Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda yatangaje ko yamenyesheje Ububiligi ko u Rwanda ruhagaritse, mu buryo budasubirwaho, umubano wose rwari rufitanye nabwo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda Rwasezereye Abadipolomate Bose B’Ububiligi
17 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
13 July 2022, by Joseph IradukundaMu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro .
Urukiko rwamuhamije icyaha cy’ubwicanyi bwabereye mu ishuri ry’abakobwa rya Kibeho, n’ubufatanyacyaha ku bwicanyi bwabereye Murambi, Kaduha na Cyanika ndetse n’icyo gushyira bariyeri mu mihanda.
Nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha ku bwicanyi bwabereye muri Paruwasi ya Kibeho no muri gereza ya Gikongoro, Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka 20. (…) -
RURA yanze kuva ku izima yemeza ko itari bugabanye ibiciro by’ingendo
18 October 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa RURA, Lt Col Patrick Nyirishema yavuze ko barakomeza gukora n’izindi nzego harebwa ubundi buryo abaturage bakoroherezwa, gusa ngo ibiciro ntibigiye kuvugururwa.
-
Perezida wa Sena yibukije abaturage kwitegura guhangana n’ibitero by’abapfobya Jenoside
28 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Sena, Dr François-Xavier Kalinda, yasabye abaturage gukomeza kunga ubumwe no kuba hafi abarokotse Jenoside, no kurwanya ibitero by’abayipfobya muri iki gihe u Rwanda rwitegura kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Indege 50 zarashe Tehran - ibigezweho mu ntambara ya Israel na Iran yinjiye ku munsi wa gatandatu
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNi umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka umuyonga i Tehran, uretse ko ab’i Tel Aviv nabo baheruka agatotsi kera.
-
Abarimu baturutse muri Zimbabwe 154 bakiriwe mu Rwanda
20 October 2022, by Dusingizimana RemyAbarimu 154 baturutse muri Zimbabwe bageze mu Rwanda baje kwigisha amasomo atandukanye ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu guteza imbere uburezi.
Kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022,i Nyamata mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo guha ikaze aba barimu 154 baturutse muri Zimbabwe, aho baje gutanga umusanzu wabo mu burezi bw’u Rwanda.
Aba barimu barimo abazigisha muri Kaminuza y’u Rwanda, mu Ishuri Rikuru ry’u Rwanda ry’Imyuga n’Ubumenyingiro, Rwanda Polytechnic (RP), mu Mashuri Nderabarezi (…) -
Ingabo zirenga 400 za SAMIDRC zari i Goma zatashye zinyuze mu Rwanda
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo 461 zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zatashye kuri iki Cyumweru, tariki 22 Kamena 2025, zinyuze mu Rwanda
-
Amanota 2017: Nsengiyumva n’ umugore we bishimiye ko umwana wabo yabaye uwa mbere ku rwego rw’igihugu
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbabyeyi ba Mugisha Nsengiyumva Frank w’imyaka 12, wigaga mu kigo cy’amashuri abanza cya Saint André- Ruhina n’ umwana wabo bari mu byishimo nyuma y’ uko umwana wabo MINEDUC itangaje ko ari we wabaye uwa mbere mu gutsinda ikizamini cya leta gisoza amashuri abanza.
Uyu mwana wigaga kuri iki kigo giherereye mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Shyogwe, yatangarije igihe ko gukurikiza inama za mwarimu no kwiyegereza Imana arizo ntwaro yakoresheje.
Yagize ati “Inama z’abarimu zamfashije kwiga (…) -
Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 10 mata 2025,nibwo umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma mu karere ka Rulindo.
-
Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe
9 May 2025, by Angeline MUKANGENZITugiye kugaruka kuri bimwe mu byaranze aba papa 5 bayoboye Kiliiziya kuva mu mwaka 1978 kugeza kuri papa mushya watowe ndetse n’umwihariko wa buri wese.
Umuryango.rw
U Rwanda Rwasezereye Abadipolomate Bose B’Ububiligi
Ikiganiro kirambuye na Dr Bizimana uyobora MINUBUMWE nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta
Perezida wa Sena yibukije abaturage kwitegura guhangana n’ibitero by’abapfobya Jenoside
Indege 50 zarashe Tehran - ibigezweho mu ntambara ya Israel na Iran yinjiye ku munsi wa gatandatu
Abarimu baturutse muri Zimbabwe 154 bakiriwe mu Rwanda
Ingabo zirenga 400 za SAMIDRC zari i Goma zatashye zinyuze mu Rwanda
Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
Dore bimwe mu byaranze abapapa 5 bayoboye kiliziya kuva 1978 kugeza kuri papa mushya watowe