Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo cy’ishoramari cya NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Lina Higiro yagizwe Umuyobozi Mukuru muri NCBA Group ushizwe ibikorwa by’ubucuruzi
29 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
Abakiristu batari abagatolika bagiye kugaba ibitero ku bacuruzi b’ ibiyobyabwenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango w’ ihuriro rw’ abaporotestani mu Rwanda C.P.R watangaje ko ugiye gutegura ibikorwa by’ amasengesho bigamije kurandura icuruzwa ry’ ibiyobyabwenge mu Rwanda ku buryo wizeye ko ibiyobyabwenge bizacika burundu mu Rwanda
Umuyobozi wa C.P.R yavuze ko nibamara guhashya ibiyobyabwenge burundu bazatumira Perezida Kagame bakamumurikira igikorwa cy’ indashyikirwa bazaba baragezeho.
Musenyeri Alexis Birindabagabo, Umuyobozi w’Itorero ry’Abangirikani Diyosezi ya Gahini akaba na Perezida wa CPR (...) -
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (...) -
RIB yatangaje ibyo Mujawamariya akurikiranweho
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelRIB yatangaje ko MUJAWAMARIYA Jeanne d’Arc akurikiraho ibyaha yakoze akiri Minisitiri w’Ibidukikije. Ni nyuma y’uko Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Nyakanga 2024.
-
Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu
7 December 2023Uturere 11 muri 30 tw’igihugu, twaramukiye mu matora yo kuzuza imyanya y’ubuyobozi bwatwo. Muri two, Burera, Gakenke, Musanze, Nyamasheke, Karongi na Rutsiro turi butore ba Meya.
-
METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize
23 August 2024, by EmmyImvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere Meteo Rwanda bibigaragaza.
-
Perezida KAGAME n’Umuryango we bifatanyije n’abanyarwanda mu gitaramo cy’umwaka mushya[AMAFOTO]
2 January 2020, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i Remera.
-
Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe n’abanye-Congo, bitandukanye n’ibivugwa na leta ya RDC yakunze kuwuhuza n’u Rwanda.
-
U Rwanda na RDC baganiriye ku buryo bwo kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka muri ibi bihe bya COVID-19
28 May 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu bagize guverinoma y’u Rwanda berekeje I Rubavu mu ntara y’i Burengerazuba,mu biganiro na bagenzi babo bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ku ngamba zo kurwanya Covid-19 no kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka muri ibi bihe bya Coronavirus.
0 | ... | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | ... | 3430