Kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
22 October 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi 1000 muri Mozambike mu kugarura amahoro muri Cabo Delgado
9 July 2021, by Dusingizimana RemyKu busabe bwa Leta ya Mozambique, kuri uyu wa Gatanu u Rwanda ruratangira kohereza muri iki gihugu abasirikare n’abapolisi bagera ku 1,000 mu Ntara ya Cabo Delgado, ikomeje kwibasirwa n’ibikorwa by’iterabwoba.
-
Washington: Abanyamulenge n’Abahema bazindukiye mu myigaragambyo yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Werurwe 2025, Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abahema baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahuriye i Washiungton DC, mu myigaragambyo yo kwamagana Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo no gusaba ubutegetsi bwa Trump gufasha abantu babo kurekeraho gutsembwa muri gakondo yabo.
-
RCS yungutse abakozi bashya basaga 500
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere,itariki 24 Gashyantare 2025, Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwakiriye abakozi bashya bato basoje amasomo 546; abagore 200 abagabo 346 bamaze amezi icyenda biga mu ishuri rya RCS riherereye mu Karere ka Rwamagana.
-
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
4 July 2020, by Dusingizimana RemyImyaka 26 irashize u Rwanda rubohowe, ubu haribukwa umunsi rwahawe icyerekezo gishya, hakanahagarikwa Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze guhitana abasaga miliyoni imwe.
-
Kaminuza y’u Rwanda yahaye impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi bisaga umunani
27 August 2021, by Dusingizimana RemyUyu munsi,taliki ya 27 Kanama 2021,Kaminuza y’u Rwanda yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 8,908 bigaga mu mashami yayo 6 mu muhango wabereye muri Kigali Conference & Exhibition Village [Camp Kigali] ariko wabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya Covid-19.
-
Gukorera imyitozo muri Gym n’imyidagaduro itandukanye byakomorewe n’Inama y’Abaminisitiri
27 November 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri muri Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020,yafatiwemo ingamba zijyanye no guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-1 aho ibitaramo ndangamuco bizagenda bifungura buhoro buhoro ariko hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo.
-
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
11 February, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
-
Ntabwo tuva mu ngamba ahubwo duhindura umuvuno! Minisitiri wa Siporo yahumurije abafana b’Amavubi
11 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yahumurije abafana b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi nyuma yo gutsindwa na Benin ababwira ko batagomba kuva mu ngamba ahubwo bagiye guhindura umuvuno.
Umuryango.rw
MINISANTE:Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg
U Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi 1000 muri Mozambike mu kugarura amahoro muri Cabo Delgado
Washington: Abanyamulenge n’Abahema bazindukiye mu myigaragambyo yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
RCS yungutse abakozi bashya basaga 500
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
Kaminuza y’u Rwanda yahaye impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi bisaga umunani
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
Ntabwo tuva mu ngamba ahubwo duhindura umuvuno! Minisitiri wa Siporo yahumurije abafana b’Amavubi