Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje ko ubuzu two hirya no hino abanyamugi bugamamo bategereje imodoka bugiye kurimbishwa bikomeye aho buzaba burimo aho gucomeka telephone mu gihe umuntu yifuza kurahura umuriro muri telephone ye ndetse bukazaba burimo internet y’ubuntu.
Mu itangazo Umujyi wa Kigali washyize hanze wagize uti "Umujyi wa Kigali watangiye gushyira mu bikorwa umushinga wo kubaka inzu z’ubwugamo zigezweho ku bagenzi batega imodoka, zirimo intebe z’abagenzi, aho gucomeka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inzu Abanyakigali bategererezamo imodoka zigiye kubakwa mu buryo bugezweho
22 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
-
Ishyaka rya Democratic Green Party ryirukanye abarwanashyaka 2 kubera "imigambi mibisha" bashinjwa
25 October 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) riyoborwa na Depite Dr.Habineza Frank, ryirukanye abanyamuryango baryo babiri kubera imigambi mibisha bari bafite yo kurisenyera mu rindi bashakaga gushinga.
-
J. Kagame yagaragaje ko intego y’u Rwanda ari ukugira umuryango ukungahaye
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierMadamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango nyarwanda.
Ubwo yageraga mu Karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, Akagali ka Nyamiryango, Madamu wa Perezida wa Repubulika yabanje gutaha ibyumba ababyeyi bo muri uyu murenge biyubakiye kugirango bajye babona ahantu hizewe basiga abana babo batarageza ku (…) -
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
24 July 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tanzania kubera ibyago cyagize byo gupfusha uwahoze ari Perezida wacyo Benjamin William Mkapa ku munsi w’ejo tariki ya 23 Nyakanga 2020.Yavuze ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye kuri Afurika yose.
-
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
18 November 2025, by Brenda MIZEROInnocent Muhizi wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, yavuze ko zimwe mu ntego afite ari kongera imikoranire hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ikoranabuhanga n’ubucuruzi.
-
Abarenga 100 bari munsi y’imyaka 20 bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mezi atandatu, imaze guta muri yombi abantu 778 bakurikiranweho ibyaha bifite aho bihuriye n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, 114 muri aba bari munsi y’imyaka 20.
-
Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR
8 January, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashinje impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kubogamira ku mutwe w’iterabwoba wa FDLR ufashwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Amasezerano ni intambwe ikomeye – Perezida Kagame aganira na Al Jazeera
9 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze imyaka myinshi akagaragaza ko amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono i Washington D.C ari intambwe ikomeye.
-
Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko gushushanya Perezida Kagame bikomeza kuba icyaha
24 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ikirenga rwategetse ko ’gusebya’ no gushushanya Perezida w’u Rwanda ,Paul Kagame bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa nyuma y’aho abaregeye urukiko bavuze ko bibangamiye ubwisanzure bw’itangazamakuru.
Umuryango.rw
Inzu Abanyakigali bategererezamo imodoka zigiye kubakwa mu buryo bugezweho
Ishyaka rya Democratic Green Party ryirukanye abarwanashyaka 2 kubera "imigambi mibisha" bashinjwa
Perezida Kagame yihanganishije Tanzania yabuze uwahoze ari Perezida wayo Mkapa
Amb Muhizi yashyikirije Perezida wa Singapore impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
Abarenga 100 bari munsi y’imyaka 20 bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR
Amasezerano ni intambwe ikomeye – Perezida Kagame aganira na Al Jazeera