Byahishuwe ko Leta y’u Burundi yateguye, iha imyitozo, kandi iyobora abagabye igitero cy’abitwaje intwaro cyatwaye ubuzima bw’abasivili 14 mu Karere ka Musanze mu Ukwakira 2019, abandi benshi bagakomereka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
5 March, by Brenda MIZERO -
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
31 March 2022, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Uganda cyatangaje ko abikingije byuzuye Covid-19 bemerewe kwambuka bakerekeza muri Uganda badasanzwe ibipimo bya Covid-19 bya PCR byagoye benshi kubera ko bihenze.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Henry G Mwebesa,yavuze ko mu rwego rwo kubahiriza ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri ba EAC yabaye muri Mutarama uyu mwaka,hari ibyemezo bishya byafashwe ku bifuza kwambuka imipaka berekeza muri Uganda.
Iri tangazo rivuga ko Uganda izemerera kwambuka abafashe ibipimo bya PCR (…) -
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
24 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Bubiligi bwegereye Qatar kugira ngo ibufashe kuzahura umubano n’u Rwanda, gusa ashimangira ko nta musaruro byatanze kuko iki gihugu kitagaragaza impinduka mu myitwarire.
-
Mashami Vincent yashinje bamwe mu banyamakuru kubuza Kévin Monnet-Paquet gukinira u Rwanda
18 November 2020, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yatangaje ko bamwe mu banyamakuru bagiye mu matwi Kevin Monnet Paquet bamubuza kwitabira ubutumire bwo gukinira ikipe y’u Rwanda “Amavubi”,mu mikino 2 yakinnye na Cape Verde.
-
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMadamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko muri iyi minsi imbuga nkoranyambaga zabaye ikibuga cy’intambara aho ukuri kugorekwa nkana, asaba urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda bima amayira abarwigiraho impuguke bagamije kurusenya
-
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA JanvierMu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…) -
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
8 March 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare cy’ubutegetsi bwa Perezida Habyarimana ndetse akaba yaranagize uruhare mu mishyikirano y’amahoro ya Arusha.
Apfuye yari mu kiruhuko cy’izabukuru kuva mu mwaka wa 2013.
General Marcel Gatsinzi wari wujuje imyaka 75 y’amavuko yavukiye mu mujyi wa Kigali mu mwaka wa 1948.
Amashuri abanza yayize mu (…) -
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2
10 October 2024, by Joseph IradukundaKubera imikino y’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu bya bo, CHAN 2024, imikino y’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona yose, yagizwe ibirarane.
Umuryango.rw
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
Abikingije Covid-19 byuzuye boroherejwe kwinjira muri Uganda
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
Jeanette Kagame yasabye urubyiruko kuba maso bakiga amateka y’u Rwanda
Amateka ya General Gatsinzi Marcel watabarutse
Imikino y’Amavubi yaciye impaka kuri “Derby” na champiyona ishobora guhagarara amezi 2