Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
9 October 2025, by ISIMBI Estella -
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
29 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,Col.Jeannot Ruhunga yabwiye abanyamakuru ko uru rwego rudakoresha iyicarubozo mu kubona amakuru cyangwa gukurikirana umuntu ku cyaha.
-
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
28 May 2024, by Dusingizimana RemyHakizimana Innocent, umwarimu wo mu karere ka Nyabihu,ushaka kwiyamamariza kuba Perezida, avuga ko natsinda umukandida wa FPR INKOTANYI bahanganye, hari umwanya yamuteganyirije.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda
22 October 2025, by Brenda MIZEROIbiro bya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva byatangaje ko kuri uyu wa 22 Ukwakira 2025, yakiriye Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda.
-
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda,Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, inzego z’ubutegetsi bw’ibanze, hamwe n’Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) nizo nzego za Leta za leta zirangwamo ruswa cyane, nk’uko bigaragara mu cyegeranyo cy’uko ruswa ihagaze mu Rwanda cyo mu 2022 (RBI) cyashyizwe ahagaragara na Transparency International (T.I Rwanda), ku wa gatatu, Ukuboza 7.
RBI ni raporo isohorwa buri mwaka n’Ikigo gishinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane mu Rwanda [T.I Rwanda] igamije kumenya uko ruswa (…) -
Idamange yanze kwitaba urukiko i Nyanza
15 June 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Yvonne Idamange rwasubitswe kuko igihe cyo gutangira yari ari mu cyumba afungiwemo i Kigali kuko yanze kuburanira ku cyicaro cy’urukiko i Nyanza mu majypefo y’u Rwanda.
-
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo
4 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukiko rw’Ubujurire rwo mu Bwongereza ruherutse kwanzura ko icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira babwinjiyemo binyuranye n’amategeko kuko ari ahantu hadatekanye ndetse ngo bashobora kuzasubizwa mu bihugu baturutsemo bakagirirwa nabi.
Mu masezerano yashyizweho umukono mu 2022 hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza, rwemeye kwakira abimukira binjira muri iki gihugu cy’i Burayi binyuranye n’amategeko, bagahabwa amahirwe yo kuhatangirira ubuzima bushya.
Ni amasezerano ataravuzweho rumwe (…) -
Munyaneza Didier yakurikiye Areruya Joseph yikura muri Tour du Rwanda 2021
4 May 2021, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wa Benediction Ignite, Munyaneza Didier ‘Mbappe’ yavuye mu irushanwa rya Tour du Rwanda akurikiye mugenzi we bakinana Areruya Joseph wavuyemo ku munsi w’ejo.Ntabwo hatangajwe impamvu uyu mugabo avuyemo.
-
Perezida Kagame yibukije abayobozi kuzirikana uburemere bw’inshingano barahiriye
6 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yibukije abayobozi ko iyo barahiriye inshingano, badakwiriye kubifata nk’umuhango ahubwo ko bigomba gukurikirwa n’ibikorwa, bagashyira mu ngiro ibyo bashinzwe.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu abasaba kwirinda kuruha imburagihe
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi batatu barimo Dr Uwera Claudine uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi ndetse n’abayobozi babiri mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha abasaba kudacika intege, kutaruha no kwirinda inege yo ku gipimo cyo hejuru.
Perezida yasabye abo bayobozi gutekereza ko cyane kuko abaturage babitezeho byinshi.
Yagize ati “Gutekereza abaturi inyuma bizadufasha no mu gihe hari bamwe muri twe (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
Mwalimu Hakizimana ushaka kuba Perezida yavuze ko natsinda amatora azaha akazi Kagame
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda
Ibigo byagaragayemo ruswa cyane mu Rwanda muri 2022 byamenyekanye
Leta y’U Rwanda yijeje abimukira kutazasubizwa mu bihugu by’iwabo
Perezida Kagame yibukije abayobozi kuzirikana uburemere bw’inshingano barahiriye