Perezida Kagame uri muri Tanzania, yageze kuri Stade Uhuru i Dar es Salaam aho yifatanije na Perezida Samia Suluhu Hassan hamwe n’ibihumbi by’Abanyatanzaniya mu birori byo kwizihiza Isabukuru ya 60 y’Ubwigenge.
Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzaniya [Jamhuri ya Muungano wa Tanzania], yari yarakoronijwe n’u Bwongereza, yabonye ubwigenge mu 1961, ndetse buri mwaka, tariki 9 Ukuboza hizihizwa ibirori by’isabukuru y’imyaka iba ishize iki gihugu kigenga.
Umukuru w’Igihugu ni umwe mu bazitabira ibirori (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame na Samia Suluhu mu birori byo kwizihiza imyaka 60 y’ubwigenge bwa Tanzania [AMAFOTO]
9 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Tshisekedi yabyukije gahunda ye yo gutera u Rwanda
12 June 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho.
-
Imibare y’abantu bacurujwe mu myaka itanu ishize igaragaza ko abagore bibasiwe cyane
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ishusho y’uko ibikorwa by’icuruzwa ry’abantu bihagaze mu Rwanda n’ibyiciro byibasirwa cyane.
-
Abakozi ba BK bashinjwa kuyihombya n’abo bahaye inguzanyo baburanye ubujurire bwari bumaze inshuro 8 busubikwa
5 February 2022, by Dusingizimana RemyAbakozi ba BK batatu’’ muri batandatu bakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo batangiye kuburana ubujurire bwabo mu rukiko rukuru nyuma y’umwaka bakatiwe.Bose basabye urukiko kubarekura.
Aba bakozi ba BK harimo uwahoze akuriye ishami rya BK Kimironko n’uwari ukuriye inguzanyo muri iryo shami,n’umuyobozi wari ukuriye umushinga wiswe ZAMUKA-MUGORE mu gihugu hose.
Bafunzwe muri Nzeri 2019 bafatanwa n’abandi bantu 12 bari mu bahawe inguzanyo y’umushinga wa Banki ya Kigali wiswe ZAMUKA-MUGORE. (...) -
U Rwanda na Uganda bafashe ingamba zirindwi zikomeye zirimo ko Abanyarwanda bafunzwe binyuranyije n’amategeko bagiye kurekurwa
16 September 2019, by Dusingizimana RemyAbahagarariye Leta y’u Rwanda na Uganda bateraniye i Kigali uyu munsi taliki ya 16 Nzeri 2019 biga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aherutse gusinyirwa muri Angola,aho mu ngingo zirindwi bemeranyijeho harimo ko impande zombi zihagarika ’propaganda mbi’ mu itangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga na Uganda yemera kurekura Abanyarwanda bafunzwe binyuranyije n’amategeko.
-
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Dr Thomas Kigabo wari ushinzwe ubukungu muri BNR yitabye Imana
15 January 2021, by Dusingizimana RemyDr.Thomas Kigabo RUSUHUZWA wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubukungu muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yitabye Imana. Akaba yapfiriye muri Kenya aho yari yagiye kwivuriza.
-
Minisitiri Shyaka yavuze impamvu Leta yafunguye gahunda yo gusezeranya ku murenge ikanga korohereza insengero
25 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka Anastase yatangaje ko impamvu yatumye Leta y’u Rwanda yemerera abantu gusezerana mu murenge baherekejwe n’abantu 15 ariko ntiyemerere insengero gusezeranya ari uko bidashoboka ko hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Coronavirus.
-
Uwirukaniwe amakosa akomeye ayo makosa ashobora kujya atangazwa n’ inama y’ abaminisiti
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yatangaje igiye kureba niba nta kuntu yajya itangaza mu myanzuro y’ inama y’ abaminisitiri amakosa umuntu wirukaniwe.
-
Abagera kuri 76% by’abari batuye Kangondo na Kibiraro bamaze kwimurirwa Busanza
17 September 2022, by Dusingizimana RemyAbari batuye mu kajagari kazwi cyane nka Bannyahe ko mu kagari ka Nyarutarama i Kigali bakomeje kwimurwa bajyanwa I Buanza aho ubu igikorwa kigeze kuri 76%.
Ikinyamakuru The New Times cyavuze ko abayobozi bo mu mujyi wa Kigali bagitangarije ko imiryango 960 imaze kwimurwa muri kariya gace ikajya gutura mu mudugudu ugezweho yubakiwe mu Busanza.
Gikomeza kivuga ko abo bangana na 76% by’abari batuye mu midugudu ya Kangondo, na Kibiraro.
Bamwe mu barimo kwimuka bavuze ko babikoze kuko unta (...)
0 | ... | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | ... | 3430