Ku mugoroba wo kuwa kane Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea na Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique bakiriwe i Kigali mu Rwanda nk’uko bigaragara mu byatangajwe n’ibiro bya perezida w’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea n’uwa Mozambique ku munsi umwe
26 January 2024, by Dusingizimana Remy -
Karongi: Perezida Kagame yababajwe n’imibereho y’abatuye mu mudugudu wa Rugabano
28 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakomereje uruzinduko rwe mu Karere ka Karongi aho yasuye imisozi ihinzemo icyayi mu Murenge wa Rugabano.
Kuri iki cyumweru,wari umunsi wa kane Perezida Kagame asura abaturage bo mu ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba aho yababajwe cyane n’imibereho y’abaturage bo mu mudugudu wa Rugabano.
Perezida Kagame yanenze uko aba baturage babayeho ndetse avuga ko nta suku bafite ndetse n’ubukene bubugarije.
Ati “Hari aho nanyuze mu nzira nza, hari umudugudu wubatswe kandi (…) -
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
4 July 2020, by Dusingizimana RemyImyaka 26 irashize u Rwanda rubohowe, ubu haribukwa umunsi rwahawe icyerekezo gishya, hakanahagarikwa Jenoside yakorewe Abatutsi yari imaze guhitana abasaga miliyoni imwe.
-
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar
31 January 2025, by Joseph IradukundaMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Dr. Mohammed bin Abdulaziz Al-Khulaifi, baganira ku mubano w’ibihugu byombi ndetse n’ibijyanye n’akarere.
-
Twinjirane muri Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare ku munsi 3 (Live)
23 September 2025, by ISIMBI Estellamunsi wa Gatatu wa shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare. Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 harasiganwa abakinnyi bato mu bagore aho bagiye gukoresha intera y’ibilometero 18.3.
-
Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zikomeye zo gufasha abacuruzi bagizweho ingaruka na Coronavirus
22 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM),yashyizeho ingamba z’igihe gito n’igihe kirekire zo guhangana n’ingaruka za COVID-19 ku bukungu zirimo gusubiza umusoro ku nyongeragaciro ku bigo bito n’ibiciriritse kugirango ubucuruzi bukomeze, kuvugurura inguzanyo no kwishyura muri banki z’ubucuruzi n’ibindi.
-
Drone z’ ubutasi zoherejwe gufata amashusho y’ ubuzima bwa Museveni mu icumbi rye
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Museveni wa Uganda yahagurukiye ikibazo cy’ utudege tudo tutagira abapilote nyuma yo gutahura ko tumufata amashusho y’ ubuzima bwe bwite mu icumbi rye riherereye Nakasero.
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by Brenda MIZEROUbushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
-
Babiri bakurikiranyweho gusakaza amashusho ya Yampano n’umukunzi we batera akabariro
17 November 2025, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Ishimwe Patrick, umunyarwenya wamamaye nka ‘Pazzo Man’ ndetse na Kalisa John [K. John] wamamaye mu kumenyekanisha ibihangano by’abahanzi, bakurikiranyweho gusakaza amashusho y’iminota 10’ ya Yampano n’umukunzi we bari gutera akabariro.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea n’uwa Mozambique ku munsi umwe
Karongi: Perezida Kagame yababajwe n’imibereho y’abatuye mu mudugudu wa Rugabano
#Kwibohora26: Uko urugamba rwo kwibohora rwateguwe n’ibyabaye ku munsi nyirizina wo kubohora u Rwanda
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar
Twinjirane muri Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare ku munsi 3 (Live)
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
Babiri bakurikiranyweho gusakaza amashusho ya Yampano n’umukunzi we batera akabariro