Umuyobozi w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje ibintu birenga bitatu Leta y’ u Rwanda yakora mu rwego rwo kwirinda udutero duto tumaze iminsi twica abantu mu ntara y’ amagepfo mu Rwanda, harimo n’ uburyo bwafasha abashinzwe umutekano kumenya niba imbunda yarashe ari iy’ u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dr Frank Habineza yavuze icyahagarika udutero shuma twica abantu Nyaruguru na Rusizi
24 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
RIB yafunze abantu 67 n’inganda 6 zirafungwa kubera ibicuruzwa bidafite ubuziranenge
21 August 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abacuruzi 67 bazira ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.
-
Perezida Kagame yabwiye abashaka guhungabanya u Rwanda ko bitoroshye nk’imibare yo guteranya
26 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bitwaje ko na FPR Inkotanyi ariko yatangiye mu 1990 bitazabahira ngo kuko s’ink’imibare yo guteranya.
-
Miss Mwiseneza Josiane yiswe Ingagi bibabaza cyane Depite Habineza Frank bimwibutsa umukobwa nawe wigeze kubimwita[AMAFOTO]
7 February 2019, by Martin MunezeroDepite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi babo.
-
‘Dushobora kugira igihugu cyiza n’ amategeko meza kirimo abantu babi’ Mpayimana
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPhilippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari inama y’ umunyapolitiki izahabera.
-
Igisirikare cy’u Burundi cyavuze ku birego kiri gushinjwa byo gufasha FARDC
6 October 2023, by Joseph IradukundaNyuma yaho bitangiye kunugwanugwa ndetse M23 yo ikerura,ingabo z’Uburundi zavuze ku birego birimo kurenga ku nshingano zahawe muri RD Congo zigahinduka umufasha wa FARDC,
-
Ubudage bwoherereje Ukraine ibifaru bidasanzwe yari itegereje cyane
28 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ingabo y’Ubudage ivuga ko ibifaru bya mbere by’Ubudage byo mu bwoko bwa Leopard 2 byoherejwe muri Ukraine.
Ibifaru 18 bigezweho byo kurwana ku rugamba byatanzwe nyuma yuko abasirikare ba Ukraine bahawe imyitozo yo kubikoresha.
Minisitiri w’ingabo w’Ubudage Boris Pistorius yavuze ko atazi neza niba ibyo bifaru bishobora "gutanga umusanzu uhindura ibintu" ku rugamba muri iyi ntambara.
Ibifaru byatanzwe n’Ubwongereza byo mu bwoko bwa Challenger 2 na byo byageze muri Ukraine, nkuko (...) -
Joe Biden yavunitse ikirenge ari gukina n’imbwa ye bituma afatirwa icyemezo gikomeye
30 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden,uheruka gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavunitse ikirenge cye ubwo yarimo gukinisha imwe mu mbwa ze,bituma abwirwa ko ashobora kumara iminsi yambaye inkweto zifasha abamugaye gutambuka.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga ku mabwiriza yagengaga ibirindiro (BSOs).
0 | ... | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | ... | 3430