Leta y’u Burundi yatangaje ko ku nshuro ya mbere yohereje ku isoko mpuzamahanga amabuye y’agaciro yacukuwe mu birombe by’iki gihugu, birimo ibiri i Bururi, mu Kirundo n’i Bubanza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
8 October 2025, by Brenda MIZERO -
Felix Tshisekedi n’abandi bakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya Africa CEO Forum igiye kubera mu Rwanda [AMAFOTO]
25 March 2019, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Afurika barimo Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, Sahle-Work Zewde wa Ethiopia, uwa Togo Faure Gnassingbé na Minisitiri w’Intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly bari mu Rwanda aho bitabiriye inama ya Africa CEO Forum 2019.
-
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ibiciro bishya ku birayi, kawunga n’umuceli
19 April 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yemeje ko yakuyeho umusoro ku nyongera gaciro (TVA/VAT) ku biribwa by’umuceli na Kawunga ihita inatangaza ibiciro ntarengwa kuri ibi biribwa no ku birayi.
-
Umubyeyi ni RDC, umwana akaba FDLR - Minisitiri Nduhungirehe ku birego bya Muyaya
18 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko mu ntambara zimaze igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umubyeyi ari RDC na ho umwana akaba umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda zakuye inyeshyamba mu birindiro bya Awasse
27 July 2021, by Dusingizimana RemyIngabo za Mozambique zifatanyije n’iz’u Rwanda zavanye inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam mu birindiro byazo bya Awasse nyuma y’imirwano ikomeye ku cyumweru no kuwa mbere.
Awasse ni agace kafashaga izi nyeshyamba nk’urukuta rukingira umujyi zigaruriye wa Mocimboa da Praia, nk’uko umunyamakuru Jose Tembe wa BBC muri Mozambique abivuga.
Imigumuko y’inyeshyamba imaze imyaka ine muri Cabo Delgado yatumye abagera ku bihumbi 3,000 bicwa benshi baciwe imitwe, n’abagera ku 800,000 bahunze (…) -
Byinshi wamenya ku mateka ya José Mujica wabaye perezida wa mbere ukennye cyane ku isi
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmateka y’umuntu agenda yibukwa cyane bitewe n’ibyo umuntu yakoze byatangaje benshi, ibyamuranze byaba byiza cyangwa bibi bigatangaza amahanga yose. Ubu reka tugaruke ku mukuru w’Igihugu cya Uruguay, José Mujica Albelto Cordano wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka wa 2010 kugeza mu 2015.
-
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya ubutaka bw’iki gihugu, bwitwaje ko butagenzura bumwe muri bwo.
-
Perezida Kagame yahishuye impamvu yatumye Inkotanyi zisubira inyuma zari zigeze i Rulindo mu rugamba rwo mu 1993
1 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko icyatumye ingabo yari ayoboye mu rugamba rwo kubohora u Rwandazisubira inyuma zigeze i Rulindo ari igitutu cy’amahanga yabafungiye intwaro.
-
Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwakuriyeho Visa Abanyafurika bose
2 November 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwakuyeho Visa ku baturage bose b’ibihugu bya Afurika.
-
Amb Ngango yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda mu Bwami bwa Jordanie
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi James Ngango yashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga wa Jordanie, Amb Majed Al-Qatarneh, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwami bwa Jordanie.
Umuryango.rw
Ku nshuro ya mbere u Burundi bwohereje amabuye y’agaciro mu mahanga
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ibiciro bishya ku birayi, kawunga n’umuceli
Umubyeyi ni RDC, umwana akaba FDLR - Minisitiri Nduhungirehe ku birego bya Muyaya
Ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda zakuye inyeshyamba mu birindiro bya Awasse
Byinshi wamenya ku mateka ya José Mujica wabaye perezida wa mbere ukennye cyane ku isi
AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga
Perezida Kagame yahishuye impamvu yatumye Inkotanyi zisubira inyuma zari zigeze i Rulindo mu rugamba rwo mu 1993
Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwakuriyeho Visa Abanyafurika bose
Amb Ngango yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda mu Bwami bwa Jordanie