Abadepite bagaragarije Minisiteri w’ Imari n’ igenamigambi impungenge ku myenda u Rwanda rwatse mu mahanga n’ imbere mu gihugu bagaragaza ko hari ibihugu byaka imyenda ikabibera umuzigo aho kuba igisubizo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abadepite bafite impungenge ku myenda ya miliyari zirenga 300 u Rwanda ruherutse kuguza
27 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Inzara ikomeje guca ibintu ku Isi
2 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, PAM, ribitangaza.
-
Uwahoze ari umujyanama wa Nangaa yabwiye urukiko ko nta Munyarwanda yabonye muri AFC/M23
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuEric Nkuba Shebandu alias Malembe wahoze ari umujyanama wihariye w’Umuyobozi w’ihuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka M23, Corneille Nangaa, yabwiye urukiko rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko atigeze abona Abanyarwanda mu mutwe wabo.
-
U Rwanda rushobora kwirukanwa mu gikombe cy’Afurika cya Volleyball kubera gukinisha Abanya Brazil
18 September 2021, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umukino wa Volleyball ku isi,FIVB, ryanze kumva ugutakamba k’u Rwanda risaba ko ruterwa mpaga mu mikino 2 rwakinnye mu irushanwa ry’Igikombe cy’Afurika cya Volleyball cyaberaga muri Kigali Arena ndetse rukanirukanwa mu irushanwa.
Mu ibaruwa FIVB yandikiye perezida wa CAVB, Bouchra Hajij nyuma y’inama yahuje impande 3 ku munsi w’ejo,tariki ya 17 Nzeri 2021,yasabye ko hubahirizwa amategeko hakirukanwa u Rwanda n’abakinnyi badafite ibyangombwa bakirukanwa.
Amakuru avuga ko (…) -
Perezida Kagame yafunguye ikibuga cya Cricket cyubatswe i Gahanga-AMAFOTO
28 October 2017, by Iyamuremye JanvierNyuma yo gukorana umuganda n’abaturage usoza ukwezi kwa cumi kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 Perezida Paul Kagame yahise afungura kumugaragaro ikibuga cya Cricket cyuzuye mu i Gahanga mu Rwanda.
Umukuru w’Igihugu yifatanyije n’abaturage ba Kicukiro mu murenge wa Gahanga mu muganda usoza Ukwezi.Yabwiye abaturage ko bakwiye kwigira kuburyo azajya abasura azajya asanga hari aho bigejeje batera imbere.
Yagize ati ”Mubyo twubaka byose, tugomba gushyiraho akacu, abashaka ko dufatanya bagasanga (…) -
Nduhungirehe ashidikanya ku bushake bwa Congo bwo kubahiriza agahenge gashya kasabwe na Angola
12 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo Leta ya Angola yifuje agahenge gashya, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushobora kutakubahiriza kuko kuva na mbere nta bushake bwa politiki bugaragaza.
-
U Bwongereza: Minisitiri yacyeje uburyo u Rwanda rusubiza mu buzima busanzwe abahoze muri FDLR
10 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri mu Bwongereza Ushinzwe Iterambere na Afurika, Baroness Jenny Chapman, yashimiye u Rwanda kubwa politiki yarwo ihamye yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe yitwara gisirikare irimo nka FDLR.
-
Perezida Kagame yashimye ibikorwa Ingabo z’Igihugu zakoze muri uyu mwaka
28 December 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye ibikorwa ingabo z’igihugu zakoze muri uyu mwaka wa 2019 turi gusoza, ku ruhare rukomeye zagize mukubungabunga amahoro haba mu gihugu nderse no mu mahanga.
-
Busingye yababajwe no gusezererwa kw’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi,Mushikiwabo we aramwenyura
12 December 2022, by Dusingizimana RemyAmbasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yagaragaje agahinda yatewe n’isezererwa ry’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi cya 2022 kiri kubera muri Qatar mu gihe Umunyamabanga mukuru wa OIF,Louise Mushikiwabo we yabyiniraga ku rukoma kubera Maroc n’Ubufaransa bageze 1/2.
Abinyujije kur Twitter,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yateye urwenya asaba akaruhuko, kuko ibihugu binyamuryango byari bimaze kugera (…) -
Polisi y’u Rwanda yavuze ku iraswa ry’imfungwa 5 zashatse gutoroka gereza i Kirehe
29 April 2021, by Dusingizimana RemyKu munsi w’ejo tariki ya 28 Mata 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, yarashe imfungwa eshanu zari zitorotse gereza zose zihasiga ubuzima.
Umuryango.rw
Inzara ikomeje guca ibintu ku Isi
Uwahoze ari umujyanama wa Nangaa yabwiye urukiko ko nta Munyarwanda yabonye muri AFC/M23
U Rwanda rushobora kwirukanwa mu gikombe cy’Afurika cya Volleyball kubera gukinisha Abanya Brazil
Nduhungirehe ashidikanya ku bushake bwa Congo bwo kubahiriza agahenge gashya kasabwe na Angola
U Bwongereza: Minisitiri yacyeje uburyo u Rwanda rusubiza mu buzima busanzwe abahoze muri FDLR
Busingye yababajwe no gusezererwa kw’ibihugu bya Commonwealth mu gikombe cy’isi,Mushikiwabo we aramwenyura