Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda imbere ya za Ambasade z’ibihugu bikomeye mu rwego rwo kugerageza gushimisha mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi
19 December 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo (Amafoto)
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri 1 Gashyantare 2018, ubwo Abanyarwanda bizihizaga umunsi wo kuzirikana ibigwi by’ intwari z’ u Rwanda Perezida Paul Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 ibigwi byazo.
Intwari ziruhukiye muri iki gicumbi zirimo Gen. Maj Fred Gisa Rwigema n’umusirikare Utazwi bari mu cyiciro cy’Intwari z’Imanzi.
Harimo Umwami Mutara III Rudahigwa, Rwagasana Michel, Uwiringiyimana Agathe, Niyitegeka (…) -
Minisitiri Dr Biruta yasuye Ishuri rya Polisi ryo mu Misiri
22 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, witabiriye inama mpuzamahanga ya Gatanu yaberaga i Aswan mu Misiri kugeza tariki 20 Ukwakira, ku wa Kabiri yasuye ishuri rya Polisi yerekwa ubufatanye bushingiye ku mahugurwa hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iya Misiri.
-
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW
30 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rumaze kwemeza ko Bamporiki Bamporiki Edouard afungwa imyaka 4 akanatanga ihazabu ya 60,000,000 Frw.
Bamporiki wabaye muri guverinoma yashinjwaga ibyaha byo gusaba no kwakira indonke ndetse no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko yaka ruswa.
Urukiko rwamuhamije ibyaha 2 birimo icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite.
Urukiko ntirwahise rutegeka ko ahita afungwa kuko yaburanye (…) -
Abapolisi 160 biganjemo abagore boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
4 November 2020, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abapolisi 160, rigizwe n’umubare munini w’abagore bayobowe na Senior Superintendent Jeannette Masozera, bagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo.
-
Manirareba wifuza ko ingoma ya cyami isubiraho mu Rwanda arashaka kuba Perezida
24 May 2024, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Manirareba Herman, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, impapuro zisaba kuba umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora yo muri Nyakanga 2024.
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
-
Abantu 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19 abanduye biyongeraho 83
7 March 2021, by Dusingizimana RemyMu minsi ibiri ishize mu Rwanda abantu 158,898 bamaze gukingirwa #COVID19. Harimo 83,842 bakingiwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Weurwe 2021.
Ku wa Gatandatu habonetse abarwayi bashya 83, hakira 59 na ho abakirwaye ni 1,442 barimo 11 barembye.
Uyu munsi nta wapfuye, abamaze gupfa baracyari 267.
Abakingiwe bose hamwe ni 158,898 ( barimo 83,842 bashya).
Amakuru yose ajyanye na Covid-19:
Abanduye bose:19,509. Hakize:59. Abakize bose:17,810. Ntawapfuye bityo abamaze gupfa bose (…) -
Perezida Kagame yashimiye Joe Biden watorewe kuyobora Amerika
8 November 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashimiye Joe Biden,watorewe kuyobora Amerika atsinze Donald Trump bari bahanganye mu matora yavugishije isi yose.
-
Gen Muhoozi ku ‘Kwibohora31’ yasingije ibikorwa bya Perezida Kagame n’Ingabo ze
4 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo kwibohora, ashimangira ko urugamba Perezida Paul Kagame n’ingabo yari ayoboye batangije ari igikorwa cy’ubutwari Isi yose izahora yibuka.
Umuryango.rw
Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi
Minisitiri Dr Biruta yasuye Ishuri rya Polisi ryo mu Misiri
Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 4 n’ihazabu ya miliyoni 60 FRW
Manirareba wifuza ko ingoma ya cyami isubiraho mu Rwanda arashaka kuba Perezida
Abantu 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19 abanduye biyongeraho 83
Gen Muhoozi ku ‘Kwibohora31’ yasingije ibikorwa bya Perezida Kagame n’Ingabo ze