Ku mupaka w’u Rwanda na Uganda wa Cyanika, abaturage bishimiye ifungurwa ryawo nyuma y’imyaka igera kuri ine ufunze, kuko bagiye kujya basurana n’abavandimwe babo batuye muri Uganda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 7 Gashyantare, ab’inkwakuzi bageze ku mupaka kare cyane, bitegura kwambuka bajya muri Uganda.
Abaturage bo mu Karere ka Burera ndetse n’abandi baturutse mu tundi turere bageze ku Mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera bitegura kwambuka berekeza muri Uganda.
Ni nyuma (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gatuna: Ab’inkwakuzi babyukiye ku mupaka berekeza muri Uganda [AMAFOTO]
7 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
5 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Iterambere ry’Ubuhinzi, AGRF2022.
Yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta.
Inama ya AGRF y’uyu mwaka ibaye ku nshuro ya 10 ikaba ihuza abakuru b’ibihugu, abashakashatsi, abayobozi b’ibigo mpuzamahanga n’abahinzi bigira hamwe icyakorwa mu kuzahura uruhererekane rw’ibiribwa muri Afurika.
Iyi nama y’ihuriro mpuzamahanga ku iterambere ry’ Ubuhinzi (…) -
Abaje gutanga kandidatire ku munsi wa nyuma bagaragaje udushya twinshi
30 May 2024, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 30 Gicurasi nibwo Komisiyo y’igihugu y’amatora ifunga kwakira kandidatire z’abiyamamaza ku mwanya w’ubudepite n’uwa Perezida gusa hari abayiganye bakora udushya twinshi.
-
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
11 April 2024, by Joseph IradukundaAbakozi b’uruganda Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi.
-
Polisi y’u Rwanda yavuze ku iraswa ry’imfungwa 5 zashatse gutoroka gereza i Kirehe
29 April 2021, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo tariki ya 28 Mata 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zitorotse gereza zose zihasiga ubuzima.
-
Harabo yishe abateka mu isafuriya!Menya ibyaha 10 Kazungu aregwa
19 September 2023, by Rebecca UFITAMAHOROAmakuru amaze kumenyekana, agaragaza ko Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu mu Karere ka Kicukiro, bamwe yagiye abica mu buryo bw’agashinyaguro ku buryo hari abo yatetse mu isafuriya.
-
Musanze: Polisi yaguye gitumo abari bagiye gusenya moto y’abandi bakagurisha ibyuma byayo
29 October 2021, by Dusingizimana RemyKu wa Kabiri taliki ya 26 Ukwakira, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe Habumuremyi Rukundo w’imyaka 21, Nizeyimana Noel w’imyaka 24 na Imanishimwe Clement w’imyaka 26 bagiye gukura ibyuma muri moto bikekwa ko bari bayibye.
-
Inama y’Abaminisitiri yaganiriye ku cyemezo cy’u Rwanda cyo kuva muri ECCAS
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yaganiriye ku cyemezo cyo ku wa 07 Kamena 2025, cyo kuva k’u Rwanda mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (ECCAS), maze ishimangira ingingo zitandukanye.
-
Gen. Mamat O.A ari i Kigali
14 October 2025, by Brenda MIZEROUmugaba Mukuru w’Ingabo muri Gambia, Lieutenant General Mamat O.A yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kunoza imikoranire mu bya gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Gatuna: Ab’inkwakuzi babyukiye ku mupaka berekeza muri Uganda [AMAFOTO]
Perezida Mnangagwa yageze mu Rwanda yitabiriye inama ya #AGRF2022
Abaje gutanga kandidatire ku munsi wa nyuma bagaragaje udushya twinshi
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
Harabo yishe abateka mu isafuriya!Menya ibyaha 10 Kazungu aregwa
Musanze: Polisi yaguye gitumo abari bagiye gusenya moto y’abandi bakagurisha ibyuma byayo
Inama y’Abaminisitiri yaganiriye ku cyemezo cy’u Rwanda cyo kuva muri ECCAS
Gen. Mamat O.A ari i Kigali