Minisitiri w’Ingabo muri Israel, Katz Israel yatangaje ko yategetse igisirikare cy’iki gihugu kubura ibitero kuri Iran, nyuma yo kuyishinja kutubahiriza agahenge kashyizweho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bahame Hassan yafunzwe akekwaho gukora ishimishamubiri ku bagororerwa i Gitagata
22 December 2025, by Brenda MIZEROUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Bahame Hassan, akekwaho gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe bajyanwa kugororerwa muri iki kigo.
-
Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?
10 February, by Brenda MIZEROImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko 82,5% by’abakozi bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, umubare ukubye inshuro zitabarika uw’abajya ku kazi bakoresheje bisi na moto cyangwa ibinyabiziga byabo bwite.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka
30 December 2025, by Brenda MIZEROKu mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u Rwanda rwagezeho mu 2025, ashima uruhare rwa buri Munyarwanda mu gutuma igihugu gitekanye.
-
Umushoferi wa Ingabire Marie Immaculée yishwe n’abantu bari bashyamiranye akajya kubakiza
6 February 2021, by Martin MunezeroUmushoferi witwa Karemera Abraham watwaraga imodoka y’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI-RW) by’umwihariko akaba ari na we watwaraga Umuyobozi w’uyu muryango, Ingabire Marie Immaculée, mu ijoro ryacyeye ubwo yari atashye avuye ku kazi yakubiswe n’abantu yari agiye gukiranura bashyamiranye ahita ahasiga ubuzima.
-
FPR ntabwo yirukana abantu- Tito Rutaremara ku mbabazi Bamporiki yahawe
23 December 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye mu Rwanda, Tito Rutaremara, yatangaje ko mu mahame y’umuryango wa FPR Inkotanyi hatabamo kwirukana umunyamuryango kuko usabye imbabazi yongera ikwamwakira.
-
BNR: yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW
30 August 2024, by Joseph IradukundaMu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari bisanzwe kuri izo note.
-
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bahoze ari abasirikare impinduka zabo zagejeje ibihugu byabo ku byo gushimirwa[AMAFOTO]
30 June 2020, by Martin MunezeroDemokarasi muri Afurika n’imwe mu bibazo bivugwa cyane ku bahoze ari abasirikari bakuru cyangwa abahoze bayoboye imitwe irwanya ubutegetsi bashaka kugira uruhare mu buyobozi, nyuma bakaza kubigeraho bakanayobora ari nk’abasivili kandi bagashimirwa imiyoborere yabo.
-
Amavubi yongeye gusubiza abanyarwanda mu bicu nyuma y’igihe kinini
26 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi”yongeye gushimisha Abanyarwanda nyuma yo gukatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino ya CHAN 2020 itsinze Togo ibitego 3-2 mu mukino wabereye mu mujyi wa Limbe muri Cameroon.
-
Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi
8 December 2025, by Brenda MIZEROLeta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho gahunda nshya y’uburyo igiye kujya ibana n’ibindi bihugu bitandukanye ku Isi aho nko muri Afurika itazongera gukora ibikorwa byo gutera inkunga ahubwo izajya igira imikoranire n’ibihugu bimwe na bimwe na byo bifite icyo biyungura.
Umuryango.rw
Israel yubuye ibitero kuri Iran, iyishinja kutubahiriza agahenge
Bahame Hassan yafunzwe akekwaho gukora ishimishamubiri ku bagororerwa i Gitagata
Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka
FPR ntabwo yirukana abantu- Tito Rutaremara ku mbabazi Bamporiki yahawe
BNR: yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bahoze ari abasirikare impinduka zabo zagejeje ibihugu byabo ku byo gushimirwa[AMAFOTO]
Nta nkunga izongera guhabwa Afurika: Ibyo wamenya kuri gahunda nshya ya Amerika y’uburyo igiye kubanira Isi