Papa Francis yatanze uruhushya ko Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo agirwa umuhire, intambwe ya mbere muri Kiliziya Gatolika yerekeza ku kugirwa umutagatifu, nkuko bitangazwa n’urubuga rw’amakuru rwa Vatikani.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma
27 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Impunzi z’abakongomani zikomeje kwisuka mu Rwanda kubera ubwoba bw’ibizava mu matora
7 January 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage benshi bakomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo batangiye kuzinga utwangushye bahungira mu Rwanda kubera ko batewe ubwoba n’ibizava mu matora ya perezida wa Repubulika aheruka kuba ku wa 30 Ukuboza umwaka ushize.
-
Perezida Kagame yavuze uko u Rwanda rwasenywe na Jenoside rwiyubatse cyane mu nama y’abayobozi b’amakipe akina NBA yitabiriye [AMAFOTO]
12 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yaraye agiranye ikiganiro n’Umunyamakuru wa CNN,John King,bahuriye mu nama yari yahuje abayobozi batandukanye bayobora amakipe akina shampiyona ikomeye kurusha izindi ku isi muri Basketball,NBA.
-
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi byagiranye, agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Amerika: Kamala ntakozwa ibyo kuganira na Donald Trump
4 August 2024, by EmmyNyuma yaho Donald Trump yanze kubahiriza gahunda y’ikiganiro mpaka yari yagiranye na Kamala Harris, ubu nawe yamaze gutangaza ko atazitabira icyo yamutumiyemo kuri Fox News.
-
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
Umuryango.rw
Papa agiye kugira umuhire Floribert Bwana Chui uvuka i Goma
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC
Amerika: Kamala ntakozwa ibyo kuganira na Donald Trump
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994