Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru batandukira amahame agenga umwuga wabo bagaca imanza mu nkuru batara cyangwa bakora, by’umwihariko izirebana n’ubutabera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
15 October 2025, by ISIMBI Estella -
Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?
5 June 2025, by Joseph IradukundaMu misozi ihanamye y’u Rwanda, aho ubutaka bushobora kuba inshuti cyangwa umwanzi bitewe n’uburyo wabwitwaraho, hari igiti kimwe kirimo kuvugisha benshi: Eucalyptus Clones. Si inturusu isanzwe – ni igiti gifite ubushobozi bwo guhindura ubuzima bw’abahinzi, kurwanya isuri, no kugabanya igitutu cy’imihindagurikire y’ikirere. Ariko se koko ni nde ushobora kukigeraho?
-
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
23 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhango wo guha icyubahiro no gusezera ku muhanzi Yvan Buravan witabiriwe n’imbaga aho uri kubera muri Camp Kigali.
Uyu mugoroba witabiriwe n’umuryango n’inshuti za Buravan, abakunzi b’umuziki ndetse n’abayobozi mu nzego zitandukanye cyane ko kwinjira byari ubuntu nubwo mbere hari habanje kuvugwa ibihuha ko bazishyura.
Inkuru y’urupfu rw’Umuhanzi Burabyo Yvan wari uzwi cyane nka Yvan Buravan w’imyaka 27, yamenyekanye mu rukerera rwo ku wa 17 Kanama 2022, aguye mu bitaro byo mu Buhinde (…) -
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
14 May 2025, by Joseph IradukundaHirya no hino mu Gihugu haravugwa ubwicanyi hagati y’abashakanye, ubundi ukumva ngo umugabo yishe umwana we, ahandi ukumva hishwe umuntu bivuye ku ihohotera.
-
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko, ryatanze icyizere.
-
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
-
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
7 October 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 6 Ukwakira 2025, Perezida Emmanuel Macron, abandi Bafaransa n’abanyamahanga bakurikiranira hafi politiki y’u Bufaransa batunguwe n’ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe mushya, Sébastien Lecornu wari umaze amasaha make atangaje abagize guverinoma ye.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Musanze: Umukecuru w’imyaka 85 uba mu nzu yenda kumugwaho aratabaza ubuyobozi n’abagiraneza
3 November 2021Umukecuru witwa NYIRAMAHARANE Venantie uri mu kigero cy’imyaka 85 utuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Gataraga Akagari ka Murago aratabaza ubuyobozi n’abandi bagiraneza kumutabara, kuko inzu abamo yenda kumugwaho.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
10 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978.
Umuryango.rw
Urukiko rw’Ikirenga rwakebuye abanyamakuru baca imanza mu nkuru
Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?
Benshi bitabiriye umuhango wo gusezera ku murambo wa Yvan Buravan [AMAFOTO]
Ubwicanyi, Umugabo wishe Umugore we amuteraguye ibyuma!
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
Menya ihurizo riri muri politiki y’u Bufaransa nyuma y’ukwegura kwa Minisitiri w’Intebe
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
Musanze: Umukecuru w’imyaka 85 uba mu nzu yenda kumugwaho aratabaza ubuyobozi n’abagiraneza
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye