Umusirikare akaba n’umuhanzi Sergeant Major Kabera Robert wamenyekanye nka "Sergeant Robert" ari guhigishwa uruhindu akekwaho gusambanya umwana agahita atoroka.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko icyo cyaha cyakozwe tariki 21 Ugushyingo, ubwo yasambanyaga umwana w’imyaka 15. Bimaze kumenyekana ko byabaye, yahise atoroka ku buryo magingo aya yaburiwe irengero.
Inzego z’umutekano zatangiye kumushakisha uruhindu ngo agezwe imbere y’ubutabera. Zivuga ko uwabasha kumuca iryera yamenyesha inzego (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umuhanzi Sergeant Robert ari gushakishwa kubera icyaha cyo gusambanya umwana akekwaho
23 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
5 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu gihugu, hamwe na Perezida Hage Geingob wa Namibia n’umugore we Monica Geingos,ubwo yababwiraga ko bakwima amatwi ubabwira ngo bajye ku kazi kuri uyu wa Gatanu.
-
Rayon Sports yamaze gutangaza abakinnyi 11 barayifasha guhangana na Al Hilal
25 August 2019, by Dusingizimana RemyHarabura amasaha make ngo Rayon Sports icakirane na Al Hilal mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu ijonjora rya kabiri ryo kwinjira mu matsinda ya CAF Champions League.
-
Isaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro,amakoraniro n’abafana ku bibuga barakomorerwa
27 January 2022, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 28 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro n’abafana ku bibuga nabyo byakomorewe.
Mu myanzuro mishya ikurikiye iyatangajwe ku wa 14 Ukuboza 2021,hahinduwemo kuzamura amasaha yo kugera mu rugo aho yakuwe saa yine ashyirwa kugera saa sita.
Hanatarangajwe ko ibitaramo by’umuziki bizasubukurwa hashingiwe ku mabwiriza azagenwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB.
Ibi byajyaniranye (...) -
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal arangije ayisaba ikintu gikomeye
30 August 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’Ikipe ya Arsenal ubwo yatwaraga igikombe cyitswe FA Community Shield itsinze Liverpool kuri penaliti 5-4, arangije ayisaba kwiyubaka ikomeje iharanira kugaruka mu bihe byiza.
-
Miss Mwiseneza yavuze uburyo Mimi Mirage yatumiye Tiwa Savage mu rwego rwo gukora ikirori cyo guhura bombi bwa mbere imbona nkubone[AMAFOTO]
15 March 2019, by Martin MunezeroUmuhanzikazi ukomeye muri Nigeria Tiwatope Savage-Balogun [Tiwa Savage] umaze kubaka izina mu buryo bukomeye ku mugabane wa Afurika, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo cyo kwishimana n’abafana ba Miss Popularity 2019 Mwiseneza Josiane. Ni igitaramo cyiswe ‘Meet Josiane’.
-
RIB yerekanye itsinda ry’abasore 6 bamaze iminsi biba amafaranga y’aba agents ba Mobile Money
27 July 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 27 Nyakanga 2020, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe itsinda ry’abasore batandatu bamaze iminsi biba amafaranga, umubare w’ibanga na SIM Card z’aba agent ba Mobile Money.
-
Ibyaganiriweho n’abagize Guverinoma mbere y’uko bajya mu kiruhuko
18 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yize ku ngingo zitandukanye zirimo kugenzura gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 n’izindi ngingo zirimo ijyanye n’ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu mahanga.
Mu itangazo ryashyizwe hanze uyu munsi,Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye yaganiriye ku ngingo zinyuranye zirimo:
Gahunda yo gukingira Covid-19 mu gihugu; Abanyarwanda 951,795 bamaze gukingirwa
Impapuro mpeshamwenda za Eurobond Guverinoma iherutse (...) -
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
0 | ... | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | ... | 3430