Patrick Mazimpaka wayoboye Minisiteri zitandukanye mu Rwanda zirimo Minisitiri w’ urubyiruko Siporo n’ amakoperative mu gitondo cy’uyu wa Kane tariki 24 Mutarama 2018 ni bwo hatangajwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Hon Patrick Mazimpaka witabye Imana azize uburwayi aho yari mu bitaro byo mu Buhinde.
Protais Musoni wo mu muryango Hon Patrick Mazimpaka ni we wemeje aya makuru uProtais Musoni yatangaje ko Hon Mazimpaka yitabye Imana uyu munsi saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.
Kuva mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hon Patrick Mazimpaka wigeze kuba Minisitiri yatabarutse
25 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ben Rutabana wari waraburiwe irengero amaze ukwezi mu gihugu cya Uganda
19 October 2019, by Martin MunezeroAmakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa usaba RNC kumurekura cyangwa ukavuga ibyo umurega.
-
Perezida Kagame yaciye amarenga ku kwiyunga k’u Rwanda n’u Burundi
17 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yaciye amarenga ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira yo kwiyunga nyuma y’igihe bitabanye neza.
-
Ishoramari rya miliyari 1.084 Frw: Ibyitezwe mu rugendo rw’u Rwanda rwo kuba igicumbi mu by’imari
27 October 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rukomeje gushyira imbere intego yo kuba igicumbi cy’imari ku rwego rwa Afurika, binyuze muri Kigali International Financial Centre (KIFC), ikomeje gukurura abashoramari mpuzamahanga n’amabanki akorera mu mahanga aho iteganya ko ishoramari muri urwo rwego rizagera kuri miliyari 1.084 Frw bitarenze mu 2029.
-
Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani
14 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia.
-
Mukaruliza wagizwe ambasaderi muri Zambia yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Mozambique
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi Monique Mukaruliza wahoze ari umuyobozi w’ umugi wa Kigali yashyikirije Perezida wa Mozambique impapuro zimwemerera guhararira u Rwanda muri iki gihugu.
Bibaye nyuma y’ amezi arenga 10 uyu mugore wa 5 wayoboye umugi wa Kigali agizwe ambasaderi w’ u Rwanda muri Zambia.
Tugenekereze mu Kinyarwanda ubutumwa Mukaruliza yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Nejejwe no gushyikiriza Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ya Mozambique Filipe Jacinto Nyusi, impapuro zinyemerera (…) -
Nyamasheke: Umusirikare yarasiye abantu batanu ahitwa ku “Gasanteri k’Urubyiruko” kari hafi y’Uruganda
13 November 2024, by Joseph IradukundaNyamasheke mu Murenge wa Kirambi hafi neza y’uruganda rw’icyayi rwa Gatare mu mugoroba w’ijoro ryakeye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/11/2024, biravugwa ko Umusirikare yaraye arasiye abantu batanu ahitwa ku “Gasanteri k’Urubyiruko” kari hafi y’Uruganda!
-
U Rwanda na Amerika byashimangiye ubufatanye mu bya Gisirikare[AMAFOTO]
29 May 2020, by Martin MunezeroU Rwanda na Leta zunze ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano agamije gushimangira ubufatanye bwiza bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
-
Hamenyekanye akayabo ka ruswa yafatanwe Hon.Bamporiki
9 May 2022, by Dusingizimana RemyGuhera ku wa Kane w’icyumweru gishize,ibinyamakuru hafi ya byose byo mu Rwanda byanditse ko Perezida Paul Kagame yahagaritse ku mirimo Edouard Bamporiki.wari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe urubyiruko n’umuco kubera ibyaha bya ruswa akekwaho.
Mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira ku wa Kane nibwo bivugwa ko uyu muyobozi yafatanwe igihanga cya ruswa ya miliyoni 5 FRW yari yahawe n’umuntu bivugwa ko yafungiye ubucuruzi.
Amakuru avuga ko Hon.Bamporiki yafatiwe kuri Hoteli imwe yo mu mujyi wa (…) -
COVID-19 yabonetse muri Afurika y’Epfo na UK yageze no mu Rwanda
22 March 2021, by Dusingizimana RemyAmoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y’Epfo yabonetse no mu bipimo byafashwe mu Rwanda, nk’uko byemejwe na minisitiri w’ubuzima.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaciye amarenga ku kwiyunga k’u Rwanda n’u Burundi
Ishoramari rya miliyari 1.084 Frw: Ibyitezwe mu rugendo rw’u Rwanda rwo kuba igicumbi mu by’imari
Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani
Nyamasheke: Umusirikare yarasiye abantu batanu ahitwa ku “Gasanteri k’Urubyiruko” kari hafi y’Uruganda
Hamenyekanye akayabo ka ruswa yafatanwe Hon.Bamporiki
COVID-19 yabonetse muri Afurika y’Epfo na UK yageze no mu Rwanda