Abagize Sena y’u Rwanda bemeje abakomiseri 8 baherutse kugenwa n’Inama y’Abaminisitiri, ko bajya muri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), bakaba barimo 7 bari basanzwemo biyongeraho Habimana Kizito utari usanzwe muri iyo Komisiyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abagize Sena y’u Rwanda bemeje abakomiseri ba komisiyo y’igihugu y’amatora
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame Yakomoje Ku Kibazo Cy’Imanza Zitinda
9 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yabwiye abacamanza ko bidakwiye ko ruswa ikomeza kugaragara muri uru rwego rw’ubutabera kandi abacamanza n’abandi barukoramo bagakora uko bashoboye imanza zagejejwe mu nkiko zigakatwa.
-
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo muri Israel, Katz Israel yatangaje ko yategetse igisirikare cy’iki gihugu kubura ibitero kuri Iran, nyuma yo kuyishinja kutubahiriza agahenge kashyizweho.
-
Hamenyekanye impamvu Perezida Ndayishimiye yanze kugirana amasezerano n’u Rwanda yo guhana abanyabyaha
14 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko hagiye hanze ibaruwa yandikiye uwari Minisitiri w’Intebe,Alain Guillaume Bunyoni,amubwira ko badashobora gusinyana n’u Rwanda amasezerano yo guhererekanya imfungwa kuko Abarundi benshi babigenderamo kuko bakoze jenoside.
-
Njyanama y’umujyi wa Kigali yatoreye Dr.Muganga kuyibera Perezida
6 August 2021, by Dusingizimana RemyDr Muganga Kayihura Didas yagizwe Perezida w’inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali. Kayihura ni umunyamategeko w’umwuga. Yabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda
-
Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?
5 June 2025, by Joseph IradukundaMu misozi ihanamye y’u Rwanda, aho ubutaka bushobora kuba inshuti cyangwa umwanzi bitewe n’uburyo wabwitwaraho, hari igiti kimwe kirimo kuvugisha benshi: Eucalyptus Clones. Si inturusu isanzwe – ni igiti gifite ubushobozi bwo guhindura ubuzima bw’abahinzi, kurwanya isuri, no kugabanya igitutu cy’imihindagurikire y’ikirere. Ariko se koko ni nde ushobora kukigeraho?
-
Perezida Kagame yaganiriye na Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ku biri kubera muri RDC
28 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ku ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
22 April 2025, by ISIMBI EstellaTwahirwa Moses wahanze inzu y’imideli ya Moshions yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB aho akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya
10 July 2024, by EmmyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahishuye ko Leta ya Uganda yashatse kuburizamo urugamba rw’Ingabo za RPA-Inkotanyi rwo kubohora u Rwanda, binyuze mu gutatanya Abanyarwanda bari abasirikare bakuru mu Ngabo z’iki gihugu.
-
Perezida Trump yababariye ba mwana we n’abari abajyanama be bari bafunze
24 December 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na ba mwana we (se w’umugabo w’umukobwa we).
Umuryango.rw
Abagize Sena y’u Rwanda bemeje abakomiseri ba komisiyo y’igihugu y’amatora
Perezida Kagame Yakomoje Ku Kibazo Cy’Imanza Zitinda
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
Hamenyekanye impamvu Perezida Ndayishimiye yanze kugirana amasezerano n’u Rwanda yo guhana abanyabyaha
Njyanama y’umujyi wa Kigali yatoreye Dr.Muganga kuyibera Perezida
Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?
Perezida Kagame yaganiriye na Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ku biri kubera muri RDC
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya