Minisitiri w’intebe wa Espagne, Pedro Sanchez, avuga ko Isiraheli igomba gufatirwa ibihano nk’Uburusiya nyuma y’intambara ya Ukraine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’intebe wa Espagne arahamagarira Isiraheli guhagarikwa mumikino ya siporo kubera itsembabwoko muri Gaza
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
23 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhango wo guha icyubahiro no gusezera ku muhanzi Yvan Buravan witabiriwe n’imbaga aho uri kubera muri Camp Kigali.
Uyu mugoroba witabiriwe n’umuryango n’inshuti za Buravan, abakunzi b’umuziki ndetse n’abayobozi mu nzego zitandukanye cyane ko kwinjira byari ubuntu nubwo mbere hari habanje kuvugwa ibihuha ko bazishyura.
Inkuru y’urupfu rw’Umuhanzi Burabyo Yvan wari uzwi cyane nka Yvan Buravan w’imyaka 27, yamenyekanye mu rukerera rwo ku wa 17 Kanama 2022, aguye mu bitaro byo mu Buhinde (…) -
Kazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono yakuweho
24 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono hamwe n’abari bitabiriye iyimikwa rye, basabye imbabazi, bavuga ko icyo gikorwa cyabayemo ukudashishoza no kutareba kure, biyemeza gushyira imbere ubumwe bw’abanyarwanda bakirinda ibindi byose byabatanya.
Izi mbabazi yazisabye kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2023, mu nama nyunguranabitekerezo ku bumwe bw’Abanyarwanda yateraniye ku cyicaro gikuru cy’Umuryango FPR Inkotanyi i Rusororo mu Karere ka Gasab
Mu byaganiriweho harimo inzira yo (…) -
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare
21 September 2025Muri aya masaha ya nyuma ya saa sita shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare icyiciro cy’abagabo irakomeje. Ku ikubitiro abakinnyi barahagurukira kuri BK Arena basoreze kuri Kigali Convention Center (KCC).
-
Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’abana bitabira ishuri mu gihe bujuje imyaka yo kwiga gusa bamwe batinda kurangiza ibyiciro bitandukanye, abahungu bakaba benshi barivamo imburagihe kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ababyeyi babajyana gukora imirimo y’ingufu.
-
Perezida Kagame yavuze ikimutangaza ku Bubiligi busabira u Rwanda ibihano
19 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yatangaje ko hari ikibazo gikomeye cy’ibihugu by’i Burayi bitavugisha ukuri mu bibazo by’umutekano muke byugarije Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko u Bubiligi bufite uruhare rukomeye mu bibazo by’akarere nyamara bukaba ari bwo butera hejuru busabira u Rwanda ibihano.
-
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
27 November 2024, by Joseph IradukundaMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba watawe muri yombi nyuma y’ubusabe bwa Polisi Mpuzamahanga (Interpol).
-
Imvururu mu gushyingura Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya
29 April 2022, by Joseph IradukundaUmugabo yarogoye imihango yo gusezera bwanyuma uwahoze ari perezida wa Kenya Mwai Kibaki uherutse kwitaba Imana.
-
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
2 May 2025, by ISIMBI EstellaSkylar Diggins, umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Seattle Storm mu irushanwa rya WNBA, yamaze gusaba gatanya n’umugabo we Daniel Smith, bari bamaze imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore.
-
U Rwanda-DRC : Inzobere za gisirikare zemeje gahunda ya ’operations’ bahawe n’umuhuza Angola
4 November 2024, by Joseph IradukundaInzobere mu by’umutekano n’igisirikare zo ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya DR Congo n’u Rwanda zemeje umushinga w’ibigomba gukorwa mu kugera ku mahoro mu burasirazuba bwa DR Congo, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru bya Angola.
Umuryango.rw
Minisitiri w’intebe wa Espagne arahamagarira Isiraheli guhagarikwa mumikino ya siporo kubera itsembabwoko muri Gaza
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
Kazoza Justin wimitswe nk’umutware w’abakono yakuweho
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare
Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda
Perezida Kagame yavuze ikimutangaza ku Bubiligi busabira u Rwanda ibihano
U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe
Imvururu mu gushyingura Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
U Rwanda-DRC : Inzobere za gisirikare zemeje gahunda ya ’operations’ bahawe n’umuhuza Angola