Nyakwigendera Musoni Jackson yakoreraga ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi UNHCR muri Sudani y’Epfo, ndetse yakoreye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda. Musoni Jackson yitabye Imana asize umugore n’abana babiri; umuhungu n’umukobwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Wa munyarwanda umwe waguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we muri Ethiopia[AMAFOTO]
20 March 2019, by Martin Munezero -
Inama mpuzamahanga 6 zari kwinjiriza u Rwanda akayabo k’amafaranga zimaze gusubikwa kubera Coronavirus
16 March 2020, by Martin MunezeroKuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa 3 n’ukwa 4 zimaze gusubikwa.
-
Ingabo za Kenya zabwiye FARDC igihe zizagira kuyifasha guhangana na M23
18 November 2022, by Dusingizimana RemyIngabo za Kenya zamaze kugera muri RDC, zagiye kureba uko urugamba rwifashe zizeza FARDC ko mu cyumweru gitaha zizajya kuyifasha guhangana na M23.
Ingabo za Kenya ziyobowe na Gen.Jeff Nyagah zasuye ku rugamba kuri uyu wa Kane tariki 17 Ugushyingo 2022, aho FARDC iri gusakirana na M23 hanyuma ziyisezeranya kubafasha mu rugamba rwo guhangana n’izi nyeshyamba.
Ukuriye ingabo za Kenya ati "Nshobora kuza ninjoro cyangwa ku manywa murabizi na Yesu yavuze ko nta wuzi umunsi n’isaha.
Uyu (…) -
Olivier Nduhungirehe yasubije ibibazo by’ amatsiko kuri OIF na Kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Alphonse BikorimanaMu gihe habura amasaha make ngo habe amatora y’Umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa OIF, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro na Radiyo Ijwi rya Amerika , abaturage bamubazaga ibibazo by’amatsiko bibaza ku kuri francophonie, kandidatire ya Mushikiwabo , imikoreshereze y’Igifaransa mu Rwanda n’ibindi. U
-
Rusizi: Abasore babiri barashwe barapfa
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestSaa tatu n’ iminota ibiri, kuri iki Cyumweru tariki 10 Kamena, abantu bitwaje intwaro batamenyekana barashe abasore babiri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi barapfa.
-
Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko ataburana “Gisivili” afunzwe akanabaho Gisilikali!
16 April 2021, by UbwanditsiMu rubanza rw’ubujujrire rwabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga Col Tom Byabagamba n’abamwunganira bibukije umucamanza w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge wamuburanishaga ko yatanze inzitizi ko adakwiriye kuburanishwa mu nkiko za gisivili kandi ari umusilikali bityo bakwiriye kubanza gufata icyemezo kuri iyo nzitizi.
Col Tom Byangamaba akurikiranweho icyaha cyo kwiba telephone n’indahuzamuriro yayo, icyaha urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwamuhamije rukamukatira igifungo cy’imyaka 3. Akaba (…) -
Impunzi z’abanya Libya 66 zamaze gufata indege izigeza mu Rwanda [AMAFOTO]
26 September 2019, by Dusingizimana RemyNkuko byari biteganyijwe,impunzi za mbere zari zimaze igihe muri Libya ziba mu buzima budashimishije zamaze kurira indege izizana mu Rwanda aho ku ikubitiro abagera kuri 66 baragera I Kigali ku I saa tatu zo kuri uyu wa Kane taliki ya 26 Nzeri 2019.
-
Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia badasabwe Visa
15 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Liberia, Elijah F. Rufus, yatangaje ko Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia nta visa batswe.
-
Perezida Kagame azageza ijambo ku bitabiriye inama ya BRICS muri Afurika y’ Epfo
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 26 Nyakanga 2018 yageze mu gihugu cya Afurika y’ Epfo aho azitabira inama y’ abayobozi b’ibihugu bigize BRICS.
-
Perezida Kagame nta mateka yo gutsindwa urugamba afite-Gen. James Kabarebe
9 March 2019, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko abirirwa bavuga ko bashaka kurwana ntacyo bashobora kugeraho, ko icyo bakora gusa ari ukwirirwa bavuga ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi.
Umuryango.rw
Ingabo za Kenya zabwiye FARDC igihe zizagira kuyifasha guhangana na M23
Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia badasabwe Visa