Kuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rwa Urukiko rwa Gisirikare,rwategetse ko Rtd Major Habib Mudathiru na bagenzi be 24 bari mu mutwe wa P5 uyoborwa na Kayumba Nyamwasa bafungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera ibyaha bikomeye bashinjwa ariko uyu Mudathiru yashimiye Leta y’u Rwanda uko ibafashe kandi bari bashaka kuyigirira nabi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Major Mudathiru yanze kuripfana ashima Leta y’ u Rwanda uko ibafashe muri gereza
28 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Ko bwari bwije uwarashe indege ya Habyalimana yabwiwe n’iki ko ariwe koko ngo adahanura indi yibeshye?
20 April 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo bose bahita bapfa.
-
Rwandair yahagaritse ingendo zerekeza Guangzhou kubera icyorezo cya Coronavirus
31 January 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rwandair bumaze gutangaza ko bwahagaritse by’agateganyo ingendo z’indege ziva cyangwa zerekeza mu mujyi wa Guangzhou mu Bushinwa kubera impungenge zagaragajwe n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima [WHO] ku cyorezo cya Novel Coronavirus.
-
Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
8 June 2018Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 kaminuza yo muri Canada, Concordia University, yageneye impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (PHD).
-
Perezida Kagame arifuza ko u Rwanda ruba urwa mbere ku isi mu korohereza ishoramari
11 November 2019, by Dusingizimana RemyMu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifuza kuza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu koroshya ubushabitsi (business).
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
SKOL yakeje u Rwanda mu korohereza abashoramari mu myaka 15 ihamaze
25 February, by Pacifique NKURUNZIZAMu gihe Uruganda rwa SKOL rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwizihiza imyaka 15 rumaze rukorera mu Rwanda. Ubuyobozi bwarwo barishimira imikorere n’imikoranire myiza bafitanye na Reta y’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yagiriye inama abarahiriye kwinjira muri Guverinoma
19 August 2024, by EmmyPerezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y’u Rwanda bashya ko bakwiye kujya bisuzuma kugirango barusheho kunoza inshingano zabokwisuzuma. Yasabye buri umwe kujya afata umwanya ari wenyine akareba ibitagenda neza.
-
‘Perezida Kagame yabajijwe niba Afurika itangiye gushyira hamwe’
13 October 2018, by Nsanzimana ErnestPaul Kagame, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika yunze ubumwe yabajijwe niba kuba Louise Mushikiwabo yatorewe kuyobora Francophonie bisobanuye ko Afurika itangiye gushyira hamwe.
-
’Hatagize igikorwa u Rwanda rushobora kuba ubutayu’-Minisitiri w’Ibidukikije
4 June 2024, by Dusingizimana RemyMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibidukikije, Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya avuga ko hatagize igikorwa mu guhagarika isuri, ubutayu bwaba burimo gusatira igihugu cyacu.
0 | ... | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | ... | 3430