Perezida wa Repubulika, Pau Kagame yakoze impinduka muri Polisi aho yagize DCG Felix Namuhoranye umuyobozi wa Polisi asimbura Dan Munyuza.
Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko DCG Felix Namuhoranye yahawe kuyobora Polisi y’igihugu.
CP Vincent Sano we yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa.
Na ho Col Kanyamahanga Celestin aba Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo.
Dan Munyuza yari muri uyu mwanya guhera mu 2018. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda
20 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya drones Ukraine iherutse kugaba ku ndege z’intambara z’u Burusiya.
-
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
8 March 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare cy’ubutegetsi bwa Perezida Habyarimana ndetse akaba yaranagize uruhare mu mishyikirano y’amahoro ya Arusha.
Apfuye yari mu kiruhuko cy’izabukuru kuva mu mwaka wa 2013.
General Marcel Gatsinzi wari wujuje imyaka 75 y’amavuko yavukiye mu mujyi wa Kigali mu mwaka wa 1948.
Amashuri abanza yayize mu (…) -
Perezida Kagame yashimye intambwe Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatanze uburyo bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kurenza abandi bose.
-
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
29 August 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo abakomeye.
-
Gen Muhoozi yihanangirije RNC ya Kayumba n’ibikorwa byayo by’ubushotoranyi ku Rwanda
21 February 2022, by SHEMA EMMANUELLt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’imfura ya Perezida Museveni yahaye Kayumba Nyamwasa na RNC ye gasopo ku Migambi mibisha bategura ku Rwanda kandi ko Uganda itazabihanganira.
-
Mukura VS ihagaritse kudatsindwa kwa Rayon Sports, iha ibyishimo Abanye huye (Amafoto)
11 January 2025, by Joseph IradukundaMukura VS yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 15 wa Shampiyona, ishyira iherezo ku kudatsindwa kwa Rayon Sports muri shampiyona y’u Rwanda ya 2024/2025.
-
Brig Gen Patrick Karuretwa yahawe inshingano nshya mu ngabo z’u Rwanda
10 December 2024, by Joseph IradukundaBrig Gen Patrick Karuretwa wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imikoranire Mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), yahawe inshingano nshya agirwa Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare.
-
Abahagarariye AFC/M23 bagiye muri Qatar
28 March 2025, by Angeline MUKANGENZIAbahagarariye ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagiye i Doha muri Qatar.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda
Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
Perezida Kagame yashimye intambwe Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
Gen Muhoozi yihanangirije RNC ya Kayumba n’ibikorwa byayo by’ubushotoranyi ku Rwanda
Mukura VS ihagaritse kudatsindwa kwa Rayon Sports, iha ibyishimo Abanye huye (Amafoto)
Brig Gen Patrick Karuretwa yahawe inshingano nshya mu ngabo z’u Rwanda
Abahagarariye AFC/M23 bagiye muri Qatar