Minisiteri w’ Uburezi mu Rwanda yatashye ku mugaragaro inyubako za Kaminuza y’ u Rwanda zubatswe n’ amabuye y’ ibirunga.
Izi nyubako zatashwe kuri uyu wa 15 Werurwe 2018 na Minisitiri w’ uburezi Dr Eugene Mutimura. Zizigirwamo n’ abiga ubugeni.
Zubatswe mu buryo budasanzwe bumenyerewe mu Rwanda kuko zubatswe n’ amabuye yo mu birunga azwi nk’ amakoro na Sima. Izi ntabwo zisakaje amabati cyangwa amategura.
Minisitiri w’Uburezi, Mutimura Dr Eugene, yavuze ko iyi nyubako izafasha mu guteza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro inzu Kaminuza yubatse mu makoro
16 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Kiliziya yitandukanyije n’abavuze ko babonekewe na Bikira Mariya i Musanze
18 January, by Brenda MIZEROUbuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze, bwitandukanyije n’amakuru yatangajwe, ashimangira ko muri aka karere habereye amabonekerwa ya Bikira Mariya.
-
Abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye n’abo mu cyiciro rusange batangiye ibizamini
20 July 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri, mu gihugu cyose, abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abarangije amashuri yisumbuye ndetse n’abasoje amasomo y’imyuga batangiye ibizamini bya Leta.
-
Ntabwo byumvikana ko mu Rwanda twakwicwa n’inzara-Senateri Dr. Charles Murigande
19 January, by Brenda MIZEROSenateri Dr. Charles Murigande yagaragaje ko bitumvikana ko mu Rwanda habaho abantu bicwa n’inzara kandi ruri mu bihugu bigira imvura ishobora gufasha mu buhinzi, asaba ko hashyirwa imbaraga mu guteza imbere ubushakashatsi bugamije kongera umusaruro.
-
Umujyi wa Kigali wasubitse Car Free Day kubera Misa ya Kardinali Kambanda yo muri Kigali Arena
4 December 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangaje ko siporo rusange ya Car Free Day yagombaga kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza 2020, yasubitswe bitewe n’indi gahunda iteganyijwe kuri uwo munsi.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yibukije ko kunoza Ikinyarwanda bidahagarika kwiga izindi ndimi
10 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Damascene, yashimangiye ko iterambere ry’u Rwanda ridashobora kugerwaho hatitawe ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda by’umwihariko indangagaciro yo kwigira no kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi rw’Ikinyarwanda.
-
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal wasoje imirimo ye
7 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal, Luisa Maria Machado da Palma Fragoso, wasoje imirimo yo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
-
Ntuzemere kuguma hasi: Perezida Kagame aganira n’abanyeshuri ba Harvard Business School
16 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Paul Kagame yavuze ko isomo rikomeye mu buzima kugira ngo umuntu agere ku cyo ashaka, ari ukutemera ko hari imbaraga zimusubiza hasi uko zaba zimeze kose.
Yabitangaje mu kiganiro yahaye abanyeshuri ba Harvard Business School, Ishami ry’ubucuruzi rya Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Amashusho yashyizwe hanze binyuze kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, agaragaza Perezida Kagame aganira n’abo banyeshuri muri Village Urugwiro i Kigali kuri uyu wa (…) -
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon
20 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe amavugurura n’ubufatanye bw’inzego muri Gabon, François Ndong Obiang, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025.
-
Stade Amahoro igiye kuzura [Hamenyekanye igihe izasorezwa]
7 March 2024, by Dusingizimana RemyImirimo yo kubaka Stade Amahoro izajya yakira abantu 45,000 igeze hafi ku musozo aho imirimo ya nyuma ari yo iri gukorwa amanywa n’ijoro.
Umuryango.rw
Kiliziya yitandukanyije n’abavuze ko babonekewe na Bikira Mariya i Musanze
Abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye n’abo mu cyiciro rusange batangiye ibizamini
Ntabwo byumvikana ko mu Rwanda twakwicwa n’inzara-Senateri Dr. Charles Murigande
Minisitiri Dr. Bizimana yibukije ko kunoza Ikinyarwanda bidahagarika kwiga izindi ndimi
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal wasoje imirimo ye
Ntuzemere kuguma hasi: Perezida Kagame aganira n’abanyeshuri ba Harvard Business School
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon
Stade Amahoro igiye kuzura [Hamenyekanye igihe izasorezwa]