Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Bubiligi bushobora kuba buri gutera intambwe isubira inyuma mu kuzirikana uburemere bwa Jenoside yakorewe Abatutsi biturutse ku kuba bwarasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri yo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko U Bubiligi bwasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yahishuye uko kubaka uruganda rukora inkingo byahinyuje abasuzuguye Afurika
18 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo kumurika aho Uruganda rwa BioNTech rugeze rwubaka ishami ryarwo rizajya rikorera inkingo mu Rwanda.
-
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima
22 August 2022, by ISHIMWE JANEMu Karere ka Musanze mu Murenge wa Muko imodoka yakoze impanuka ubwo yatobokaga ipine igata umuhanda igonga abantu barimo umugore wari ufite abana babiri b’impanga umwe ahasiga ubuzima.
-
BAD igiye guha u Rwanda arenga miliyari 13 Frw yo gukumira ibiza
10 November 2025, by Brenda MIZEROBanki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yatangaje ko igiye guha u Rwanda inkunga ya miliyoni 9,4 z’Amadolari (miliyari 13,6 Frw) yo kurufasha gukumira ibiza mu Karere ka Karongi na Rusizi.
-
Uwayezu Jean Fidele niwe watorewe kuyobora Rayon Sports
24 October 2020, by Dusingizimana RemyAbanyamuryango b’ikipe ya Rayon Sports batoye ku bwiganze bw’amajwi ko uwitwa Jean Fidele Uwayezu ababera Perezida usimbura Munyakazi Sadate waherukaga kweguzwa agasimbuzwa Murenzi Abdallah by’agateganyo.
-
Amakamyo yemerewe kunyura ku mupaka wa Gatuna mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’agateganyo
10 June 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority cyaraye gisohoye itangazo ryemerera amakamyo atwara imizigo iremereye, kunyura ku mupaka wa Gatuna by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri by’igenzura.
-
Diane Rwigara na nyina basabiwe gufungwa imyaka 22 no kwishyura amande
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bushingiye ku ngingo zihana ibyaha baregwa, bwasabye Urukiko kwemeza Adeline Mukangemanyi, n’abantu 5 badahari, icyaha cyo gukurura imvururu muri rubanda, ngo kuko ibyaha aregwa ari impurirane mbonezamugambi, ngo urukiko ruzamuhanishe igihano kiruta ibindi no kongeraho kimwe cya kabiri k’igihano kiruta ibindi, agahanishwa imyaka 22 n’ihazabu ya miliyoni imwe no guhanisha bariya bandi imyaka 15.
Bwasabye kandi ko Diane Rwigara ahamya ibyaha aregwa, agafungwa imyaka 15 ku gukurura imvururu muri rubanda, imyaka irindwi (7) ku nyandiko mpimbano, n’ihazabu ya miliyoni eshatu(3).
-
Rubavu: Undi muturage yakomerekejwe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
1 November 2023, by Dusingizimana RemyUmuturage witwa Hagumimana Pierre wo mu Karere ka Rubavu yakomerekejwe n’igisasu cyaturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mirwano ishyamiranyije ingabo za Leta n’umutwe wa M23.
-
Bénin: Umuhate wo kugaruza mudasobwa zambuwe Abanyarwanda bahamijwe ibyaha bya Jenoside wakubise igihwereye
16 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bwa Gereza ya Akpro-Missérété muri Bénin tariki ya 20 Mutarama 2025 bwambuye Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga bibika amakuru.
-
Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari
10 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko abacuruzi bakwaga ubukode mu madolari bigomba gucika kuko bidakurikije amategeko.
Umuryango.rw
Minisitiri Dr. Bizimana yagaragaje ko U Bubiligi bwasabye imbabazi z’urwiyerurutso ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yahishuye uko kubaka uruganda rukora inkingo byahinyuje abasuzuguye Afurika
Musanze: Imodoka yagonze abantu uruhinja rw’amezi arindwi ruhasiga ubuzima
BAD igiye guha u Rwanda arenga miliyari 13 Frw yo gukumira ibiza
Rubavu: Undi muturage yakomerekejwe n’igisasu cyarasiwe muri Congo
Bénin: Umuhate wo kugaruza mudasobwa zambuwe Abanyarwanda bahamijwe ibyaha bya Jenoside wakubise igihwereye
Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari