Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin Munezero -
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
7 October 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 6 Ukwakira 2025, Perezida Emmanuel Macron, abandi Bafaransa n’abanyamahanga bakurikiranira hafi politiki y’u Bufaransa batunguwe n’ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe mushya, Sébastien Lecornu wari umaze amasaha make atangaje abagize guverinoma ye.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Musanze: Umukecuru w’imyaka 85 uba mu nzu yenda kumugwaho aratabaza ubuyobozi n’abagiraneza
3 November 2021Umukecuru witwa NYIRAMAHARANE Venantie uri mu kigero cy’imyaka 85 utuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Gataraga Akagari ka Murago aratabaza ubuyobozi n’abandi bagiraneza kumutabara, kuko inzu abamo yenda kumugwaho.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
10 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978.
-
Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington
2 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J. Trump yandikiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, abatumira mu nama izabahuriza i Washington DC.
-
“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi
2 December 2025, by Brenda MIZEROKuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange bigizwemo uruhare n’Ikigo cya Leta cya Ecofleet Solutions.
-
Karasira Aimable yabuze pasiporo yo kujya kureba umukobwa wamukunze urudasanzwe muri USA
21 November 2020, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Karasira Aimable wahoze ari n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda mbere y’uko yirukanwa mu mezi make ashize,yavuze ko Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda rwamwimye pasiporo kugira ngo ajye kureba Umurundikazi bari bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo.
-
Hari ababyara ariko bakibwa impinja! Abana bo k’umuhanda bahishuye ikindi kibazo bahura nacyo
25 August 2022, by ISHIMWE JANEBamwe mu bana bo ku muhanda b’abakobwa bo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko hari ababyara ariko ntibarere kuko hari abaza bakabiba impinja, bagakeka ko bikorwa n’ababa barabuze urubyaro cyangwa abajya kubagurisha.
-
Nyamagabe: Abayobozi 9 beguye nyuma y’iminsi mike Minisitiri Shyaka Anastase abasuye
12 September 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi 9 bo mu karere ka Nyamagabe barimo uwo mu karere,ab’imirenge,utugari beguye ku nshingano zabo kubera ahanini kunanirwa kubahiriza inshingano zabo bigatuma imibereho y’abaturage ihazaharira.
Umuryango.rw
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
Musanze: Umukecuru w’imyaka 85 uba mu nzu yenda kumugwaho aratabaza ubuyobozi n’abagiraneza
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington
“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi
Hari ababyara ariko bakibwa impinja! Abana bo k’umuhanda bahishuye ikindi kibazo bahura nacyo