Minisiteri ishinzwe ubutabazi (MINEMA) iravuga ko Kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, ibiiza bimaze guhitana ubuzima bw’abantu 27, byakomerekeje 57, inzu 691 zarasenyutse, hangirika n’imyaka iri ku buso bwa hegitari 1700.
Iyi ministeri ivuga kandi ko hanangiritse ibiraro 14, ibyumba by’amashuri 64, imiyoboro y’amashanyarazi n’amazi ndetse n’amatungo atandukanye yarapfuye.
MINEMA itangaza ko ibiza byiganje mu Rwanda biterwa n’imvura nyinshi irimo inkuba,iteza inkangu,imyuzure, inkubi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINEMA yahishuye umubare w’abantu n’ibindi byagizweho ingaruka n’imvura yo kuva muri Werurwe 2021
17 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Pasiporo z’u Rwanda zidakoranye ikoranabuhanga zizata agaciro muri Kamena 2021
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka rwatangaje ko Pasiporo z’u Rwanda zose zizacyura igihe tariki 28 Kamena 2021.
-
Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
8 October 2025, by Brenda MIZEROLeta y’u Burundi yatangaje ko ku nshuro ya mbere yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye y’agaciro yacukuwe mu birombe by’iki gihugu, birimo ibiri i Bururi, mu Kirundo n’i Bubanza.
-
Perezida Kagame yashimiwe umubano mwiza yambikwa Umudali w’Icyubahiro
10 July 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yambitswe Umudali w’Icyubahiro muri Bahamas uzwi nka "Order of Excellence", mu kumushimira umubano mwiza n’ubushuti afitanye na Guverinoma y’iki gihugu.
Umudali Perezida Kagame yambitswe uri mu cyiciro cya mbere cy’imidali irindwi ikomeye muri Bahamas. Ni uwa gatatu nyuma y’uhabwa intwari z’igihugu n’undi witwa uw’igihugu.
Yawuhawe ku gicamunsi cyo ku wa Mbere [i Bahamas] ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 iki gihugu kibonye ubwigenge. Byari (…) -
BNR yasoje igerageza ry’ibanze ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda
27 November 2025, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yasoje ibikorwa byo kugerageza ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda, yakoreye ku matsinda mato y’abantu bafite aho bahuriye n’urwego rw’imari n’ikoranabuhanga.
-
Ingabire Marie Immaculée mu bagore 20 baharaniye uburinganire muri OIF
19 November 2025, by Brenda MIZEROIngabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yashyizwe mu bagore 20 baharaniye uburenganzira n’iterambere ry’umugore mu bihugu bigize Umuryango w’ibivuga Igifaransa, OIF.
-
Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda
5 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi wa RD Congo, Jean-Pierre Bemba, ntiyariye iminwa mu kuburira abantu bose barwanya byimazeyo ivugurura ry’itegeko nshinga ryifuzwa n’umukuru w’igihugu Felix Tshisekedi .
-
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe n’abataramenyakana ahita apfa
22 October 2021, by Dusingizimana RemyUmusore w’imyaka 20 witwa Shurudiya Hitimana yarasiwe mu murenge wa Kanzenze, mu kagari ka Nyamirango mu mudugudu wa Rubara ho mu karere ka Rubavu,mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukwakira 2020.
Abaturage bo muri uyu mudugudu bavuze ko uyu musore wari ugiye kwahira muri urwo rukerera,yarashwe n’abantu bataramenyekana nyuma yo kumufata agatabaza avuga ngo “ndapfuye”.
Nyiranshuti Vestine utuye aho byabereye yabwiye Umuryango ati “nashigukiye hejuru numva amasasu 2 nta kindi (…) -
Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani
14 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia.
-
“Tshisekedi ashoboye byose, usibye gupima ingaruka zibyo avuga"-Perezida Kagame
25 March 2024, by Dusingizimana RemyPaul Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye n’ikinyamakuru Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo umubano w’u Rwanda na RDC by’umwihariko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
Umuryango.rw
MINEMA yahishuye umubare w’abantu n’ibindi byagizweho ingaruka n’imvura yo kuva muri Werurwe 2021
Pasiporo z’u Rwanda zidakoranye ikoranabuhanga zizata agaciro muri Kamena 2021
Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Perezida Kagame yashimiwe umubano mwiza yambikwa Umudali w’Icyubahiro
BNR yasoje igerageza ry’ibanze ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga mu Rwanda
Ingabire Marie Immaculée mu bagore 20 baharaniye uburinganire muri OIF
Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe n’abataramenyakana ahita apfa
Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani
“Tshisekedi ashoboye byose, usibye gupima ingaruka zibyo avuga"-Perezida Kagame