Umukinnyi Heritier Nzinga Luvumbu uheruka gutandukana na Rayon Sports yatangaje ko iyo hataba Ambasade ya RDC mu Rwanda, atari kuba yageze iwabo kuko ngo yakiriye ubutumwa bwinshi bumwibasira kubera ikimenyetso yakoze ku mukino wa Police FC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC: Luvumbu yakwirakwije ibihuha akimara kugera i Kinshasa
15 February 2024, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yatangije umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu
19 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangije umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Guverinoma n’abandi bayobozi bakuru, uri kwibanda ku kugera ku ntego z’Igihugu mu bukungu n’imibereho.
-
"Kuba umukinnyi mwiza nta kinyabupfura ni ibintu bitandukanye"-Lomami avuga kuri Youssef wirukanwe
16 January 2022, by Dusingizimana RemyUmutoza w’Agateganyo wa Rayon Sports, Lomami Marcel, yavuze ko icyuho cya Youssef Rharb cyagaragaye mu mukino banganyijemo na Musanze FC ubusa ku busa ku wa Gatandatu, ariko yongeraho ko kuba umukinnyi mwiza ariko ukagira ikinyabupfura gike ari ibintu bitandukanye.
Rayon Sports yakinnye uyu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiyona idafite Abanya-Maroc Youssef Rharb na Ayoub Ait Lahssaine bagomba gusubira muri Raja Casablanca yari yabatije.
Nyuma y’uyu mukino wabereye i Nyamirambo, Umutoza (…) -
Ngororero: Dr Frank Habineza yiyamamarije ku Kabaya arindiwe umutekano cyane [AMAFOTO]
29 June 2024, by Dusingizimana RemyUmukandida w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije,Dr Frank Habineza ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Ngororero,ku Kabaya,yijeje abaturage ko icyifuzo cy’umuturage kizaba itegeko nibamutorera kuyobora u Rwanda.
-
Bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu Rwanda mu kwezi kwa Mata harimo ifatwa rya Sankara,gushyira hanze ubwambure bw’abakinnyi, impano zitangaje,ubwishongozi bwa Gahongayire nibindi[AMAFOTO]
1 May 2019, by Martin MunezeroNkuko bisanzwe bisanzwe buri kwezi ntihajya habura ibidasanzwe bikuberamo haba ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru byo mu Rwanda bigacika,Aha tukaba twakusanyirije abasomyi b’UMURYANGO bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga byo mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata.
-
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi n’abandi icyenda yaburiwe irengero
10 June 2024, by Dusingizimana RemyIndege yari itwaye Visi Perezida wa Malawi Saulos Chilima n’abandi icyenda yaburiwe irengero nk’uko byashimangiwe n’Ibiro bya Perezida wa Malawi binyuze mu itangazo bashyize hanze.
-
RSB yahishuye ikintu gikomeye abacuruza ibishyimbo bitetse bakwiriye kwitaho
26 May 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge,RSB, gisaba abacuruza ibishimbo bitetse kwita ku isuku yabyo by’umwihariko bakita ku bintu bapfunyikiramo abaje kubigura kuko batabyitayeho bishobora gutera ibyago birimo indwara zirimo na kanseri.
-
MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet
1 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr. Telesphore Ndabamenye yagizwe Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, mu gihe Dr. Usta Kayitesi yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, asimbuye Gen (Rtd) James Kabarebe wagizwe Umujyanama Mukuru mu by’umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
Apotre Paul Gitwaza yegujwe n’abo bashinganye Zion Temple,RGB ibitera utwatsi
19 February 2022, by Dusingizimana RemyAbavugabutumwa batandatu bafatanyije na Apôtre Gitwaza Paul gushinga itorero rya Zion Temple, basabye ko akurwa ku buyobozi bwaryo bamushinja imiyoborere mibi.
Aba bagize inama y’abashinze Umuryango Authentic Word Ministries/ Zion Temple Celebration Center, banditse ibaruwa yo kweguza Apotre Dr Gitwaza, bamushinja ibirimo kunyereza umutungo, mu gihe Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatesheje agaciro iki cyemezo kuko cyafashwe n’abatabifitiye ububasha.
Ibaruwa y’aba- Bishop (…) -
Inama ya 26 ya Commonweath yagombaga kubera mu Rwanda yamaze gusubikwa kubera Coronavirus
21 April 2020, by Dusingizimana RemyInama ya Commonweath y’abakuru b’ibihugu yari igiye kuba ku nshuro ya 26 ikabera mu Rwanda yamaze gusubikwa kubera icyorezo cya Coronavirus gihangayikishije isi n’u Rwanda rurimo.
Umuryango.rw
RDC: Luvumbu yakwirakwije ibihuha akimara kugera i Kinshasa
Perezida Kagame yatangije umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu
"Kuba umukinnyi mwiza nta kinyabupfura ni ibintu bitandukanye"-Lomami avuga kuri Youssef wirukanwe
Ngororero: Dr Frank Habineza yiyamamarije ku Kabaya arindiwe umutekano cyane [AMAFOTO]
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi n’abandi icyenda yaburiwe irengero
RSB yahishuye ikintu gikomeye abacuruza ibishyimbo bitetse bakwiriye kwitaho
MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet
Apotre Paul Gitwaza yegujwe n’abo bashinganye Zion Temple,RGB ibitera utwatsi