U Rwanda rwagaragaje sisiteme y’ikoranabuhanga ya e-IDSR, (Integrated Disease Surveillance and Response) izafasha Abaveterineri n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima bw’amatungo n’inyamanswa kuvumbura kare indwara n’ibyorezo bishobora kwanduza abantu bavuye mu matungo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
4 November 2025, by Brenda MIZERO -
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
18 August 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali.
-
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
3 January 2024, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko Perezida Tshisekedi atazigera agenzura uduce wabohoje ndetse bo na Alliance Fleuve Congo biyemeje guhirika ubutegetsi bwa RDC.
-
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Kayitesi Yvonne wamamaye nka Tessy, yasezeranye imbere y’Imana n’Umuraperi Hakizimana Ishimwe Agappe uzwi nka Shizzo.
-
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana ErnestGen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…) -
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda
15 December 2025, by Brenda MIZEROU Burundi bumaze iminsi bwohereza abasirikare benshi n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ibihugu byombi.
-
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
4 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje abantu bazamuhagararira mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
NURC yafashe umwanzuro udasanzwe uzayifasha kwihutisha ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda
23 September 2019, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge [NURC] yafashe umwanzuro wo gushing muri buri mudugudu ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge rizafasha kugira ngo igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigere kuri 96 ku ijana mu mwaka wa 2024.
-
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe.
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
Umuryango.rw
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda
Perezida Biden yagennye Bill Clinton nk’uzamuhagararira mu muhango wo #Kwibuka30
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi