Tariki ya 30 z’ukwezi gushize kwa 4 mu mwaka wa 2025, nibwo inzego bireba zahuriye n’Abamotari b’umugi wa Kigali i Nyamirambo muri Stade maze baganira ku bibazo byugarije umwuga w’ikimotari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ubutumwa bw’Abamotari Perezida yahaye Umukuru wa Polisi bugeze he?
30 May 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame na Mahamat wa AU bavuganye ku kibazo cy’umutekano w’Akarere
18 May 2023, by Joseph IradukundaKu mugoroba wo ku wa Gatatu, Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat ku bibazo by’umutekano mu karere.
-
Ibyo kwitega ku mukino wa Arsenal na PSG zamamaza Visit Rwanda
29 April 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’ibyumweru bibiri, imikino ya UEFA Champions League irasubukurwa kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Mata 2025 hakinwa iya ½.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama i Dubai-AMAFOTO
1 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari i Dubai aho yitabiriye inama ikomeye mu rwego rw’isi yiga ku ishoramari muri Afurika (Africa Global Business Forum).
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo Perezida Kagame yitabiriye iyo nama ndetse anatangamo ikiganiro cyiswe Head of State Forum.
Iyo nama biteganijwe ko izamara iminsi ibiri, yitabiriwe na bamwe mu bakuru b’ibihugu, Abaminisitiri, abashoramari batandukanye n’abandi bazatangayo ibiganiro.
Perezida Kagame yavuze ko (…) -
Minisitiri Marizamunda yibukije ingabo zirwanira ku butaka uburemere bw’inshingano zifite
23 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yabwiye abagaba b’Ingabo zirwanira ku butaka mu bihugu bitandukanye, ko izo ngabo ari zo zitabara mu bihe bikomeye bityo ko zikwiye kwimakaza imikoranire myiza.
-
Ibihugu 44 byemeye isoko rusange, 27 byemera gufungura imipaka
22 March 2018, by Nsanzimana ErnestIbihugu 44 byashyize umukono ku masezerano atangiza isoko rya Afrika
Mu nama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu ibihugu 44 by’ Afurika nibyo byashyize umukono mu masezerano ashyiraho isoko rusange rya Afurika.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame akaba na Perezida w’umuryango wa Afrika yunze ubumwe yashyize umukono kuri yo masezerano yasinywe n ’ibihugu 44 kuri 55 bigize uyu muryango,amasezerano ategerejweho guhuriza abanyafrika basaga miliyari na 200 ku isoko ryagutse.
Uretse aya masezerano (…) -
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
21 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Uwamariya Valentine na Gasana Alfred.
-
Abashinwa bahaye u Rwanda ibikoresho byitezweho gukemura ibibazo by’ ubutaka n’ amazi
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cya siyansi cyo mu gihugu cy’ Ubushinwa cyahaye ikigo gikora ubushakashatsi mu karere u Rwanda ruherereyemo ibikoresho by’ ubushakashatsi byitezweho gukemura ibibazo by’ amazi n’ ibibazo bijyanye n’ ubutaka.
Ibi bikoresho bifite agaciro ka miliyoni 300 z’ amafaranga y’ u Rwanda byashyikirijwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya UNILAK, Dr Ngamije Jean kuri uyu wa Kabili tariki 24 Ukwakira 2017.
Kaminuza ya UNILAK isanzwe ifitanye umubano n’ Ikigo cyo mu Bushinwa kitwa Xinjing institute (…) -
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo
3 April 2023Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke ,baravuga ko aka Gakiriro gafite ibibazo birimo kuba nta muhamda muzima uhagera bigatuma ibihakorerwa bitabona uko bigera ku baguzi,ibintu bavuga ko ari imbogamizi kuri bo.
Sicyo kibazo cyonyine cyugarije abakorera muri aka gakiriro kuko gafite n’ikibazo cy’imireko yatobaguritse ,bigatuma iyo imvura iguye kava,ibikorwa byabo bikangirika.
Ntakirutimana Theogene aganira na Umuryango.rw yavuze ko ari ikibazo gikomeye kuri bo
Ati:"Aha kugira ngo imodoka (…) -
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006
12 May 2022, by Dusingizimana RemyProtais Mpiranya washakishwaga n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) byemejwe ko yapfuye tariki 5 Ukwakira 2006 i Harare muri Zimbabwe.
Mpiranya yari uwa nyuma ku isonga ry’abashakishwaga bari barakorewe impapuro z’ibirego n’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR).
Umushinjacyaha mukuru wa IRMCT Serge Brammertz yagize ati "Kumenya amakuru nyakuri y’uwashakishwaga wa nyuma ukomeye -Protais Mpiranya- ni intambwe ikomeye mu bikorwa byacu byo (…)
Umuryango.rw
Ubutumwa bw’Abamotari Perezida yahaye Umukuru wa Polisi bugeze he?
Perezida Kagame na Mahamat wa AU bavuganye ku kibazo cy’umutekano w’Akarere
Ibyo kwitega ku mukino wa Arsenal na PSG zamamaza Visit Rwanda
Minisitiri Marizamunda yibukije ingabo zirwanira ku butaka uburemere bw’inshingano zifite
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo
Protais Mpiranya washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yapfuye 2006