Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru,taliki ya 29 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Amb. Adonia Ayebare,intumwa idasanzwe ya Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya Museveni yari imuzaniye ubutumwa burebana n’umubano w’ibihugu byombi
30 December 2019, by Dusingizimana Remy -
RIB yatangiye gukora iperereza kuri Minisitiri Gatete ukekwaho ibyaha birimo gukoresha nabi umutungo wa Leta
29 June 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB]rwatangiye iperereza Minisitiri w’ibikorwaremezo w’u Rwanda Amb. Claver Gatete ucyekwaho kunyereza umutungo wa leta.
-
Umukobwa muri Uganda bavuga ko yoherejwe n’u Rwanda kubanduza Covid19 atuye i Gikondo
23 March 2020, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 20/2/2020 ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyanditse ko inzego z’umutekano muri Uganda, ziburiwe n’izo mu Rwanda, ziri gushakisha Delphine Mushimiyimana waba warinjiye muri Uganda ariko akaba akekwaho kuba yarahuye n’umuntu wagaragayeho indwara Covid 19, bityo bigakekwa ko nawe yaba yaranduye.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Amashyaka abiri yahuje amaboko asaba u Rwanda kutemera ko Minisitiri Kabarebe yitaba u Bufaransa
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira ubumwe bw’ Abanyarwanda UDPR n’ Ishyaka ry’Abakozi (PSR) basabwe Leta y’ u Rwanda gutesha agaciro ubusabe bw’ u Bufaransa buvuga ko Minisitiri w’ ingabo w’ u Rwanda General James Kabarebe agomba kwitaba iki gihugu akisobanura ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana.
Aya mashyaka yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2017. Aya mashyaka avuga ko kuba u Bufaransa bwarongeye kumva umutangabuhamya ku ihanurwa ry’indege ari (…) -
Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko ingabo za Iran zarashe ibisasu bikabakaba 100 ibyinshi muri byo bipfubirizwa mu kirere.
-
Qatar yatangaje ko yishimiye ’ntambwe ikomeye iganisha ku mahoro’ y’u Rwanda na RDC
24 March 2025, by Joseph IradukundaQatar ivuga ko ishima ibyatangajwe na leta y’u Rwanda na leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byo kwiyemeza "guhosha no kugabanya ubushyamirane mu burasirazuba bwa Congo", bijyanye n’itangazo ry’umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa DR Congo ryo kuva mu mujyi wa Walikale.
-
Dr Frank HABINEZA yahishuye ukuntu kuba Umunyamakuru byamuteye gushinga ishyaka
6 June 2024, by Dusingizimana RemyAmateka ya Dr Frank HABINEZA,umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ni maremare gusa yahishuye ko akarengane yahuriye nako mu itangazamakuru ariko katumye yiyemeza gushinga ishyaka.
-
RIB yatangaje dosiye z’ingengabitecyerezo zabonetse mu minsi 100 yo kwibuka
5 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), buravuga ko mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakiriye amadosiye 187 arimo abakekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano nayo 234.
Mu kiganiro yagiranye na RBA kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga 2023, Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko abo 234 bakurikiranyweho ibyaha 199, harimo iby’ingengabitekerezo ya Jenoside 166 n’ibyaha by’ivangura no gukurura amacakubiri (…) -
RDF yeretse ingabo za EJVM abarwanyi 19 ba Red Tabara iherutse gufata mpiri [AMAFOTO]
5 October 2020, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda RDF yeretse Itsinda ry’ingabo za EJVM rishinzwe kugenzura imipaka mu karere k’ibiyaga bigari, abarwanyi bo mu mutwe wa Red Tabara bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda bavuye i Burundi tariki 29 Nzeri 2020. Bafatanywe ibintu bitandukanye birimo n’imbunda.
Umuryango.rw
RIB yatangiye gukora iperereza kuri Minisitiri Gatete ukekwaho ibyaha birimo gukoresha nabi umutungo wa Leta
Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel
Qatar yatangaje ko yishimiye ’ntambwe ikomeye iganisha ku mahoro’ y’u Rwanda na RDC
Dr Frank HABINEZA yahishuye ukuntu kuba Umunyamakuru byamuteye gushinga ishyaka
RIB yatangaje dosiye z’ingengabitecyerezo zabonetse mu minsi 100 yo kwibuka
RDF yeretse ingabo za EJVM abarwanyi 19 ba Red Tabara iherutse gufata mpiri [AMAFOTO]