Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yafunguye ubushyinguranyandiko bwa François Mitterrand wahoze ari Perezida w’iki gihugu ndetse na Édouard Balladur wari Minisitiri w’Intebe wacyo, zifitanye isano n’uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Macron yafunguye dosiye zigaragaza imikoranire ya Habyarimana na François Mitterand
8 April 2021, by Dusingizimana Remy -
Dr Vincent Biruta yasabye Leta ya Uganda kugira inama abaturage bayo
22 January 2020, by Martin MunezeroInteko ishinga amategeko ya Uganda yasabye leta gutangaza ko abaturage ba Uganda bakwirinda kuza mu Rwanda muri gahunda zitandukanye kuko bahagera bakabarasa.
-
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
24 July 2024, by Ubwanditsi““Dukomeza kujya mbere, tuzarinda igihugu. Dukomeza kujya mbere tuzarinda igihugu. Tuzarinda ubuzima, tuzarinda imitungo yabo. Tuzahagarika abarimbuzi, tuzahagarika abicanyi, tuzahagarika imyigaragambyo kubera ko Kenya ari igihugu cya Demokarasi kandi turifuza igihugu gitekanyo kandi cy’amahoro. Ndetse ibibazo byacu bikemuka hakoreshejwe uburyo bwa demokarasi.
...None mwe abanyakenya murashaka iki? Murashaka ko duhagarika aka kavuyo? Duhagarike iyi ntambara? Duhagarike iyi myigaragambyo (...) -
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwali
1 February 2019, by Martin MunezeroPaul Kagame yashimiye intwari zitangiye u Rwanda, avuga ko ubwitange bwabo buzakomeza kuzirikanwa, kandi ko ari inshingano za buri wese kugira ngo igihugu gikomeze kujya aho Abanyarwanda bifuza.
-
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia,Abiy Ahmed,yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
29 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, bikaba biteganyijwe ko ari bubonane na Perezida wa Repubulika,Paul Kagame.
Yageze mu Rwanda kuri uyu wa 29 Kanama 2021, aho yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta.
Minisitiri Abiy asanzwe ari inshuti y’u Rwanda ndetse si ubwa mbere arugendereye kuko no mu myaka ishize yabikoze ndetse na Perezida Kagame asura Ethiopia.
Ku (...) -
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
-
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
2 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordania, bwatashywe n’abandi banyacyubahiro bakomeye ku Isi.
-
Urukiko rwo mu Bufaransa rwafashe umwanzuro wo guhagarika iperereza ku iraswa ry’indege ya Habyarimana
3 July 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwafashe icyemezo cyo guhagarika isubukurwa ry’iperereza ku ihanurwa ry’indege yari itwaye Perezida Juvenal Habyarimana mu 1994. Ni iperereza ryakunze guteza igitotsi mu mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa.
-
Samia Hassan Suluhu yarahiriye kuyobora Tanzania, aba umugore wa mbere ubigezeho
19 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatanu,Samia Suluhu Hassan,amaze kuvuga indahiro yo kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Tanzania.
-
Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye HangaPitchFest 2021 ko hagiye gukorwa ibirenze kugira ngo abitabira iri rushanwa ryo guhanga udushya mu ikoranabuhanga batere imbere kurushaho.
0 | ... | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | ... | 3430