Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari umuburo ku isi yose kuko nta hantu itashoboka gusa yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe ukundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
#KWIBUKA30:"Jenoside yakorewe abatutsi ni umuburo"-Perezida Kagame
7 April 2024, by Dusingizimana Remy -
ARERUYA na bagenzi be batambutse bakomerwa amashyi na rubanda-AMAFOTO
23 January 2018, by Dusingizimana RemyAreruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri Gabon. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya i Kanombe hari huzuye imbaga y’Abanyarwanda biganjemo abo mu miryango y’abakinnyi bakina mu ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare, abayobozi ba FERWACY ndetse n’abakunzi b’uwo mukino muri rusange bari bafite ibyishimo byinshi byo kwakira aba basore besheje (…)
-
Perezida Kagame azageza ijambo ku bitabiriye inama ya BRICS muri Afurika y’ Epfo
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 26 Nyakanga 2018 yageze mu gihugu cya Afurika y’ Epfo aho azitabira inama y’ abayobozi b’ibihugu bigize BRICS.
-
Perezida Museveni yihakanye kuba imbarutso y’umubano mubi uri hagati ya Uganda n’u Rwanda
9 September 2021, by Dusingizimana RemyUmubano w’u Rwanda n’igihugu cya Uganda usa n’utari hafi gusubira ku murongo kuko abaperezida b’ibihugu byombi batarabasha kumvikana.
Perezida Museveni yaraye avuze ko umubano mubi w’ibi bihugu byombi uva ku ruhande rw’u Rwanda, kandi ko n’imbaraga zo kubumvikanisha zari zihagarariwe na Perezida wa Angola ntacyo zagezeho kubera u Rwanda.
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa televiziyo France 24, Perezida Museveni yagize ati: "Genda ubaze uwafunze umupaka, si njyewe wawufunze. (…) -
MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi
7 November 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko Abanyarwanda bagera kuri 3% batari bamenya gukoresha serivisi z’imari, ikebura abagifite imyumvire y’uko kuzigama bisaba amafaranga menshi.
-
Perezida Kagame yavuze ikizamushimisha nava ku butegetsi
16 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko azajya yishimira gusubiza amaso inyuma akibuka umusanzu yatanze mu guteza imbere u Rwanda igihe azaba atakiri Perezida warwo.
Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatatu, ubwo yitabiraga ikiganiro cyiswe “Semafor Africa Summit Excange” cyabereye i Washington DC ahabereye ibiganiro bitandukanye mu Nama ihuza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Afurika (USA-Africa Summit).
Perezida Kagame yagize ati: “Kuri njye si ikintu gikaze, ntekereza ko nakoze ibyo nagombaga (…) -
Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHabiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga, aherutse kuburanishwa mu mizi ku byaha aregwa bishingiye ku ihohotera akekwaho gukorera umugore we Annette Murava. Mu byavugiwe muri uru rubanza, harimo kuba uregwa ashinjwa kuba yarashakaga gukoresha ku gahato umugore we imibonano mpuzabitsina.
-
Rwanda na Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho Visa
17 January, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pasiporo z’ubwoko butandukanye.
-
U Rwanda rwatangiye kuvuga umuti w’ikibazo cy’abana bareba amashusho y’urukozasoni
12 October 2025, by Brenda MIZEROIkoranabuhanga muri rusange ritanga amahirwe menshi arimo guhanga ibishya, kwiga no kwiyungura ubumenyi, guhererekanya amakuru, kwihutisha umurimo, kuwunoza no kubaka ubushobozi bukenewe muri iki kinyejana cya 21 gishingiye ku ikoranabuhanga. Nubwo bimeze bityo ariko aho ikoranabuhanga riri hari n’ingorane ziriturukaho.
-
Ibitaramo byasubitswe n’abakozi ba Leta bamwe basabwa gukorera mu rugo
15 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri kuri uyu wa 14 Ukuboza 2021,yafatiwemo ingamba nshya zo guhangana na COVID-19 zirimo gusubika ibitaramo bitandukanye ndetse n’abakozi ba leta benshi bagakorera mu rugo uretse 30% gusa.
Iyi nama yemeje ko ibitaramo by’umuziki no kubyina (night clubs/live bands/karaoke) bibaye bihagaritswe. Konseri zateguwe zizajya zibanza kwemezwa na RDB.
Abakozi za Leta bazakorera mu rugo, uretse abakora akazi kabasaba guhura n’abasaba (…)
Umuryango.rw
#KWIBUKA30:"Jenoside yakorewe abatutsi ni umuburo"-Perezida Kagame
Perezida Museveni yihakanye kuba imbarutso y’umubano mubi uri hagati ya Uganda n’u Rwanda
MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi
Perezida Kagame yavuze ikizamushimisha nava ku butegetsi
Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava
Rwanda na Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho Visa
U Rwanda rwatangiye kuvuga umuti w’ikibazo cy’abana bareba amashusho y’urukozasoni
Ibitaramo byasubitswe n’abakozi ba Leta bamwe basabwa gukorera mu rugo