Repubulika ya Demukarasi ya Kongo yabujije uwo yari yagenye nka ambasaderi wayo mu Rwanda gutanga impapuro zibimwemerera inahamagaza uwari muri izo nshingano mu buryo bw’agateganyo.
Ni nyuma y’aho icyo gihugu gihaye ambasaderi w’u Rwanda amasaha 48 yo kuba yavuye ku butaka bwacyo.
Ibyo biraturuka ku mwuka mubi uri hagati y’ibi bihugu bituranyi watewe n’iyubura ry’intambara z’umutwe wa M23.
Nk’uko bikubiye mu ibaruwa ya Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC yacyuye uwari uyihagarariye mu Rwanda nyuma yo kwirukana Amb.Karega
31 October 2022, by Dusingizimana Remy -
IMF yorohereje umwenda ibihugu 25 birimo u Rwanda kubera Coronavirus
14 April 2020, by Dusingizimana RemyMadamu Kristalina Georgieva utegeka ikigega cy’imari ku isi (IMF/FMI) yatangaje ko inama y’ubutegetsi yacyo yorohereje kwishyura umwenda ku bihugu 25 muri gahunda yo kubifasha guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19.
-
Gen Kabarebe, Uwacu Julienne, Kaboneka Francis ntibagaragara muri Guverinoma nshya
18 October 2018, by UbwanditsiMuri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa kane kandi habaye impinduka muri zimwe mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Guverineri Mureshyankwano yasezerewe asimburwa na CG Gasana nawe wavuye ku mwanya w’ubuyobozi bwa Polisi.
Soma itangazo (...) -
Rusesabagina yaje mu rukiko nta mwunganizi Sankara avuga ko ari amayeri yo gutinza uru rubanza rwasubitswe
11 March 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko Rwihariye rw’Urukiko Rukuru Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka imipaka rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo areganwa na bo 20 kubera ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba bakekwaho.
-
Idarapo rya Commonwearth ryazamuwe i Kigali
9 March 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere muri Convention Centre Police y’u Rwanda yazamuye ibendera ry’umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza, nk’uko biteganyijwe ko inama y’uyu muryango izabera mu Rwanda muri Kamena 2020.
-
Perezida Kagame yahaye G.S Kimironko miliyoni 5
25 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 25 Kanama 2018 Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda, Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko I, izafasha mu kubaka ibyumba by’amashuri 18 bishya.
-
Amerika n’Ubumwe bw’Uburayi bavuze ko Ifatwa rya Masisi ribangamiye umuhate wo kugera ku mahoro
8 January, by Joseph IradukundaUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Amerika byamaganye ifatwa ry’umujyi wa Masisi n’inkengero zawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wigaruriwe n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mpera y’icyumweru gishize.
-
U Rwanda na Amerika byashimangiye ubufatanye mu bya Gisirikare[AMAFOTO]
29 May 2020, by Martin MunezeroU Rwanda na Leta zunze ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano agamije gushimangira ubufatanye bwiza bwa gisirikare hagati y’ibihugu byombi.
-
Perezida Alassane Ouattara ari mu Rwanda [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara kuri uyu wa 25 Mata 2018 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi itatu agira mu Rwanda.
-
Habonetse umubare munini w’abanduye Covid-19 muri gereza ya Nsinda
10 November 2020, by Dusingizimana RemyMinisteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko yaraye ibonye umubare munini w’abanyururu banduye COVID 19 muri Gereza ya Nsinda.
Kuri ubu hariho icyoba ko umubare w’abanduye waba ari munini kurusha abamaze kugaragara dore ko iyi gereza ari nayo icumbikiye abantu benshi.
Byatangajwe na Ministiri w’ubuzima, Daniel Ngamije, abicishije kuri televiziyo y’igihugu ku wa kabiri.
Yavuze ko ku munsi w’ejo abashinzwe ibikorwa byo gupima batunguwe ubwo bageraga mu bitaro bya Rwamagana mu gace kagenewe kwakira (...)
0 | ... | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | ... | 3430