Uwari umukozi w’Umurenge wa Mutuntu ushinzwe irangamimerere, Vital Nkurunziza,yikubise hasi arapfa ubwo yari yaje gutoza uyu murenge we uri gukina umukino wa gicuti n’uwa Gitesi muri Karongi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Karongi: Umukozi w’umurenge yikubise hasi arapfa ubwo yari ku kibuga cy’umupira
1 March 2020, by Dusingizimana Remy -
"Twiteguye kurwana na RDC bibaye ngombwa"-Perezida Kagame
20 June 2024, by Dusingizimana RemyMu kiganiro cyihariye yagiranye na France 24, Perezida Paul Kagame, yavuze ko igihugu cye "cyiteguye" kurwana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DR Congo) igihe yashotora u Rwanda.
-
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal arangije ayisaba ikintu gikomeye
30 August 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’Ikipe ya Arsenal ubwo yatwaraga igikombe cyitswe FA Community Shield itsinze Liverpool kuri penaliti 5-4, arangije ayisaba kwiyubaka ikomeje iharanira kugaruka mu bihe byiza.
-
Nduhungirehe yagaragaje ingero zishimangira ubunyamwuga buke bw’umunyamakuru Hariana Véras
9 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo umunyamakuru Hariana Véras Victória avuga ko akora kinyamwuga, ibikorwa bye bigaragaramo ubunyamwuga muke kuko yirengagiza ukuri ku bibera mu Karere.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe ya EAC yakiriwemo igihugu cya RDC [YAVUGURUWE]
22 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu nama ya 18 idasanzwe y’uyu muryango,yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Yayobowe na Uhuru Kenyatta wa Kenya; yitabiriwe na Perezida Kagame; Samia Hassan Suluhu wa Tanzania; Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Visi Perezida w’u Burundi, Prosper Bazombanza na Minisitiri ushinzwe EAC muri Sudani y’Epfo, Deng Alor Kuol.
Iyi nama yasuzumye raporo y’abaminisitiri bo muri uyu muryango (…) -
Iran na Israel byemeye guhagarika imirwano, ibigo by’indege birahababarira: Agezweho ku rugamba
24 June 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Iran n’iya Israel byemeye guhagarika kugabaho, mu ntambara yari imaze iminsi 12 birasahano ubudahagarara.
-
Hejuru ya 80% ingengabitekerezo ya Jenoside yaragabanutse mu myaka 20 ishize
14 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba ingengabitekerezo ya Jenoside byerekana ko Abanyarwanda bari kurushaho kunga ubumwe.
-
Umunyarwanda yagizwe Umuyobozi Mukuru wa IFAD muri Afurika
18 September 2025, by ISIMBI EstellaEric Rwabidadi yagizwe Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, IFAD, muri Afurika yo Hagati no muri Cameroun.
-
Namibia yanze kongera Visa y’Umwami wo muri Uganda
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Namibia, tariki ya 17 Nyakanga 2024 yanze ubusabe bwo kongeresha visa y’Umwami wa Buganda muri Uganda, Kabaka Mutebi II, uharwariye kuva muri Mata 2024 kugeza magingo aya.
-
Perezida Paul Kagame yasubije wa mukobwa wakubitiwe mu ruhame n’umuherwe ufite na Televiziyo mu Rwanda ntahabwe ubutabera
11 September 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTKuwa 5 Nzeri nibwo umukobwa witwa Diane Kamari yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko yakubiswe n’umuherwe Dr.Francis ny’iri televiziyo ya GoodRich TV ,akavuga ko yanagejeje ikirego muri RIB ariko ntahabwe ubutabera.
Umuryango.rw
Karongi: Umukozi w’umurenge yikubise hasi arapfa ubwo yari ku kibuga cy’umupira
"Twiteguye kurwana na RDC bibaye ngombwa"-Perezida Kagame
Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Arsenal arangije ayisaba ikintu gikomeye
Nduhungirehe yagaragaje ingero zishimangira ubunyamwuga buke bw’umunyamakuru Hariana Véras
Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe ya EAC yakiriwemo igihugu cya RDC [YAVUGURUWE]
Iran na Israel byemeye guhagarika imirwano, ibigo by’indege birahababarira: Agezweho ku rugamba
Umunyarwanda yagizwe Umuyobozi Mukuru wa IFAD muri Afurika
Namibia yanze kongera Visa y’Umwami wo muri Uganda