Ashingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin Munezero -
UPDATE:Imvura nyinshi yaraye iguye hirya no hino mu Rwanda yishe abantu 65 inangiza ibitagira ingano
7 May 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaraye iguye mu bice bitandukanye mu Rwanda yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu kugeza ubu hamaze kumenyekana abarenga 65 bapfuye nk’uko abayobozi babitangaza.
-
Nyagatare:Abanyerondo 6 b’umwuga bakubiswe bikomeye n’abasinzi bajyanwa mu bitaro banegekaye
6 February 2019, by Martin MunezeroFoto:Internet
Abanyerondo 6 b’ umwuga bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemu mu tugari dutandukanye bajyanywe mu bitaro banegekaye nyuma yo gukubitwa n’ abasinzi bari mu kabari saa sita z’ ijoro.
-
RDF “yiteguye guhashya" Islamic State n’igihe yakwibasira u Rwanda - Umuvuguzi w’ingabo z’u Rwanda
13 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda "byumvikana ko ziteguye guhashya" umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda.
-
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bakiranye ubwuzu Perezida Kagame witabiriye inama muri iki gihugu [AMAFOTO]
18 June 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda benshi batuye mu Bubiligi bakoze urugendo urugendo rugera ku bilometero 10 berekeza ahitwa Tour & Taxis mu Mujyi wa Bruxelles kugira ngo bahe ikaze Perezida Kagame wari witabiriye inama yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere izwi nka ‘Journée Européenne du développement’.
-
Micomyiza Jean Dieu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda[AMAFOTO]
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUbushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa 27 Mata 2022, bwakiriye Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho.
-
U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda
22 March 2024, by Dusingizimana RemyKu wa Kane,tariki 21 Werurwe 2024,abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola nk’umuhuza, aho baganiriye ku bibazo by’umutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Ibigize impeta igikomangoma Harry yambitse Markle wakunzwe n’imbwa z’ibwami
29 November 2017, by Iyamuremye JanvierIgikomangoma Harry akaba uwa gatanu mu baragwa b’ingoma y’ubwongereza agiye kurushinga n’umukinnyi wa filime, Markel ufite inkomoka ku babyeyi badahuje inkomoko, umwe ni umuzungu undi ni umwirabura.
Aba bombi bagiye kurushinga nyuma y’umwaka urenga bakundana.Ubukwe bw’abo buzaba umwaka utaha wa 2018.Mu kiganiro bagiranye n’umunyamakuru wa BBC, Mishal Hussain bavuye imuzi n’imuzingo ibijyanye n’urukundo rwabo kugeza batangaje ko bagiye kurushinga.
Hary n’umukunzi we watandukanye n’umugabo we (...) -
‘Ibirenge n’ intoki byacu byashyizwe mu muriro ntitwasibangana’ Perezida Kagame
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe yavuze ko Afurika yanyuze mu bibazo bikomeye ariko ntigire icyo iba asaba urubyiruko rw’ uyu mugabane tukagamburuzwa n’ ibibazo.
-
M23 yemeje ko yishe abasirikare benshi ba FARDC
4 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu wishe abasirikare benshi bari bagize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yasize wigaruriye agace ka Katale ko muri Teritwari ya Masisi.
0 | ... | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | ... | 3430