Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yagize Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, umuhuza uzafasha u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura amakimbirane bifitanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida wa Togo yagizwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
Umushinwa yasabye gatanya umugore wari umaze kumubyarira umwana wirabura nyamara ataragera muri Afuika
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wo mu Bushinwa yasabye gatanya n’umugore we, nyuma yo kubyara umwana wirabura nyamara avuga ko nta na rimwe aragera muri Afurika ndetse ko nta n’umugabo w’umwirabura n’umwe azi mu buzima bwe.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika ikwiye umwanya muri G20
1 December 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya Afurika yunze ubumwe mu bikorwa byabo kandi ko impande zombi zabyungukiramo.
-
Inama y’Abaminisitiri yakomoreye imikino y’amahirwe n’imihango yo gusaba no kwiyakira mu bukwe
31 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 31 Gicurasi 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yafatiwe ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 ndetse ishyira abayobozi batandukanye mu myanya.
Imwe mu myanzuro yo kwirinda Covid-19 yafatiwe muri iyi nama:
Ingendo zirabujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa Kumi za mu gitondo.Ibikorwa byemerewe gukora bigomba gufunga saa tatu.
Ingendo zirabujijwe saa Moya kugeza saa kumi mu karere (…) -
Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yavuze ko ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye nyuma y’iyicwa rya Patrice Lumumba, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Zaire.
-
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
13 January 2023, by Dusingizimana RemyUhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya,ubu akaba ari umuhuza mukuru mu biganiro byo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Kongo yakoranye inama n’uyoboye abarwanyi ba M23, hamwe n’uyoboye igisata cya politike n’igisirikare muri M23.
Itangazo umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC,wasohoye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, risobanura ko ibiganiro hagati y’abayobozi ba M23 na Kenyatta byari bigamije kurebera hamwe uko amahoro yaboneka muri Kongo, cyane cyane mu burasirazuba bw’icyo (…) -
Minisitiri Busingye yibukije Uganda ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda
30 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda nyuma y’aho ikinyamakuru New Vision kibogamiye kuri Leta ya Uganda cyatangaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yabonanye na Kizza Besigye nama i New York.
-
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
23 December 2022, by Dusingizimana RemyKu isaha ya saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu I Kibumba,muri RDC,Umutwe wa M23 urashyikiriza ibirindiro byayo biri muri ako gace ingabo z’umutwe wa EACRF,uhuriweho mu kubungabunga amahoro.
Uyu mutwe wa M23 ukomeje kugaragaza ko ufite ubushake bwo kugarura amahoro muri RD Congo nubwo uvuga ko ingabo za Leta FARDC zikomeje kuwugabaho ibitero.
Mu itangazo M23 ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa M23 kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukuboza 2022,bafashe icyemezo nyuma yo kugirana inama n’ingabo za (…) -
Perezida Kagame ari muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we Abdelmadjid Tebboune.
Umuryango.rw
Perezida wa Togo yagizwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
Umushinwa yasabye gatanya umugore wari umaze kumubyarira umwana wirabura nyamara ataragera muri Afuika
Gen (Rtd) Kabarebe yavuye imuzi uko Tshisekedi yifuje guhanagura u Rwanda
M23 yahishuye ikintu gikomeye igiye gukora vuba
M23 igiye gutera intambwe ya mbere ikomeye mu kubahiriza imyanzuro ya Luanda
Perezida Kagame ari muri Algeria ku butumire bwa mugenzi we