Nyuma y’umwaka umwe n’iminsi 10, Rayon Sports yabonye abayobozi bashya aho kuri iyi nshuro igiye kuyoborwa na Komite y’Inzibacyuho ikuriwe na Murenzi Abdallah mu gihe cy’amezi atatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibyabereye mu nama yatumye RGB isesa inzego za Rayon Sports n’ibibazo bitegereje komite ya Murenzi Abdallah
26 November 2025, by Brenda MIZERO -
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya ubutaka bw’iki gihugu, bwitwaje ko butagenzura bumwe muri bwo.
-
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
28 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha.
-
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi
18 May 2020, by Dusingizimana RemyProf. Laurent Nkusi wakoze wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka 8, yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Fayisali biherereye ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali azize uburwayi.
-
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
4 November 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwagaragaje sisiteme y’ikoranabuhanga ya e-IDSR, (Integrated Disease Surveillance and Response) izafasha Abaveterineri n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima bw’amatungo n’inyamanswa kuvumbura kare indwara n’ibyorezo bishobora kwanduza abantu bavuye mu matungo.
-
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
18 August 2021, by Dusingizimana RemyNyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali.
-
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
3 January 2024, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko Perezida Tshisekedi atazigera agenzura uduce wabohoje ndetse bo na Alliance Fleuve Congo biyemeje guhirika ubutegetsi bwa RDC.
-
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Kayitesi Yvonne wamamaye nka Tessy, yasezeranye imbere y’Imana n’Umuraperi Hakizimana Ishimwe Agappe uzwi nka Shizzo.
-
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana ErnestGen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…) -
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda
15 December 2025, by Brenda MIZEROU Burundi bumaze iminsi bwohereza abasirikare benshi n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Ibyabereye mu nama yatumye RGB isesa inzego za Rayon Sports n’ibibazo bitegereje komite ya Murenzi Abdallah
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
Prof.Laurent Nkusi wabaye Minisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda yahitanwe n’uburwayi
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
Tessy yasezeranye imbere y’Imana na Shizzo (Amafoto)
U Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda