Ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwatangaje ko imodoka yikipe yafatiriwe ndetse ubu iparitse ku akagera aho hakenewe 62,000,000 FRW yo kuyigombora bitakunda igatezwa cyamunara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida wa Rayon Sports yahishuye akayabo gakenewe kugira ngo Bisi y’ikipe irekurwe
24 February 2021, by Dusingizimana Remy -
Jado Uwihanganye, Rwakazina wayoboraga Umujyi, Maj Gen Karamba mu basabiwe kuba ba Ambasaderi
16 July 2019, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul Kagame yashyizeho abazahagararira u Rwanda mu bihugu 15 by’amahanga.
-
Inteko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino ihuza iya EAC
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino mpuzamahanga ihuza Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
-
Ntibizongere kubaho ukundi – Amb Carlos Sérgio wasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
9 October 2025, by Brenda MIZEROAbagize itsinda riyobowe n’Umunyamabanga Mukuru ushinzwe Afurika n’Uburasirazuba bwo Hagati muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Brazil, Ambasaderi Carlos Sérgio Sobral Duarte, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, banunamira inzirakarengane zisaga ibihumbi 250 ziharuhukiye.
-
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
19 April 2022, by Joseph IradukundaIbihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
-
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
15 January 2025, by Joseph IradukundaKarasira yinjiye mu cyumba cy’urukiko yambaye inkwetu zizwi nka Boda Boda zidasa-rumwe rw’umweru n’urundi rw’ubururu.
-
ADEPR: Abagore barwaniye mu rusengero bapfuye amakimbirane bisanganiwe
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nyirambabazi Illumine na Mukashema Beatrice bagundaguraniye mu rusengero bitera abakiristu ihungabana undi avunika imbavu.
-
Umugore wa Tshisekedi yasuye abarwanyi ba FDLR mu bitaro, bishimangira ubufatanye bwayo na FARDC
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu tariki 25 Mutarama 2025, umugore wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru Tshisekedi, yatangaje ko yasuye abasirikare b’iki gihugu bakomerekeye ku rugamba barimo na M23, gusa benshi baza kugwa mu kantu nyuma yo kubona ko mu bo yasuye harimo abarwanyi b’umutwe wa FDLR.
-
DRC: Urukiko rwa Gisirikari muri Uvira Rwakatiye Abasirikari 3 Igihano cy’ Urupfu
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUrukiko rwa gisirikare ruherereye Uvira muri Kivu y’ Amajyepfo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu ba FARDC, nyuma y’uko bahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, ubwo barasaga cyane mu bantu bari bicaye biganirira bisanzwe.
-
Kigali: Urujeni Martine yatorewe kuba Umuyobozi wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage
25 March 2022, by Dusingizimana RemyUrujeni Martine yatorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage, asimbuye Umutoni Gatsinzi Nadine, Uheruka kugirwa Umuyobozi mukuru w’ikigo Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA).
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Werurwe 2022, nibwo habaye amatora yo kuzuza Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali, igizwe n’abajyanama 11 nk’uko biteganywa n’Itegeko.
Urujeni Martine watowe, yasimbuye Umutoni Gatsinzi Nadine, Uheruka kugirwa Umuyobozi (…)
Umuryango.rw
Inteko y’u Rwanda yishimiye umusaruro yakuye mu mikino ihuza iya EAC
Ntibizongere kubaho ukundi – Amb Carlos Sérgio wasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
Umugore wa Tshisekedi yasuye abarwanyi ba FDLR mu bitaro, bishimangira ubufatanye bwayo na FARDC
DRC: Urukiko rwa Gisirikari muri Uvira Rwakatiye Abasirikari 3 Igihano cy’ Urupfu
Kigali: Urujeni Martine yatorewe kuba Umuyobozi wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage