Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo, UNMISS, zambitswe imidali y’ishimwe na Loni mu kuzirikana ibikorwa byo kugarura amahoro ziri kugiramo uruhare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidali y’ishimwe
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ibyo wamenya ku kirwa cya Bali, aho The Ben yakomereje ibikorwa by’umuziki we
9 October 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi Mugisha Benjamin wamenye nka The Ben ari mu rugendo rw’akazi n’ubusabane i Bali, kimwe mu birwa bikunzwe cyane n’abakerarugendo muri Indonesia, aho agiye gufatira amashusho y’indirimbo ebyiri nshya, nyuma y’igihe kingana n’amezi icyenda adasohora umushinga mushya mu muziki.
-
U Rwanda rwahagarariwe mu nama ya Loni yiga ku mahoro mu Budage
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda yahagarariwe mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yo ku rwego rwa ba Minisitiri irimo kubera i Berlin mu Budage, yiga ku ibikorwa byo kubungabunga amahoro (UN Peacekeeping Ministerial 2025).
-
Hari Abakozi ba UNR bashakaga kwiba Miliyari n’Igice muri Mutuelle!
15 May 2025, by Joseph IradukundaBitwaje Sosiyete bari bise iy’Abakozi n’Abarimu ba Kaminuza y’ u Rwanda ariko imbere muri bo bafite Umugambi karundura wo kwiba Miliyari n’igice muri Mutuelle ya Kaminuza!
-
Abatwara ibinyabiziga bagiye kujya bahabwa amanota y’imyitwarire
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho, mu rwego rwo kurushaho gukorera mu mucyo no kubazwa inshingano, hagamijwe kunoza umutekano wo mu muhanda no kugabanya impanuka n’abo zihitana.
-
Abandi bantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda haboneka undi umwe wanduye
23 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2020,mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Coronavirus bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara baba 154. Muri aba abamaze gukira babaye 87 kuko uyu munsi hakize abantu 3 biyongera kuri 84. Ubu abakirwaye ni 67.
-
Joe Biden yagaragaye mu ruhame yambaye inkweto zambarwa n’abavunitse nyuma yo kuvunika ari gukina n’imbwa ye
2 December 2020, by Dusingizimana RemyPerezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaye mu ruhame bwa mbere nyuma y’imvune yagize ubwo yari ari gukina n’imbwa ye mu cyumweru gishize akanyerera akavunika akaguru k’iburyo.
-
AMAFOTO: Uko byari byifashe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu
17 July 2025, by ISIMBI EstellaKu wa Gatatu, tariki 16 Nyakanga 2025, muri Village Urugwiro hateranye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C, ndetse n’indi mishinga y’amategeko, inashyira mu myanya abayobozi bashya muri za Minisiteri n’ibigo bya leta bitandukanye.
-
Madamu Jeannette Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
26 January, by ISIMBI EstellaMadamu Jeannette Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro, ashimirwa umuhate ukomeye yashyize mu guteza imbere ubuvuzi, uburezi no guharanira ko byagera kuri buri wese ntawe usigaye inyuma.
-
Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAkarere ka Rutsiro kirukanye burundu mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alex, kamuziza gukora inshingano nabi. Ni mu gihe we avuga ko yarenganyijwe kandi yiteguye kwegera inzego zose zireberera abakozi ngo zimurenganure.
Umuryango.rw
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidali y’ishimwe
Ibyo wamenya ku kirwa cya Bali, aho The Ben yakomereje ibikorwa by’umuziki we
U Rwanda rwahagarariwe mu nama ya Loni yiga ku mahoro mu Budage
Hari Abakozi ba UNR bashakaga kwiba Miliyari n’Igice muri Mutuelle!
Abatwara ibinyabiziga bagiye kujya bahabwa amanota y’imyitwarire
AMAFOTO: Uko byari byifashe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu
Madamu Jeannette Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu