cya Uganda.
-
RDF yahaye inkunga y’ibikoresho abanyeshuri basanga 800 i Juba
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zishinzwe kubungabinga amahoro z’u Rwanda (Batayo ya 89 Mechanised Inf Battalion) zibarizwa mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zatanze ibikoresho bitandukanye by’ishuri ku banyeshuri barenga 800 bo mu ishuri rya gikirisitu rya Jebel i Ruri Payam muri Leta ya Central Equatorial i Juba.
-
Urukiko rwo muri Kenya rwanze ko ukekwaho uruhare muri Jenoside yoherezwa mu Rwanda
14 October 2025, by Brenda MIZEROUrukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya rwatesheje agaciro umwanzuro wambura Ntarwanda Célestin icyemezo cy’ubuhunzi, wari gutuma yoherezwa mu Rwanda kugira ngo akurikiranyweho uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Rayon Sports yanganyije na Muanze itangira kurinda APR FC bahanganiye Igikombe
10 February 2025, by Joseph IradukundaMu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona, Rayon Sports yanganyije na Musanze FC ibitego 2-2, ikinyuranyo cy’amanota yarushaga ikipe y’Ingabo, gitangira kuganyuka.
-
Hagiye gufungurwa inzira z’ubufatanye mu bibyara inyungu - Minisitiri Nduhungirehe uri muri Pakistan
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko uruzinduko arimo muri Pakistan rugaragaza intambwe ikomeye mu gushimangira umubano mu bya dipolomasi hagati y’ibihugu byombi.
-
M23 yateguje ingamba zikomeye nyuma y’uko ubutegetsi bwa RDC bwishe abantu 10 bo mu bice igenzura
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ryatangaje ko ku itegeko ry’ubutegetsi bwa Kinshasa abagizi ba nabi, bishe abantu 10 bo mu muryango umwe barimo abana n’abagore, igaragaza ko itazakomeza kwihanganira ibikorwa bibisha nk’ibyo ndetse ko igiye gushyiraho ingamba zikomeye zikumira bene ubwo bwicanyi.
-
Amayeri ya FDLR nyuma yo gutsindirwa hafi ya Goma
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wagerageje kwiyoberanya kenshi kugira ngo urebe ko wamara kabiri, ariko ntibyawuhira kuko raporo zitandukanye zakomeje guhishura amayeri yawo.
-
Perezida Kagame yasabye Minisante na Polisi guhagurukira mu maguru mashya ikibazo cyo KWITUKUZA
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko ikibazo cyo kwihindura uruhu ‘KWITUKUZA’ Minisiteri y’ Ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bagihagurukira kuko bifite ingaruka ku buzima.
-
Imirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo bapfiriye muri RDC ntiragera mu gihugu
12 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAImirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo 14 bapfiriye mu mirwano yabereye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iracyari muri Uganda, gusa biteganyijwe ko ishobora gukurwa muri iki gihugu kuri uyu wa 12 Gashyantare 2025.
Umuryango.rw
Hariana Verás, Umunyamakuru wiyambuye ubunyamwuga, agahinduka igikoresho cya Tshisekedi
RDF yahaye inkunga y’ibikoresho abanyeshuri basanga 800 i Juba
Urukiko rwo muri Kenya rwanze ko ukekwaho uruhare muri Jenoside yoherezwa mu Rwanda
Rayon Sports yanganyije na Muanze itangira kurinda APR FC bahanganiye Igikombe
Hagiye gufungurwa inzira z’ubufatanye mu bibyara inyungu - Minisitiri Nduhungirehe uri muri Pakistan
M23 yateguje ingamba zikomeye nyuma y’uko ubutegetsi bwa RDC bwishe abantu 10 bo mu bice igenzura
Amayeri ya FDLR nyuma yo gutsindirwa hafi ya Goma
Imirambo y’abasirikare ba Afurika y’Epfo bapfiriye muri RDC ntiragera mu gihugu